UMVA WA MUGABO WANDITSE AGATABO K' UMUGENZI

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 14 жов 2024
  • Kanda SUBSCRIBE urusheho kudukurikira umunsi ku munsi. Umuntu wawe w'imbere umugaburire akure. Turabibutsa ko iyi ariyo Channel ya ZABURI NSHYA. Duhamagare kuri 0786388010 & 0722803600 tugufashe... ibitekerezo byanyu ni ingenzi. Imana ibahe umugisha...

КОМЕНТАРІ • 26

  • @mukasanzurejeannemukomerec2272

    John Bunyan is good example to us in the day because some are discourage for being servants of Lord

  • @FrancineJollyofficial
    @FrancineJollyofficial 11 місяців тому

    Nukuri ndabashimiye Kristo abamperumugisha

  • @nshimyumukizajacques7074
    @nshimyumukizajacques7074 5 років тому +5

    Umwanditsi w’iki gitabo yitwaga Yohana Bunyan. Yavukiye mu Bwongereza mu mwaka wa 1628. Se yari umucuzi, kandi nawe yize uwo mwuga. Yize imyaka mike gusa mu ishuri ry’abana, yiga gusoma no kwandika gusa. Yari afite ubwenge bwinshi bwa kavukire, ariko nta buryo yabonye bwo kwiga byinshi. N’ubwo yari azi kwandika no gusoma, imyandikire ye iteka yarimo amakosa menshi.
    Akiri umusore, Yohana yakundaga gukora ibyaha cyane, ariko yabikoraga umutima umurega, azi ko Imana izabimubaza. Umunsi umwe yumvise bigisha ku cyaha cyo kwica isabato, yumva ijwi ry’Imana mu mutima we rimubaza riti:
    Urahitamo kureka iki? Kureka ibyaha byawe ukazajya mu ijuru, cyangwa kubikomeza ukazajya muri Gehinomu? Agira ubwoba bwinshi; maze ariheba, yibwira ko atagishobora gukizwa. Bukeye ahura n’abagore batatu bakijijwe, baganiraga iby’Imana bahagaze ku irembo ry’urugo. Atangazwa n’amahoro yabo n’ubuhamya bwabo bwo kubabarirwa ibyaha no gukizwa n’Umwami Yesu, amenya ko abo bagore babonye Yesu koko.

  • @urabonamana3504
    @urabonamana3504 6 років тому +3

    Ndafashijwe.yesu ashimwe

  • @urabonamana3504
    @urabonamana3504 6 років тому +2

    Yesu abahe imigisha.pastor ndamukunda.

  • @alisburundi9657
    @alisburundi9657 3 роки тому

    Amen imana ihabwe icubahiro

  • @habimanadaniel871
    @habimanadaniel871 4 роки тому +1

    Turabakunda cyane

  • @urabonamana3504
    @urabonamana3504 6 років тому +2

    Ndamumenye yesu amuhe imigisha no kurayama .amen

  • @niyigenarosine309
    @niyigenarosine309 3 роки тому

    Hallelujah IMANA ninziza nukuri nubugingo YESU atwambike imbaraga🙏💪

  • @regisdukuzumuremyi.rwanda2204
    @regisdukuzumuremyi.rwanda2204 4 роки тому +2

    Amen

  • @rodriguebiamoungou7771
    @rodriguebiamoungou7771 6 років тому +2

    muzadusobanurire inkuge yaNowa.

  • @athanasebatungwanimana8247
    @athanasebatungwanimana8247 5 років тому +1

    Muzodusobanurir igitabo cindirimbo ( cantiques)

  • @rodriguebiamoungou7771
    @rodriguebiamoungou7771 6 років тому +2

    uyumupasteri yitwa Masomo Gabriel mubyukuri afite ijambory'lmana

  • @rodriguebiamoungou7771
    @rodriguebiamoungou7771 6 років тому +1

    Nimushobozwa muzaduhe nibice bisigaye twiriwe tubitegereje ntitwabibonye.

  • @nshimyumukizajacques7074
    @nshimyumukizajacques7074 5 років тому +3

    mujye mudusomera neza kandi bisobanuke none aya magambo wayasimbukiye iki?kandi aray'ingenzi cyane?bite n'icyaha cyo kwica isabato?

    • @ndatoyeaspert6745
      @ndatoyeaspert6745 5 років тому +2

      Senga usubire usenge,ubaze Imana izokwigisha isabato icarico.nayo amadini agiye gutuma benshi boyoberwa inzira.gusa ndaguhanure ntuze wigere utsindisha umuntu asenga umuhoye umusi asengera,kuko ubwo subutumwa bwiza.

    • @Its___gisellah
      @Its___gisellah 5 років тому +2

      @@ndatoyeaspert6745 Yesu yakijije Wamurwayi wari amazw imyaka 38 arwariye Kukirwa Amubaza niba Yizeye Aramubwira ahaguruke yigendere Muri ako kanya uwo muntu arakira, yikorera uburiri bwe aragenda. Ubwo hari ku munsi w'isabato.
      (Yohana 5:9)Nuko Abayuda babwira ukijijwe bati"Dore uyu munsi ni isabato, kandi amategeko ntiyemera ko wikorera uburiri bwawe."
      (Yohana 5:10)Na we arabasubiza ati"Uwankijije ni we wambwiye ati 'Ikorere uburiri bwawe ugende.' "
      (Yohana 5:11)Baramubaza bati"Uwo muntu ni nde wakubwiye ngo wikorere ugende?"
      (Yohana 5:12)Ariko uwakijijwe ntiyamenya uwo ari we, kuko Yesu yari yigendeye kandi hari abantu benshi.
      (Yohana 5:13)Hanyuma y'ibyo Yesu amubona mu rusengero aramubwira ati"Dore ubaye muzima, ntukongere gukora icyaha utazabona ishyano riruta irya mbere."
      (Yohana 5:14)Uwo muntu aragenda abwira Abayuda yuko ari Yesu wamukijije.
      (Yohana 5:15)Ni cyo cyatumaga Abayuda bashaka kurenganya Yesu, kuko yakoraga bene nk'ibyo ku isabato.
      (Yohana 5:16)Ariko arabasubiza ati"Data arakora kugeza n'ubu, nanjye ndakora."
      (Yohana 5:17)Ni cyo cyatumye Abayuda barushaho gushaka kumwica, kuko uretse kuzirura isabato gusa, ahubwo ahora yita n'Imana ko ari Se bwite, akigereranya na yo.
      (Yohana 5:18)

    • @jeanmusafirijdn1753
      @jeanmusafirijdn1753 4 роки тому +2

      Uzasenge imana ikumenyeshe isabato icyo aricyo muvandi? Naho ubundi uwasobanukiwe kristo ntiyibaza ibibazo nk'ibyo.

    • @habimanadaniel871
      @habimanadaniel871 4 роки тому

      Murakagatabo nihe havugwa mo isabato?

  • @bernardhari6469
    @bernardhari6469 3 роки тому +1

    Mwaduha se pdf yico gitabo

  • @urabonamana3504
    @urabonamana3504 6 років тому +1

    Uyu pastor yitwa Nde?pls

  • @christineteganeza7447
    @christineteganeza7447 5 років тому +1

    Amen 🙏

  • @athanasebatungwanimana8247
    @athanasebatungwanimana8247 5 років тому +1

    Amen