UMUGABO WA GIHOZO TURAMUBONYE//BYINSHI MUTAMENYE ABISIZE HANZE.
Вставка
- Опубліковано 1 чер 2021
- #EvIgihozo_0783049959
Ncuti Bakunzi ba EV.IGIHOZO JOSIANE Nkomeje kubashimira cyane kubwo gukurikira uru rubuga Imana yadushyiriyeho mu gihe nk'iki kugira ngo tujye dukurikiraniraho Ijambo ry'Imana, n'ibiganiro byiza byerekeranye n'ijambo ry'Imana.
Wifuza kudutera inkunga mu buryo bwose watwandikira kuri iyi nimero ikurikira: MoMo: (+250)783049959 cyangwa se kuri iyi nimero (+250)725049959 (Tigo Cash&Airtel Money)
Nukuri wamugabo we Imana iguhe umugisha abanzi ba Gihozo baramwaye
Sha ndabona family ye ariyo yamugize gutya kuko batashakaga Gihozo, Imana irengere uyu mugabo.
Yego pe baramuroze
Yoooo niyo mpamvu batangaga amakuru avuga nabi gihozo yooo bagusengere cyane disi niyopamvu gihozo avuga ko atatandukana nawe disi mubabe hafi pe urukundo rwe ni gihozo nuko bamuvangira .nyamara akenewe kuvuzwa cg gusengerwa by umwihariko.urakoze uvuze neza umugore wawe .ntukibagirwe umugore wo mubuto bwawe lmana izakugarure
Unva nshutizajye yaba uyumugabo yaba Umugore ibyabaye ntawabigizemwo uruhare pe ahubwo ururugo rwazize Umwanzi satani akoresheje abambari be cg abakozibe babanyeshyari bababajwe nuburyo mwarimwibaniye disi ariko mwijuru harimana inyuranya ibihe ikimura imisozi itayigishije inama🙏🙏🙏🙏
Imana yongere ibahuze mwibanire amahoro vyobari vyiza cane
Sha mubyukuri mbabwije ukuri uyu mugabo baramuhaye uburozi barahamuhamije disi ntanbwo arigusa nukumusengera cyane gihozo komera urwaze rwaze uwiteka arashoboye
Musazawenjye nawe nikoyabaye baranuroze ahinduka nkukunguku banitonda kimwepe satani numugomepe 😭
Ibi bintu bibaho rwose nanjye byambayeho. Sinzi aho bipfira gusa hari igihe abantu bakundana cyane ariko bakananirwa kubana.
Ndagukunze wa mugabo we.
Izo njiji nizive mu buzima bwanyu
Muzihuza murakundana.
Gihozo ni umukozi w imana turaziranye cyane ahubwo azi kwihangana
mbaje gushima imana kumpamvu najyaga vugira gihozo abantu bakantuka cyane murikometi ariko imana ihabwe icyubahiro abakozi ba satani baramwawe cyane gusa nkabantu batutse igihozo bose bihane naho igihozowe ubwe yarabababariye igihozo ndagukunda cyane komera
Imana ni nziza pe, iturwanirira mu buryo butangaje, igihe cari kibaye kirekire Gihozo ari ku gipimo, none Yesu araje kubirangiza pe! N'ashimwe
Uyuniwe wirirwa ashaka abagore hirya no hino,uramfuye nturaye niba udakijijwe ngo usange umugore wawe gihozo murere abana.ukuntu usa uri manyanga kbs nkwifurije guhura na Yesu,bagutandukanya numudamu wawe c nibo bakubakira nawe wariwifitemo uburara puu
Nanje numva ndize imana ibabarire abantu bagiye gucafuza umukozi wimana ahora aduhembura from🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Yoyo ibyo bibaho mumiryango abangabo bikabananira ku ikemurape
Mutware wa Gihozo poleni sana. Kimwe gusa Bible irimo vyose komera shikama ube mu ruhande rw uwiteka hama ishurwe ryawe Igihozo ntukamute njye nakugira Inaba uve Iruhande y ababyeyi mujye Kuba Kure yabo
Nukuri Imana ishimwe ko hakirurukundo isaha numunota twizeyeko Imana Izabigenzaneza ❤️❤️🙏🙏
😭😭😭😭yooo Imana isubiriza igihe muvandimwe,Gihozo weee niyompamvu ngukunda uzi kwihangana
Ev Igihozo Josiane oyeee oyeee oyeee oyeeee EV Gihozo hejuru hejuru cyane satan akozwe nisoni nabambaribe ababibonye ko sekibi nabambaribe batsizwe mumpe twatuntu
Rwosengewenabuzicyomvuga. Nkurikije. Uburyoabantubatutse. Gihozo. Mbonyeko. Imanaikorerakugihe. Ndayubashyep
Gihozo disi yari yabivuze kutavuga menshi nemeye ko ariwowe disi mwubakane mukundane neza Imana izabahemba
gihozo ndamukunda sana Imana imuhezagire imugarukanire umugabo wiwe yatwawe nabadayimoni
Barakundana cyane disi 😭Ariko Ubu imiryango Iba yivanga mu bicyi...
Gihozo we ndumva nakugabira ijuru ,ariko uri umuntu wImana cyane kdi igihe kizababwira rwose
Igihozo,Yesu akumperumugisha kandi wavuze ukuri none kuragaragaye kabisa komeza urugendo ntucike intege
Abavuze ibigambo byububeshi,ntibamaramaye
Komera Igihozo weeee.
I Burundi turinyuma yawe
Abarundi tuvuga baramaramaye Abanyarwanda bavuga baramwaye
Uyu mugabo afise ikinyabufura ariko Kandi uru rugo rwaratewe ariko ko Gihozo Ari umukozi w Imana imana izobarengera bizogenda neza
Family ye yaramuroze ngo umwigarurire urumva ko ayitaho muri byose Gihozo Imana imuhe umugisha kubwo kwihagana kandi imukomeze umugabo we izamugarura gusa amenye indwara zirahari bambe
Hallelujah..... Amiiiiina. Gihozo we, intambara wayirwanye neza pe, none ugira uyirangize udasebeje Yesu wawe yaguhamagaye. Shikama ushire amanga kuko turacari mw'isi yashaje, n'izindi ntambara ntizizobura kuza! Ndakwifurije kwama unesha gushika kw'iherezo rya vyose, uzohabwe igitsibibo ciza Data yaguteguriye weeee
NGO atarasebya yesu!!??hanyumase abagorebabandi yatwayabagabo babo ayomarira kki mutayahagaciro
NGO ntiyahemucyiye yesu????ariya Marira yabagore yagiye atwara agabo kki muyirengagiza?? Ikindi akorana nimbaraga zumwijima
Yesu WE Gihozo komera ushikame iki nikimenyetso cyambere cyemezako umugabo waweza garuka kuko ntakosa narimwe yigeze gushinza ahubworeka tumusengere garuke murugo
Iyo nimitwe Mani nindire mwakoze yokweza gihozo Kandi numubyeyi ntaribi kumushigira igiti kuko aguhekeye
Imana ishimwe cane ninyumayazero irakora muntuw lmana igukuyeho akanuko kamajambo yabamtu barwanya umurimo wlmana ndanezerewe cane kuvylmana igukoreye
Uyumugabo numunyakuri pe kndi gihozo aranesheje ibyoyavuze ninabyo nuyumugabo avuze pe ahubwo koko waratewe mugabo we nimuve muribyo murimo rwose mubane Imana izabahemba gihozo mugore mwiza ntuzongere kurwara pressure kuberabantu rwose kukontagihe batazavuga ikindi cngz wahagaze gitwari
Mana weee!
Numvaga navuga byinshi ariko mbikubiye mucyifuzo kimwe ngira nti:lmana ibagirire neza iburizemo imigambi y'umwanzi ibageze k'umugambi wayo wose mu izina rya Yesu
Uyu mupapa afite ibikomere atarabasha kwakira pe Imana yonyine imwubakire kd rukomere
Uyu mupapa biraboneka ko yarashwe numwansi yesu amutabare atandukanye mukuvuga atandukanye nabandi.bagabo numvise igihozo komera yesu twizera azogutabarira umugabo disi
Imana imuhezagire avuze neza mubasengere shetani nimubi
Ku bw'umuryango we uyu mugabo yitwaye neza pe. Gusenya umugore mufitanye abana bakuru ni ishyano. Byahahamura abana bikanatuma bata la boussole de la vie. Cong's Jado for yr wisdom..
Tugukeneye kwisimbi kuko niho tuzi Gihozo cyane.papa ikundire Gihozo wawe kuko nu mumama mwiza.please ngwino kwi Simbi usobanure neza ibyawe na Gihozo
Jew nukuri nasavy sabin kuzamuhendahend birambabaza iyabantu batuka igihozo nukurira ndarira igiti cam ivyamy vyiza nicogiterw amabuye
Kurumugabo se wimyaka 35 Ans nubu umuryango uracyagutegeka uwo mubana wibeshya abanyarwanda waje ku mubugira ko aguhekeye gs wigira ibyo witwaza ngo ubeshye ahubwo ntushobotse cg urarozwe mo kimwe.
Disi muzanambe kwisezerano mwagiranye kdi nukuri imana ibukakire cyane
Ntago waba igisasu cya Yesu NGO satani abure ku kugabaho ibitero n;agatero.
Nabivugire kwa sabin kuko kwa sabin haramavuta arenze izindi platform hanyuma hano naho ni fondation kd courage Imana izabikora bimere neza
Imana yongere ibubakire ubugira kandi. Kuko ibigora bigora abagabo ntanumwere urihano kwisi...
waa'gihozo imana ishishikare ibaja imbere kuko imana iragushingiye intahe imbere ya bansi na bakunzi bawe.glory jesy
Barayavuze kweri. Komera komera mushuti wange
Barahombye abakozi ba satani bari baziko bagiye kugusha umukozi w'Imana Gihozo mwiza ndagukunda💞💕💕
PplJllllPvp
Ibi bibaho disi bakaguhuza umuntu kdi umutima ntumureke😭😭😭
Wa mugabo senga cane Yesu akugendere. Azakubera inyishu. Kuko na wewe ntiwishimye. Yesu atanga umunezero ntasubirwaho. Iyo migozi ikikuboshe icike mw'izina rya Yesu.
Jyenda,ntago abagabo Bose Ari Bata abagore babo,izo ndagukunda se zishingiy kuki,ko avuga ko ntacyo umugurira mubikenewe byurugo,jyenda ingeso ntiryamirwa
Yooo sha wimurenganya ncuti aboshywe nimbaraga zamarozi pe Kandi uboshye ntabasha kwinyagambura nkanjye ibi mbyumva cyane kuko nibwo buzima mbayemo
Gusa mwunveko ntacyinanira Imana mugihe cyashyizweho gutabarwa kuracyahari muhumure Iyera izongera ibagire agati gakubiranyije kukoirabizi byose
Gihozo komera nukuri warwanye neza kandi nyuma yibi Imana izaguha impozamarira ariko nyine abantu ntimukihutire kuvuga
Nukuri ndaryohew Gihozo wanj bandanya umurimo uduzw kurundi rugezo ayandi mavuta ubalikiw sana kandi Imana ibikore mugubw neza mu rugo
Uyu mugabo akwiye amasengesho adasanzwe ko numva akimukunda abuzwa niki kubana numuryango koko uretse dayimoni yo gahera ikuzimu 😭😭 Ntibyumvikana rwose
Mwana wamama ceceka nimba amukunda se ko aru mugabo kd akaba amukunda ubu umuryango uracyamugenzura mumwak 35 ahubwo nasengerwe akizwe ahubwo afite ibyihishe inyuma yibi byose.
@@fannyumulisa8791 Nanjye nibyo byantangaje😭ibisobanuro atanga ntibihagije ngo areke umuryango we bwite kandi yemera kandi nanumvise avugako umuryango we utatanye ko batamubanira neza akwiye gufata icyemezo cya kigabo niba ntayindi mpamvu aryamyeho ibimutera kandi niba inagari mu ijuru harImana hamwe no gusenga ubushake bwImana buzagaragara
Yooo Mana weeee uyu mugabo nukuri Imana imubohore kandi imbabazi zImana zibagereho bose barazikwiye ariko abacumuriye kuri Gihozo twese turihannye atubabarire rwose
Uyu bamuhaye ubwo kutabana na Gihozo
@@marcelinehabandi315 Bibaho se?
Yoooooooo. Aliko mana. Sha imana izongere ibahuze mwubuke urugo rwanyu. Uzukuntu batukaga igihozo nkababara. Aliko wakoze kuza imana iguhumugisha mwishi. Gusa ufite umugore wicyucyi nuko ulikumupfusha ubusa🤣😎
Imana ibubakire urugo naho abantu bo ntacyo babagezaho
Igihe ndagikunda pe gitanga igisubizo nyacyo kunjiji no kubanyabwenge ngaho nibongere bavuge pe
Imana yamahoro ibubakire urugo kuko nigitero mwagabweho gusa amashyari yimiryango arakabije Imana imbabarire ibahuze muzongere mubane ariko nibibigabanyije amagambo
Imana yarakoze kukugwanir gihozoooooo
Ntampamvu yokuvuga vyinshi iconzi ico cabay igikorwa ca satani cukubatanya.this man araboneka kwadatahur ivyarivyo kk aramukunda ariko bikanka kobabana.muri make ntamuryango wakubuza kubana nuwukunda vyukuri utigirishij,ahubwo urakoreshwa nimyuka mibi utazi ntuvyumve nawe.hungira kuri Yesu uzisanga mubana kandi mumahoro
Imaninshimwe EV gihozo komezukorerlmana kandi lmanigushyigikire ndizerako lmaniciyamazimwe ariko beneda twaretsamazimwe tugakizwa umutware wagihozo turagushimiye cyane
Nibyo iyo ushatse mu muryango mubi ntibaguha amahoro baranagusenyera ubundi urugo rwubakwa nabantu babiri iyo hagati hajemo uwa gatatu ruba rwasenyutse
Nteye isengesho aha muri butike rwose nshima Imana cyane yohhhhhhhhhhhhh Igihozo mukobwa wa Yesu komera kumurimo wa Gitare ntuye aha kuri EPR karugira nuza i gikondo uzansuhuze satani aramwaye nabagambanyi bose barashwiragiye nesha nesha Mana uri Imana peeee
Gusa ngewe nkurikije ukuntu uvuga urukundo cyangwa umukunda birashobokako umuryango wawee waguterereje icyo twita kohoha ,ukirengagiza umufasha wawe numuryango wawe
Gihozo weeee komera kuko ukwanze akuvuga nabi kdi ararema kuburyo ikinyoma kiza gifite imbaraga
Muduhamagirire pasteur Claude yavuzeko bavuganye numugabo wa Gihozo, avugako yamubwiye ngo aheruka murugo 2019 ngo numwana wanyuma sirwiwe , mugabo rero icerekeranye nabo bagabo bata abagore babo ngo kubera imiryango bakaja mubandi bagore hanyuma ngo dufitanye isezerano ,icompa inkoni ngo ndabahere kumurongo ndabakubiiiiteee mpaka inkamba zibavuyemwo
Claude Aragwaye.
Umugabo nirari ryohanze ririkumusaza
Je sindanamutahura!!!guta umugore mwiza wigikundiro nk gihozo wob ugiye he!!!!nukuntu mbon ukiri muto garuka mumuryango wubake abana 6 numugore nk gihozo sabuguta burya utunze zahabu munzu ntiwabimenye hewe!!please garuka murugo ! !!
Wa mugabo we imana iguhe umugisha uri umunyabwenge cyanee ni byiza kudasebya umugore wawe ngo umushyire hanze
Ariko mana we.umubwiriza aravuga ati igihe nigihe cyacyo ngaho bamagambo mugabanye ikinicyo cyarigihe.
Reka tureke guca imanza pee!Imana niyo izi ibintu byose
Uratubeshe imiryango ntabwo ariyoyabibakira icyonikinyo
Abantuwe murabona ukuntu mwavuze nabi igihozo ngo nindyarya ubwo yababwiragako umugabo amuta none murongeye muragarutse ngo yavuzukuri Sha ntawabanezeza yesu niwe BYose bareke gihozo mama wange
Ijuru riragutabaye mubyeyi uzayikorere
Ihangane muvandimwe imiryango yikigihe nuko ntawarubara njye ndabisabira kongera mukabana mukareka ibyimiryango
Gusa nkuye inama mururu rugo numenya ko aho ushatse batagushaka uzafate umwanzuro wokubivamo iyo udakunzwe numuryango uhorana urugamba rudashira ndetse nintimba yumutima
Gihozo nimwiza umukunde kurushaho
Igihe cy'Imana iyo kigeze birasobanuka
Ikindi urazoturonderera bose batatu. Basi nimiburiburi basabane imbabazi kk umwanyanumwanya isi yahinduka bihane.
Muri kuturyarya mwese
Gihozo nibyo itarakora izabikora,gusa ugira kwizera, mwihangane,lmana nyiramburiye amaboko pe!ikindi ntujya ubeshya agira make ashoboka.
Yoooo ko numva ugikunda umugore wawe kdi nawe agukunda mwarenze ibyimiryangoy mugasubirana mukirerera abana! Nimusubirane rwose
Ukeneye deliverance wamupapa we Imana yo mwijuru ibakorere igitangaza iteture umukozi wayo
Kuba umuryango wawe warivanze muvy'urukundo rwanyu bakaba batashaka ko ubana na Igihozo ntiwari guca utoroka umugore. Aho hoho wabakamiye mu coze. Nk'uko bavuga bati igihana umwansi ni ukumwima ico ashaka.
Comment yanjye niyo kukunenga, nonese ko wumva umuryango wae utamukunze ugahatiriza ukamushaka byakomera ukamusiga wumvaga umusizehe? Warikuba ufite impamvu iyo biza kuba arumuryango we none ukamusiga mubibazo byatewe numuryango wawe warahemutse byikubye2 , witwaye nabi cyane wabaye ikigwari
gihozo uribuka ko nakubwiy k ukuri kuzomenyekan ury mugore yakwambits ibara uzomushire mur justice
Uvugishije ukuri, uramwambitse izera,IMANA Ibahe imigisha
Urijiji wamugabowe nonese kowamushatse umuryago wazeutamukuze none kuberiki mutakomejegukundana
Rekeraho kuvuga ngo umuryango niwo wakubujije ahubwo nubuto nubujiji nagakiza gake ahubwo wowe gufata umwanzuro wawe niwo uzakubakira urumugabo umaze gukura wicare urere abana bawe kuko ntawuzakurerera buriya abana nibo bahura nibikomere mwe mutazi
Yes harahiye koko gihozo komeza ukorere Imana
Yewe Gihozo ukomeze umusengere unicisha bugufi,wagirango abagore bamuhaye inzarasti
🤣🤣🤣
EREG IYUGIYE HANZE UKURAYO IMYUKA MIBI IRAGUKURIKIRA KND IGUTESHA AGACIRO
Yooo mana ndarize. None mugabo mwiza waje kubana numugore wawe mwiza wigikundiro nukuri ndakwingiiiiinze uze usange umuryango wawe munezerwe igihozo yoye gupfana agahinda kndi ukiriho!!!
Gihozo yubahwe
Barakuroze diss bazagusengere bizaragira imana irabishoboye
Uyu mugabo ni imfura pe
Kdi imiryango irasenya
Kdi bibaho rwose gusa muzahambirize satani.
Nanjye nabibonye disi 🥲 Gihozo naje kumavi amusengere cyane
Gihozo wowe rwose tuza dufite Imana yamahoro
Igihe kiba kitaragera ngwimana ibisobanure
Aha ugaragara nkibandi rwose nubwo wiyoberanya,ko wibombaritse washatse uko wakubaka urugo rwawe,ibyo si ibyo kuganiraho birasaba gufata icyemezo wowe ubwawe
Ndabaza igihe wamukwa kabiri. Ubwo baribaziyuko wataye umugore mukuru. Ikind naco ndibaza icogihe gihozo ntiyari BWA kizwe neza. Kk sinumvayuko umuntu akijijwe neza yarikwemera gukobwa inkwano aziyuko afise uyundi mugore
Nimusubirane Gihozo nimwiza cneeeeeee ndamukunda 🇧🇮
Barakuroze bro uzajyekwivuza kko urugo nurwababiri si urwa famille nne famille kwitagutereteye ikubakira gte? gsa uzajyekwivuza
Manaweee ndishimye ngewe mu ijuru hari Imana isobarura ibidasobanutse gusa nsimye Imana
Abakomerekejwe nimiryango nibenshi ariko siyo yubaka
Mupfakuba mugikundana birahagije imbere y'Imana yo izaburizamo imigambi y'umwazi
Imana irahari nukuri pe.Mana ndagushima kuko udakoza umuntu wakwizeye.ndagushima Mana
iyi chano Imana iyagure kubwo kunvira Imana kdi twongeye kugirira Imana ikizere nogusubizwamo intege ko ihemba neza ikagaragaza ibintu uko biri
Wamutwaye Kure yabo family yatuma usenya iyo wubatse ubawatandukanye nabiwanyu
.imana igusubize murugo
Shalom . Niko ndabona kandi ndumva Umukoziw,Imana Gihozo mwese murakundana nakurikiye amakuru yiwe. Ndabasavye musubire mwubake urugo rwiza nabakunze mwese kuko nanje ND,umugabo kandi ndi Pasteur muBurundi. Mur,abana beza pe
Uyu mugabo ndamushimye pe, nimubahe amahoro rwose.
Caaaane rwose
@@annociatebukuru8106 njyewe simushimye arabeshya ibaze niba amukunda ko adasubirana nawe ariko urukundo muzi icyo rusobanuye?
Iyo isaha Y'Imana igeze ibintu birasobanuka
Gihozo Kamara gumamumana
Igihozo komeza umurimo Imana Irakuzi!!!
Yeweee ndatangaye!!!Nimureke lmana yitwa lmana!!Gihoze gumamwo ukorere lmana ureka abantu!!
Ubwo c uba ujya he wa mugabo? Uko kuntu uburira amahoro mubandi bagore ni amasengesho ya Gihozo! Gsa bizarangira ugarutse wubake kubera Imana!