UMVA WA MUGABO WANDITSE AGATABO K' UMUGENZI
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- Kanda SUBSCRIBE urusheho kudukurikira umunsi ku munsi. Umuntu wawe w'imbere umugaburire akure. Turabibutsa ko iyi ariyo Channel ya ZABURI NSHYA. Duhamagare kuri 0786388010 & 0722803600 tugufashe... ibitekerezo byanyu ni ingenzi. Imana ibahe umugisha...
John Bunyan is good example to us in the day because some are discourage for being servants of Lord
Nukuri ndabashimiye Kristo abamperumugisha
Umwanditsi w’iki gitabo yitwaga Yohana Bunyan. Yavukiye mu Bwongereza mu mwaka wa 1628. Se yari umucuzi, kandi nawe yize uwo mwuga. Yize imyaka mike gusa mu ishuri ry’abana, yiga gusoma no kwandika gusa. Yari afite ubwenge bwinshi bwa kavukire, ariko nta buryo yabonye bwo kwiga byinshi. N’ubwo yari azi kwandika no gusoma, imyandikire ye iteka yarimo amakosa menshi.
Akiri umusore, Yohana yakundaga gukora ibyaha cyane, ariko yabikoraga umutima umurega, azi ko Imana izabimubaza. Umunsi umwe yumvise bigisha ku cyaha cyo kwica isabato, yumva ijwi ry’Imana mu mutima we rimubaza riti:
Urahitamo kureka iki? Kureka ibyaha byawe ukazajya mu ijuru, cyangwa kubikomeza ukazajya muri Gehinomu? Agira ubwoba bwinshi; maze ariheba, yibwira ko atagishobora gukizwa. Bukeye ahura n’abagore batatu bakijijwe, baganiraga iby’Imana bahagaze ku irembo ry’urugo. Atangazwa n’amahoro yabo n’ubuhamya bwabo bwo kubabarirwa ibyaha no gukizwa n’Umwami Yesu, amenya ko abo bagore babonye Yesu koko.
Ndafashijwe.yesu ashimwe
Yesu abahe imigisha.pastor ndamukunda.
Amen imana ihabwe icubahiro
Turabakunda cyane
Ndamumenye yesu amuhe imigisha no kurayama .amen
Yesu
Hallelujah IMANA ninziza nukuri nubugingo YESU atwambike imbaraga🙏💪
Amen
muzadusobanurire inkuge yaNowa.
Muzodusobanurir igitabo cindirimbo ( cantiques)
uyumupasteri yitwa Masomo Gabriel mubyukuri afite ijambory'lmana
Nimushobozwa muzaduhe nibice bisigaye twiriwe tubitegereje ntitwabibonye.
mujye mudusomera neza kandi bisobanuke none aya magambo wayasimbukiye iki?kandi aray'ingenzi cyane?bite n'icyaha cyo kwica isabato?
Senga usubire usenge,ubaze Imana izokwigisha isabato icarico.nayo amadini agiye gutuma benshi boyoberwa inzira.gusa ndaguhanure ntuze wigere utsindisha umuntu asenga umuhoye umusi asengera,kuko ubwo subutumwa bwiza.
@@ndatoyeaspert6745 Yesu yakijije Wamurwayi wari amazw imyaka 38 arwariye Kukirwa Amubaza niba Yizeye Aramubwira ahaguruke yigendere Muri ako kanya uwo muntu arakira, yikorera uburiri bwe aragenda. Ubwo hari ku munsi w'isabato.
(Yohana 5:9)Nuko Abayuda babwira ukijijwe bati"Dore uyu munsi ni isabato, kandi amategeko ntiyemera ko wikorera uburiri bwawe."
(Yohana 5:10)Na we arabasubiza ati"Uwankijije ni we wambwiye ati 'Ikorere uburiri bwawe ugende.' "
(Yohana 5:11)Baramubaza bati"Uwo muntu ni nde wakubwiye ngo wikorere ugende?"
(Yohana 5:12)Ariko uwakijijwe ntiyamenya uwo ari we, kuko Yesu yari yigendeye kandi hari abantu benshi.
(Yohana 5:13)Hanyuma y'ibyo Yesu amubona mu rusengero aramubwira ati"Dore ubaye muzima, ntukongere gukora icyaha utazabona ishyano riruta irya mbere."
(Yohana 5:14)Uwo muntu aragenda abwira Abayuda yuko ari Yesu wamukijije.
(Yohana 5:15)Ni cyo cyatumaga Abayuda bashaka kurenganya Yesu, kuko yakoraga bene nk'ibyo ku isabato.
(Yohana 5:16)Ariko arabasubiza ati"Data arakora kugeza n'ubu, nanjye ndakora."
(Yohana 5:17)Ni cyo cyatumye Abayuda barushaho gushaka kumwica, kuko uretse kuzirura isabato gusa, ahubwo ahora yita n'Imana ko ari Se bwite, akigereranya na yo.
(Yohana 5:18)
Uzasenge imana ikumenyeshe isabato icyo aricyo muvandi? Naho ubundi uwasobanukiwe kristo ntiyibaza ibibazo nk'ibyo.
Murakagatabo nihe havugwa mo isabato?
Mwaduha se pdf yico gitabo
Uyu pastor yitwa Nde?pls
Yitwa Masomo Gabriel
Amen 🙏
Amen
Amen