URUFATURO RW' UBUHANUZI BW'IMPERUKA🚨 UBUHANUZI BURI GUSOHORA ARIKO ABANTU NTIBABIZI - Alain
Вставка
- Опубліковано 7 лют 2025
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Oooooh Mucyo! Kuri zaburi shya! Abazaza muri sakumi nimwe bazaturuka hose muvandimwe! Abana b'Imana bazzamenya ukuri bakorwe ku maso bicare mu myanya ya benshiiii,twarabibwiwe kenshi
Imbaraga n,amavuta kuri wowe muhungu w,Imana,Uwiteka,Nyiringabo.
Dukeneye abigisha nkawe,bavuga ibya Yesu Kristo by ukuri,bituma tuguma mu kumwizera,igihe azagaruka agasanga tukigushikamyemo,haleluya .
Plaisir,Imana iguhishurire bene aba bigisha,turabakeneye.Abasaruzi ni bake,ibisarurwa ni byinshi.Stress y ibizaba imaze abantu.Nitwigishwe ibituma tuguma ku Rufatiro rw,Imana,arirwo Kristo wazutse Kandi dutegereje ko azagaruka.Izere,nanjye nizere,amen.
Mwaduha nomero yaterefine
Imana igushoboze kwizera Ijambo ry'Imana (Yesu Kristo) gusa Kandi ibyo wigishijwe n'abantu ubizibukire wizere Ijambo ry'Imana gusa uzabonamo kenshi ko hari amahame ya Bibiriya yirengagijwe kumpamvu z'amahame idini runaka ryishyiriyeho so wowe ndakwifuriza ko Bibiriya yonyine yakubera umuyoboro wokwizera ukuri nyako bitari amagambo y'abantu.
Amen@@NdihokubwayoJosue-p1s
Imana iguhe umugisha rwose ibyo uvuze birumvikana neza kd birerekanako ufite ubwenge bw'Imana byamfashije cyane haricyo byunguye umuntu w'imbere
Imana iguhe kuguma kwizera Ijambo ry'Imana kugira ngo bikuze umuntu w'imbere.
Nukuri nshimishijwe nikikigisho. Zaburi shya Imana iguhe umugisha , Udufashe ukomeze kutuzanira abavugabutumwa bba divantist batwigishe ijambo ry'Imana
Amen Kandi Imana nawe iguhe umugisha dukeneye ukuri nyako kw'Ijambo ry'Imana bitari amagambo y'abantu.
Amen
Amen❤ Uwiteka Agukomereze mu murimo We wera Mucyo🙏 kdi Plaisir nawe Imana Iguhe umugisha kubwo gushyigikira isarura.
Imana ninziza ibihe byose ntakinu nakimwe Imana izakora itabanje kubinyuza muntore zayo. Imana iduhumure amaso yumutima tubashe kubona ibyago bitwugarije.
Plaisir wakoze cyane guha platform uyu musore wa Yesu Alain Mucyo. Imana mwese ibahe umugisha
Ibibyigisho ningenzi cyane bidukangurira kubamaso no kwitegura dufite kwizera kd nungukiyemo byinshi nawe uzakurikira nkwifurije kunguka ubwenge mva juru Imana iduhane umugisha murakoze❤❤❤
Allain urakoze cyane, kdi Imana ishimwe yakoresheje umuvandimwe Plaisir kukuzana kuri Zaburi Nshya. Hari impamvu kdi nziza, Imana ikomeze igukoreshe mukugeza ubutumwa hose
Nishimiye kubona Mucyo hano😊 IMANA iguhe umugisha
Muzmugarukane
Plaisir ukoze neza gutumira uyu mubwiriza uzatumire na MUSONI FLAVIEN YESU ABAHE UMUGISHA
Alain Uwiteka aguhire.
Bwiriza ubutumwa bwiza,Yesu azabikwibukire.
Imana iduhumure amaso igihe cyo kugsruka kwa Yesu kiri hafi.murakoze kudukebura Mukomeze umurimo mu izina rya Yesu
Urumusore uzi ubwenge nukuri imana iguhe umugisha kuko uvuga ibyimana ubusirimu nkubwo nibwo bukenewe
Amen nawe ukeneye ubusirimu nkubwo muvandi, afite ibanga mu mutima we nibyo bimuha ubumenyi umubonana bw'ibyanditswe byera. Nawe Kandi byashoboka ko Uba nkawe uramutse wemereye mwuka wera akaguhishurira ibyaha byawe kugira ngo wizere Yesu akubabarire ibyo byaha binyuze murupfurwe yadupfiriye ku musaraba nawe bizaguhesha kumenya ibyo azi. Utigishijwe n'umuntu ahubwo uzigishwa n'Imana nkuko Yesu yabivuze ko Umwuka wera azenda kubye akabiduha.
Amahoro! Mwaduhaye Link y'ikiganiro cyabanjirije iki!
Murakoze Yesu aduhane umugisha.
Nanjye nagishatse nakibuze bakiduhe pe
Amen iyi nimiburo pee Imana igukomereze impano
God bless you 🙏 iki nicyo Dukeneye Rwose Kuko Mubuhanuzi bwasohoye Mutweretse hatigeze habamo Kwibeshya Bitwizeza ko Ijambo ry' Imana ridakuka ibyo rihanura rwose Bishobora ibyo Tuzigira muri Ryo Niko Kuri kwibiri kuba ndetse nibibizaba . Imana iduhe Mwuka wera. Murakoze🙏
Yesu kristo Aduhe kuzobana mw'Ijuru bavandimwe.
Amen, nukuri dukeneye amaso y'umwaka
Mwuka wera akomeze kukunganira no kukungura ubwenge muvandi❤❤❤❤
Uno mugabo azi ubwenge cyane
Nawe Imana iguhe ubwo bwenge kubwo kwemerera Umwaka wera akaguhishurira ibyaha byawe kugira ngo wizere Yesu akubabarire ibyo byaha binyuze murupfurwe yadupfiriye ku musaraba.
Muduhe link y'ikiganiro cyabanje
Thx be blessed.that's right
Imana iguhe umugisha Mucyo
Ko ikigisho cyabanje twakibuze mwaduha link yacyo ?
Wau Alain kuri Zaburi? vraiment iImana ishimwe cane
Amen Imana ishimwe cyane
Vraiment imana
Mwampaye nomero yuwo muvadi mwe ko namukunze
Kuki musoma Bibiliya muhereye hagati mukayobya abantu koko bizagenda gute kugirango hakorwe igikwiye buri wese avuga ibintu uko abyumva abanyantege nke bakagwa ibyiza bisaba umurongo imperuka yatangiye igihe Yesu apfa akazuka ntabwo ari ubu itangiye muve mu buyobe pe
Yesu yuze ibyanditswe Mumuzinho,ahereye ruhandese?
@tuyishimirejeanpierre-ju3eb none usoma ahera ku ntangiriro kugirango byumvikane apana yambwiye ngo inde kandi utamuvuze
@@UncleValens YESU ashukwa na satani yakoresheje handitswengo yasomaga igice cyose?
@tuyishimirejeanpierre-ju3eb ni aho bigera wowe urabyumva neza pe nayo yakoresheje ijambo rito ifatira ya rero n'ubu iri kubikora ubupfu mu ngo ni ubuhanuzi
Yobu 1:6 Umunsi umwe abana b'Imana baje bashengereye Uwiteka, kandi na Satani yazanye na bo.📖🙏🙏
Wa mugabo ntiwahangara ku rwanya Imana iturize nubwo mbona wa maramaje rwose ahubwo wituyobya ari wowe naho twagwa tuzagwa mu ma boko y’Uwiteka kd azatugirira ibambe ngo umugenzi naho yaba umuswa inzira ntazayiyoba 📖🙏
Yesu Ashimwe.
Wampaye link y' ikiganiro cya 1
Mwami ndakwinginze duhumure amaso, Kandi Dukize kutizera
Imana iguhe umugisha muvandimwe Alain Mucyo, nishimiye cyane abavandimwe baguhaye umwanya ugahishura ukuri nyako kw'Ijambo ry'Imana kuri iyi chanel ya zaburi nshya. Umutima w'ubutumwa bw'abamarayika 3.
Hano niho bizahurira pe !
Hashimwe imana yaguhaye impano yukuri yuzuye ubwejye mvajuru mugusobanura iby'imana neza byandistwe muri Bible kandi ushize amanga
Imana n'urudome rukuru muvandimwe
Uvize ikintu gikomeye nshuti
Kd biragaragarako uri mubakeneye ukuri wiki gihe, nanjye nuko muvandimwe.
❤
Imbaraga na mavuta
Mbese muhora kuri Papa na Kiliziya ? Yewe reka shitani ibihare puu !
Nshuti yanjye ni Bibiliya ibivuga ntabwo arumuntu cq idini.
Kandi si Kiliziya cq Papa bivugwa ahubwo ni System yabo ihabanye nijambo ry'Imana
Martin Ruteri n Ruteri King nabantu 2 batandukanye
1. Martin Luther yari umudage, niwe watangije ubu protestant azwi cyane ku ngingo 95 yamanitse i Wittenberg z'amakosa yaregaga Roma mu kugoreka Bibilia yabayeho (1483-1546)
2.Martin Luther King Jr. Ni umunyamerika waharaniye ubwigenge bw'abirabura azwi cyane kuri speech yise I have dreams. Yabayeho 1929-1968( Assassinated)
Nawe Uwo yavuze si Uwo 1500AD
I nyigisho zanyu nukuri kuri shitani nukuri !
Nshuti wikwanzura gutyo ahubwo byose ijye ubigereranya ku Ijambo ry'Imana
God bless you 🙏 iki nicyo Dukeneye Rwose Kuko Mubuhanuzi bwasohoye Mutweretse hatigeze habamo Kwibeshya Bitwizeza ko Ijambo ry' Imana ridakuka ibyo rihanura byose Bisohora ibyo Tuzigira muri Ryo Niko Kuri kwibiri kuba ndetse nibibizaba . Imana iduhe Mwuka wera. Murakoze🙏