chat.whatsapp.com/IdcKoWQAyXf2jCXjQiB8iL IYI NI LINK YA WTSP YA LES 12 OUVRIERS, NIBA WIFUZA KUBANA NATWE NDETSE NO KUBONA UBUTUMWA BUNYURAHO VUBA BISHOBOKA, KANDAMO GUSA URISANGA. IMANA IBAHE UMUGISHA.
Imana iguhe umigisha pastor gukomeza gukangura abatuye isi ngo babe maso Nukuri twemerere Mwuka Wera abe ari we utuyobora kugirango tutazagwa mu mutego w'umwanzi w'abizera Yesu Kiristo
Nikibazo gikomeye niba harumuntu utabona ko iyi ari impanda patrick ari kuvuza! Harumukozi w'Imana nabonye avuga ngo aba atera abantu ubwoba.birababaje cyane kubona abantu bamwe badashaka kumva no kureba ukuri bagashaka kumva ubuhanuzi bwibitangaza gusa( visa,etage,amamodoka...) Abafite umwuka w'Imana mpamya ko babibona neza ko bari kudukangura .murakoze
Muvandimwe ubu nubuhanuzi bwimperuka kuko imperuka idusatiriye wabyanga wabyemera,ndetse yesu yatubwiye Kuba maso ,rero va mubuhanuzi bwa viza,promotion mukazi,kubaka inzu nibindi ahubwo menya aho ibihe bigeze urusheho kwitegura kuza kwa yesu kuri hafi cyane dukurikije ibimenyetso yaduhaye
YESU Ashimwe cane ncuti y'IMANA.Ibiganiro bakora aho bihuriye n'agakiza n'uko Ibyo batubwira byooose ari ibyabaye,ari ibyo turimo na ndetse nibizoba,biza birondera kwica ubugingo bw'umu KRISTO no guhakana IMANA cane cane ko nimba ukurikira neza nta jambo na rimwe bavuga batarishigikije ijambo ry'IMANA .Nimba ur'umu KRISTO warakiriye YESU nk'UMWAMI n'umukiza w'ubuzima bwawe ba maso ukurikire neza ibi wise ibiganiro kuko atari ibiganiro ari ivuga butumwa ntuzotungurwa kuko muri iri vuga butumwa harimwo ukuri kwose kwahishwe umu KRISTO kandi akeneye. Urote IMANA
chat.whatsapp.com/IdcKoWQAyXf2jCXjQiB8iL
IYI NI LINK YA WTSP YA LES 12 OUVRIERS, NIBA WIFUZA KUBANA NATWE NDETSE NO KUBONA UBUTUMWA BUNYURAHO VUBA BISHOBOKA, KANDAMO GUSA URISANGA. IMANA IBAHE UMUGISHA.
Mwiriweho nkunda kubakurikirana ndi murwanda ndifuza kubatirisha umwana wanjye
Murwanda mukorera he?
Merci Pasteur Patrick
Dieu est avec toi vraiment..
nous prions pour toi et pour les 12 ouvriers !
Grâce et puissance 🙏🏽🙏🏽🙏🏽
MANA yanjye uvugije impanda rwose uwunva yunve uranjyenda hirya no hino ukatwereka imigambi mibisha Aho igeze 👏👏👏❤️❤️❤️🙏🙏🙏
Ooh!! Imana iguhe imbaraga zo kugera ku ntego y'ubu Butumwa buheruka.
Ubu ni ugukora mugihe kidukwiriye n'ikitadukwiriye.
Daniel yabwiweko abanyabwenge bazabimenya(abanyabwenge bayobowe n'umwuka wera) ngo arko ababi bazakomeza gukora ibibi byabo.
Ngo ubwo bazaba bavuga bati ; ni amahoro ntakibi kiriho ngo nibwo kurimbuka kuzabatungura .
Patrick mukozi w'Imana ndagukunda kuko urimo umwuka w'Uwiteka nkwifurije gukomezwa n'ijuru kandi rikwambike imbaraga kugirango ukomeze kuburira ubwoko bw'Imana .
Courage Uwiteka arikumwe nawe kandi aragushyigikiye.
Amen Amen Umwami Yesu Kristo agukomeze Mwene Data ❤❤
Brother komeza ibivuge mwizina rya YESU naho bakumva naho batakumva YESU azabiguhembera ntucike intege turagukunda ❤️❤️❤️❤️❤️🥰
Imana yamahoro iguhe imigisha nukuri ndagukunda amen❤
Ewemana yanje wewe waremyisi nijuru tubehafi uduhamaso yimpwemu kugira dutahure icudushakako kuko utadushoboje ntaco twebwubwacu twokwishoboza . Mukoziwimana imanikuzigame ukomeze kutuburira❤
Uwiteka akwagure cyane Umugisha atanga ukomeho
Turimaso kdi turashima Umwami Yesu kristo wewaguharukije murikigihe cyanyuma ngo uburire
Abantu
Ntucike intege ku bwabo bagutuka n'abavugishwa n'Imana bambere baratutswe.
Muraho neza ex nabantu baba muntara mucyaro bomwazarya mubafasha iki kugirango ububutumwa bubagereho kibucyenewe mwokabyaramww abantu bakamenya ibihe turimo murakoze 🙏
Imana iguhe umigisha pastor gukomeza gukangura abatuye isi ngo babe maso
Nukuri twemerere Mwuka Wera abe ari we utuyobora kugirango tutazagwa mu mutego w'umwanzi w'abizera Yesu Kiristo
❤❤❤❤❤❤❤Merci
Amen. Uwiteka akomeze abane namwe rwose.
Yesu aguhe umugisha murakoze cyane
Amena
Imana Iguhumugisha
Njyewe Patrick ndagukunda bitewe n,ukuri uvuga kandi abakuvuga nabi nibamwe bamaze kugotomera uburozi bwababuloni ibyahishuwe 18:22b
Nikibazo gikomeye niba harumuntu utabona ko iyi ari impanda patrick ari kuvuza!
Harumukozi w'Imana nabonye avuga ngo aba atera abantu ubwoba.birababaje cyane kubona abantu bamwe badashaka kumva no kureba ukuri bagashaka kumva ubuhanuzi bwibitangaza gusa( visa,etage,amamodoka...)
Abafite umwuka w'Imana mpamya ko babibona neza ko bari kudukangura .murakoze
Yesu ashimwe kuba joining ngo liste ya ruzuye mwadufashije uko twabinjiramo tukajya tubananamwe.murakoze
Imana niguh'Umugisha Muvandimwe.
Wibagiwe kutubwira ko ifite ishusho y'ijisho ry'inzoka God bless u❤
Kwihana no kubabairwa ibyaha nibyo bikwiriye kubwirwa amahanga yose...LUKA 24:44-47,buri wese ashishikarire kwemerwa n'Imana kuwa Yesu wicaye iburyo bwayo ngo asabire imbabazi umunyabyaha wese wihana(ABAHEBURAYO 10:12-14),buri wese ashakashake imbabazi z'Imana abishimikiriye .
Asandi cane Imana iguhe umugisha kandi umwami Yesu akomeze akurinde
Baba bariguhanura ubuzima budapfa tuzabamo tubuhawe na Kristo batabizi, Imana ,ibakomereze amaboko❤ tubagara nyoo
Âme men❤❤❤
Niwewe wenyene mwis usigaye aband baracakiza amadayimoni nzogutanga Imigisha ariko ivyayesu Kari munzira ntibabibuga ko😢😢😢
Imana itweze idutunganye
Mgire Amahoro bavandimwe ndabasuhuje kandi mbifurije kuzagira iherezo ryiza,muvandimwe Kamanzi komeza ukore umurimo w'Imana ntucike inege hari ingororano tuzahabwa,Mariko:1:15 Igihe kirasohoye Ubwami bw'Imana buri hafi nuko mwihane mwemere Ubutumwa bwiza.
God bless you
YESU nashimwe, jewe ndakwemera nkumukozi wi MANA ariko ikintangaje nuko nigeze nunva ucishamwo ngo usengere abakongomani
Kandi nabo hari mumugeni wa
Kristo, ijambo rivuga ngo murirane nabarira
Ariko wewe ntanukubasengera??
Ahaaa!!
Yesu akomeze kuguha imbaraga ndakwemera cyane.
None c ni ngombwa ko abishyira kuri wambonye nk'umufarisayokazi?
Imana izagushyigikire muri byose mukozi w'lmana 🙏
Satani n'umugome Koko
Hariho ingoma y'imyaka igihumbi
n'iyongoma izabamo ibyiza biruta ibi barimo bategura
None satani arimo kugaragaza ibisa nayo nyamara nigipiratano
ntaho bihuriye
Ntibwaburiganya bwe
yashyize ku Reva
ngo: gupfa ni muzapfa nyamara bahise bapta mu mwuka no mumubiri
none arimo kurangaza abatuye isi ngo badashaka ubwami bwanyabwo buzabamo ibyiza nirenze ibyo arikwerekana arimo kudushuka
Torero ni mube maso n'imwemere gushukwa mubwami bwa kristo
niho hari ibyiza gusa
Imana ibahe umugisha
Kandi Imana ihumure amaso yanyu iryo ni ryo sengesho ryanjye.
Namwe muzoba muhiriwe Aho bazobatuka bakabahama bakabarementaniriza ibibi vyose babampoye. Munezerwe ,muhimbarwe ,kukw'impera zanyu Ari nyinshi mw'ijuru : kukw'ari ko Bahama abavugishwa n'Imana ba mbere. Matayo 5:11-12.
😢😢 Mana nguhaye icyubahiro
None se ibyuvuga ko unabyerekana bagutukiriki izongabo za sekibi??
Yesu ajyaguha imbaraga ukobwijenuko bucyeye.
ariko njye mbona ibi bintu bizabacanganyukisha mwakwizeye Christo ko bihagije
Kristo Wenyine niwe twizeye
Karubera Agnes. Turagukunda Kandi. Turagushyigikie. UWiTEKA yaguhamagaye nkigihe nkigihe nkiki. kUGIRANGO uburire Abantu EZEKEL 3: 1-9 UWiTEKA. Arakulinze. Abagusebya nishyari. Bafite. KUKO. Ufite. Ihishurwa rirenz
Komeza uvuze impanda ibindi Uwiteka ari kumurimo
❤❤❤❤
Uwiteka azoba yaje abiturengere
Habwumugisha nkubwitage gira
UWITEKA NYIRIMGABO aturengere
🙆🙆🙆🤦🤦🤦🏃🏃🏃🏃🏃😭😭😭😭
Icyo gihe ntikizagera iyi si igihari tuzaba twaratashe
Ubwose muby'ukuri inzira y'agakiza muvuga ihuriye he ibiganiro mukora
Tuvugishije ukuri uba wuvinse ubutumwa bwose cyangwa wabonye titre gusa uhita wandika commentaire?
Muvandimwe ubu nubuhanuzi bwimperuka kuko imperuka idusatiriye wabyanga wabyemera,ndetse yesu yatubwiye Kuba maso ,rero va mubuhanuzi bwa viza,promotion mukazi,kubaka inzu nibindi ahubwo menya aho ibihe bigeze urusheho kwitegura kuza kwa yesu kuri hafi cyane dukurikije ibimenyetso yaduhaye
YESU Ashimwe cane ncuti y'IMANA.Ibiganiro bakora aho bihuriye n'agakiza n'uko Ibyo batubwira byooose ari ibyabaye,ari ibyo turimo na ndetse nibizoba,biza birondera kwica ubugingo bw'umu KRISTO no guhakana IMANA cane cane ko nimba ukurikira neza nta jambo na rimwe bavuga batarishigikije ijambo ry'IMANA .Nimba ur'umu KRISTO warakiriye YESU nk'UMWAMI n'umukiza w'ubuzima bwawe ba maso ukurikire neza ibi wise ibiganiro kuko atari ibiganiro ari ivuga butumwa ntuzotungurwa kuko muri iri vuga butumwa harimwo ukuri kwose kwahishwe umu KRISTO kandi akeneye.
Urote IMANA
Butega amatwi ibisigaye ukabaza aho udasobanukiwe
Urashaka ko baguhanurira inzu nziza namamodoka c agakiza atavuzemo nakahe ?
Ikindi iyo si niyo abahamya ba yehova babwiriza bazabamo kuko nta byiringiro by'ijuru bagira ngo bazaba mu isi nshya niyo iyo
God bless you
❤❤❤