Uko umuntu yakwikorera Delivrance: Ibintu 3 byagufasha kubohoka | Nta muntu ukorera undi Delivrance
Вставка
- Опубліковано 15 лип 2020
- #Dr_SAM
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Ndyoherwa cyane n inyigisho utanga zibohora benshi kdi buri wese akagira aho yisanga Imana ikongerere imbaraga.
Ndafashijwe cane .muhezagirwe
Ntakiza nko kubohorwa nijambo ry 'Imana p
Imana iguhe umugisha, mukozi w'Imana. Ibyo uvuze ni ukuli pe.Ndi umugabo wo kubihamya, delivrance ni ukwizera ijambo ry'Imana, Yesu kristo ni we utubohora binyuze mu ijambo. God bless u so much.
c vn
Nukuri ndasobanukiwe neza peee!
Imana iguhe umugisha mwinshi kuko hari bamwe twitiranyaga ibintu kdi Imana idufashe twemereko turi abarwayi nukuri Mana 🙏
Dr ndagukunda cyaneeee urasobanura ngafashwa pe!! ubyo uvuga biba bishorewe n'Umwuka Wera!! Imana ikomeze ikongerere ubwenjye!!
Uku ni ko kuri rwose, kwigisha kwisengera no kwikorera délivrance nibyo bikwiye, erega abakozi b'Imana bamwe bagutera ikinya ngo uzajye uhora ujyana amaturo. Ijambo ry'Imana nibwo buzima. Urakoze cyane Imana iguhe umugisha
Amen uvugishije ukuri mukozi w'Imana
Uku ni ukuri pe! Ndafashijwe ndafashijwe kandi ndakize ingoyi zose. Imana ihezagire mwese ku vyiza munkoreye
Yego rata Mkozi w'Imana Imana igufashe ukomeze kutubw'izukuri gukiza imitima yacu ndetse no kudufasha kugirango tuve mumbaraga no mumigozi yu mwanzi. Imana iguhe UMUGISHA rwose Kandi nishimie inyigisho utananga ziranfasha cyane. Mbifuruje gukomeza kudukangura mubitotsi byumwanzi satanic ya dusinjirijemo Murakoze.
Mana yanjye iki kintu cya CONFESSION akamaro kacyo kari karanyihishe rwose .NIGAGA IJAMBO RY'IMANA ARIKO CONFESSION SINYIKORE Ooooooh!Mon Dieu Tout Puissant gloire à toi pour cette révélation!!
Iri ni ihishurirwa. Gloire à Dieu Hallelujah!
Mukozi w'Imana nejejwe n'inyigisho zawe ! Uramfashije kabisa !! God bless you !!!
Imana ibongere imbaraga z umwuka wera kubiganiro Mutanga byuzuye ubwenge nubuhanga buganisha abantu mu ijuru rya data wa twese.Amen.
Amen urasiguye neza
Zaburi nshya by'umwihariko ikiganiro mwagiranye na Dr SAM kiranejeje cyane ndafasjijwe pe
Yesu aguhe umugisha mukozi w'Imana!
Nsobanukiwe byinshi nibazaga ntagisubizo.
Mudufashe muzatubwire, uburyo twajya tugira ijambo buri munsi ridutandukanya nimigozi ikituboshye.
Murakoze!
Imana iguhe umugisha cyaneee.iryo jambo ni ukuli. Ahubwo twanze umuti kuko kunywa umuti busaba kwihangana n.a. discipline., ndetse no kwizera(. Hoseya 4:6), twishwe no kutamenya.
JESUS CHRIST Mbega Ijambo ry'Imana rirankubise riranyahuranya.
Ndafashijwe .Imana yacu iguhe imigisha myinshi Mukozi w'Imana.
Uvuze ukui,imana,itubabarire,kandi,idutabare,murakoze,cyane,imana ibahe,umugisha
Narahombye iyo nzakucyumva mbere mbandimo gukira ariko Imana ishimwe aho ncyumviye njyeye gutangira urugendo rwo kubohoka
urakoze mwana winama yesu akumpere ubwenge numugisha mwiza kandi ntamukozi wimana yansengera ngombohoka ngewe ntabasha kwisengera
Hezagirwa ,Yesu nimuzima.uko nukuri peeeee.
Dr Byiringiro Samuel, Imana iguhe umugisha ibyigisho byawe ni byiza cyane kandi ndafashijwe
Imana yo mw'ijuru niguhezagire,izo ntambw ziramfashij
Imana iguhe umugisha mukozi w Imana,Inyigisho zawe ziratwubaka cane!!
Umuntu aca amenya ukwo yokwiyeza kumutima pe! Good
Umukozi w'Imana avuze amagambo aruhutsa imitima.Imana imwongerere imbaraga mumurimo wayo
Ngusabiye umugisha utagabanije. Imana ikwungure ubwenge/ikwongere amavuta yayo. Iyi nyigisho ije hageze.
Amen amen 🙏 uko nukuri kutavangiye sha iryo jambo rirakomeye
Urakoze cyane!
Imana Iguhe umugisha.🙏
Imana yo mwijuru ibahe umugisha kuko muradufashije caaane.
Amen urakoze mukozi wimana uramfashije rwose ahubwose .
Murakoze cyane uri docter uge ubyemera.
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana ku nyigisho nziza kandi ifise akamaro kanini.
Amahoro yi Mana abane namwe mwese👏👏👏
Murakoze cyane kunyigisho zanyu man of God
Bjr. Haracari ho à bakozi b'Imana. Muhabwe umugisha n'uwabahagaye.
Imana iguhe umugisha ryose ndafashijwe kandi ndize
God bless you pr. abantu nibareke ubunebwe dusenyere satani,poison yose namagambo buricyaha namagambo satani yiriza izengurutsa mubantu.Ijambo ribimaraho byose.
Imana iguhe umugisha ndakumva cyane
100/100 ibyo uvuze nukuri imana iguhezagire
Ndafashijwe Mukozi w Imana 🙏
Umugisha ukubeho🙏
Inyigisho nziza cyane
Uravuga ukuri.
Imana iguhe umugisha
Murakoze cyane Dr Sam ! Ese utuyehe? Nhoboye kuvugana nawe imbona nkubone byanfasha cyane.
Dr Sam nashimishijwe no gukulikira ikiganiro cyawe kuli Zaburi Nsha. Nifuza ko mwampa uko nakubona niba bishoboka.
Yesu agukomeze. Nkunda inyigisho zawe.
Nibyo ariko hari ababisigiwe Lazare yari yazutse yanasohotse mu mva ariko hari amaboko yari yateguwe gukuraho ibirago ABOHOKA Burundu..byumvikanye ko ntashyigikiye abasatuzi basigaye basaba ituro ryo KUBOHOKA
Murakoze Cane, ndafashijwe, Imana inkomereze aho.
Ariko akabazo kanyuma ntigasobanutse neze, kerekeye ibyinyatsi.
Ese icacumi ningombwa, ko mbona atari nakimwe ari nka 3 nkeka, murakoze
God bless you Doctor!
Murakoze cyaneee
Urakoze cyane
Imana iguhe umugisha pe!
Imana iguhe umugisha, ufite ubunga abantu tuboshywe nibintu byinshi tutazi.
Que Dieu vous bénisse Dr Sam
Ibi ni ukuri, Nibyo byatuzonze
Amen! Urakoze Dr Sam. Imana iguhe, umugisha.
Merciiiii bcp Ndiho akongerereze amavuta
Imana iguhe umugisha
Yesu aguhezagire kandi twavyutse
Urakoze mukozi wi Imana warafashije uzakomeze kubwiza abantu ukuri kd Imana iguhe imigisha hamwe na zaburi nshya yatugejejeho ubutumwa
Abakozi b,lmana baravunika mu gusobanura.asobanuye neza!
Be blessed Dr
May God bless Sir
God bless you doctor
Ukonukuri
Ibi ni ukuri.
Hezagirwa Doctor
Ntabwo ari umuntu ubwe ukora délivrance ahubwo akoreshwa na YESU KRISTO na MWUKA WERA.
Mbega byiza weee gusa dutegereje kumva part 2 yubuhamya bwa kimanuka
Ndanezerewe usobanuyeneza imana ìguheimbaraganumugisha
Amen
Amen 🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Imana iturengere
Ndimo nkureba hano sasita zijoro nabuze ibitotsi!! ka numve uko nabohoka
Paster ko abantu bavuga ko ibyanditswe byera byanditswe nabantu muzadusobanurire uko byahumetswe ni lmana
Mana dufashe
Amen🙏🙏🙏
Mbegurukundo he lmana yacu reka nicaye nakire¹
Nunganiye Byilingilo mfite 3 names 1pastor,1Prophet&,1Apostle baheheta bahora basoma😭😭bakeneye indi nkunga niko byumva....abo mvuze chaînes zabo za UA-cam zuzuye aha hasi
Pastor kurigisha neza Imana indushoboze kuva aya magambo
I m just asked to reduce excessive commercials
Ntangiye niyumva Kdi ndizera gukora kwa Data wa twese
Pastor nakubona gute koko ???
délivrance wayikorera nkiminsi ingahe ko harigihe byanga kugenda knd wizeye Imana?ntiharaho waba uboshe ugakenera gufashwa?
MANA YANJE NAJEWE ITIRO RIRANGORA NUKURI NDARIRONKA HAHEZE NKIMISI 2
Ukeneye kuborwa abo nabadamoni
Nkunda inyigisho zawe
❤
Ngewe Ndara ngera ijoro kuko ndarwaye ubwoba. Sakuminimwe nibwo ndyrama!!Ijisho ryarahiye sinakwihenda ngonibura ngeze sakenda!!!!Ngo mbone agatotsi!!Ndara Amatara yaka!!Kandi ntuye mubaslam gusa!!!Bagiye banteza imyuka mibi kandi nkabona Aribo bintera!!Narayobewe!!
Ndondera +256704943369 WhatsApp
Oooh nukuri Ijambo ry Imana rirabohora ndabihamya. Mubalikiwe sana mtumishi wa Mungu
🤬
Amen urasiguye neza
Mana dufashe
Amen
Amen urasiguye neza