Bibiliya Yesaya 9:5 ni umurongo abenshi bibazaho cyane ugatera urujijo ese koko ukuri kwawo nukuhe?
Вставка
- Опубліковано 7 вер 2022
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV
Yesu yaravuze ngo: HAHIRWA UWO IBYANJYE BITAZAGUSHA
Cheikhe Allah ajyabishimira kdi azabahe iherezo ryiza ntacyo mudakora ngo mujijure abakiri mubuyobe arko twetwemerako kuyobora arukwa Allah kuko ibyanyu mubamwabikoze nabonako harabumumaro barimo azabayobora in shaa Allah
Urakoze kumasomo mubigishe bamenye ko imana itabyaye
Muri macye
Ndabaramukije amahoro y IMANA abane namwe kandi tubashimira kunyigisho muduha mubandanye muhezagigwa hama ndashaka kumenya inkomoko yu bwisilama aho buzana nasabako icokiganiro mwokitugezaho mwoba mukoze
Yesu haraho yivugiye ATI nahawe ubutware bwo mw'isi no mw'Ijuru
Alhamdulillah ibisobanuro birumvikana
Yesu Afite ububasha bwokutujyana mwijuru
Egooo murangyohera cane barimu beza Allah abahibihembo kwisi nomwijuru na twese in sha Allah
Muri akumiro. Mujye mwivugira ibyanyu, ibya Bibiliya mubyihorere. Ntimushaka kubyumva. Ubwo ntimubishoboye
S w w ,shekhe kamana urigisha byukuri, umuntu bikamucengera mumutima, Allah azaguhe ijuru ,ukoresha imirongo yemeza ukuri kwanyako, izaguhe kuramba mwisi urigukorera Imana byukuri
Alhamdulillah! Allah abashigikire
Imana ibongerere ubumenyi bwokugira ibyo musonura kubw'Imana harabo byagirira akamaro
Ndakuramukije jewe ndi umurundi nagukurikiranye kenshi wewe nta vyimpwemu ushobora kuvuga kuko ntagakiza ufe muriwewe reka kwigira umunyabwenge kuko warazimiye nta niguro yivya Yesu ushoboye ahubwo nutakizwa uzobona ubukuru bwa Yesu kuko Yesu ntawe Uzi rekangufashe1kor
Assallam alaikum warahmatullahi wabarakatuh jazakalahu khail
Asante papa🇧🇮
Ubi Imana yabihishe abanyabwenge bo mwisi ibuhishurira abaswa kugirango hatagira uwirata ubwenge bwabo,so nkunze ko ibyubuhanuzi,ibisobanura nk,iby,umwuka
Allah akomeze akubungabunge sseg Kandi azaguhe iherezo ryiza
Assalaamu alaykum, Hajj Seg Nyagasani azaguhe iherezo ryiza
Nimugire n'icyo mutubwira ku dutsiko twanyu dutandukanye: Karidjisme, Sunnisme, Chiisme, Ibadisme, .. .