This man is a good manager by the way. Uyu mugabo ni stratège wa mbere. Wagira ngo afite master muli sociologie na filosophie. Kuba bose badashyamirana nuko umugabo azi kubayobora neza, ubundi baza shwanyaguzanya .
Yewe ntituzongere kubeshyera Diamond ngo ni Gapfizi, iyi si irimo ba Gapfizi bo Ku rwego mpuzamahanga! Gusa uyu mugabo afite managerial skills za danger!!!
Arikose ko mbona iyi nzu arinto nkumva babyara kenshi ubu privacy ibahe nabo bana bose nabagore munzu imwe ahaaa yewe imyuka yo gusambana ibaho pe bikitwa ko ari ugushaka abagore benshi ubuse abana be ababonera igihe koko
Nuko ntabubasha mbifitiye uyu mugore wa mbere nakamwambitse umudari yarihanganye bikomeye urabona ko uwo wa 2 afite ijinyori rwose kuko mu mvugo no ku maso bose barigaragaza uko bameze
Umugore wakabiri affite umutima mubi 😈😈😈😈 uwambere arasa nuwarusye cyane kubana numuntu ureba nabi sibyorosye
AFRIMAX BIG AP MUHIRWA 🙋🙋😘😘
Mbegaaa sha abanyarwanda kazi turubu sinziko twabibashape gusa Imana ibahe umugisha ko mwabibashijepe
Nukuripee harikera ubunibindi
Guy guy ibintu..... ntawabivamo
This man is a good manager by the way. Uyu mugabo ni stratège wa mbere. Wagira ngo afite master muli sociologie na filosophie. Kuba bose badashyamirana nuko umugabo azi kubayobora neza, ubundi baza shwanyaguzanya .
Yaweeee ababantu ndabazi cyane ahubwo ntunguwe no kumva mbanyi yaratunze abagore na bana bangana utyo pe gusa uwo mugabo na bonaga ari umugabo mwiza uca bugufi kd numugorewe wambere nuko ntamatiku ajyira kd yakundaga gukora cyane gusa ndatunguwe aho abo bagore baturutse ndumiwe koko 🤭🤭🤭
Iryo nirari Muzehe!! Abagore badatekera hamwe se ubwo babanye neza gute??????? Nta byiza mbonye
Ibyo uvuze ni kukuri niba basangirira hamwe ntabwo bimeze neza
I like this chanel Im ti Indonesia
Mbega umusaza. Iyi nkuru niyo yambere inteye ikirungurira p. Afrimax rwose nkaba mujye mubihorera ntacyiza baha sociate
Ukunda abagore umugore mukuru ni nyiramiruho yoooo mukecu ihangane
Nihatari
Lazia Mukeshimana masikine mukecuru rwose ni yihangane
Ewana Innocent Valentin uri mukazi neza kbx thinkx afrimax tv
Gusa uyumusaza azi ubwenge cyane ku managing ababagore bose ntibyashoborwa nabantu bose nabana nabuzukuru eeee sha urarenze muze
Ateye ubwoba ndumiwe pe
Uyu musaza
Mbega umugore uzubwenge uzino kwihangana gusa asa nuwashenguwe nagahinda!
Mukama wanje, uyumusaza wanjye mwamushitseho mute? Afrimax tv mbakuriye inkofero kabisa. Uyo nisokuru wanjye.
😅😅
Yiwe nukuli c
Ubuse abakolela pyasu gute guys 😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ikibazo cyawe kiransekeje 😂😂😂😂
Abaha iminsi buriwese abaziko umunsi we wageze
Uranyishe WW😂😂😂😂😂
Sha uransekejeee kbsa!!! Bwari bwije ntasetseee😀😀😀😀
Uransekeje Imana iguhezagire
Ahubwo, Icyafashije aba babyeyi kwihangana,nuko bose baharitswe
Niko kuri
Yoooooo uri hatari papa aha 😃😁😘
Nanjye nzahambarira pe💃💃💃
Ibi bintu nibwo nabyumva pe 😅😂🤣
Ibi babyita gupfira muri Nyagasani🤔umugore mukuru yarashize
Naba nawe abe bazwi umubare kandi bose bameze neza hari abagira abatagira ingano kandi nta n'icyo babafasha uretse kubandarika ubundi agataha kuri umwe wo mu gitabo. Uyu yariyemeje kandi byose bimeze neza
@@Ikibasumba1 kumenya umubare ntacyo bimaze,rubanda muzi gushima
@@boladiane2777 ibibi birarutana mugenzi! Nonese ari uhinduranya buri munsi niwe washima ni ubwo bose ntawe uri shyashya ariko uyu yameshe kamwe
Umugore wawe numwe mukuru abandi nishoreke mandi bumveko ntajuru bazabona
Hahaahahah ijuru na bagore nibintu 2 bitandukanye, bibaye ibyo ntitwaba twizeye ko tuzasangayo Dawidi na Salomon.
Nawe ushobora gushaka umugore cg umugabo umwe kd ijuru ukaribura. Byose biterwa nuko ubibayemo.
Ngo azasubira abakoranye hamwe kuri noheri ngo basabane dore ko ngo azaba afite ubundi bukwe 🤣🤣🤣
Mère chef Ma bea tekereza! Uwa karindwi! Ese ubwo azaba afite imyaka ingahe koko?
Uwo musaza azwi kwizina rya Mbanyi ni inyangamugayo cyane kdi yitwaye neza cyane mubibazo byagwiriye u Rwanda.
Abana 31 mana yanje ndumiwe koko abuzukuru 81 yesuweee uwomuryanga nimutareba neza bazashakana🤔🤔from🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Muze urintwari rwose ahokugirango ucaracare hanze wabahuza bagakundana warakoze rwose ahoguta urugo ugatera abana agahinda wabigenza gutyo pe
Ariko ntibyemewe kurarikira undi mugore warashanse nibibi abantu bose bagize irari ryogushaka abagore beshi.
Uwambere avyanka ni jewe 😂😂😂
Iyo myaka yose bakaba bataramukubita!!!!!
UMUSAZA MBANYI umusozo ukazo ukaze cyaane
81 petits enfants 👶 Moohlala je suis sur mes genoux nakumiro.🤔🤣🤭🤭
Muzehe ubwo sibirogano kugira abo bagore benshi 🤔
Igisaza gikunda ibintu
Inpfizi ya karere kbs
Uyu mugore muto afite umushiha
Ugiye gushaka undi se kd ko wavuze,ngo uzaba ufite ubukwe?🤣🤣🤣
Musabyimana Marie Louise ariko se umugongo we buriya koko umeze ute?
Baravuga ngo ubuze,uko agira agwa neza, none se ninde wigeze anezezwa no guharikwa?
🤣🤣👏👏 ntawerataa
Yarabyakiye mu buryo by'ubwenge.. Uyu mugore mukuru yarebye kure
Umugore wambere azi ubwenge
😅😅😅
Ariko nta nuwo yashyizeho agahato. Bose babyemeraga ntawe afatiyeho umunigo.
Ikibazo umugore uza bwa gatandatu aba yumva aje kurusha iki batanu babanje koko aka ni akumiro
Yewe nukuri birababaje jyewe ngaya umuntu ushaka undi mugabo kandi azinezako afite undi numva aramakosa
Ahubwo ivyobikecuru vyarasaze
Hhhhhh,aba yarabuze umugabo that’s it!
Gapfizi araha
1 19:59 9:54
Iyo utajarajara mubagore uba warakize cyane, ark ibitekerezo byinshi byagenderaga kubwinshi bw'abagore
Mana yajye biratangaje muri vision ntawabyemere byari kera
Ubwo mugera mukarere ka Rusizi muzanasure umurenge wa gitambi, wenda mwakorera ubuvugizi abaturage bawo bakabakorera umuhanda uhuza ibitaro nya mashesha - mibirizi . Kuko biragoye kugeza nuburwayi kubitaro bikuru byi mibirizi na gihundwe, kuko ambilanse igomba gucisha umurwayi mubugarama imujyana imibirizi.
Abuzukuru bazanjya bashakana ni mureba nabi
Haaaa uvuze ukuri kbs
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Uyu musaza ndumiwe pe cowboy 🤠
Unva abagabo birirwa biruka mubagore mudukobwa mukabyara abana batazamenya base mufate icyemezo nkicyuyu musaza muzaba murbagabo uyumusaza nubwo adahuje nukwemera kwabachristo nibura afite ubumuntu ese muziko harinkubaganyi zisambanya abagore batatu kumunsi zihinduranya zititaye kubizakurikira
?
Yewe ntituzongere kubeshyera Diamond ngo ni Gapfizi, iyi si irimo ba Gapfizi bo Ku rwego mpuzamahanga! Gusa uyu mugabo afite managerial skills za danger!!!
Vrament felicitation k'umunyamakuru wacu usigaye wambara neza rwose 👍💪
Mwiseneza jean népomucsène ifaranga rirahariii lol 😆 🤓
Biratangaje, umugore muto ariko ameze nk'ufuha😂! Umugore mukuru bamaranye imyaka 36 ariko imfura yabo ifite imyaka 39
Mwabonyeko amatariki batayibuka neza kandi ashobora kuba yaramuteye inda mbere
Ashobora kuba yarahatashye afite umwana muto
Aba ni abahano mu bugarama hari abandi bagore mu murenge wa gikundamvura
Ndakwemeye muze ndakwemeye rwose
Uyu munyamakuru aratangara bikansetsa🤣🤣🤣🤣🤣🤣. I think it's unprofessional kuko bishora gutuma ubazwa ahindura ivisubizo
Harumubanyi wanje afs ba 4
Umwanda
Ndumva uri nka papa wanjye muze.Niko yaciyeho nari kubahuza kbsa.
N'ubusa gusa, ni k'Umusiguzi agize; n'ubusa gusa, vyose n'ubusa. Umusiguzi 1:2
Abana bariho: 31 🙆🏾♀️
Reba iyo nzu ngo babayeho neza
Ariko ababantu barusizi bafite imico nkiyabanyecongo ibi biba congo niho usanga umugabo afite abagore5 bose babana munzu imwe batandukanyijwe nibyimba byabo bararamwo
Ninumusirimu
umugore buri munsi w’icyumweru, uwa nyuma akaruhuka!!!!! Dushatse twabita Monday, Tuesday, etc
Ati uuuuuuuhh uyu munyamakuru akunda gutangara ati ughuuuuuu
Mwarimwamuteguje ntimukabeshye!
Yasubije nkuwo mwateguje sha
Baramuteguje nyine
Mbega hageze gutera Aka bariro bigenda gute ewe musaza urakaze mugikogwa
Non uzarongora uwundi ko uzaba ufise ubukw?
Abagore barabana, umugabo abahe ?
Ahubwo c uramutse upfuye iyonzu murimo bakomeza bakayibamo? Cg batandukana.
Ntacyo bitwaye pe! Uy'umusaza n'umuntu w'umugabo .
Banyina nibo babarihira amashuri
Haaaa narumiwe koko 🤭😄
Akantu keza yakorewe arakabuze disi
Arikose ko mbona iyi nzu arinto nkumva babyara kenshi ubu privacy ibahe nabo bana bose nabagore munzu imwe ahaaa yewe imyuka yo gusambana ibaho pe bikitwa ko ari ugushaka abagore benshi ubuse abana be ababonera igihe koko
🤔
Yewe nagobyoroshye
Ntavyonoshobora
Nakumiro kweli!!!!
Umugore mukuru yararushe ihari tiragastindwa
wabinjiriye nabi wangu.wagirango niwowe ubahahira
☺️☺️☺️☺️☺️☺️
Nta Mana itangira umugisha mubagore barenga umwe musaza ubwo nubusambamyi urimwo mbona uzabupfiramwo
Ntabwoyavuga akababaroke kdi arikumwenuwomugabowabobyamugwanabi.nahubundiburiya yarashize.ntamugore ubyakira uretse amaburakindi.arutase abagorebintumwazabayeho,nka abagoreba yakobo,aburahamu....
Umutimawe waraboze rebakugirango abane nundimuzu noneho amunzanire
Ibyo byitwa uburaya puuu biragatsidwa nimana murwanda ntibibaho ibyo nibyo bizana ubucyene.
Inkozasoni yumugabo ubu wasanga umugore wa 6 afite imyaka 25 mana we yesu uzazaryari koko😭😭
Ibi bintu Ni byiza kbisa!!
Akumiro ni amavunja kabisa
Aba bagore barigiza nkana umwe arigupfira muri Roho iyo mwumvikana muba muteka inkono imwe mugasangira urumvako mudahuza après wenda murumvika gusa kuko mwabuze uko mubigenza
Kuki badateka inkono imwe ra
@@janni520 urumvako harimo abantu ko kudafatanya ngo ntibinjirira no mumuryango w"inzu umwe
Yewe ndashubijwe batandatu nipfizi nukuri pe
Ugirango uwomukuru arishimye
Cyangwa uri sogokuru wanjye
Hhhhhhhhh narumiwe koko
Ugirirari wamusazawe
Gendawibeshya wamusazawe ngontakibazo kirahari
Wamunyamakuruwe uzi kubaza se
Icogisaza gifise irari ryabagore pu uwomukicuru yararushe
This is man he is good how to do
Uyu musasa yarakoze akazi pe
Je ndakunda abagabo nkaba
Ariko umugore mukuru nifura arisekera ariko umuto arareba nkumunyaburakari pe
Umusaza ibintu yabikoze neza
Ese uyu musaza yaterese umugore wa gatandatu ngo iki?
Ntagitumo mbonye aha,bahora biteguye c?
Ibi nibitangaza ndaq nihatari uyu mugore mukuru arihangana pe
Nuko ntabubasha mbifitiye uyu mugore wa mbere nakamwambitse umudari yarihanganye bikomeye urabona ko uwo wa 2 afite ijinyori rwose kuko mu mvugo no ku maso bose barigaragaza uko bameze
Uyu musaza ashaka kwiyagurira umuryango
Ibi se biremewe mu mategeko y'igihugu???
Ntibyemewe
fortune ngira numwisilamu
@@linaemma7535 ok si no ntibyemewe
fortune ntabwo nari mbizi, nye nagirango abisilamu idini Ryabo ribemerera gushaka abagore benshi
N'abayisilamu ubanza batarenza 4 cg 5uriya we yakoze Guinness des records abuzukuru 80😕
Mukora akazi neza pe
Njyewe turaturanye kuri noheri azarongora undi mukobwa wakeza, Kandi avuga ko azarongora mpaka apfuye
Yes bazina ndabona afrimax barakwakije ukwezi kwarashize nukuzangurira rimwe nanjye nitwa Innocent 🤫
Ubwo uyu nimwita “ wowe “witwa nde” azagirango ni njye😂😂
Hhhh azashake indi slangue rwose. "Wowe witwa nde ntabwo karyoshye rwose".
🤣🤣
@@kizigenzamanudi170 Kararyoshye sana
Njye narimwise nkibyumva bwa mbere
ikirenzeho yambaye ishapule asengamwo, nkumukiristu widini yiwe, kabisa.
Ntibasangira ibiryo, umwe ateka ukwe . Ntibinjirira mu muryango umwe.ntibabana .