Abantu bagomba gutandukanya koga no gutawaza. Abaislam birinde amakosa nokurengera. Sheikh Ashraf
Вставка
- Опубліковано 7 вер 2023
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubAuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Code *182*8*1*909582# Dawah Tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Dawa igomba gukorwa uko byagenda kose, hazavaho bamwe abandi nabo baze bakomeze kwigisha idini ila yaumil qiaam.
Allah aduhe taufiq Muba Islam bo mu Rwanda.
Allah akomeze akubungabunge Rubangisa Wacu Ukomeze ukore dawa utya Allah we azashyira kumunzani Ibyiza byawe
Ma Sha Allah baraka Allah fikumu Yaa sheikh
MaanshaAllah
ماشاء الله تبارك الله
MashAllah
Umuntu usenga utajya ugira sijda we mwamubwiriki ya sheikh??
sidjida si itegeko icyo Allah yasabye ni ukumugaragira nkuko Rasuulu saw yabitwigishije , kdi tukabikora tugamije gushimisha Allah gusa
@@idrissou9835 Murakoze cyane ya Sheikh
Nyagasani yagure ibikorwa byiza mukora
Nonese uremerako Imana yaribizi yuko uzandika iyi comment?ese niba wemera koko kwimana izibyose ukekako itazi umubare wabazajya mu ijuru bose nabazajya mumuriro?keretse niba Imana wemera atari yayindi izi ibyabaye ikanamenya ibirikuba ikanamenya ibizaba,bisobanura ko mbere yuko irema Adam yaribiziko njyewe nawe tuzabaho,sibyo? Niba rero mbere yuko irema Adam yarituzi njyewe,wowe twese muri rusange yatumenye mbere yuko uba urusoro munda ya Mama wawe.urumva Imana yakwibeshya?kuburyo niba abantu 61%0
Aribo bazajya mumuriro noneho mwijuru hakajya abantu 39%ubungubu mushobora gusari cyane mukaniyiriza cyane noneho wamubare ugahinduka kumunsi wimperuka hakajyayo 40%noneho mumuriro hakajyayo 60%?ya sheikh mubwize ukuri mudashyiramo amacenga
Imana muri Quran yatubwiye ko yaremye umuntu kugirango amugaragire kandi amusuzume keihangana kwe so iyo ibashaka twese twarikuba abamarayika niyompanvu imana yaguhariye ububasha bwogucumura uka nihana kko njyewe nawe nabandi ntawe Uzi aho azajya Allah atworohereze
@@uwihoreyeignace373ikindi imana isubiramo inshuro nyinshi ko Ari Al Ghaful Rahim ninyirimuhwe nyirimbabazi
@@sweetsamie550 wemera kwimana igena ibyiza nibibi?
@@uwihoreyeignace373 of course ndabyemera kandi nemerako byose ari nibigeragezo bibe byiza cg bibi icyo uvugaho kukwemera Niki??