Це відео не доступне.
Перепрошуємо.
Uyu Mwana wanjye Namutanze IKUZIMU ngo Mbone UBUTUNZI😭 SINTINYA KUBAVUGA: Abapasteur twahuriyeyo😳🔥
Вставка
- Опубліковано 7 бер 2024
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Mwitondere guhita mwita uyu mubyeyi umukozi w’Imana. Inkuru ze ntizi huje. Yavuze ko yisanze kugituro ahakana ko yashatse ubutunzi none ahinduye inkuru. Yakoze ikiganiro kuri Beulah
Muhumure Imana irabakunda namama wawe
Nyamafranga yakumariraga iki ivya shetani ntibiramba
Imbaraga z’Imana zirahebuje.
Satani toka kure hamwe n’abadayimoni bawe.
Yesu Yaratsinze.❤
Glory to God.🙌 🙌
Glory to God... setani waratsizwe kubwamaraso ya Yesu
Saromon ndagukunda cyane sha ndakwibuka kirehe. Ibyuvuga nibyo wakoreraga satani uririmba indirimbo zubusambanyi mbegaweeeee uwiteka urimwiza
Inyamaswa Bantu zibaho najye nayiteye ipusi ibuye irakomereka kugeza hapfuye uwo muntu apfa amvuga mu izina ngo ndamwishe!!!! Bibaho
Ngoooo sobanura😢😢😢
Ko bidasobanutse ipusi niyo yaphuye ivuga ngo uranyishe se
Saromo wacu komera cyane, ndumva Mama Ari kubohoka,aratanga ubuhamya neza noneho
Nibyiza ntago itakura umuntu
MWe Se wowe namama wawe nabapfumu ryabaritse mbega satani
Imana yaremye ijuru n' isi ntigira abakozi igira abana .
Turi abana b' Imana ntabwo turi abapagasi mu rugo rwa Data .
sekibi yiyitiriye izina ry' Imana ndayirimbuye mu izina rya Yezu nayohereje mu nyenga y' umuriro nive mu bana bw' Imana Data
Niba warabyaye uvuye mubapfumu uwo mwana si uwavuye ku Mana wamutanze agisamwa
Ibigeragezo byose Salomo ahura na byo babimutangije bamutwite ni byo abantu birirwa barwana na byo .
Ubuhamya icyo numvisemo uyi mubyeyi ntakuri afite ,ikindi bitewe nuko yari yaramaze gutanga umwana we byatumye imbaraga mbi arizo zayoboraga ubuzima bwe iyo niyo mpamvu yatumye ahura nuwo mupfumu nyakarambi kuko byariho bikorerwa mwisi y,umwijima.
Imana ihabwe icubahuro .kubwigikora.ark ariho amajwi atumvikana nez.
Salomon sha iwacu mwana Kaduha niho nge ntuye gusa ibyo sinzi niba bihaba pe ariko muri rusange inaha bararoga pe Akarere ni Kirehe Umurenge ni Kirehe Akagari ni Nyabikokora umudugudu ni Kaduha
Muhunge nimuhunge umujinya wuwiteka uteyisi beneta tugeze mubihe byanyuma ibiheyesu yasizavuze
Mana we urashoboye🙏 nukuri uwomuhungu muzamugarure atubwire uburyo yaje kugaruka mwisi
Imana.nibyose.irahari.amena🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Yesunumugabo
Amen
Yesu wee
Yoooo nukwihangana imana ishobora byose💗
Yooo mbega ubuhamya😢😢😢
Sarom ndu miwe Ku myakaa ufite birababaje ariko ishuriry badayimoni wa nyuzemo ribere nabandi isomo ritoroshye maman wawe azongereee agusabe imbabazi ishuro icumiii birakaze peeeee
Mukecuru wihane unavuga ukuri kose byakiza abandi benshi cyane: abana n'ababyeyi. Aho hantu ni he? Hameze hate? Wamutanze Ute?
Ndebyikiganiro cyawe numvangomba kugusaba ukansengera nkabonimbaraga sinkura mubyaha nitwa ishimwe Solange murakoze
Mbega ubyeyi wumubeshyi nubu ntiyigeze akizwa kandi bigaragarako yamutanze koko
Numubeshyi
Yooooo agakiza nikeza🙌🙌🙌
Nezerewe Imana yagukuye ikuzimu iradhoboye Irahambaye ni Umukozi wumuhanga
Murakoze kunduha ubuha
Pole sana kbx
Yooo pole sarome
Imana ibabarire uwo mwarimu na maman wawe
Humura
Ubwambere ibyo wavuze bitandukanye nibi kuko ubwambere wavuze ko mwahuye ariko wabipye phone umvishe kuri radio hanyuma muhura nuwo mupfumu umuririmbira indirimbo uhangiyeho akokanya.
Mucecuru tate lmana imuhe umugisha
nubwo atabitsindagiye ariko yaramutanze, kuko yaravuze ngo Salomo nzamubaha, ariko ngarutse ngiye kubitekerezaho, iryo nzamubaha niryo ryarikoze
Arabeshya ubwo abaterekera yarangiza akaza kuri camera kugirango atwike ikuzumuse hasahate ko yavangiye ahubwo aba daimon nta formule bagira nkimukabeshye
❤
🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿
Ese saromoko mutamugarura ngwasoze ibyoyatangiye
Muzoduhe nibindi bice
Praisir Uzi kubaza kbsa
Uyumukecuru atinya camera ko areba kuruhande ra wagirango aracyafite ibyo bamushizemo ikuzimu ubu c ahubwo nimuzima ??
Nubu umengo ntakomeye neza ibinyakuzimu ntibiramuheramwo.
Muzafashe mbahe Amateka yubuzima
Aho nyoko yagutanze naho
Part 2 tumenye uko yabohotse
noneho yabisho boye mama saromo
Uwomuhungu yavuze ko ushize yakoranye numufpumu none ahidutse Nina gute
Uyumudamu kwabeshye se kuriBeulah yivugiyeko yashatse afite14years ahitabyara umugabowe ahita anafungwa nonumva kdi
😂😂😂 cash zizarikora erega
Iyo njyana ko ari iya abadiventist we
UrIMANA wakijije saromo
Rwose.muzabagararupe
Dukunze.ubuhamya.bwabo
Rimwe Cyangugu ubundi Kibungo, bimeze gute?
Ni umukecuru ntabwo azi kubitandukanya
Ni ukwibeshya ntahazi
Uyu musore siyavuzeko yahamagaye umupfumu aha
Uyu musore ko nunva ubuhamya yatanze ubushize hari bimwe bidahuye?yavuze ko uwo mugabo yunvishe arikwamamazanibikorwa bye amuhamagara kuri phone none nyunvira.ubu uko abize nibi------mwitondere abatangabuhamya
None ntazi uwamujyanye aho yamujyanye
😊😅😅
Disi abantu bajya mu bapfumu barabyoroshya baba bumva ngwatari kwa Satan unkuntu mama salomo yasobanura ngo yaragiye kwishakira uduti dutuma aba client baza numugabo amwikundire😂😂ntibaziko Satani atwariramo nibindi byose nabana bakabigenderamo
Uwiteka ahimbazwe arashoboye ibihe byose!
None mbaze uyu si wa muhungu yavuga ngo avukana na Théo Inzahuke?
Oya rwose. Siwe.
Yooo pole sarome
Imbaraga z,Imana zirakora.yoooo mbega ubuhamya wee