Avuye Ikuzimu:Ashyize Amabanga Yose Hanze|Nabonye Satani 😳Biteye ubwoba👹 Mpano Y'imana Utubura Amafa
Вставка
- Опубліковано 28 вер 2024
- Legacy TV;Uramutse wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abadukurikira waduhamagara kuri ☎+250789814004
At Legacy TV professionalism and ethics are our core values.
Welcome!
Abazimu bashye mwizina rya yesu christo 🙏
mw'Izina rya Yesu toka kwa jina la Yesu 😢😢😢🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Imana ninziza ibihe byose kdi umugish uwitek atang ntamubabaro yongeraho
Arasubiza ibintu bitajyanye!Imana iturengere mwizina rya Yesu.
Wowe uracyarikuzimu mu i zina rya Yesu abazimu bashye
Pol waraharazw🎉
Ukuri ugushyize ahabona Abakuri inyuma bamenye aho bagana Kd ibyl ivuga ni ukuri kuzuye
Imana ikudukize pepu daimoni
Musenge cyane izabereka uwariwe .nidayimoni numuzimu
Uravuga ukuri uyu yarapfuye baranamushyingura amaze imyaka myinshi cyane ahubwo ndigutangazwa nabakira amafaranga ye ejo bazamusha ngo bayamusubize Kandi ntibazamubona
Yewe jew NDavyibaza KO akoreshwa nimpwemu mbi uwaha amahera Wes ntarye ngo aryame bizomugirako ingaruka🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mwizina rya yesu,mana ndindira umuryango ndindira inshuti tabara is yose,data ndakwinginze ba muruhande rwacu yehova weee
Nonese urigutanga ubuhamya kuko wabivuyemo cyangwa ushaka gutwarayo abantu?
Hit ziratuma banabashyingura😂😂😂😂 Muze tujye Gusenga mureke kubeshya😂😂
😂😂😂😂😂😂 ahwiiiiiii
Vuga undi utari Alice kuko Alice we yarabyivugiye kdi nawe yarabeshyega😊
Ntabwo yabeshye hoshi genda…..
Arise ntiyabesjyaga
Woe uziko yabeshyaga mubeshyuze kk nawe ntamakuru ubifiteho
Mwizina rya Yesu Christo yaratsinze atubereye maso Abasenga nimusenge cyane lmana iriho Kandi yahozeho izahora iturinda
AMEEEN 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
biratangajepe imanaikubehafi
Ezekiel we waretse kubeshya abantu, ko tukuzi ku Ntango wirirwa ubeshya abantu kd turagushyira hanze.
Ahhh harya ababyeyibe ntabazi nonese mwazagiye iwabo mwahita mumenya ukuri yavutse afite imyaka 2😂😂😂😂
Uramuzi se neza ,
Dayimoni ashye 🔥🔥🔥mwizina rya yesu
Imana idutabare
Blood of Jesus
Dutabare mana we 🙌🙌
Abariy amafarang yawe ndazi barinyuma yurupfu to barakurikira dorimbogo fusa kubivuze urimmunzira yokuvayo
Ahhhhh mbese,abantu kuki bamamaza,ikuzimu ntibamamaze,ijuru mbese yisanze kw Isi ntahwagiravuka?
Bivugako sacenda na minuit zijoro yisubirira mukuzimu. Mwumva uyo atari idayimoni yaje kwisi yatumwe kugura ijaneyo abantu? Kuberako abantu bakunda amafaranga niyo abafatirako. Mwabantu mwe nimureke gukunda cyane amafaranga
Nibyo rwose Yesu yagiye kumuzikira ikuzimu amwambura imfunguzo ubu ntabubasha akidufiteho
ubu abo yahaye amafranga barumva bameze bate?aha musenge cyane dore isi irugarijwe
Babyinjiyemo babishaka, yayabahaye ibi yarabivuze
Abazimu bashye kwajinarayesu
Imana idufashe ntuzatuyobye
Ibyavuga byose nibyo ariko nigini.uwiteka Imana yampaye iyerekwa rye kuko twari tuziranye ntarakizwa ncuruza akabari namashambure.ariko ntaranakizwa naramutinyaga cyane.nkijijwe naramusengeye mbona amayerekwa ye menshi siwe wenyine hari nabandi benshi cyane bameze nkawe kandi tubana nawe
Uravuga ukuri se
Mana duhe Imbaraga kweli ntivyoroshe uduh kuneshaa
Yego harumuntu wanditseko yaramuzi ,ko yapfuye bakamushyingura yotwaga ngo j.paul amaraso ya Yesu atirengete
Naze tumusengera bimuvemo Abe umwana w'Imana
Donc ni wowe wajanye vava mukuzimu arapfa
Mwizina rya yesu
Niwowe urikuvuga ikuzimu byanyabyo abandi nukubeshya kbs ikuzimu harahari
Yesu wee 😢😢😢
Mwaragowe
Birakaze imihanda ikomeje kugorana kbs
Ikuzimu kwawe nubutubuzi no kunywa inzoga nitabi nubu wasinze mwebwe murabibona gute?
Barakuvumbuye none ngujya ikuzimu ntiwavugaga ukorera imanara.
Nonese uwo n' Impano y'Imana mbese umaze iminsi atanga frw hhhh ubwo abo yayshaye barihehe mbese amba
Ehhee
Ibyavuga nibyo namubonye amadokumaso
Mureke kwamamaza satani kuko azamaraigihegito ex kumunsi uwuwiteka uzahungirahe icuze wihane arakubabarira yesu
Dorimbogo uramutanze mw,lzina rya yesu kristo ubandi. Turabakwambuye mwizana rya kristo ushobora byose
Mwizina rya yesu ushirwe 😮😮😮😮
Abazimu bashye
Uyo mugabo yaramubeshe vava hama vava ntiyakora amasezerano ahita arapfa cyangwa yarasabye amafaranga menshi munyuma ntiyuzuza amasezerano bihita bimujana
Baguhungire kure wajyiniwe
Ngo iwabo mukuzimu mana aweee unomugabo nibamusengere pe ateye ubwoba. Ngo nabana afite sabiwe nukuvugako arabana bamadayimoni ngo namazu afite ntiyanditswe kuriwe ubwo namazu yamashetani yewegayee
Mwaramutse mbona uwomugabo Yaba abesha konzi abantu beshi abeshya aba beshya ngazabaha amafaranga bikarangira atayabahaye
Yesu tabara
abazimu bashye mw izina rya YESU KRISTO
Babandi bariye yamafaranga baragowe paster corode vava muragowe musenge cyane
Nta pastor Mbonye hariya
@@MusabyimanaThacienne-yj5bbNange ntyo
Bareke akabo karaje gashoboke,erega nubundi bavuga ko inda nini yishe ukuze,Jye nzarya ducye ndyame kare kuko nta jambo Imana ivuga ngo rihere Imana izi ibyo izatugirira ko ari ibyiza.
Kabaye 😢😢
Ongeraho na kanyombya😂
Yesu Kristo tabara Abana bawe ubwo nyene Abantu muri inyuma w'iyi Jini ntabwenge mufise koko? Dor'imbogo urakenyuye😢😢
So😢😮😂
Mwizina rya Yesu
Abantu benshi ntibasha uwiteka bashaka shitani nubunzi bwe kandi amafranga yikuzimu aravuga agiringaruka nyinshi.kandi uwiteka imana itanga amafranga yamoko yose ntanumuvumo yoneraho.kandi yatwemereye nubugingo buhoraho nimuhungire muri yesu kristo afite byose.isi nibiyuzuye ni byuwiteka nimwera mukakira umwami yesu kristo azabaha ibirenze ibyo musaba cyane .abahe nubugingo buhoraho
Mwizina ryayesu krisitu amadayimoni ashye🔥🔥🔥💯pee sibyumva
ahaaaaàa mwikigihe abadayimoni basigaye barageze nomu bantu da usigaye ugendana numuntu ukagirango numuntu Kandi yaragiye kera
Musenge cyane amagini nabadayimoni turagendana turabana.uwiteka aduhimbaraga zimiri zabo cyane
Avuka kibuye imana yanyeretse umujyango we namazinaye yapfuye arumusore namazinaye turayazi sinjye ngenyine wagize amayerekwa ye nabandi twabanaga muhanga imana yabakoraga kumaso bakamumenyako aridayimoni
Munyagwa nange ndamuzi mucyakabiri,ark umugore bakoranaga witwa lilianne yatubwiyeko avuka I Rusizi
Sha rwose uvuzukuri peee!!imuhanga beshi baramuzi nange niho namubonye
Ndabasuhuje!mumuzi ari idayimoni?nonese ibye bizarangira gute bavandimwe
Toka shitani
@@NishimweRachel-j9x6:06
Because of the blood of his covenant he'll set you free from the bondage of Satan!! Senga imana izagarura soul yawe Ive murikiriya kirahure ifungiyemo, Michael Jesus Christ he'll save your soul
Ahhhh Toka shitani
Oohh Jesus always be my side
Ibi nge nabimenye utaranabivuga .gs simpanura ariko imina izakubohohora uwo mwuka ube umuntu nkatwe.impamvu Uzi ko wavukiye ikuzimu, nuko ababyeyi bawe bagutanzemo igitambo bakigutwita si ukuvugango warazutse.wowe wakuweyo tayali muminsi mike kuko ugira impuhwe zidasanzwe kd ukunda imana nubwo ukorera satani.mwizina ryimana numwana numwuka wera ukurweyo imana ifite impayo yo kukureka ngo ukore ibi nukugirango uzabe umuhamya.gs nkubaze ko uvuze amabanga yabo nusunirayo ntuzahanwa?
Uyu aba yasinze
Kwa jina la yesu
Mwizina rya Yesu
Abazimu bashye
Avuye kunywa Urumogi naho ikuzimu ho arabenshye
Nawe wabibonye
Ntabeshya ibyavuga nibyo 💯/100
Yego se uramuzi neza we?😱
Arakubwirako avuga izina rya Yesu kugira ngo abantu bose bamwibonemo. Wumve neza Ari gukunda kuvuga ngo iwacu ikuzimubivuze ko akorerayo.
muhurirayo?😂
Imana iguhindure mwizina rya Yesu kristo
😂😂😂😂😂😂😂😂😂@@praisethelordtv1272
Nduhenimero yuyomugabo
Abazimu bashye mwizina ryayesu
Yavukiye lbutare kera yarigikara
Oya nawe noneho tubabarire pe. Yavukiye icyangugu cyangwa ku kibuye😂😂😂😂. Ibutare turamwamaganye😂😂😂
Ururunu nurunyamitwe rufite abana muzarushakeho amakuru afatika mureke kufata ibyafeke kuki ibinyamakuru byikigihe muri gukwirakwiza ibihuha koko muzaze rubengera tubereke umugorewe babyaranye munjye kubaza niwabo
Ndumiwe
Wibechya uyumugabo iwe nirubav
Eheee kokose
@@AllanMukashema yeg
Ark c mwebwe arababwira ko yemerewe kubyara ark atemerewe kubana n'umugore
Abapinga ibyo avuga kuki bemera ibitangaza akora?iby'uyu mugabo biragoye ko umuntu muto mu myemerere abisobanukirwa,ariko nibyo rwose,gusa nibaza umuntu nka paster claudin uri ku rwego rwa pasteur akicarana nawe bagasangira ntasobanukirwe nuwo bari kumwe,amafaranga azarikora
Kuva yavuga yesu Kristo bya mukozeho
Mwizina rya Yesu yakoze Kristo yamuziritse😂😂 Abakunda Yesu dufatanye kumuha icubahiro
Pepu kwanjina rayesu fayafaya
Pastor Claude na Vava bariye ayikuzimu hhhhhhh
God have mercy on us😢😢😢😢
Mumu mbarize yesu aramwemera koyatsinze satani nojyere mubaze satani yaboshywe nande
Yesu adutabare
Pastor Korodde ntabwo mwemera yariye ninyama yamuhaye
Wandiriye amafranga wamuroziwe genda
ndashaka nimeroyawe
Runo rubwa nurutubuzi. RIB nidutabare itufunge
Uwo arajijisha amayere akundwa gukoreshwa na satani ni ukuvuga ko wakijijwe uvuye ikuzimu ugatangira kuvuga utubanga duke ubundi mubyukuri aba aribwo aje byanyabyo gukorera satan ntamuntu wasinyiye gukorera satani wakizwa ngo bishoboke kuko uba wasinye ko ukigambanira satan uzahita upfa none abobantu barabesha yesu afite imbaraga ariko iyo wasinye biba bisaba komuri reincarnation bishoboka
Ntago ubeshye ark Satan ntago aziritse kuko imana yomwijuru yamwirukanye ntanakimwe imwatse!
Umbabarire muzashake umuriro ubyumvane na Mn musinzira nkabo batwaye ubwonko😂😂😂
Muratubariza nimba umuntu bamutanzeko igitambo yarakiriye yesu ariko wenda ari muto mugakiza ko iyapfuye ashikira mukuzima mutubarize ico bamukoza cank ivyakora mugih we ntanyungu yarabifisemwo cank ntaruhari we yabigizemwo
Nono aha yesu andutabare 12:17 12:21
Nono aha yesu andutabare 12:17 12:21
Unomugabo bazomusengere ibyo bintu bimuvemwo nibyo yariye abiruke bimuvemwo aje muri eta normal abe normal ntazosubire mukuzimu. Kuko ndumva atariwe yarariyo kuva akiri umwana muto wosanga bari baramutanze nawe ariko yisanga yagarutse kwisi bamukoresha. Kandi biragaragara ko atameze neza kubera nibyo biyoga namaraso bamunywesha akama yasubiyeyo akagaruka bakamukoresha. Ahubwo azatubwire ukuntu ajayo. Ngo abanza guta ubwenge akishima hose munyuma akisangayo. Mbega ibintu.
Uwita paster Claude nabandanye aniganira amafaranga atuburirwa n'iryo jini yongere aniganire inyama zaryo,hanyuma aje imbere y'abantu b'Imana. Wihane Claude
Nimuze musaba imbaraga Imana mwabantumwe apana shetani kuko shetani ihita ikwica ikakwicira nabawe
Yesu kristo adutabare cyane aduhimbaraga nyinshi cyane pe
🙈AMEEEN 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Ufite amatwi niyumve ibyanditswe birigshora
Bakunda kuba bari mumarimbi gukorayo iki? Ko utabimubajije? Baba bagiye kuzura abantu? Rero vava muri ririya joro vava baramuzuye Baja kumukoresha nkumuzimu. Bazagende kureba nimba akiri mumva
Turaturiye imbaraga zabazimu n imyuk mibi mwizina rya yesu,fire on name jesus
Muzakoreshe indorerwamo mukiganiro muyimumurike mumaso
Vava rero ndumva ko ibyo yavuze aribyo yabwiye nyina we ati sijewe ndi mubitaro ndahandi nyina aramubazango urihe ntiyamubwira kandi yavugagako agenda gusinya niyo mizimu akagaruka bisanye nibyo uyo mugabo avuga. Bivugako vava yari yaramujanye mukuzimu yagezeyo urya twabona ntiyari vava. Vava umusumwe muzamubona agarutse arumuzimu amaze nkuyo mugabo akora ibitangaza.
Donc izo mbaraga ukoresha nizikuzimu warabisinyiye
ese ibyo avuga nibyo yarose ndumva mfite
ubwoba😢😅😂😭🤣💯💯
Mana tabara ubwokobwawe turashize mwizina ryayesu
EeeeeMuragowe abanu bariye kumafara
Kuki ubeshya abantu ikuzimu habaho cyangwa ni ukwirangisha kwawe
Nawe ntuzasubirayo mukuzimu kuko wamenye amabanga
Yanweragiwanjye ntarakira umwami yesu kristo