MUSAFIRI Etienne noneho Aradusekeje IMBAVU zirashya😂 Ibyamubayeho😂MWUMVE UMUYAGA UTURUKA KURI SATANI
Вставка
- Опубліковано 15 жов 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Numero za MUSAFIRI ETIENNE ni 0788435805
Uyu mu papa ankumbuza Paster theo❤❤❤
A hahaha z0kk
@@Elshaddai2023
Etienne nkunda uburyo uvuga lmana neza Imana ige ikomeza kukwagura ijambo utugezaho riratwubaka cyane
Ndagukunda mubiyita ngonabakozi bi MANA ntanumwe uvuga nkafashwa ariko wowe nkunda uburyo wicisha bugufi uburyo uhorana ibyishimo iyo nabanaye nkakuricyirana ibiganiro byawe ndishima IMANA igukomeze is ntizagukurure tukuvomaho ibyishimo
Imana iguhe umugisha rwose kumpanuro utanze kubahanuzi ndemeranya nawe ,Kuko bayigize injajwa kd kera warasenkaga amavi agatota itaravuga none abantu batunze amasezerano yamahuri
Yesu akwiye kugenederera abaririmbyi barinjiriwe ni ukubasngera, mperutse kubona abantu chorale yabigishije ya majwi ane y'umuziki tumenyereye, hanyuma abo bayakuye aho ntazi baragarutse baza kuba ari bo babigisha guhogoza ndumirwa! njyewe byarambabaje cyane. hari umuntu wajyaga yigisha abantu ngo nibadasenga bzasengera, nicyo gihe gisohoye, abera nimubere maso ivugabutumwa.
😢😢😢 Warabibonye Nawe? Ohhhhh my goodness Birababaje
Numugabo mwiza avugisha ukuri ntaguca kuruhande Imana imuhe umugisha
Imana ijye ikumpere umugisha ntakindi navuga kuko nkwemera Kubi
Imana iguhe umugisha Etienne,ngukunda kubi Nukuri Imana ikwagure mu buryo bwumwuka nubwumubiri,iguhe amafranga menshi,umuntu ukwanga afite abadaimoni pe❤
IMANA iturenjyere mwizina ry YESU Amen Amen Impe agacyiza kanyako Indinde agakiza kikigare mwizina ry YESU
IMANA iguhe byose ucyiri mwisi umugisha ubucyire nubugingo❤
Yesu ashimwe ndafashijwe nitwa Lydia nimusengere imana impidurire amateka ibyovuga nukuri
Etienne ndagukunda mukozi w'Imana uvuga Imana neza nkabikunda❤
Ibiganiro byawe mporambisubiramo.simbihaga❤❤
Imana ibihe imigisha mwinshi
Arikose. Uwiteka akomeze akwagure. Akugarukeho rwose yokabyara
Praisel nukuri uyo mukozi w ‘ IMANA araduhezagiracaane uzumutumire kandi atwigishe IMANA nyenamahoro izobahemba turabakunda ❤
Bleziyaaaaaaaa hhhhhhhh arkope Etiene dukunda ibyiza Imana yagushyizemo Zaburi Imana ibahe umugisha .
Imana iguhire cyane kandi izakwibuke kumunsi wayo
Nukuri sindi mukuru cyane ariko ngisenga ntaragwa natinyaga icyaha nigisa nacyo ukanjya mubutayu cg mucyumba wiharye kuburyo nijuru wahita uritaha arikubu abarayaye mukabari cg mubusambanyi ubujura ubujajwa cyakoze nubwo ntagisenga narumiwe pe
Sha uzabisubiremo nibyiza cyane
Yoo! Chn Uzagaruke nukuri kwa Yesu Biraryoshye ❤
Nkunda ko utagira umushiha Ahorayisekera.
Imana ikwagure mukoziwimana turagukunda pe
Habwa umugisha unyibukije ibihe byiza twagiraga . mwuka wera atugarukeho 😢
Yesu abahe imigisha bakozi b'Imana kubwo kutwibutsa umwimerere wacu w'abarokore be blessed
Kubona vidéo nsha,ya Étienne, ntaranaraba mbanze kuyih umugenzi akunda Étienne cneeee. TURAGUKUNDA MUKUNZI WA Yesu Kristo...
Imana yaturemye ize iguha ico umutima wawe wifuza amen
Muvuga Imana neza ndabakunda ❤❤❤❤
Unva uratubwiye Nuko tutunva Arik Niko kuri pe more anointing from Jesus Christ Amiina Amiina 🙏
Imana ikuduheere umugisha pastor
Shaa Imana izokomeze igutwenza kabisa
Imana iguhe umugisha ndafashijwe na Plaisir wa gutumiye. Amen
imbaraga namavuta akuzeho cyane
Ongera ugaruke ku bakozi bawe Mwami Yesu twongere twizere Imana njyewe nabuze Aho nsengera peeeee
Ndagukunda caneeeee
Mana yanje nkunda etienne bimwe ntokubwira❤❤❤
Étienne,urakoze kw'ijambo ry'Imana riryosheee,..Yesu abahezagire
Ariko akanya kabaye gato ,ibintu biryoshe umwanya uba muke!!!
Etienne ndakwibuka unsengera mu iteraniro rinini ...Imana iguhe umugisha
Zaburinshya ndabakunda cyane lmana ikomeze ibashyigikire
Imana iguhezagire mukozi wimana
Mukozi wlmana uraho iminsimyinshi
Ndongeye ndafwashwa cyane
Numerous yawe wongere uyitange tuyimenye
Urimo Umwuka w'Imana rata nanjye ubuhanuzi bw'ibyiza butihanisha abantu, buhanura ibiza wiyiziho intege nke ni ikibazo
Nukuri Imana iduhe ubwenge kd nukuri iduhe gutuza.
Ndagukunze pe
Imana iguhe umugisha ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndagukunda etienne Imana igushigikire
Nukuri Imana iguhe umugisha mwinshi
IMANA iduhumure amasoo🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Nanjye ndakwikundira pe uraseka nanjye ngaseka
Uyu mugabo ndamukunda! Yigeze kumpanurira keraaaa! Yoooo
Byarasohoye?? cg yarivugiraga😅😅😅😅😅
Uyumugabo ndamukunda Imana ijyimuha imigisha
Imanlshimwe kubwukwongera gusangira namwe amjambo yubuzima ndize pe
Ivyo uvuze n,ukuri kuzuye, Imana yaravuzeko igiye guceceka izoza ivugana n,umuntu kugiti cye, 2015 , ivyo bariko barikina ngo iravuze ,wapiii, yaricecekeye, ubu turi mubimenyetso.
Ibyo uvuga n'ukuri mukozi w'Imana
Amen 🙏 ngiye kumva ijombo ryimana
Etienne umwe wanjye rukumbi❤
Ndafashijwe kabisa. Uzoze uramuzana kenshi. Arafise ijambo
Nukuri pe
Praisi wagiye ûmuzana buri munsi koko🙏🙏😂😂😂😂
Uwakwanga yaba ari umuswa pe!!hhhhh
Ujye uhora umutuzanira ,Imana imuhe umugisha
God bless you 🙏
Wazatweretse madam
Mbwirira about bahanuzi biyi minsi, baratuzengereje😢😢😢😢😢😢😢
Yooooo ndagangatayee ukuripe
Margarita yesuwe najye umpe umugabo navukiye 9
Icyakoze unkorera umutsi sabushya ijyihora ikuzana keshi
Entienne mukama akuwe omukisa,
Amen 🙏 thank you ❤
Icyindi nyirizaburi ubundi utumara abantu akurikije iki harabantu utumira nkabonamo ubwibone kuvangirwa uyumuntu akijijwe arahinduka rwose kuburyo numubonye abihamya
Nsigaye nirirwa nkumva pe
Ati ahamba natwe ahamba natweeee hahhahahah ndagagaye. Cyakoze uransekeje ntubuze byoseeee
Nukuri amavuta yImana akuriho, izongera ikugirire neza
Uyu mugano aratsesta nkenda,gupfa😂😂😂nakunze ubuhamya bwe umunsi,abana be, bavuga!!!
Hhhh,urasetsa gusa ndagukunda mukozi w'Imana.
Imana iguhe umugisha kubwijambo utugejejeho
Yoooo ndutabare nkwikundira kubi ❤❤
Nukuri mukozi wImana ndagukunda pe uvuga Imana neza igukomereze amaboko.
😂😂😂😂😂 nukuri imana iguhezagire
666 subscribes abandi barihe kugira ico giharuro ça 666 gihinduke 😂
😂😂😂
Nukuri pe
Yakoze nikiganiro kivuga kwico kiganiro
Nukuri ducyizwe neza
Nkunda cane Etienne. Ariko Etienne NTA Mayonaze Nawe nyene😅😅😅😅🎉❤
Imana iguhe umugisha
Etienne rwose wagiye umbabarira koko ngo hambanatweeee😂😂
Ngo nutabyara umuhungu uzabyara umukobwa 😅😅😅😅😂😂😂😂😂
Natanzwe ngukunda kubi weeee😂
Hhhhhhhuuu
Nkunda inyigisho zawe zirimo n'urwenya
Hhhhhh Sha uvugishije ukuri kbsa,Reba twe ntidukora numwe yesu yasenze 40 satani aramwataka ubukoko turimubiki hhhhhhu
Iyo code niyo "kwatura,kwiyeza"
Uyu mugabo antera ubwoba nukuri tumukunda bituma turira ameze nka theogene inzahuke.nukuri imana ikomeze iguhe ijambo
Jewereronkunda.ukoavuga araryahoracanegose.gumamwo.vugaimananezacsne.papa.ndakunvacane
Imanishimwe
Muri nyina😂😂😂
Ahhhh mana weee unteye guseka inzarawe nnyeneye umugabo
Ndagukunda cyane❤❤❤😂😂
Uratsetsa cyane
Musipiline rwose Papa😂😂😂😂
Arasa Neza n'imishatsi yiwe yewe Plaisir !!!!
Nukuri nibumve kko ntiwumva namagambo ahubwo nukumva ingoma gsa
Niwowe muntu nkunda kbsa uwo munezero lmana iwugukomereze rwose
Uno mugabo aransetsa, ubuhamya bwe mpora mbukirikirana, kd afite ijambo nagumemo
Ndagukunda peeee
Amen Amen
Uwemerako asa na djihad Nampe like
Ameze nkakabindi😂😂😂😂😂😂😂😂
Turabakunda cn