None ko murakaye cyane abageni ko banutse ntago bari romantic nabusa ntanubwo bameze nkabantu bagikora ubukwe mbega couple mushiremo good vibes Man .muri beza mwembi pe
Kuki mutavuzeko ari film murigukina! Nimutihana muzarimbuka ama film abamo ibinyoma! Harakazi dukora kazatuma turimbuka iyo twakiriye agakiza turakareka!
Ganza ni ukuri Imana imwagure kuko ari gufasha benshi. Wilson aka Christian na Ortha aka Dalda hejuru cyane. Bamenya kabisa urabikwiye mwana. Abakinnyi namwe Uwiteka akomeze abagure.
ua-cam.com/video/86-75svPztA/v-deo.htmlsi=I9aEdyvW-JzMi0Ta
Soleil mwaribeza pe ariko ntimukatubeshye kuko muba mwishe itegeko ry'Imana
kanimba ndabemeye wowe na soreye muriseriye muribyamamare muhindwe murugo ndwanyu turabashyigikiye David🖖
@@NshimiyimanaDavid-dw6cx f,j
Film ntayo mbonye
Nimuhura na kecapu uzampuze nawe murakoze 🙏
Umva iriya film irateguye kbs ni neza cyane.naho ababaca inege mubareke ,baca umugani ngo niyo wabyinira Mumazi umwanzi wawe aguma kuvuga ngo uri gutumura ivu.
Ndabakund caneee ❤❤❤❤❤ knd iy couple yany ninziz.bzzzz
Mwakoze ubukwe mukaba ntanumwe wambaye Ring 💍 murasetsaaaaa😅😅😅😅😅
Kanimba na soleil mwubahwe ndabakunda cane,kand abansi n'amahoro babaho nimwitekanire muzibanir'amahoro,muraberanye pe
Courage bon couple. Hope it is true. Mana can be happy
Sorel nicyuma nimwiza kbs
Nari nababwiye kwari film. Ariko baraberanye
Narayirevye yose
Nyamuneka Bwana:KANIMBA uzahinduke utazazana byabindi bya Films !
Ivyonagakino nta kanimba na soleil bokwubakana wapi🤣🤣😂🥰🙏🇧🇮🇧🇮
mwachizibintu muburyose.mukabadodumwumwa🙊komuziranye mukabamunaberanye fatirah
Nami nawapenda sanaaa ❤❤❤
Mukomeze umigambi yanyu ,murekane nabantu.mukirundi tuvuga ngo umurundi asiba kurima (guhinga)ntasiba kuvuga
Kanimba ariwe Jacques sinzi ko ariryo zina aryawe ryukuri ariko mu vyukuri turabakunda muri team bamenya
Kanimba nkukunda kubi ,, mubazagutwerera nurogora Soleil ndimo ,ariko niba atari Soleil nuzanyumire😢
Najewe ndi umurindi,ariko natatwara soleil nukuri nubutumire bwiwe sinziraba uzi ukuntu baberanye😊
Kanimba wahixe umushyira mumago bigaca iyo byagaciye pe❤️❤️❤️❤️❤️❤️💯👏
Muzabane muraberanye❤❤🎉🎉
1st comment Mumpe likes na sbs ndabakomye❤❤❤❤ Chita nkwemera kubi.
Yoooo. Twari turyohewe ngo nivyukuri twiko ditegura kuza kubaramutsa
Ndabakunda mu mabara yose
Congratulations Solei na Kanimba twabishimiye cyane murakwiranye cyane imana ibahe umugyisha nurukundo rudashira izabahe nurubyaro turabafana cyane muri bamenya na ganza 👍👍 tubifurije urugo ruhire . Chita nawe turagushimiye cyane kubazana bakaduha story yubukwe bwabo murakoze .
Iyi couple yarantuguye nagize ngo ni ibinyoma pe ukuntu soleil aba yiyemeye kuri kanimba😂
Esekoko mwarashakanye cyangwa muratubeshya ni comedy
kanimba kuraj kbx Kepler yanyuturayikundanamwe turabafana❤❤
Kanimba ihangane ww kora akazi uwo ukuvuga agumye ahobagire
Cyokoze couple yanyu Ni sawa! Mwese muri serious kbs
Wawooo courage iyo abantu bakora ibyiza ntibabura ababaca intege ni clementine ndabakunda
Kanimba ivugire macye hano hanze nihatari
I love you guys, and you really look great together as a couple🎉❤❤
Kanimba rata n'umugabo jew ndakwemera kuko azi gukina reo ntibivuzeko ni mubuzima busanzwe ariko ari ♥️🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Sha murambabaje kuba byari film Kanimba uberanye na Soleil pe ndabakunda❤️💋
Ubundi abatayikurikiranye Ganza nibo bazanye amatiku reka turindire mariage y nyayo so je vous aime trop ♥️
Ndagusuhuje chit arko usigaye ubeshya
Ariko jyewe ndabona nacyo mubaye byanashimisha cyane
Kanimba courage cyane pe akazi kagenze neza couple yanyu ni number1 ❤❤❤
Sha uyu mukobwa ni sawa da❤❤ buriya mubanye byabanbyo
Nta mwaku ubaho sha, ni igeno. Kdi ibibi n'ibyiza byashyiriweho twebwe abantu. Ibindi ni iby'abatemera Imana
Kanimba we urongoye umugore mwiza p
Umva tubarinyuma cyane muri ganza firm
Mwabintu mweee🥰🥰 mwaradukinnye mbega weee🙆 gsa nyine ndabakunda ariko mwambihirije, imana ibahe umugisha ibagurire imbago 🙏🏼
😂
Yoooobiraryohey.can.imanibakomez.mumagoyany.❤❤❤❤
Soreye ndagukunda cyneeeeee
Sha solei nimwizape esafitumugabo bitaribyafirme ndamwemerape
Ee muranyemeje
Mwishakire cash Kanimba kuko aharabantu ntihabura uruntu runtu.lkindi kdi ababakunda tuzakomeza tubakunde❤❤❤
Nimwibanire batangare ndabakunda❤
Ni byiza cyane kandi ndabakunda
Ahubwo njyewe mbanumva mwibaniye byanshimishaaaa
Waw cuaple yanyu ndayikunze pe
Ndabakunda cyaneee ariko Kanimba simukunda arankomeretsa p akina ibimbaho nkababara nkariraa uzambabarire ibyo ukina utazanabikora
Gusa muraberanye cyane gusa mbifurije kuramba❤💞🥰
Wawoo nice to hear this
Iyi film izaba iryoshye gusa nyine ukinisha kurya ugahagiramo😂😂
None se kuki kanimba nta mpeta yambaye ni fake se cyangwa
Muba mubeshy abantu ngo bigende gute
Ariko. Soleil ninmwiza kweri ndamukunda cyane❤❤❤❤❤❤❤❤ more you are thinking
Kanimba rongora Soleil aragukunda
Njyewe ndababaye cyane narinziko bakoze ubukwe ndabakunda cyane mwembi IMANA niduhe hubwo mubane kanimba aritonda akina neza nuyumukobwa wacu mbega nibareke ibintu byose birashoboka mukina neza
Mbakunda byasaze mbabuze ntabyishimo kanimba or soreye💕
None ko murakaye cyane abageni ko banutse ntago bari romantic nabusa ntanubwo bameze nkabantu bagikora ubukwe mbega couple mushiremo good vibes Man .muri beza mwembi pe
❤ndabakunda 💜 cyanee Imana izabafashe ibakomereze urugo
Barakwiranye rwose ndetse Kanimba arimo umugabo mwiza utari umunyamwaga!
kanimba na soreil. iwish you could be hasband and wife seriusly IM Anderson from kampala
Ihangane kanimba. Imana nibishima muzabana
Kuki mutavuzeko ari film murigukina! Nimutihana muzarimbuka ama film abamo ibinyoma! Harakazi dukora kazatuma turimbuka iyo twakiriye agakiza turakareka!
muzabane muraberanye nimwe❤❤❤❤❤❤
Ihangane kanimba wacu,wababaye pe,kd muri flm nubundi ukina ugaragara nkutita kubintu,none washavuye pe,Ihangane wacu❤❤❤
❤❤❤❤😅😊
AKO NGEWE BANO BANTU KANIMBA END SOREYE NDABAKUNDAAAAAA. NABAHANGAAA NABANYABWENGEEEE NIBEZAAAAA NABASIRIMUUU
Wawooo!!! Chit wakoze caane kutuzanira iyi couple nziza caane dukunda courage turabakunda i🇧🇮💗💗💗
Ndababaye cyane bura
Congratulations kbx🎉 ni ibyagaciro pe mwabikuye mumikino mubishyira mubikorwa .
Se we kko bwabukwe bwari nyabwo cg ni film? Nubu ndacyumva ko ari film bakinnye!!!! Ariko mbakunda byindani
Hy solei ndagukunda cyane, ndashaka kuzaza kwiga, nacamuzihe nzira
Muri beza disi♥️♥️♥️
type arongoye umugore mwiza kabisa..muryoherwe
iyo utinda gato nanjye nari naramubengutse nari kumugurukana da..
Ahubwo ngewe ndabona Kanimba na Soleil bararongoranye nabwo arumwe warongoye undi
Ganza ni ukuri Imana imwagure kuko ari gufasha benshi.
Wilson aka Christian na Ortha aka Dalda hejuru cyane. Bamenya kabisa urabikwiye mwana.
Abakinnyi namwe Uwiteka akomeze abagure.
Iyo couple nanj ndayishimiye kbx❤
Kanimba na soleil ndabakund caneee
Nge hubwo nkukunzi wanyu narinziko mwarwubatse sinarinziko yari film gusa couple yanyu ni saw
Ese Kanimba asanzwe Akundana Na Soleir ❤ mubuzima busanzwe?
Imana Imbere ndabakunda
Guys narinziko biri seriously we murantunguye GS ndabakunda GS mubanye byanyabyo byaba Ari sawa
Turababariye nukuri arko muzanabigire bibe ibyanyabyo kuko muraberanye. Kd ndabakunda
We love you rata ahubwo nanjye muzanyijyanire muri cinema
Sha mwaratubwbabaje twari twagize ngo mwakoze ubumwe none ni imikino?Kanimba natakurongora uzumi rwa
Kanimba ariwe Jacques sinzi ko ariryo zina aryawe ryukuri ariko mu vyukuri turabakunda muri team bamenya
Mwumveko tubakunda kandi Gaza Film uradufasha irimwo inyigisho
Mukora ibintu birimo ubgenge❤
Gusa ubundi nkunda filime numva nana bikina🎉🎉🎉
Kanimba ngo ngwiki? Ukunda soleil koko mbihaye umugisha❤❤❤
Wawoo ndabikunze cyane ndabakunda cyane
Ntibatubeshye ahubwo nibo bibeshye.kuko bashobora kuzimagira ntibakore ubukwe
Wilson you did great deal l appreciate
None se ko nta mpeta za marriage bambaye ibyo ni ibiki? Jyewe sindabyemera niba atari Prank
Muraberanye muzanibanire mubyare hungu na kobwa
Yoooo birangiy mubanye nabakunda nomuri film pe
Muranabanase????we!!! Narinziko aribya filme gusa pe