TABARA MANA😭UYU MUBABARO MFITE WABAYE INDENGAKAMERE😭UBU BURWAYI BUNSENGEYE URUGO😭NATAYE UMUGABO
Вставка
- Опубліковано 1 жов 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Ndahagarika technic z abarozi ku buzima bwawe ndamanura umuriro utwika ukongora nonaha.Mwizina rya Yesu!!! Ubu rero satani arimo kubyina ko yashaboye! Ndahuha imbaraga mbi ndatumura ibitero byose by abarozi!!! Kira !! Kira!! Mw izina rya Yesu Kristo
Pole mama uzakira na Maman Erika Kimisagara yarameze nkuko kwawe ariko yarakize yagiye kumva Yumva umunsi umwe arahagurutse aragenda Kandi yari yarabaye Paralize
Uyumubyi ndamubwirako Mwijuru hari Imana ikiza indwara zananiranye Imana yemera ko bitujyeraho kujyirango ejo tuzavuge imbaraga zayo twabonye uzakirara mwizina rya YESU izere dufite ibihamya byabo yakijije nange ndimo
Buriwese abifate nkinshingano dusengere uyumubyeyi imana imukize pe kuko arababaye
Mana yanjye ibuka Ngabire twararirimbanye disi muruvumera Mana ibuka umugaragu wawe
Pole Mubyeyi gusa Imana igut abare igukize ikurinde cacer
Ihangane ukurikiza gahunda za muganga unywe Imiti neza ubuzima burakomeza
Mana we tabara mukecuru yarangaburiye nkodesha iwe
Tabara mana yacu umva gusenga kwacu itakuruyu muryango usubirane
Nubwo uzatinda gukira ariko komera nta rupfu rukunukaho
Ibintu bijomba nibitega kdi aho biri abaganga babona aribibyimba
Imana nimutabare weee! Ubu buzima buragoye pe!
Imana nimutabare kuko ubwoburwayi namayobera yasatani.
Ngabire wacu komera, Nyagasani arahari
Pamfi she need to loose some weight as well, it will help her so much.
Ibana ishoborabyose izamukiza
Uwiteka we kuragusabye nkabana bawe ngo utabare uyu mubyeyi
Mana tubabarire udukirize uyu mubyeyi uzaba ukoze numukiza uzaba utugiriye neza ntawundi wabishobora
Imana igukuze pe
Yo ngabi imana irakuzi kd izagukiza
SEGA cg usengerwe
Mukomere urababaye
Aya na marozi,
Madamu mwiriwe
😊
Tumuremere pe!
Yesu we
Mbega Ngabire we ihangane! Muganga ntiyabura icyurwaye agiha izina,harimbaraga mbi zibirinyuma buriya wasanga Maman wawe baramubwiye bati umugongo nukubera ikibuno afite. Uwiteka natabare pe 😢
Imana yiyereke uyu mubyeyi, iyadukijije twarabembye umubiri wose amanywa nijoro nta gusinzora turibwa nawe imukozeho ikiganza cyayo gikiza
Mana ishoborabyose
Ndagusabye ukize uyu mubyeyi
Abe muzima yongere yishime Arere Abanabiwe mana tuzagushima
Mana y’imbabazi tabara uyu mubyeyi arababaye. Niwowe wenyine ubasha kumukiza. Tubisabye mu izina rya Yesu. Turagushimye mwami ko wumvise gusenga kwacu.
Tabara uyu mubyeyi mana nawe agira umutima wurukundo muhoze Aya marira man❤❤❤❤❤❤❤
Imana yomwijuru igutabare nukuri ndagusengera mubyeyi
Tabara mana yacu umva gusenga kwacu itakuruyu muryango usubirane
😭😭😭😭 manaishobora vyose kiza uburwayi bwuyumuntu ubikorere kwiyubahishaa🙏🙏🙏🙏
Yesu udahinduka wamye ukora nubu urakora tabara uyu mubyeyi
Yewe, lmana igukize mw'izina rya Yesu
Mana weee Girira neza uyu murwayi umukize kuko ushobora byose Mwami waturemye
Ihangane mubyeyi senga Yesu ni we wenyine wagutabara
Mana yange we mama same we nukuri Imana igukize
Ayiga mana tabara mana tabara turakwinginze umworohereze
Yesuuu weee tabara uyu mubyeyi
YESU atabare nukuri
Arababayep