Bosco njya numva uvugako uli umu Christo ntabwo kuba uli umukozi w,Imana bituma Satani atagukoraho ibibi bye kandi suko aba yarushije Imana amaboko.keretse niba utemera ibyabaye ku nshuti y Imana Yobu !urebe kuli Yona,urebe ni benshi cyane bali inshuti z,Imana.Intumwa za Yesu zose urabizi uko zishwe nabi cyane so gabanya guca imanza Imana irabitubuza.
Turabiyamye social media mureke pastor aruhukire mu mahoro twaramukundaga Kandi twaramuririye mumureke aruhuke neza turabiyamye rwose murekeraho izo hit zanyu muzishakire ahandi.
ISE IMANA YO ABAYIKORERA NTI BABONA HITI???? IKINDI ESE UMUNTU UKOREYE IMANA NTIYA MUHA UBUTUNZI????? TOKA WA MUDAYIMONI WE!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!! MURABABAZWA NUKO HARABAFASHA MADAM ASIA
Nitwa meddyboy uwo muvandimwe avuze ukuri nabwo yajyiye kubera ishyari kuko umuntu ukorera imana aba arumukunzi wayo imana iba imurinze ndikumwe nawe yarabeshye kbx pastor
Uvungishije ukuri rwose imana iguhe umungisha brother 🙏🙏
Aliko ko mwasaze RIB IHULIRAHE NO KUDILINGA NIBYABAZIMU????RIB RIB RIB!!!!!
Imana yatangiye kubanika kuzuba nibihishwe biraje bijye hanze basha
Exactly ni wowe uvuze ukuri !! Theogene inyigisho ze zari zitizuye narabibonaga ngaceceka !!
Hoya RIB nikore akazi.kuko ibi nimvugo nyandagazi😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Bosco urimbwa ntabuseseguzi bwawe wabeshye ndimbati umuvuga nabi none umukobwa biragiye avugishije ukuri none ugarutse kuvuga kuwapfuye wavuze kuri ndimbati nabi none wongeye kuvugubusa
Niba abapfa bazira gutangwaho ibitambo iwanyu ntihazagire upfa papa
Ubwomwatangiye kwivamo Imana igiye kubashyira ahagaragara ahubwo mumubwire yature Imana izamubabarira
Imana ntigira abakozi igira abana.
Noho sekibi sekinyoma igira abana b'Imana abakozi bayo abiyizihoko arabakozi b'Imana, baribeshya nabakozi basekibi.sewibibi byose.
Arikose mwemerako ibibinu arukuri 🤔sha nigihe cyari cyageze disi .Rip again pastor Theo😢
Uwagiye aba yagiye!! Ahubwo wowe usigaye bikwigisha iki?! Pastor Theogene mumureke aruhukire mumahoro! Abanyarwanda si beza! Muceceke Imana niyo yonyine izi umunota wa nyuma w’umwana w’umuntu!!
neza cyane kbs
Bosco njya numva uvugako uli umu Christo ntabwo kuba uli umukozi w,Imana bituma Satani atagukoraho ibibi bye kandi suko aba yarushije Imana amaboko.keretse niba utemera ibyabaye ku nshuti y Imana Yobu !urebe kuli Yona,urebe ni benshi cyane bali inshuti z,Imana.Intumwa za Yesu zose urabizi uko zishwe nabi cyane so gabanya guca imanza Imana irabitubuza.
Uvuze ukuri ncuti yanje nibaza kwabobantu badasoma neza bibiriya
Kbsa Imana irihejuru
Ndakwemeye uvuzukuri
Wagiyudushakiramakuru yibibera inahakigal
Love 💕
Twahishwe Namaraso Ya Yesu Turabacyashye
Ahoyihaniye urahazi Koko cyagisambo cyabambanywe na yesu niyihannye kurifinari
Abantu batemera ibyo ntimukande like abobantu barabeshya kuki mutacukumbuye mbere akiriho?
Je sinarinzi komugira urusaku kugezaho ndumiwe nuwapfuye muramusakuzaho kugezahiyo
Nawe urumusesenguzi kbs
Umbwo maman Asia ntimurikumwibutsa akahise😢
Beenshi mû biyitirira Imana bakorera ku mbugankoranyambaga, n'abakozi ba satani.
Ark murabasazi hari
Bosco we ndakwemera urumusensanguzi pe uvuga ukuri kuzuye
Nukuvugango buri wese afite igihe cye nubwo bakohereza amahembe akica umukiranutsi ubugingo bwe Imana iba ibufite mubiganz bye
Turabiyamye social media mureke pastor aruhukire mu mahoro twaramukundaga Kandi twaramuririye mumureke aruhuke neza turabiyamye rwose murekeraho izo hit zanyu muzishakire ahandi.
Ntamuntu numwe yapfuye ngo amare umwaka bakimuzerereza mukanywa no kuma réseaux sociaux 😅😅Mana yanje ndumiwe pe😮😮😮
Ewa kama anasema bongo niyeye na Mungu wake,mumuace nyiye muongope Mungu
Mana inombwa koko wayihanye koko ko irikudukomeretsa. Koko😢😢😢😢
Mwibitindaho imana iraje yikorere
Uraberewe Bosco
Kazima yapfuye yizeye IMANA
Yizera imana gute kandi yarakoreshwaga nabadayini. Arigushaka kubikwepa bivuzeko yari yarasinye
Uriya mugabo ashyaka kumenyekana ahubwo mufate bamujane muri RIB 😢😢
Uyumugabo kubusoba nuro arikuvuga ndamukunze kbx
kbs
Yuwomugabo namanze yature atbeshya ngo yaturiye ibunak a,aho arikubi ùgira ninaho agomba kwihanira
Ubwo buhamya nijye ndabufite,hamwe n' ibyo nabonye mfitiye ubuhamya n' abahamya barenze abantu 50 ntabwo uyu mugabo uri gutanga ubu buhamya abeshya!
Wowe urumupagani pe intumwa za yesu zaciwe imitwe abandi babateka mumavuta abandi bababaga uruhu rero kd Imana yarihari wowe sesengura ibyawe wite kwiherezo ryawe ibyabandi ntabwo wakora ngugeze aha theogene
Uvuze ukuri pe
Ariko wamugabo Imana iku babarire
Ikigaragara nuko uyu mugabo nawe aracyari mu myuka mibi kuko aravugako Nyina yapfuye mukwa 2/2024 ubwose yavuyeyo ryari ahubwo afite indi mission
Ninde yakubesh kabanywa amaraso bose arabakire
Ico nabonye murashakira ubukire mubitari vyo kwel nkawe utandukaniyehe nawavuze ko yanyoye amaraso yiwe
Mukwihana yari kubanza kugusaba permission 😅😅,
Uri umusesenguzi kabisa ibyo uvuga birashoboka usenge cyanee bitazakurya kabisa
Kuri ba sabe rata nanjye njyira amakenga!
Bibaho musore.Imana bitewe nuko wayikoreye,n'ibazo birimbere byo mu rwego rw'intambara zo muburyo bw'umwuka bishobora ku affecte ubugingo Imana hari igihe iniguhisha ibinyujije mukuguhamagara.
Kabisa akokantu mubwiy umusore niko ntamugore eamwera
Eheeeee,ahubwo noneho abanyarwanda musenge satan arabahagurukiye pe,karabaye mube maso.
Bosco we umenya aho umuntu yakoreye icyaha ariko ntumenya aho yihaniye icyaha ,vuga macye ejo niwowe
Uyu mugabo nawe simuzi neza nibyo asesengura akwiye kujya I mageragere akajya gusesengura Kuko iyo myuka mibi uwamubaza ya yerekana Ese mwize nez itangazamakuru cg ninzara gusa ibavugisha 😮😮
Njye ndumva uvuga ukuri
Gusa Rwema yarabivuze ko ari saison iyo niyanyuma muvuga meshi ariko mukabije iyo muva
Uriya mugabo muramurenganya yavuze ukuri,kuko yavuga muburyo bw umwuka,ntiyayanyoye nkuko tubizi mukunywa,kuko yavuze ati siho narindi aho yakora impanuka muburyo bw umubiri.
Urabihamya neza ko arukuri se ra ?
Yegorata Bosco nemera uburyo usobanuraneza ibintu. Uriyamugabo arabuga ukuripe muve mumarangamutima.
Uyu mujama afite amakuru
Ufite ishyari rikomye ufitiye sabin
Ntabwo yafashe kungufu yashatse umugore rwose Bosco nawe urakabya rwose
Ikiyago canyu ni ciza. Mumenye ko uwariye ishano labo zabazungu ntanakimwe zibona, la mort s'en suit
Pasita tewojene yaumwesikoro ubuhamya bwe bwari ibinyoma ngo ababyiyi be ngobapfuye murijonoside kd abesha
Bosiko we ufite ubugome ndenga kamere nkubwinterahamwe urabona ukuntu uhoza mukanwa kawe kameze nkatuwarete umukozi wimana teojene numugorewe sha nukuri
Iryoshyari ryawe rizaguta kugase wirirwa ubeshya
Ntanyigisho zibohora yisha zarizo gutwika
Ndabona bose mwarapanze gusbya theo arko ibyanyu bizarangira nabii
Bosco empire ,mukuri kwinshi,ugira ,exactly.erega satani niwe wamutwaye kabisa
Uwomugabo nuwo kwitonderwa arashaka gusenya Amatorero arabazwa ntasubize ibyo abajijwe
Ubwo muriguhinda mubiki watuza ukareba ibikureba nturebe ibitakureba Asia abayabasuzugiye yabakubye😂😂
Murabashinyaguzi
Uvuga ko pasiteri yasambanije umugore we harundi yashatse waba uzi
Babikuryoze rero
Mwarasaze babapfunge babapfungane nayo matv yubuswa
😂😂😂abantu Bose bakora impanuka Baba bazize imyuka mibi?😂😂sha mbona mugeze Kure pe
Hari umuntu wemera ko ashoboye kwica undi akoresheje imyuka mibi?
Mwoba muzi ivyo Théo yavuganye n’Imana kigeza kumunota wanyuma?
Wowese uruwuhe
😢
Mwebwe murabeshya muvuga ibyo mutazi
Ariko nukuri imbabazi zimana zirikugenda zidukurwahope umuntu arikurushaho kubamubi
Ubusekoko uramuryango murawushakahicyi umusi wurubanza kuhari mwaretse gucimanza
Uyumutipe wakoze iki kiganiro arasobanukiwe pe akoze ikiganiro cyiza pe Kandi kirimo ukuri kwinshi pe
Uvuve ukuri umuntu abesho nimana kuko iyaba shitani ntabubasha adufise ko tubayeho kubwimana
Ntamukozi w' IWIMANA waba ibiryo by' abadayimoni
Bosco uruwanyuma mubasesenguzi.
Icyinyoma we bamujyane Indera weeeeeeeeeeeee.
ISE IMANA YO ABAYIKORERA NTI BABONA HITI???? IKINDI ESE UMUNTU UKOREYE IMANA NTIYA MUHA UBUTUNZI????? TOKA WA MUDAYIMONI WE!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!! MURABABAZWA NUKO HARABAFASHA MADAM ASIA
Icyakora ubugambanyi nogushinyagura urabishobiye
Murekavugukuri ababapasitesi baseman je
Ariko mwe muzuma buri wese numukandida wurupfu kandi buri wese afite igihe cye
Ntamakuru mufite mubusesenguzi bwo mwisi yumwijima
Ibyo ntimubiharire koyavuze ngoyanyoye amaraso yatewojene birashoboka umuntu iyarimuribyobintu abayahindutse abatazi imbaraga zumwuka nikobavuga
Kunywa amaraso yavuze nimuburyo bwimyuka mibi mwisi yumwijima
Nange nukop nzajya ndya duke ndyame kare
Ariko muramuhora ubusa niba yarabohotse akavuga ukuri kunzira y umusaraba yanyuzamo abizire? Mwerekumushyira mukangaratete rwose nunkuko wavuga uko warokotse impanuka cg ibindi sinzi impamvu mumwumva nabi
None se ko atavuga abakiriho bakoranye Kandi ko abazi aribo bari kuyobya abakristo?
Nimusebye umurambo sha kuko uwagiye yarigendeye ubu abirirwa bapfa bose bazira imyuka mibi ubu se ko imodoka cg moto bikora impanuka bamwe bagapfa abandi bagakira abapfuye n, imyuka mibi iba ibatwaye aho mwarengereye pe kuko muri abagome
Ntawe waba umukozi wasatani ngwakunde imana
Nonese koyavuze ngobatinyakorode buriya korode mumubonamo imana
None Imana niyo yabatumye kugira iserangura?Nimwe mutegeka aho umuntu apfira naho adapfira?Nawe nicokimwe usubizamwo amajambo uwo yavuze kubera ivyo yavuze bikushimisha kuvyumviriza
Imana igiye kumena amabanga yanyu basha.
Uyu bosiko numugome mubi
Twese twaravyiketse ariko bidusaba tugire ubwenge rurya rufu gwaragaragara namajambo yahaciye vyaraboneka koyajamye nimyuka mibi
Jyenda nawe ubwo murafatnyije kuki umuvugiye