Yesu yesu yesu rengera abanyarwanda nabatuye isi kuko turakwizera ko ubishoboye mana uzampe kuzajya mu ijuru komeza undindire miriyisi ikizantandukanya nawe uzakindinde integezange urazizi mberabyose mana kuko ibyahiahuwe birikuduaohoreraho mina
Mwaramutse.Mujye mugerageza kuvuga amatariki amakuru avugiwe. Iyo uvuze ngo igazeti yasohotse mu kwa 6 uyu mwaka, uzafungura iyi video muri 2030 azagirango ni bwo inkuru isohotse. Ubundi se iyi nkuru imaze igihe kingana iki? Ni iya 2024 ko ari bwo nyifunguye cyangwa imaze imyaka.Murakoze
nubuyobe ese indangamuntu imaze iki mubuzima bazazifate buzuze ibyahishuwe nintumwa 13.16 gusa icyo uwo bashaka ntibazamubona nibamubona ntibazamutegeka ibyo adashaka bizwiko bari gushaka amakuru yanditse mubiganza no mumboni zamuntu kuko ubifite niwe uzahangana na sekibi kandi nawe arabizi ko bamushakisha kandi kumubona bizatera ibibazo bitigeze bibaho mubuzima .bizwiko ari umunyarwanda niyo mpamvu ariho hagwiriye iterambere cyane kurenza ibindi bihugu bateje jenocide baziko izamuhitana basanga aracyariho muhishe amakuru ari mubiganza nimboni zamaso yanyu niho hari ufite imbaraga zo guhangana na sekibi ,niyo makuru twakuye mububiko abamenyi
Iyi ndangamuntu izaba imariye iki umuntu wimwe serivise mugihe cyashize cy'indangamuntu uzaba wari usanganwe ese ko imitungo y'umuntu ibaruye ku ndangamuntu wamuntu banze kubaruraho imitungo ye Ahubwo ikabarurwa kuri let a bikamutindahaza ese iyi yo ikoranabuhanga izagaruza ibyangirijwe mugihe cyose gishize abandi gukoresha uburenganzira bwabo biteza imbere?
Muzayikore mukemura ikibazo by'akarengane gaterwa no kubura serivise hitwajwe ukuzitira hitwajwe icyo mupfa aribyo byorora akarengane na ruswa.
Muzaba mugize neza.
Ariko hakoreshejwe iyi ndangamuntu ni gute yazafasha Leta kumenya umubare w'abaturage bagejeje cyangwa babuze uko bageza ikibazo cy'akarengane bafite ku bo gishize.
Ese uburyo bwo gukurikirana ibibazo by'akarengane ko usanga kenshi bigusaba amafaranga kandi ibyo ibibazo bikaba byaragusigingije udashobora kubona ubwo bushobozi ni iki iyi ndangamuntu ije ije gusubiza nk'ikibazo.
Ese ntizibanda kuri babandi Babonye ibyangombwa kumitungo yabo naho abo imitungo yabo yanditswe kuri Leta kumaherere bakazaburirwa iyo wabashakira kuko n'ubu hari ibyatanviye aho usanga urutonde rw'ubudehe abaturage bamwe bataruriho ukibaza iryo vangura aho rihera bikakuyobera .ese byaba bikomoka kuri ya ndangamuntu y'ikoranabuhanga iriho amakuru adashobora gusomwa n'ubonetse wese naho yaba yarize keretse machine(mudasobwa)?
Yesu yesu yesu rengera abanyarwanda nabatuye isi kuko turakwizera ko ubishoboye mana uzampe kuzajya mu ijuru komeza undindire miriyisi ikizantandukanya nawe uzakindinde integezange urazizi mberabyose mana kuko ibyahiahuwe birikuduaohoreraho mina
Ese wa mugabowe, umuntu azaherekezwa nimirimo yakoze hano kwisi. Indangamuntu niyo yakubuza iryo juru? Ntimugakabye.
Thank you for your help today for know how country developed for technology
Ibyahishuwe 13:16-17 umubare ugiye gukora kuko iyi rangamuntu niyisi yose....Yesu agiye kuza rwose
Ntimugakabye ngomuyobye abantu.
Simbyishimiye😢
Imana iturinde barasohoza ibyahishuwe ariko Mana abawe urabazi ugire uko ubigenza udihishe ibihe birushya twinjiyemo Mana uzatuzigame sekibi ntabutware adufiteho
Thank you.
Ibyahanuwe biri gusohora IMANA ikomeze iturindire ubugingo😂😂
Reka wana. Ibyahanuwe nande?
@@Kamutima-M Ubwo nubwoba bwuzuye umutima wawe 😂😂😂hagarara hamwe ntaho uzabicikira😂
Imana Ishimwe
Byiza cyane turabashyigikiye
That's nice
Wawuuu bwizacyane tuboneyeho twebwee twaritwaracitse inege zogukosoza amarangamuntu kubera amafaranga yari yaradushizehi tuza kigal genda Rwanda urinziza ❤❤
Nukuri izorangamuntu nizize
Cne kbx
Iyi gahunda ninziza cyane
Mana niwoe uzibyose nukuri uzaduhe imbaraga nkizo wahaye saduraka mishake nabedenego u🙏🙏🙏🙏
Amen
Ibyo mwishimira ntimubizi
Ok icyo nacyo kirasohoye reka dutegereze n ibindi
Hapfa uwavutse sha
@@divineuwamahoro1070 ko museka uwiyahuye se! Muzabona sha!
Umva yeee
Vakurumogi wana. Ibyahanuwe nandes?
Nibyiza cyane. Tubyakiriye nayombi.
Gusa turasaba ko noneho bitazakuba nkibihuha nkuko bahoze babitubwira ko igiye gutangira. Nanjye amatsiko yaranyshe cyane.
Muraho neza ,nanjye nishimiye iyo rangsmuntu nshya . Ariko n'abari hanze y'igihugu muzaduehyirireho uburyo twafata iyo rangamunti plz.
Kabisa
Nanjye ndayikeneye
Ese izi rangamuntu zitesha agaciro izisanzwe ? Cg nizisanzwe ziza vugururwa ?
Oky byiza cyane😅
Wawuuu ikoranabuhanga rirakataje murwanda
Rwanda wee Imana irakubonye, n'ibiciro kw'isoko se mumanuye mwasubije agatim'impembero mukanga ibyakemanzwe mbere yose ntamahitamo se y'umuturage ?Mbeg'Utwana Mana wee
N
❤
❤
Nishimiye ko n'amafoto azahinduka rwose. Kudos NIDA!
Imana yaribizi kobizaba nukwacyira ibije kuko nitwabihagarika twebwe abemerimana yomwijuru dusenge kandi bitubemo 100 100 ibindi byose imana izadushoboza
mwiriwe ni Donatien iyondangamuntu zizadufasha byishi kbx
Wauu abantu batinyaga kuvuga imyakayabo kirakemutse
😂😂😂
Ababana n'ubumuga bwo kutabona n'ubw'amaboko bazigumanira izisanzwe ?
Iyorangamuntuse Ike Kumari ki?
Mukomereze Aho kuko urwanda ruri ku muvuduko utangaje
Mwaramutse.Mujye mugerageza kuvuga amatariki amakuru avugiwe. Iyo uvuze ngo igazeti yasohotse mu kwa 6 uyu mwaka, uzafungura iyi video muri 2030 azagirango ni bwo inkuru isohotse. Ubundi se iyi nkuru imaze igihe kingana iki? Ni iya 2024 ko ari bwo nyifunguye cyangwa imaze imyaka.Murakoze
TURASHIMIRA PASTOR UBURYO AKUNDA UMUIMO W , IMANA MATAYO 24, 14 AKABA AKUNDA AMAKORALI IMANA IMUHE UMUGISHA
Aho nsw kbx
Hhhhh 😂😂😂😂😂 mufite ibindi mugamije
Nurategereje❤
😮r8
Mbega
Ooooohhh it's long too 😮
Naho abavuga ubuhanuzi bwasohoye kera ubundise ninde utah
Yifite ibyimana mubihe imana nibyakayisari mubihe kayisar😊
Nukuri Turashimye kubwiri gahunda Nziza yibyangombwa
Vmfite ikibazo ark nabuze Aho nabatiza gitye gutya ngewe ababyeyi bari kundangsmuntu yange si abanjye ubwo mwamfadha bigakemuka
Neza🙏👭🇷🇼
Umva narimaze imyaka irindwi ntaye irangamuntu kuyibona bizanyorohera pe
Ukobwije nuko bukeye ubuhanuzi bugenda busohora tubibona ariko tukabyita ibisanzwe. Digital ID na Digital money ni bimwe mu bikorwa bikomeye biheruka amateka yisi. Abiyeza mwiyeze itorero riratashye kandi abakristo bagiye kurengana. Mana turasabiye abayobozi ngo nabo ubereke aho igihe kigeze kuko nabo urabakunda
N
Nukori bizaba ari ibintu bishimishije kuko iyi ndangamuntu isanzwe ikunze gutakara rwose! Kandi byazagabanye stress yokugendana indanganuntu turabashimiye.
Nkanjye bafotoye bakayinyima bizagenda bite ?
Dukunda amakurumutugezaho murakoze!!!
Kigari
Mbese isanzwe idutwy'iki? Umuntu yakwemererwa amahitamo yo kwigumanira iyahozeho ntabihorwe? None se abo bana bataramenya guhitamo bizitwa guhitirwamo ? Nitegeko cg nubushake? Mfit'amakenga jye!! Mana weee!! Byaje n'ibiciro kw'isoko se muri kururutsa? Ahaa
Ese nkumuntu ufite izina ritariryo cyangwa x ashaka guhinduza amazina bisaba iki? mubwire
What about privacy?
No privacy at all and everyone seems to be happy with their eyes being scanned
Ahubwo muzazitanga gigolo?
Izaza ryari?
Muzazitanga gihekise buriyar
Birasohoye
Ibiki
Natubwire
Chinese system mbega
ndizeye mubyimana iyindangamuntu irakuraho murugomo rwokwiyoberamya
Abantu bose bavuga ko ari abakristo ariko iyi rangamuntu niyo igiye kwerekana ko mwakurikiye ijambo RYIMANA ka zaba hari kwivuza gutera ibinyabiziga ivyangombwa cubutaka transiport mumbwire hazasigara nangahe ko imbanziriza mushinga ya covide mwabonye uburyo abantu baguye bagasubira inyuma abanyamadini bakambara jire jone mube maso ijuru riratwaranirwa ariko kuko wakunze gukiranuka heb1:9
Uwiteka sinitaye kubibera kuriyisi icyo ngusaba nukunyihera ubugingo 😢
Njewe iyanje narayibuze nifotoje mukwa 7 narahebye
hazaba harimo nacyakimenyetso
Nibyiza mutuvuganire maze
abafite amazina abatera ipfunwe bazayahinduze kuko hari ababuraga amikoro bakareka kuyahinduza
😂😂😂 ntabwo muzi ibyo murimo kwishimira, YESU nimwiza.
Bihorere
Ahubwo muboroge ibibintu byasinyiwe nibihugu 54 bamwe mubanyamerika babyanze kbs
Banyarwanda name baturanyi bacu, ngirango murabonako bibiliya itabeshya.
Kwari kera
❤❤❤❤❤
Biteye ubwoba
Nibyo rwose muraba kure
Abantu kubera kudakurikira imikorerenyisi dutuyeho ntanubwo abantu batekereza ko isi yose igeze kwiherezo ntabwo nubwo abantu beshi bari mumadini atandikanye ariko guha umwanya wo gusoza bible nntawo abantu bafite birababaje kuba bshi mubakristo ntamakuru bafite kuri iriya rangamuntu uriya numugambi wa vuye ikuzimu wo guza satan numuntu ikigamijwe niki isi imwe ifaranga rimwe umunsi wo gusenga umwe iyo rangamtu nayo iza ari imwe kwisi ariko amakuru arimo akurirwa na copiota iyi COVID’s itambtse iriya yari imbanziriza mushinga kuko ziriya nkingo zizahuzwa niriya rangamuntu bari gutegura inkingo mwatewe ziziyongera kugirango hari akantu uzazasanga kugicuruzwa muri za super maket zikomeye buri gicuruzwa uguze uzagisangaho akamenyetso kari kuricyo gicuruzwa iyo ugiye kwishyura uzana ibyo washopinze ugasuka kumeza ukwishyuza afata buri kimwe mubyo uzanye agafata Suti ya mashine agatunga kuri kakantu kari kugigicuruzwa bakora aicure mucyongeteza kaba kari mwibara ryumukara numweru gafite uturo ngo twudukoni iyo atunzeho siri uhita ubona ayo wishyura kariya kari kugicuruzwa niko bari kubaka mumubiri yabantu umubare winkingo bageneye umuntu ishyitse kuko ziracyaza kandi uko mwabonye amadini nama reta yo mwisi byashyize ingufu muri biriya byinkingo niko bizamera no nibindi isi itegurira Inkoko muntu nukuvuga ngo ubu bwenge twaremnnywe bazabuhanagura mumuntu badusigire ubukorano bwahujwe nacopiuta bahereye mubyo turya bahera mubyo twirora babyambura iumwimerere nkaho gukoresha ifumbire Mvs ruhande byabaye integeka inka za kera za mahembe ziracyaboneka ubu dutunze izi rya nkabantu zikavurwa nkabantu none muri kubona izi ndwara zamaze abantu epertation diabet epatite abc nizindi muzigo bibaye mube maso ibyah 1:13
Ahaha byatangiye nibindi biraza vuba
Eluminate irimukazi peeee
Isi irarimbutse ibyahanuwe bidusohoreyeho
Aha izari ziriho ntacyo zari zidutwaye ariko iyi ntawamenya...
Bazashiremo nibiranga umuntu niba aringaragu cya yubatse
Hhhh igihe bihindutse c byaba arukujya guhinduza
Nimureke turusheho gusenga
Twitegure
Ahaaaa iyomururekera izariho nacyo zarizidutwaye 😂
Seburikoko
bazabanze bakosore amazina yacu bahinduye???
Tukweretse ubugingo bwacu mana twe turabana babantu ntacyo twakwishoboza
Mutubarize nimba noguhinduza amazina yumuntu kugiticye
Bizaba bisaba iki ngo ihabwe umuntu?
Icyo ni ikibazo nibajije.
Iyondangamuntu irakenewerwose
Abobaha imyaka itariyabo no gusirisimba biveho
Nibyiza,gusa harabantu bafite imyaka ,irenze cg iriminsi Yi yo afite, amafoto adasaneza n'ibindi ,bibanje kosorwa bya dufasha
Nibyo birashimishije nabakora ibyaha RIB nayo ibone akazi
Byose byarahanuwe ,ibi biraje nicyumweru kiraje bidatinze mugume mwiteguye mumese ibishura byanyu kuko kuza kumwami wacu kwegereje""""
Ese nabafite izisanzwe bazabona izimdi
Abasenga nimube maso
Muzi kwihuta
Mwagabanyije imisoro kurizi boutique zacu zacu mukavanaho na ebiemu ibindi mukabireka
Nicyi bazahindura kuyo twari dusanzwe dukoresha cyidashanzwe kurusha ibindi kuriyo jyihambaye !
Za
Satani yahagurutse ariko dufise Imana izotugwanira izukwo aba Kristo tuzabaho Kandi tutagiye mubizira.
Umva nibisohore nabyo dutegereze nibindi
Yewe ibyahanuwe bidusohoreyeho Uwiteka aturengere aturinde kurangara muziko bibiliya byose yabivuze ? Mube maso iyi siwacu ahubwo turabashyitsi
Umezeute wakozesa mbukomfite indirimbo kuriyutumbu wandikamo zawadi muhunguwabuhengeri
Yego twabyishimiye peee!ariko harabantu twafotowe nabi ndifuza ko mwakongera mugaforora amafoto mashyashya mwaba mukoze.
Wowe icyo turagihuje
Amezi 18 ko Ari menshi c? Muziduhe mbere Yuko dutora umusaza intore👊