Melody uransekej cyane kbs nta munyabwenge uvugaaaa Zibaaa ejobund wazahanuka nabatari wowe bro barazimaaa The Ben akurusha byose ntanakimwe ukuyemo Icyumweru nuburere bukeyaaa cool down
Umva burce melody arashaka kwiyenza gusa the ben ntbwo azamusubiza Kuko ndabibona barashakako avuga nabi gusa melody yarengeye cyaneee ese uko umuziki wawe ariko uragiye kwandangaza umuntu koko
@@NkundimanaMalachieibikorwa bimumariye iki nta kinyabupfura na gike afite se ababifite bose utekereza ko bishyira hejuru bubahuka nababakuriye? Niyiyubahe kko ari gutuma nabamufanaga tugenda tumwangira uburyo ari kubahuka abandi
nafashe umwanzuro ko nta device yanjye izongera gukina izongera gukina indirimbo ya bruce melody. ndabizi ntacyo ahomba ariko at the end imana izaturura ikubite hasi abiyemera
Ariko ubona imbwa zidakunda kumoka ? The Ben ni Inyambo , inkotanyi ya cyane turamwubaha. Naho ureke iyo mbwa Kinyusi iba irikwasama itazi ko na level igezeho iyikesha inkotanyi.
Bruce melodies dumba na gasuku bamujyize nkikigoryi cyabo noneho iyo abonye yatajyiye kuzima ahita atajyira kunzamura umunwa kuri the Ben kand tiger 🐅 amurasha ubushobozi noneho icyintu kibabaza Bruce melodies nuko avuga nabi kuri the Ben namusubize naguhaye amakuru
Mn uko nuguheza inguni arkx mwibaza impamvu Ben atagira icyo Abivugaho? Ese mwibaza impamvu melody abikora? Show bizz nuko ikorwa Wana nonex muragirango ntibakore inkuru. Melody ari gushaka gushyira album hanze. Mujye mumenya ubwenge 🤔❤
Uko melody asa inyuma, ninako asa ku mutima. Ese ubu the ben ni umuntu wo kujya kuvuga kuri bruce melody? Urwego si rumwe kko umwe ni injiji undi ni injijuke. Melody ni injiji. Mbese ninko gukora muri bank ushinzwe abakoze kd utazi gusoma no kwandika.
Mbona sometimes abanyamakuru ba showbi muri ijiji cyane. Abahani bibereye mugatwiko namwe muraho murasamye. Ubu se igitaramo cya The Ben nticyavuwe cyane binyuze muri ubu buryo? Munyihanganire ko mbise injiji , ariko niko kuri.
Ariko se mumbwire ababizi, ubundi bruce aziza iki the ben? Numvise ko ngo baba bashaka views ariko se bruce ko tumukunda, indirimbo ze nange simfana ariko pe ndazikunda ariko se inyungu ari gukura muri iyi agression ni iyihe? None se siwe nahoze mbona ejobundi akora mu kiganza cya President? Buriya yumvise aya magambo usibye ko wenda atanabibonera akanya, ubu ntiyamugaya?? Mbega Bruce🤭🤭🤭
Aba bagabo barezwe pe reba Tom nyina yakoranye na H E musaza,Ben nyina ni pasiteri,medi mama we nu mu kristu,king jemus numwana wamvukiye mugikoma cya voca .ubuse babuzwa niki kumenya ubwenge ni kinyabumfura.bruce we numwana windaya ikanombe yaryaga ibyo atoraguye mukimoteri buriya ntazi se.ubuse yabuzwa niki kuba IDISPrine
Look bro the ben is great artists is legend in Rwandan industry actually is past his prime melody has been in the industry for years and it seems this is his year no doubt but thts not the way people treat legends no no no so melody is competing with guy who is out of his prime thts lame mehn forexample it's like Messi and christiano starting to compete with halaand and mbappe it doesn't not work like that in the game
Nukuri kabisa abantu ntago bemera bruce ararenze ikindi Ben yaje kugirango amuzakukireho abinyujije kubanyamakurube binkora mutima nogutanga amafaranga yogusebya bruce mu Burundi no murwanda
Turabizi ko ushyigikira the Ben turabizi cn gs nabirenze birimo. Noneko ubiziko ari show bizi bikubabaza gute jyukurikira nahandi mn nijye kure jya Tanzania wumve wikumvako arurundi rwango Wana
Melody uransekej cyane kbs nta munyabwenge uvugaaaa
Zibaaa ejobund wazahanuka nabatari wowe bro barazimaaa
The Ben akurusha byose ntanakimwe ukuyemo
Icyumweru nuburere bukeyaaa cool down
Melody arangwa nishyari kwirirwa ashotora tiger arko nibatuze theben3 ntazijyera abavuga nabi respect always tiger b
Mbega injiji,
Ngo umuhanzi mugenzi azime!!
Umva wamuhungu we, ntuteze na rimwe kubona the Ben wacu yazimye.
Woe uzazima ark we indirimbo za Ben zihora ziba nshya mumitima yacu.
Toka toka toka toka nta soni.
Ben wacuuuuu turagukunda cyaneeeeeeee!!! Umbabarire ntuzigere usubiza uriya muhungu.
BRUCE MELODY URIBESHYA ISHYARI RWOSE.
TIGER WACU ❤❤THE BEN❤❤❤
Uwo bruce wajyirango ntiyarenze avuga amagambo mabi cyane nta muhanzi umurimo ntiyo mpamvu ntaho azajyera kubera ishyari afite talent ariko ntaho yajyera afite ingengabitekerezo nkiyi nago azijyera abasha kujyera kurwego rwa Ben niyo mpamvu Abanyarwanda tumukunda turamushyigikiye Cyn Kandi azahora aganza iteka ryose 🐅👑☝️♥️🙌
Mbega melody nta burere,ntakubaha,ishyali mbega ntakigenda cye kwelli, uziko uvuga nkumuntu udafite udatekereza kubyo agiye kuvuga mbega umutype ntawamukunda kuko kuvuga nabi Ben mbega melody ndakugaye nawe uzigaye
Ngaho twabumvise nimuzibe mwe mwarezwe👎🏾
Ntubundi ntiyarezwe yarireze nuwo mumuhanda
Umva burce melody arashaka kwiyenza gusa the ben ntbwo azamusubiza Kuko ndabibona barashakako avuga nabi gusa melody yarengeye cyaneee ese uko umuziki wawe ariko uragiye kwandangaza umuntu koko
Yuzuye ishyari mumutima gusa ariko Imana izamushyira hasi mugihe gito cyane,kuko niba ushaka kujyira aho ugera irinde kuvuga nabi abandi ubu c uyu Bruce arenze Tom Close?ko atirirwa avugavuga
Ariko ibibintu bikora umuhanzi mukuru nkuyu Ben yarazimye gute umuririmba burimunsi melody yataye umutwe ibitinganyi nikobimera birasama cyane
Melody gabanya competition nishyari . Ben hejuru cyane ❤❤❤
Bruce melody nikigoryi cyane, kwiga burya ningenzi kbs
Ibere ikigoryi umwihorere
Azibyakora bro
@@NkundimanaMalachie,ibisa birasabirana niyo mpamvu ushyigikiye UBUGORYI bwe arimo.
Wowe usute se Sha kado
Tuvuge ko usa na the Ben c wowe ra
Tayari ubwo agakoni ko kunda nawe urakarya ho
@@NkundimanaMalachie , ubugambo budashinga nibwo buranga IBIGORYI nkawe.
Abo batipe mwabaretse Theben ntakintu abayavuze Bruce muvandi ugiye kuzima ari wowe niba ibyo bavuga ari ukuri gusa nkuzi nkumunyabwenge birashobokako bakubeshyera niba aribyi ufite ikibazo kdi harimo nishyari bro niyo wakora kajana nanjye ndi umufana wawe ndagukundape ariko ntiwajeza aha Theben igihe ntikikakubeshye bro.kora ibyawe mukundane mukunde imiryango yanyu ubundi muteze imbere igihugu kwirirwa uvuga Ben bro amafaranga aragushuka kbsa waba udafite ubwenge wiyibagije amateka ya the Ben mbega wowe Sha twagukundaga wisubire kbsa The Ben oyeeeeee .
Bruce weee? Ushatse wacisha make kuko abanyarwanda bashobora kukwereka igihandure muburyo bwo kuguhana bikagura gusaba imbabazi. Ni wowe uri kwica umuziki wurwanda. Yabonye shaggy agirango abonye Imana ,ariko ndakurahiye iminsi yawe irageze. Ubukwe bwa the ben bwaramuriye niyo mpamvu byamucanze. Melody saba imbabazi nahubundi ushobora kwibura. Menya uwo uriwe. King James, Meddy na the ben ntuteze kubacaho. Ibyo uzakora byose ntacyo bizakumarira. Irinde utu duspace ukore umuziki.
True kbsa 💯🤝 uri umuntu wumugabo cyane ndacyeka iyi sms iyabaga yajyeraga kure
@isaacnkurunziza4918 nukuri da! Mbere yuko tuvuga umuntu tumuvuga nabi niyo byaba arugukina ujye ubanza ubitekerezeho kuko ntabwo aritwe twihemukira ,bigaruka abana bacu kuko ntitumenya aho bazahurira. Kdi sabagabo gusa, nabagore nuko. Niba uziko utazabyara (mumbarire simvuga abite icyo kibazo cyabitera, muhimure namwe Imana nigisubizo),wakora ibyo ushaka ariko ufite abana ujye wirinda kubyo uvuga. Kuko "UBA URENGA, ARIKO ABO BANA BABA BAHINGUKA". Twitondere rero ibintu byo gusebanya.
Urumusazi kbs
Umutipe yatangiye nyuma yabo bose uvuze eriko ibikorwa afite nibyindashyikirwa.
Kip it up bruce bwizukuri abashenzi turakwemera
Bruse abayishakira abamuvuga
@@NkundimanaMalachieibikorwa bimumariye iki nta kinyabupfura na gike afite se ababifite bose utekereza ko bishyira hejuru bubahuka nababakuriye? Niyiyubahe kko ari gutuma nabamufanaga tugenda tumwangira uburyo ari kubahuka abandi
The Ben nuwambere Kandi turamukunda cyane
Bruce Melody Arusha theben amabinga nigisura kibi
Igisura na talent se bihurira he
😂
Bruce numuhanga ariko arishongora kandi ben numuhanga amurusha ubwenjye kuvuga amagambo meshi sibyiza bruce njyugabanya amagambo meshi ntago iribyizape kandi uwicisha bugufi azashyirwa hejuru ben komeza wicishe bugufi lmana niyo ishyira heju akanashyira hasi harabantu bavuga ibigambo ukagirango barerewe kumihanda
Sha mvuzeko Bruce melody igikomanwa cyijya mumutwe sinabambeshye kbc nicyigoryi muzabicunge muzabibona
aliko namwe murasetsa kweli wavukira mukajagari ukanjyira ubwenjye koko The ben ni number 1 mn mureke ikigoryi Bruce melody shiti
nafashe umwanzuro ko nta device yanjye izongera gukina izongera gukina indirimbo ya bruce melody. ndabizi ntacyo ahomba ariko at the end imana izaturura ikubite hasi abiyemera
Ubundi wakwitwa gutya ukagira ubwenge koko
Igicucu Bruce melody
Ni woe gicc
Ariko ubona imbwa zidakunda kumoka ? The Ben ni Inyambo , inkotanyi ya cyane turamwubaha. Naho ureke iyo mbwa Kinyusi iba irikwasama itazi ko na level igezeho iyikesha inkotanyi.
Burus ni mayibobo numwana wo kumuhanda
Akokantu, neza nezw niko kuri
Melody ntaho uragera uzatuma bagenzi bawe bakwangaaa oroha nawe nukubera abantu utabafite ntacyo wageraho nkomeza kuvuga Ben uzacyura ubusa Ben numuntu wabantu gabanya ubu marine😢😢😢
Education is a key???
Abanyankore baca umugani ngo obutashoma nendrwara ,amashuri make nikibazo
Sha samashuri make afite gusa, ahubwo icyo yabuze nu burere bwa kibyeyi, uburere bwiza burya ni foundation nziza kumuntu, iyutabubonye rero urinda usaza ufite ikibazo.
Melody nukogisa, Ubwengebwo nibuke
Faible Melody kweli😂 ishyari ryarakurenze kabisa
Bruce melodies dumba na gasuku bamujyize nkikigoryi cyabo noneho iyo abonye yatajyiye kuzima ahita atajyira kunzamura umunwa kuri the Ben kand tiger 🐅 amurasha ubushobozi noneho icyintu kibabaza Bruce melodies nuko avuga nabi kuri the Ben namusubize naguhaye amakuru
The tiger arusha izina abo bajam bo muri Team B Bruce avuga utamwitayeho promo ntago ica kuri Tig B hejuru❤❤❤❤❤
Puuuu.nikigegerA
Ntashobora kurenga de ben
Amashyali puuuuu.
Yaramuhobeye.kuko
De ben
Alumuntu
Mwiza.stop
Bruce
Bruce melody ni mbwa ibabiriza nagaswere nyina
Bruce melody ni Shyari gusa niyo imutera kugira utugambo
Bruce merody arabizi neza ko The Ben amurusha hit ,muzitegereze neza ntamuntu ukugirira ishyari utamurusha ubushobozi.
Melody nikigoryi c'est tous
Iyulumwana ubulumwana mn melody numwana kul the beni
Sha Umuntu avuganabi ben wapi kwelii nta Ndirimbo ya melody nzongera gufunguraa ngo ndebe nakare ntanikiba kirimwo
Mn uko nuguheza inguni arkx mwibaza impamvu Ben atagira icyo Abivugaho? Ese mwibaza impamvu melody abikora? Show bizz nuko ikorwa Wana nonex muragirango ntibakore inkuru. Melody ari gushaka gushyira album hanze. Mujye mumenya ubwenge 🤔❤
Nanjye niko kuri si nzongera kureba indirimbo ye
Uko melody asa inyuma, ninako asa ku mutima. Ese ubu the ben ni umuntu wo kujya kuvuga kuri bruce melody? Urwego si rumwe kko umwe ni injiji undi ni injijuke. Melody ni injiji. Mbese ninko gukora muri bank ushinzwe abakoze kd utazi gusoma no kwandika.
Mbega urwanarwishyirahejuru simbihakanye brus uzikuririmba ariko ninkokwambika agatimba umugeniyambara kumweru ingurube ugiramagambo mabi ben sindumva akwataka ark wowe mn watuje koko
Bruce ntarakura ibyo akora byose
Ariko murinjiji mwe mwumva ibyitangaza makuru mugatikana nkubwo Melody muramutukira iki ubundi atavuze mwamukuriki haribyishi mwamuvuzeho ariko arazamuka nuburero mukomeze muvuge cyane
Bruce nabiriyabizuru umunsumwe azabura nabamutiza musoro yokubihanagura bro rekana nicyogihomorangoni bruce theben nimfura yabanyarwanda hejurucyane
Merod turakwemera👍
Bruce umurebye agaragara nkumuswa
Mbere nari nziko Bruce Melody afite ubwenge.!!!!
Wowe ubufite turakuzix😂
Wowe ubufite turakuzix😂
Nishyari
Melody aribeshy Cyn ntamunsi numwe azigera aza hejuru ya Ben
Positive thought ni 1.
Wabona Ari umugore mwiza amuziza
Melody ni ikigoryi cyuzuye ishyari gusa mu gitwe cyacyo.
Ugize kuba uri mubi none nikinyabupfura gituma umuntu akundwa ntacyo wifitiye🤔 the ben arakurenze muri byose papa kuba adakora umuziki cyane suko bimunaniye hubwo afite ibindi ahugiyemo ghee, hubwo gira umwigane ukore igikwe ugabanye ishyari rirakumaze pe
Bruce ningurube peee
Mbona sometimes abanyamakuru ba showbi muri ijiji cyane. Abahani bibereye mugatwiko namwe muraho murasamye. Ubu se igitaramo cya The Ben nticyavuwe cyane binyuze muri ubu buryo? Munyihanganire ko mbise injiji , ariko niko kuri.
Kiriya ukogisa ninako kivuga ubundi nimwemumutiza umurindi kd buriya azikoharagahora gahanze Ben numuntu urenze kd ufitebyishi kbx bimugira uwariwe.
Inkirabuheri niko zimera.!! Uyu Bruce ni ikigoryi kiraho we umusi yazimye ni burundu.
Sha agira ishyari kandi siryiza pe
Ariko se mumbwire ababizi, ubundi bruce aziza iki the ben? Numvise ko ngo baba bashaka views ariko se bruce ko tumukunda, indirimbo ze nange simfana ariko pe ndazikunda ariko se inyungu ari gukura muri iyi agression ni iyihe? None se siwe nahoze mbona ejobundi akora mu kiganza cya President? Buriya yumvise aya magambo usibye ko wenda atanabibonera akanya, ubu ntiyamugaya?? Mbega Bruce🤭🤭🤭
The Ben na Meddy,Tom close,King James nibo bahanzi babanyabwenge dufite
Aba bagabo barezwe pe reba Tom nyina yakoranye na H E musaza,Ben nyina ni pasiteri,medi mama we nu mu kristu,king jemus numwana wamvukiye mugikoma cya voca .ubuse babuzwa niki kumenya ubwenge ni kinyabumfura.bruce we numwana windaya ikanombe yaryaga ibyo atoraguye mukimoteri buriya ntazi se.ubuse yabuzwa niki kuba IDISPrine
Bruce urikigoryi ubona utavuze theben utazamuka mumuziki ???
Ark mwagiye mureba ntaho umuntu yakuriye iyo marine yagira Discpline iyikiyehe
ese yishingikiriza iki koko, gusa inzego zibitekerezeho kuko guha ijambo ahantu nkahariya umuntu nka melody ntaho yadugeza nkurubyiruko ntanimbuto nziza twamukuraho
Bruce melody aragaswerenyina amaze kwiyemera iyonyanayimwa yurutwegusa nibinwa
Iryo bingwa gusa ndakwanze pe ben ntiyagusubiza kuko urinjiji mbiiii
Ibyo wowed uvuga ni ukuri gusa uza kuvuga ibyo batagutumye Ben yagusabye ku muvugira?wowe ujya mubyo gusesengura ikinyarwanda niwowe mubi bro
Narinko Uzi ubwege arko urikimara melodi we
theben arakurenze wabwawe warumufana wa theben none uriyemera
Uburere ningenzi tujye tubyemera ,ibyo uzatunga byose ugakomeza kuba inyagasozi tuguhanze amaso
Bruce melodie agendera kwi zina rya The Ben kugirango avugwe…😂
Ni akagoryi bya hatari..
Kinyusi ni idage kbxaaa
Umwana Ahola Arumwana
Melody ajye ananyuzamo yibukeko arikwisi Kandi idasakaye
That's show bizi mz nawe urikuvuga melody kugirango nawe uzamuke unavugwe nnex kutavuze dumba wabitangiye avuga ko yazimye
Bruce Melody azatuma abantu bose bamuzinuka, n'abari bamushyigikiye bamuveho rwose, jye nsinjya nkunda gukurukirana ibya Muziki ariko numvise ibyo yavuze ndababara. Ashatse yagenza gake kuko arebye nabi uko yazamutse niko yamanuka, kdi kumanuka byo birihuta kurusha kuzamuka, ubu se guhora atuka Meddy na the Ben bizamugeza kuki uretse kumwongerera abanzi😹
Bruce Melody niba arumwami wumuziki yagakwiye kwiyubaha hubwo icyigaragara theben ararenze kukic Melody aho amwataka kugirango ibinyamakuru bikunde bimuvuge king ni tiger 🐅 melody nazi no gusigasira izina afite nazi nagaciro karto😊😅
Bruce melody ntaritahura nimba abona abana bimfura zurwanda zimuha amatwi bakamwumviriza ntiyibazko aturutira inkotanyi yacu The Ben so yikebuk uyo mutype agabany utujambo jambo
Melody ntakosa afite mn kd ntanabi yavuze nuko mwe mushaka kubiha uburenganzira ese ubwo wowe ntibiguhaye akaryo ubuse kiba urikuvuga kuki ahubwo wagakwiye kumushimira kuko yaguhaye content
Kuburyo nubwo waba ntabwonko ufite wakwishimira ikibi cyaba kuri mugenzi wawe? Noneho ukanabishyira hanze? Ngo "nazime"
Ntimugashyigikire amafuti.
Nigitwa
Bruce nikigoryi
Melody agira amagambo atameshe kuko imvugoze zuzuyemo ubwishongozi kdi ntaranakura mumutwe
Kwishongora ni ngombwa
Ibikorwa afite birabimwemerera
Ukombibona nikinge Bruce yamaze guhahamuka afitubwobako Ben nafata umwanya akajyamumuzik Bruce yamaze kwikanga peee nishyari afite peeee
Melody akunda gucururiza kur ben bruh kuko ben afite fame foo knd you know it's business nkabo melody iriya bef mbanza imuha umugati
Ariko icyo mwaretse kugitaho umwanya Ben simayibobo nkiyo mpyisi
Impanvu amutuka nuko amujyirira ishyari
Mn ntuzongere kuvuga ngo yasuzuguye the ben kuko biriya sukumusuzugura ahubwo nukwisuzuza kuko nyine akomeje gushimangirako amuzamukira ntaho bahuriye kbs ikindi kd abafana ba The ben ntitwababaye pee ahubwo hababare abafana ba Melody kuko birabaje kwisanga ufite ubwenge ariko ukaba umufana wumuntu utagira ubwenge erega melody aciyebugufi cyane mubwonko mwimurenga kuko mubysanzwe nikigoryi ahubwo mbabajwe nabafana bee
Bruce n.umunyarwenya
Ubundise Bruce ninde!!!; akoribiki!!!
Melody and yitangira show some wakigabowe ufana Ben birazwi ark mujye muvanaho ubugoryi ahubwo mwebww
Bruce niba ababwije ukuri kuki murarakara
Ben yarazimyee ahibwo aranazimangana
Look bro the ben is great artists is legend in Rwandan industry actually is past his prime melody has been in the industry for years and it seems this is his year no doubt but thts not the way people treat legends no no no so melody is competing with guy who is out of his prime thts lame mehn forexample it's like Messi and christiano starting to compete with halaand and mbappe it doesn't not work like that in the game
melody is a legend too
Nukuri kabisa abantu ntago bemera bruce ararenze ikindi Ben yaje kugirango amuzakukireho abinyujije kubanyamakurube binkora mutima nogutanga amafaranga yogusebya bruce mu Burundi no murwanda
@@SedolpheUwimanahhhhhhhhhh ibyo uvuga ntabyo uzii
Hana education ndo maana, es yaserukiye abanyarwanda mur Rwanda day ajahe????
Melody ntabye iyo uvugumuntu kangahe atagusubiza aba yakubonyemo ubwana so Tiger🐯 ntakintu atarusha melody
Arega kutiga ni ukunyagwa the guy one will regret kbs one day
Turabizi ko ushyigikira the Ben turabizi cn gs nabirenze birimo. Noneko ubiziko ari show bizi bikubabaza gute jyukurikira nahandi mn nijye kure jya Tanzania wumve wikumvako arurundi rwango Wana
iyi ni showbuzzy mn ntarwango rurimo ntimugakabiriz ibintu
Ndi umufana wa melody !! Ari ntakinyabupfura agira
Bruce inkirabuheri nta kindi yavuga erega iyo avuze Ben aba trend amuriraho bro mukwiye kumva ikinyusi bana
Kutiga birakanyagwa
Bruce ivyakora ntazi ivyarivyo niyompamv ntakwigera mba umu fana wiwe
Kutiga biragatsirwa melody wagirango yarerewe mwishyamba
Ibibintu birakabije Bruce stop 🛑 please jya wiyubaha mumagambo uvuga
Wowe se the Ben niso ko numva wabigize birebire bruce ari gushaka kugarura the ben mumatwi yacu kuko yazimye
Ziba
@@jeanclaudemuvunyi5161 🤣🤣🤣
@@jeanclaudemuvunyi5161 murakoze😂
ibi bizarangira amanuwe nitangazamakuru, bizarangira ataramira abanyamahanga bonyine
Ariko abanyamakuru ba showbiz murwanda mwabaye mute? mazekubona ko mutari abanyamwuga mutanazi ibyo mukora! Ibintu nkibi bifasha abahanzi gukomeza bavugwa cyane. Ntimunarebera kuri Tanzania uko Diamond na Alikiba bimeze kandi bikanafasha abobahanzi gukora cyane!
Arko nibaza kinyusi avugako afite hits ayifitehe murwanda kuri stage abantu baba bakonje hanze y'Urwanda nagahimamunwa ASE shn ubundi ubwobunyacyaro byutugambo wajyumenyako wimutse😂😂😂
Melody agira akajagari muriwe ubanza aruko avuka mukajagari kbs ubugegera ntiburamushiramo