Ndagushimye MANA yanjye ko wanyimanye imyaka yose ishije, ndagushimye ko wabanye nanjye mu kwezi kwa 1 dusoje warinze umuryango wanjye n' igihugu cyanjye lzina ryawe rihabwe icyubahiro 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Mana ndagushimiye ko watinze umutware wange n'abana bange Ku mashuri bigaho Alléluia.Allelua,Alléluia,alléluia,alléluia,Alléluia,alleluyaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaà.Amen,Amen,Amen,Amen,Amen,Amen,Amen.
Hallelujah Hallelujah Hallelujah Urakoze Mwami😢😢😢 Erega ibyo ugambiriye kutugirira ni ibyiza si ibibi, Hallelujah Hallelujah 🙌🙌🙌 Ushimwe ko umpuje n' umugisha wanjye maze igihe nsengera Yesu ndakwizeye Papa Kuko icyo uvuze kingana nicyo ukoze 😢😢😢😢🎉🎉🎉🙏🙏🙏🙏🙏
Nshimye imana ko mbohotse Amen 🙏🙏🙏🙏🙏🙏 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏 nakiriye umugisha wi Mana .
Amen aaaaa nanjye ndasaba ngo imana igarure amahoro murugo rwanjye knd moere ubuzima namahoro kubana banjye ndetse lmpere abana akazi Kandi kumugiaha 🙏🙏🙏🙏
Amen Amen Amen
Halleluajahhhhhhhhh. Nakiriye umugisha wanjye, nakiriye kubohokana n'abanjye in the name of Jesus. Imana ishimwe kandi isingizwe iteka ryose
Umugisha wanjye ndawakiriye mu izina rya Yesu,kd ndi kubibona ko ndi kuwusingira Amina.
Ndashima Imana immune umugisha wayo wo guhabwa akazi keza .Ikangabira ntamahera nkaba ngiye kuriha madeni mfise .Ikomeze kungirira neza impezagirire umuryango 'abana. Umugisha akomere gutera aja imbere mukazi kiwe Uhoraho aduhunde amahoro' amagara meza n'umutima w'ukuyikunde n'ukuyikorera amen amen
Amen ndakiroye umugisha wanje mw'izina rya Yezu.
Yesu aguhe umugisha. Nakiriye ubuhanuzi bwuku kwezi kdi ndizeye ko lmana lzampuza numugisha wanjye.lmana yamahoro ikomeze kukwagura
Ndashimiye Imana uku kwezi umpuje numugisha wanje amen
Amen ndakiye imigisha yukukwezi.imana ibiherebwe icubahiro
Hareluya Hareluya hareluyaaaaaa shimwa mana uvugabikaba
Ndagushimye MANA yanjye ko wanyimanye imyaka yose ishije, ndagushimye ko wabanye nanjye mu kwezi kwa 1 dusoje warinze umuryango wanjye n' igihugu cyanjye lzina ryawe rihabwe icyubahiro 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Nyirahakuziyaremye Marie
Nshimiyimana ko impuje n,umugisha wange
Ikaba ikuye irwara mumubiri wange
Haleluaaa, Haleluaa a ,haleluaaa
Nange nkwifurije umugisha w,Imana nab awe Bose amena
Ndashimira Imana ko muruku kwezi kwa kabiri impuje numugisha wanjye ngiye guhura nurushako rwanjye ngiye guhura numugisha wa kazi ,ngiye kwiga kaminuza bitangoye ngiye gukorera Imana ntanzitizi.
Amen Amen Amen ndavyakiriye mana urakoze mana
Nitwa,Bucumi Jonathan ndashimira Imana ko nakiriye ubuhanuzi,bw'uku ukwezi kwa kabiri,Amen!!!
Ndashimira Imana ko mbohotse,Amen!!!
Ndashimimanako lmana impuje numugisha wanjye wakazi ikaba inyakirije ninyenyeri ikaba inkijije nuburwayi igakiza namama namusanabera nishimwe Amen.
Ndashimirimanako nakariye umugisha mwukukwezi kwa kabiri twinjiyemwo ❤️❤️
AMEN ndakiriye umugisha wanje AMEN
Nitwakankundiye,jacki,shimye,imana,komurikukwezi,kwakabiri,imana,imujenumugishawange,Amen🤲
Ndashimira Imana ko Imana immune n'umugisha wanje wo kuronka akazi keza amen
Ndasaba Uwiteka afate inkoni mwereke ibyo ankubitira mwizina rya Yesu amen
UWITEKA Shimwa nakiriye imbabazi utugiriye jye mumuryango
Wanjye ninshuti zacu ukaba utubohoye udukuyeho imbaraga zose zaturwanyaga.shimwaMANA Haleluaaaaaaa
Ndashimira Imana ko mbohotse amen
Nshimiye Imana ko yakije, igaruye inyenyeri yanjye y'umugisha yari yaribwe
Haleluya haleluyaaa
I receive God's blessings 🙌
Mana ndagushimiye ko watinze umutware wange n'abana bange Ku mashuri bigaho Alléluia.Allelua,Alléluia,alléluia,alléluia,Alléluia,alleluyaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaà.Amen,Amen,Amen,Amen,Amen,Amen,Amen.
❤nibisenyeIbitu oshyeAme!!!
Gewe Nunguyubudi Desire nshimiye Imana ko impuje n'umugisha wange muri uku kwezi kwa kabiri maze igihe nywirukaho ariko sinywushyikire
Amen ndakiriy kubohoka muruku kwezi Kandi ndashimiy lmana kwimpishij abarozi
Ndashima Imana komuri ukukwezi kwa 2 Imana impuje numugisha wanjye
Amen ndizeye
Imana ishimwe ko ninjiye mumuhisha wanjye kdi ishimwe ko imbohoye njye nabanjye Amen hallelujah
Nitwa Mukazitoni olive Ndashima imana ko murukukwezi kwa kabiri impuje numugisha wanjye.
Ndashimira Imana ko ngiye guhura numugisha wanjye❤
Ndabohotse mwizina rya.yesu
Ameni
Imana ishimwe kwimbohoye
Nanje ndakiriye Mugisha wanje🙏
Njewe uwitonze Florence ndashima imana konakiriye umugisha wanje
Nitwa,BucumiJonathan,ndashimiraImana,ko nakiriye ikihisha yanje,muru ukwezi Kwa kabiri,Amen!!!
Ndashima Imana ko impuje n'umugisha wanjye muri uku kwezi Kwa kabiri
Halleluya halleluya ndashima imana ko mbohotse kd ko nakiriye kd data ashimwe ko anyakirije inyenyeri yumugisha
Turamahoro mubyeyi❤
Urakoze mana kuba umpuje numugisha wanjye Nitwa innocent
Nakiriye kuziturwa n,lmana
Hallelujah ameeedn
Imana ishimwe ko mbohotse Kandi uburinzi bwimana bukomeze kungota
Haleluyaaaaaaaa nakiriye kubohoka amena
Amen lmana niduhuze nawo
Amavuta amavuta mubyeyi❤
Nnange ntumpiteho mukiza hame. Numuryango wange uduhe umugisha mwizina ryawe
Nitwa Mpundu Elsa Raïssa ndashima Imana kuku kwezi 2 impuje numugisha wanje
Ndashimira Imana ko tutarwaye kandi tukaba tutarwaje🙏
Urakoze Mana yanjye amen amen
Nanjye nitwa joy lmana yarandinze cyn narindi mubihe bingoye ndikuribwa numubiri ark ubu ndashima imana koyanyimanye akakanya ntabubashya ndabona ark nicyira inzira nzayishimira
Mana,mpuza n umugisha wanjye,n urubyaro rwanjye uruhuze n umugisha w urushako n akazi kutagafite
Ndashima imana kimuje numugisha wange
Imana ishimwe
Amena ndashima imana kondandinze numuryago wanje nakiriye umugisha wamafaranga amadeni wapi nakiriyu mugisha wamafaranga yanje ndizeye
Nakiriye imyenyeri yanje halleruya amen
Ndashima Imana kombohotse ivyari vyaramboshe vyose Imana ishimwe
Amen Amen thank you God🙌
Ndashimira Imana ko mbohotse
Urakoze Miami Yesu kumbohora
Nongeye kwakira umugisha w'amafaranga.Satani Yari yaranteje amadini ndamutsinze mu izina rya Yesu.
Imana ishimwe cyane
Nitwa Uwitonze Rosalie nakiriye kubohoka mwizina rya Yesu
Mana weeeee ndagushimiye ko ugiye kumpuza numugisha wanjye
Ndabohotse nitwa Grace
Mana urakoze kumpa ibyumugisha
Ndakiriye gukira irwara muruku kwezi 2 yari mumuraso yanje igihe kinini Imana ishimwe
nshimyeyesuAtabaraAmena!!!!Amena
Ndashima,lMana,yukomurukukwezi,2,lMana,yongeyekugarura,inyenyeriyange,yumugisha,lMana,irayakije,halleuyyyyyyyyyyyyyyyy,shimwa,Mana
Mama ndagushimye ko umbohoye umutware wanjye Nabana banjye bose ukabaubabohoye
Ndashimimana kigiye ku muza numugisha wanjye nitwa Ernestine uwifashishije
Alleluia Alleluia Alleluia Alleluia Alleluia Alleluia Alleluia
Amen
Nitwa eugenie ndumurundikazi,umumama wabana babiri,ndagushimiy mana kugiye kumpuza numugisha wanje.
Ndagushimye mama ko murukukwezi kwa kabiri umpuje nimigisha yanjye
Ndashima mana konage mujenumugisha wange murukukwezi 2 mana ishimwe
Naj nitwa erevis irankunda ndashima imana kwimpuje numugisha wanje
Nagiye guhura numugisha wanjye muri uku kwezi
Amen Amen Amen
Nshimye mana yomwijuru kwimbohoye ingoyi yabarozi
Shimwa MaNa,kukowanyimanye
Ameeeen
Ndakirye mana urakoze
Ndawakiriye mwizina rya yezu
Ndashimi mana koyandinze ikandindiru muryango hakaba ntagikuba cyatsitse narabona gabikomeye imana yarakoze kutwimana
Mana ndagushimira ko ungaruriye unyenyeri yumugisha wanjye shitani yari yaribye
Ndakiye kubohoka
Ndashima imana kuyandinze ingwara
Ameeeeeeeen
Nitwa,Mpatswenumugabo,EMmanuer,ndashima,lMana,yuko,impujenumugishawange
Turakiye kubohok ivyabaroz nabarozi kazi batugiriye vyose birarangiye mwizina. Rya yes ibiter vyabadayimoni vyose turakiye imigisha yacu
Mana ndagushimira ko ukukwezi kwa2 umbohoye ni mukansanga odette
Ndagushimira ko umbohoye
Ndayakiriye inyenyeri yange yumugisha ni mukansanga odette
Mana ndagushimira ko umbohoye aho nari narazirikiwe.
Uragarutse nimyukamibi yawe
Ni Pelagie bazakirizwa he ko bongeye gufunga insengero?