CHERI akora muri MINISTERE ariko Agendana UBUROZI😳KU MUNSI W'UBUKWE Mabukwe Yaraye mu Cyumba Cyacu😭
Вставка
- Опубліковано 26 сер 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Ujye wumva Kanguka , usengane n,umukozi w,Imana Chris Ndikumana
52:33 😮Oppopppop0pp0pp0pp😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅p😅😅😅😅😅😅😅
Plaisir utega amatwi umuntu usa nudahari, urarangara mu buryo bugaragara. Ngewe mbona utantega amatwi wibereye muri phone. Uri kumusubirishamo ibintu yavuze urangaye. Wabikosora ukajya uha umutumira full attention nta phone. Blessings
Ariko ndabona abikorera to ensure some understanding on some point.
Yoooo uwomubyeyi nasenge cyane umugishawe, uwo mugabo wawe arawukoresha muri ministeri nuwumudamuwe.nasengacyane umugishawe bazawuvamo.
mbaye uwa1
disi munkandire kwifoto tumenyane ❤❤🎉🎉wowe ubikoze imana iguhe imigisha
Amahoro cane Plaisir.
Uduha ibiganiro vyiza Yesu abahe umugisha.
Ndi umurundi kubw'agahinda kenshi Aline Maman Lynda yagize inyuma y'ibiganiro mwagiranye ntusubire kumuraba, unamusabe imbabazi, vyoba vyiza cane.
Hama tugusabe uzomudusabire ikiganiro yivyabaye nyuma kk twaramusengeye ntitwamenye ivyakurikiyeho.
Murakoze.
Nukuri plaisir afite urubanza rwa Aline ku Mana ashatse yazabikemura kuko gusaba imbabazi si ububwa
@@ingabiremariegrace3922nukuri pe
Yakizi iki
Ko numva ihiganiro byose nabikurikiye
Ni mbazi ziki
Mumbwire ?
@@buregeyaalice8885jya ku Ihumure
Uzatugarurire Aline[Mama Linda]
Nange ndamukumbuye
Binyibukij Aline nange disi😢
Azamutuzanire nukuri adusuhuze turamukumbuye atubwire ho gato aho urugendo rwubuzima aho bugeze
Turabigusabye
Yesu Kristo wabambwe kumusaraba igorogota uziko abantu benshi bashize Yesu Kristo wogahekawe uri inshuti umukiza umurengezi ubuhungiro Yesu Kristo weeee ubehafi yuyu mukobwa wawe waviriye wamuvo wamaraso hallelujah hallelujah🙌
Jye byarandenze nanjye nabibayemo kuva nashaka maze imyaka 23, nubu sinziko bizamvamo agahinda mfite gahoraho kko banyishe mpagaze imyaka 23, nubu kandi. Yesu wenyine niw watabara.
Egera Imana cyane izakugirira neza kandi igihe cyose utarabona igisimbura amafaranga aguha ntuzamurege
Nasenge cyane
Uzatubwire namakuru ya mama Linda turamukumbuye
Jya ku ihumure uramenya amakuru ye
Sinzaho namubonye avugako plaisir yanze kwegeranya abantu ngwajye abasengera😊 uzamubona kuyandi ma channels
Ndumva umugabp we ali nkura mama Linda rwose
Sanga numukozi w'IMANA meshake agusengere asengere numwana usabe nagatanya uhabwe imitungo gusa usenge cyane mwijuru hari IMANA humura kdi komera
Présir Imana iguhe Umugisha Ako kantu Umubwiye ko kwitondera abasenga akumve cyane yirinde cyane kuko harimo abazamubabaza kurenza umugabowe nubwo ntumvise atarushwa
Plaisir (not Présir)! 🙏😆😆😆
Umva mugore mwiza uwo mugabo ishyiremo ko yapfuye noneho ubeho utamwishingikirijeho nabusa. Sinon uzasarira mu mujyi pe! Komera kandi ushikame umwana umwe rwose wamwirerera humura Imana izabana nawe❤
Mbaye uwambere abakunzi ba Zaburi nshya nimumpe like
Muraho
Ihangane wa mubyeyi we! Ndabyumva cyane wahisemo nabi ugwa ku gipfunyika cy'amabyi
Komera Imana izabihindura, Saba imbaraga ntibiba byoroshye😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Jya wumva kanguka unasengane numukozi w’imana Chris Ndikumana
Aline mama Rinda turamukumbuye
J'ai kw'IHURE TV murebe ikiganiro yahakoreye twarakoze groupe ya watsap nawe turikumwe❤😊
Wowe ugomba kuyoboka inzira yisengesho nutinjira mu Mana ngo abariyo uhungiraho no kubura ubuzima uzabutakaza ibyo kuvugango ntusenga cgane ugomba gusenga cyane niho harimo igisubizo
Muvandimwe, yoooooo sha usabwa gusenga wizeye gusa .Imana yo mu ijuru igira imbabazi nyinshi kurusha uko tubitekereza. Imyuka mibi ineshwa nimbaraga z'IMANA Kandi mu gusenga Imana izakuyobora ikubwirize icyo ukwiriye gukora ibigufashemo uve mu gihirahiro kuko ndumva ufite ubwoba cyane .
Ihangane Mama iyi Si iriho ibintu biteye ubwoba gusa hejuru yibyo byose hari Imana, gusa abana bari gushaka ubu barasabwa kumenya neza Aho bagiye gushaka
Birababaje cane ariko wizere Imana wongere usengere muri kanguka iyo myuka mibi izobavako mwizina rya Yesu kristo .amen
Yego! KANGUKA nanjye nendaga kumugira iyi nama! KANGUKA! 😅😅
Aline Maman Linda yararize cane kubona muganira nyuma ntusubireyo kumuraba basi ngo unamwandikire naka sms umubaze uko vyifashe yabivuze kwi IHUMURE TV none Plasir ubwo zambaraga zuriyamugabo wiwe ubwo sizozoba zaragutumye udasubirayo nukuri yabivuganye ikiniga aranarira gusa Plaisir uzosenge hama uje kumuraba nukuri niba harikintu camubabaje nukuba mwarakoranye ibiganiro nkabiriya ntunasubireyo ngo urabe uko bameze ndetse yavugako hari nibindi afise agomba kutubwira nanje numvise mbabaye gusa nziko ugendana nijwi ryImana ahari ngira harico ubiziko cnk harimpamvu utasubiyeyo
Buriya harimpamvu , kdi ibintu byose ntiyabivuga hano plaisir kubw,umutekano we , kuko mpamya ko plaisir ntago yanga Mama Linda
Ariko Plaisir, woba uja wihangana gusamara uraba phone ukareka kuja uradusubiza inyuma ubaza ivyo yamaze kuvuga! Thanks
Igihe cyose agifata amafaranga ye cg ikindi kintu cyose kimuvuyeho naho yasenga ate ch agasengerwa ate
Nasenge Ariko anitandukanye nibyambu byose umwanzi acamo❤
Disi avuga nka lynda
Ariko Mana tabara uyu mudamu muto
Humura mama❤
Komera komera Mwijuru hari lmana! Imyuka mibi ibaho cyane! Nange byambayeho nabana bange !
uzongere utuzanire arine plaise❤❤ mam linda
Uyu mwana ko azi ibyo yanyuzemo agishaka kuki atigeze agira amakenga, cyangwa na babyeyi be ngo babitekerezeho. Nayoboke gusenga areke kurangara... Nubwo yatinze Imana izamugirira neza
Uwomwana bamujyanye mumyuka mibi uzajye umusengera cyane kdi uve mubutesi usenge ushikamye babateje imyuka mibi.
washatse mumuryango ukorera secyibi nugusenga cyne yesu akakubohora
Rk rero plaisir uzatugarurire Ali ne turamukumbuye
Eg turamukumbuye😢knd natwe dushisharr tumwingingira Uhoraho🎉
Impamvu zatuma tuba mumaso y Imana( gusenga) ,wabishaka utabishaka ni nyinshi nizi zirimo,hari uwibwira ngo azajya kurega,ushobora kurega kuwo uregera 1:10:35
Yooooo Imana igufashe mukobwa mwiza ariko plaisir numva nshaka kumenya amakuru ya Aline nabana be ntakubeshye mbanumva mbahangayikiye kdi ntazi aho nabakura
Ihangane shenge imyuka ya nyabingi sikintu gusa biragoye kubakana urugo nu muntu bazimurikiye ntibyoroshye.gusa izina rya yesu n'umunara umukiranutsi y'ihishamo jya usenga izagutabara Imana . nikigera
Madame rero ni wowe uboshye . Tangira usenge ujye utwika iyo myuka mibi. Saba gatanya mu rwego rw'amategeko ubundi uhabwe ku mitungo yawe ikindi ntazongere kugutera ubwoba ngo yahagarika amafaranga kuko agenywa n'urukiko kdi we ntari hejuru y'amategeko.
Mama ukeneye kwegera Imana cyane byumwihariko ugasengana imbaraga numwete mwinshi uzatabarwa vuba cyane humura Yesu arakuzi kdi aragukunda
oooh ihangane ahubwo usenge kugiti cyawe Imana yacu irumva cyane icyambere nukuyizera Imana tubana nayo ibihe byose ntabwo ibakure yacu ibabugufi bwacu cyane ikibazo nukutabimenya kuko murikigihe ntabwo byoroshye birasaba kuba maso ukitonda kuko ushobora kugenda nabi ukayoba ahubwo banza uyigirire icyizere njye mfite ibimenyetso bibyemeza ko iyo uyizeye ntabwo ikureka.
Ese we amakuru ya Mama Linda nukuri dukeneye kumenya uko amerewe
Imana igukize mu izina rya Yesu
Plaisir urarikoze pe ntabwo abakozi Bose ba ministries bahabwa ibyo kwakiriza abashyitsi murugo,,, babaha amata namazi byo kunywa kukazi ariko sibyo gutahana pe kdi hagati ya jus i namata uhitamo kinwe kumukozi usanzwe😮 Wenda abayobozi babaha byombi
Yewe nanjye nayobewe aho yakuye aya makuru. Uziko byatuma abantu bagirana ibibazo mu rugo bagirango umwe acura undi!!
Mujye mushaka abagabo mudahubutse mubanze mumenye imyizerere y imiryango
Wabibwirwa Niki se😢 umuntu ni mugari
Uyu Mubyeyi kugeza Ubu birunvika KO ataramenya imbaraga arwana nazo,kandi satani ntampuhwe amufitiye,ikibazocye ninki cya Aline,haguruka uvemumikino uhangane n'a satani usenge wejyere Elysé wunve Kanguka ya Chris Ndikumana utwike Abazimu haguruka va mubutesi wubatse urimuto ariko ibibazo bituma dukura.senga ubudasiba kandi ureke kwiruka muri ibyobyumba kuko Abaranjyi niho buzuye.
Uracyari umwana koko! Haguruka usenge n'ayo mafaranga jya uyasengera.
Umva chérie, senga uwiteka ace imigozi iguhambiranyije nawe, uce iyo migozi imuhuza n'umwana.
Nukuri Imana izabikora ajye abyohereza bikubite swata.
Senga wongere usenge kdi ugabanye kwiruka mu banyamase gesho ,abenshi nabo baravangiwe.
Fata gahunda ujye usoma Bible,uyisengeremo , usabe Imana ubuyobozi,ukiranuke ureke ibyaha.
Nukuri Uwiteka azagusubiza utangare.
Nanjye ndagusengera nukuri.
Ntamakuru ufite
Par experience ayo mafaranga nayahagarike😂 kintu cyose cyibaturukaho😂 ajugunye
Uwashatse n'utarashatse bose bararira reka ninywere unzoga nigire horo nta heza hisi
Senga cyane mama,kd ihangane
Solution ya vyose nugukizwa ukiyegurira Yesu .Ukanarokora n'Umwana wawe.
Madamu satani akunda amarira senga, wizere w'Imana ifit'imbaraga zirenze izo utinya, ikindi abakobwa n'abahungu mumenye neza fiancaille nkirisitu ningombwa kumenyana hagati yanyu no gusenga no kubaz'Imana umugambi wayo kurimwe.
Ntuzarenganye umugabo wawe byose byatewe na nyina ukorana nimyuka mibi
Humura muvyeyi egera yesu ntananigwa ubugwayi bwumumwana wanyu buzakira ntugire u woba imiryango nkiyo ibaho nanjew vyambayeho ndagiye sengegwa nabavyeyi nakize nfite14ans rero ejo niheza ntimwihebure
Warangiza ukifuza kumera nkuriya muntu ubonye?nyurwa nuko uri kdi usenge.
Ariko plasire noneho Izinkuru zakasamutwe ko mbona zivuza ubuhuha. Ubuse koko🙆🙆cyokora Yesu christo niwe buruhukiro.
Uyu mugore ni umwana pe!!!
Subwo ukabajyana mucyumba cyawe koko??? Egooooko christo😢😢
Abo nabadayimoni bo mumiryango wowe iyegurire imana byose irabishoboye
Ariko Aline yaheze he?
Jya ku Ihumure
Ndumiwe kko ndumva abahuye nizindi mbaraga zibarwanya turi beshi sha, mm lhangane nkubwiye ibyange wakumirwa gusa mwijuru hari lmana
Ese uyumuntu kwafite ubutesi bwinshi niba abona umwana arwaye imyuka mibi yamujyanye mumasengesho nawe akisengera ubwo Ari mubiki?
Ihangane najyenashatse nkawe kd jyedufitanye 4 jyenogutahabyaranze kukontababyeyingira gusadusengetwizere IMANA gusa
Kdi uve kubaganga bagakondo kuko uba wegera abazimu umwanzi akahagutegera sengera mumbaraga no mumwuka
Nizereko iyi photo atariye mwashyizeho kdi iyo avuga atagaragara tubonako yasabye ko mutamwerekana
Ntago ariwe
Pore sana mama nusenga bizahera
Ihangane usengimana niyo yonyine izakurengera,ndunva uri mugenzi wange.
Plaisir urarikoze pe ntabwo abakozi Bose ba ministries bahabwa ibyo kwakiriza abashyitsi murugo,,, babaha amata namazi byo kunywa kukazi ariko sibyo gutahana pe kdi hagati yamazi namata uhitamo kinwe kumukozi usanzwe😮 Wenda abayobozi babaha byombi
Iricasame pe wubatse ukiri umwana koko nigute yodyama nyokobukwe mucimba canyu?!!
Bamwohereza amahembe
Shaka Elise amusengere mukire burundu Kdi ugume gusenga
Iga kubaho Nkutamufite niyonama nakugira kd ushake Abakozi nimana batari Babatubuzi Bagusengere kda wige Kuzigama uwo sumugabo nanjye u wanjye Yajyagankubita nimbere yabakozi na ba client nindaya Azijyamo Ukwabishaka duhora Muntonganya Zidashira nyuma naje Kwihagararaho Mubwirako Niyongera Kunkubita Nzamurega Arabigabanya nubwo Yakomeje ingesoze ariko Singikubitwa
Uzamwake divorce bive munzira niho kumwiruka inyuma bizagabanuka. Wagize ibyago uhura nabarozi
Ahubwo ajya kuuga nka wa mwana wa Aline adedemanga gusa birababaje gusa yajya kukazi bakajya bayakata yo gatsindwa n,lmana uwo murozi mubi
Ihangane nanjye nurwo nashatse ariko fata igihe cyo gusenga
Aliko sibyiza kuzana hano ibibazo bya ton mari, washatse aho ugisha inama, ko haligihe wakwiyunga nuyumugabo?
None se ayo mahera ko nubundi ntacyo akumarira kuki bigutera ubwoba kuyareka kandi iyo mutamuvugisha muba mumahoro? Ihe Christo azakurinda
Mbega ubuzima ihangane mama
Njyewe narozwe numuntu ukora ku karere numugabo.uburozi buri hose yize no kuri campus i Butare
Uzaze dusenge ubohoke mukobwa wa Yesu
Bambe ihangane nanjye byambayeho p
Ihangane mama
Izahindure nimero kuburyo umwo mugabo atazongera kuguhamagara kandi uhagarike kwitaba nimero utazi atazaguhamagaza izindi nimero hanyuma ujyusenga cyane kandi ayo mafranga aguha uzayamurekere uyakureho amaso wirerere umwana umwe ntazakunanira aho kugirango azagucike ureba kubera utwo dufaranga aguha natwo ntuyugiriremo amahoro kandi uve mubutesi wamugore we mujye mureka ubutesi niba uzinezako ariwe ubateza uburwayi ugirana nawe communication gute?
Urarwaye mada uhite Depression cyane uzashake abaganga indera ese maman aba umurozi gute kumwana yabyaye ngo mubukwe wowe ntasoni baguturumbure kare ahubwo wanjijiwe
Ahubwo nge ndumva ariwe baroze pe!kuko ubu bwaba Ari ubwana burenze
Yoooo,pole
Plaisir uransekeje ndatembagagaye! Ngo abakozi ba ministre zose babaha ibiki? Uvuze amakuru utazi pe. Uzasubire ubaze!
@ Plaisir ayo makuru y'uko abakozi ba Minisiteri ko babaha ibyo bakiriza abashyitsi sibyo. Babaha amazi n'amata yo kunywa bari mu kazi.
😂😂😂
Ntimyuka mibi senga wizere lmana azakira.
Abo nabazimu bazamwica uzamunjyane kwa papa king
Igisubizo n'ugusenga
Nonese wazashatse Elysee kwatakwanga kumusengera! Washatse mubarozi ukwiye gusenga utajenjetse
Ukuntu satani yikundirabantu bumva ngo badakoribyaha bya danger umva jyusenga u some na bibiliya
Nyabyaha byoroshye nibyo byoroshye bireke usenge
Uzegere meshake asengere umwana. Yasengeye umuntu amashitani amusohokamo ako kanya nyuma y imyaka 35 mbibona nkibiri kuba akakanya uko nabibonye kandi kugeza aka kanya ntibyongeye kumufata ukundi!!
Ihangane warahuritse ariko unyemerere kwite ninjiji nigute ubuzinezako umugabowawe muvugana umwana agahita aremba bikaba rimwe kabiri ntuzibukire ubu wakabaye waramu block muri 4ne uwomugabo mwibagirwe nkaho mutamenyanye ikindi igagusenga ntagokudakoribyaha aribyobisobanuye gukizwa senga igagusengarwose nicyokizagufasha kikagufashiriza umwana ikindi iyomitungo nimunayigabana ushoborakuzayigwamo cy ikakubera inyatsi rero shakibyawe jye nkubwiyeko utabura 30k yogushora jye ndabikubwira kukonabikoze natangije igishoro cy 15000 ndangurimbuto ariko zaraphashije rero nawe ndizera mubushovozi buke utaburuko witunga numwana
Mama Aline wa 2
Nonese kumwitaba ukamererwa nabi wamuretse kumwitaba,amafranga ataguha amahoro amaziki?
Mamawe nie wamushize agatunzi
Mujye mureka kuba abasama
Ndabakund😅
Ababantu bariho
Reka mbakurikire
Washatse mu barozi
Dukumbuye aline kdi uzamuhuze nuyu Mubyeyi bizamufasha
Jya ku Ihumure chr
Ibyo nyokobukwe yakubwiye birigusohora none bivuguruze usenga ahinduke(umugabo) niyo ntsinzi kuko umugabo aragukunda"yarakuburaniye muri cya cyumba