Shalom Shalom Etienne mommy ambyara azi papa Wawe Ndagijimana Simon nizo ndirimbo uririmba na mommy umbyara ajya aziririmba cyane kandi agatanga urugero kuri Ndagijimana Simon.Ibyo uvuga ni ukuri na mommy arabihamya
Ni ukuri Etienne na Pamphile Imana ibahe umugisha kuko pe sindabona umwuka wera ubaza umuntu.. Cg kuri socio media ngo umuntu agomba kukureba mu maso ngo aguhanurire ,umwuka ureba amasura mbere yo guhanura
Iyagutabaye nange izantabara reka nihangane uko yariri nubu Niko iri amen
Pamphile ibyuvuze nukuri abahanuzi benshi nabarajyipe harabonzi benshi bamaze kuyobya benshi cyane gs Pamphile uwomutumirwawawe yaturwajije imbavu rwose
Murekatete Mutoni 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Uyu mugabo ubuhamya bwe sinjya mbuhaga😂😂😂
Jewe naho nobwumva incuro ijana sinokwigera ndabuhaga.
nabonye ubuhamya najye na jya mpaga
Ububuhamya bwigisha byinshi mubuzima
Najye nuko 😂😂😂
Nanjye nuko😂😂
Nkunda ukuntu useka cyane ugatemba ndabikunda bituma nanjye ntemba😂😂❤❤❤
Hahahah!nanjye ndatembagara ntababeshye😂😂😂😂😂😂
Geweho numva ❤❤❤❤ niburundu gusa buhora aribushyashya
Iyo mubonye ntangura guseka ntarumviriza ubuhamya❤❤❤😂😂😂
Mana warakoze kutuzanira undi Theogene,❤
😅😅 uyu mugabo aransetsa cyane ariko disi Imana yamugiriye neza
Ariko Mana sinjya mpaga uyu mugabo,ubuhamya bwe buramfasha,Pamphile Yesu Kristo ajye aguha umugisha
Hoya ahuiiiiii. Murakose kunsetsa. Ahuii Pamphile warakoze cyane kuzana uyu Mukozi w'IMANA
Subwo haruwahaga Etienne!!! We just love u🙏🏼
Ashwiiiiiii da😂😂
Jewe ubuhamya bwa Etienne uko ndabwumvirije buransetsa sindabuhaga n’ ukuri!
Imana ikura Kure gose!
Muhabwe umugisha cane!
Maze kumva ubuhamya bwuyu muntu w Imana.
Imana ishimwe cyane.
Imana ni nziza ibihe byose
Ndagukunda cyane pe! Theo Biyihoyiki Naracyizwa gusa ndabaza Amakuruye yakoreraga Rulindo nimeroye nzayishaka nyihe pafire
Muvandi
Noneho mwatumye ndwara umutwe peee🙈🙈.Ubwo rero munyoherereze frs nge kwivuza😂😂.
Mana yange weeee
Muziko mwagirango muvindimwe.
Guseka rero nubuzima
Imana yihera umuntu ku giti ke.
Mukomeze museke mwizina rya Yesuu🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Ubu stress nizindenga nzajya njya gushakisha Aho Etienne arikuvugira,kuko ni pain killer,stress killer ntabindi rwose
Nanje Niko nzohora ndabigenza 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
nanjye ni uko mukunda bindi ETIENNE hari umunyarugarama ugukunda pee!
Noneho jyewe ndasetse Munda haranyishe
Sha najye nuko ndamukunda 😂😂😂😂 uziko aseka atanavuze 😂😂😂
Urakoze cyane narimbabaye shahu none mwankijije umutima pe
Imana izaguhe iherezo ryiza urimo umwuka wimanarwose
Pamphi wakoze cyane kutuzanira Étienne reka nseke iminsi yokubaho yiyongere
Erega ijuru ritangirira mu isi niba utanezerwa Mukristo nijuru ntuzarigeramo kuko abarakare ntibazabana nabishimye
Etienne ngukunda kubi ukuntu utanga ubuhamya nukuntu wisekera disi❤❤
Akose Koko wagiye ugira impuhwe ntundwaze imbavu sinjya mpagaze ubuhamya bwawe pe ! Gusa Imana ikora uko ishaka .
Etienne
Ibyo avuga nibyo rwose pe
Kuko nibuka ko kera yaragiraga Inka ziwacu ndamwibuka ndumwana
Imana ishimwe ko ntaho itavana umuntu ntanahobita mugeza
Ishimwe
Mwakoze cyane kudufasha mubuhamya bwiza bwa Etienne no kudusetsa.
Yesu weeeee nashakaka ikiganiro ngo numve ngo mbone uko nzinsira none ndaye ijoro nseka ..murakoze rwose ndasetse imbavu ziratonekara. Thank you thank you
Uzaduhe nubuhamya bwukontu mukaso yapfushije umuhungu we wumuhererezi, akanga kuza kumushyingura,
Uyu mugabo mukunda kubi ubuhamyabwe burapfasha cyane
Yesu ashimweeeeee cane,idukura kure ,mumubabaro mwinshiii ,ije kudutabara ikadusetsaaaa ,ikomora ibikomere weee umuntu agasigara atwenga, abiyaga nkinkuru..... Yesu ashimwe pe
😂afitemo disi akantu kajya kuba nka dorimbogo cg umugore ariko nshimye Yesu wagutabaye
Hhhhh uziko nange nshyiraho tv koko arko mbona Nyigisha TV (Beulah) Uwashyingiwe... Murakoze kutuzanira Etienne ubu ngiye gusekaaaaaaahhhhh
Uyu niwe muti w' amenyo bavugaga cyera!🤣🤣🤣🤣🤣
Kabisaa 😂😂😂
Urakoze cyane kutuzanira Etienne ❤
Etienne weee lmana iguhe umugisha kd nukuri urasekeje nukuri.
Ariko mumbwire ibi bintu Etienne aba avuga ni byo? 😄😀😀 Umva biba biteye agahinda ariko abivuga asetsa kdi nawe aseka ukumva birasekeje cyane...Imana yacu Izi kwigisha pe.
Nibyo Sha ntabwo abeshya pe
Ikikwerekako arivyo, n'uko akibivuga kwakundi n'inyuma y'imyaka 5 donc avuga ivyo yabayemo
Reba hejuru muri comments haruwavuzeko Mum we amuzi ngo arabizi neza ibyo avuga ko ari ukuri..
Erega Uwiteka yaratuzahuye nukuri Ashimwe
Sha nureba iki kiganiro uraseka wanze ukunze urasekayeeee😂😂😅😅😅
Uranshimishije ntarumva ibikurikiyeho ni ubwa mbere nkubonye
Naje ndasetse pe.Yesu Kristo abahezagire caaane
Pamphile noneho uhuye nuwo muhuje, ngukunda cyane nikiganiro wakoze ngikurikirira ko mpora mfite amatsiki yo kumva ibyiza biri bukurikireho
Yooo Mwijuru har'Imana:Iyo arigihe cyumuntu, ab'arigihe nyine nuwarukuzi arakuyoberwa: Mwijuru har'Imana itabar'abayo 👏
Nge niyo mubonye ndaseka imbavu ziba zanyiiishe cyane
Sha jyirango nijye wambere utanga komateri yibitutsi nkurikije ibyo baba batubwire nukuri nabuze intejye muvungaho ahubwo araseka najye nkaseka yanyumije pe namwishimiye we
Ahwiiiiiii mujye muhura kenshi mutumare stress kabsa nabakunze
Etienne Imana ijye iguha imigisha myishi kuko utumye nizerako nanjye Ibyo navuganye numwami mana bizasohora.
Murakoze benedata ni ukuri ntaho Imana itakura umuntu. naho ubuhanuzi buriho ni ubwo mu minsi y'imperuka. guhanurirwa bisigaye ari interrogatoire.
Sinjya mpaga ubuhamya bwa Etienne😂😂😂😂
Najye nuko 😂😂😂
🤣 🤣 🤣 🤣 🤣 uranyogereje iminsi yokubahooo 😂 😂
Mukoziw lMANA pamfille rwose uhambwe umugisha n IMANA
Esu aratabara bamukase bagira nabi ariko sibose abeza Imana izabahe umugisha
Ndaseka umurenzaho😂ngewe ndazimesera nkaziterera nipasi nange nzatabarwa🙏🙏
Etienne ukuntu aseka hahahha noneho Pamphile nawe yaseeetseee🤣🤣🤣🤣
Nta musi numwe ndigera mpaga kumva Etienne.Imana imumpere umugisha w'iteka
Pamphile yaguye ahashashe😂😂😂
Ahhhh ahwiiii ndatembagaye weeee. Ahwiiiii Mana weeee
Etienne ndakwibutse.Imana iguhe umugisha wigeze kunsengera Imana yagukoresheje ibikomeye...
Cyakoza mana 'wamugabowe ndagukunda pe niwowe isigaye unvura stress
Sinshobora guhaga ubuhamya bwuyumugabo, ahombubonye hose ubwo nahomfungira feri
Igihe nzumva nshaka gutwenga canee nzaraba kino kiganiro, kuko kirashimishije
Imbavu zanjyeweeeeee😂😂😂😂😂😂 ahwiiii utumye nduhura mumutwe😂😂😂
Etienne nageze iwe murugo ampa nibyo agira urukundo cyane yahawe impano ikomeye
Ndakunda cyane wa mugabow urasetsa cyane 😂😂😂😂😂❤❤
Mana Mwizina rya Yesu ndagushimiye kubera Beulah nabakunzi bayo. Abakizwa bararyoshe 😂😂😂
Imbavu zanjye murazishyura peeee
Ariko etien wagiye utubabarira koko🤣🤣🤣
Biranezeza iyo abantu b'Imana bavuga ijambo ry'Imana Imana bahe imigisha
Mujye musoma bibiliyaaaaa😅😅😅
Yesu weee!!!!etienne ndamukunda gusa arasetsa koko
Ark Etie uranezeza gusa🤣🤣🤣
Dushimir_Imana yo mw_ijuru itwomora ibikomere vya bakadata tukabasha guseka.Nukuri Imana yacu nishimwe.Turi bamwe na Étienne
Shalom Shalom Etienne mommy ambyara azi papa Wawe Ndagijimana Simon nizo ndirimbo uririmba na mommy umbyara ajya aziririmba cyane kandi agatanga urugero kuri Ndagijimana Simon.Ibyo uvuga ni ukuri na mommy arabihamya
Ni ukuri Etienne na Pamphile Imana ibahe umugisha kuko pe sindabona umwuka wera ubaza umuntu..
Cg kuri socio media ngo umuntu agomba kukureba mu maso ngo aguhanurire ,umwuka ureba amasura mbere yo guhanura
Sha rangurura ICYO jyihe barabakene nabo basejyeranga kwayindizo
😂😂😂😂😂😂😂😂 ahwiiiiiiiii nari narabuze ariko mwazatweretse umugore we koko
hahahahaah.introduction yonyine irasekeje
Nanjye natangiye guseka ngifungura numva introduction😂😂😂😂😂😂😂😂 ahwiiiiii😂
Yewe murakoze gusa,Imana ibahe umugisha. Narindi mu mubabaro ndi muri byinshi none ndasetse😂😂😂
Yego rwose.
Imana irasetsa, izi ni inkuru zituma tuyizera tukizera ko tuzishima!
😅😅😅😅😅😅 iyi nayo ni impano yawe peeee😅😅😅😅😅😅
Mureke atete mutoni sha😂😂😅
Itanga ubuhamya neza rwose Imana Iri muri we
cyakoze uyu mugabo iyo asetse niyo naba mbabaye ndashwanyuka 😅😅😅😅😅😅
uwo papa wawe ko umutaka cyane urumva kubyara hanze byo ari ibisanzwe
Byari bisanzwe nyine byakubayeho se wabigira ute😢
Najye sijya mbuhahaga❤
Pamphile weeee warigenje 😅😅😅😂😂😂
Ikiganiro cyanyu mukunda guseka noneho cyiraba aragahebuzo kanicare manze numve nisekere nanjye😂
Nkunda ukuntu aseka 😂😂😂😂
Pamphi ujyazana abantu beza nkagukunda.etienne agaruke vuba
Hhhhhhh jya wisecyera nange urabinyanduje maze hhhhhhhhh
Uwo musaza yarumurozi❤hatari
53:53 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂aha ho ndakumbagaye peee…😂😂😂😂😂
Ahwiiiiiiiiiiiii
Yesu Mwami
Etienne kw isi yabakiriho ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤
Part2 please
Mugarukane vuba, atwigishe
Najye rwose sinjya mpaga ubu buhamya. Bazaduhe part 2 please
Naho nobwumviriza incuro myinshi gute sinokwigera ndabuhaga kuko nanyene kubutanga ni comedian 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Etienne ubuhamya bwiwe bwose narabwumvise simbuhaga. Mbega Delina uko wagenje niko uzagenzwa kweli, ca bugufi icyubahiro ni Ivy'Imana
Iyo avuga Mukase,numva uwamunyereka.😂
Nasetse😂ndatembagara😂😂😂
Uratsekeje pe.imana iguhe umugisha
Wakoze kuzana uyumugabo nfamukunda cyane
Ndagukundape
Mukomerezahoirind eabayoabahanuziahantibyoroshyeidutabareimana
Ibyo muvuze nukuri,najye ndabibona nubwo ntari mukuru cyane.impano zikigihe zintera ubwoba😢
Birananiye kwifata pamphi nagukurikiraga ntavuga ariko noneho birananiye ndasetse gusa cyakora uwo mugabo ni umuntu mwiza gusa🤣🤣🤣🤣
Etsiene wee isekere uwo lmana yasekeje araseka iteka lmana yakumazumubabaro nishimwe
Arko Mana yanje nukuri urihangana aho wibereye mwijuru ibaze nkuyo mugore wumugayo ungana nkuko kwose kubantu bose,yewe ntivyoroshe 😢😢😢 gusa ndasetse ndapfuye uyumu Papa aransekeje 😂😂😂😂😂😂😂😂❤