Ariko mana!!!! I love mama Betty numubyeyi ushira mugaciro. Nkunda uko yakunze akanagira inama Scott , uburyo yihanganye mubihe bikomeye umugabo we arı mugihombo, and many more. Yannick thanks for My Heart Films
Respect to All funs of my heart amahiro imigisha ikomeze isakare kubakunzi ba my❤ ahuriwese wihe akant kuko urumunt wumugabo ababyumva nkanjye hejuru❤❤❤❤
Mutubabarire ibya Suzi bimenyekane ko yatse ramberi,ikindi nana asame ,Bella ashake Aho aba agiye kbs my❤ turayikunda sana, abo duhuje munyihere like
Namafaranga ya bijiyobija bayazane
Ko muyirangije turasigara tureba iki?
Film Yaba irangiye rwose
Nimba ñawe uhise wirukira muri comment nkanjye ukaba unakunda daddy siga like hashyeee❤
Kambisa ejo amatsiko yasingaye arimenshi
@@Uwimana-l1l eeeh cyane kbx
Uziko kasha yarari guca imirongo hasi yakibariko hasi
Number one muze turebe my heart nibwo igiye gutangira bantu bange
Ahwiiiii narinabuze amahoro peuh gusa mbaye uwambere my heart ❤❤❤ daddy love you
❤❤❤
Number One musige akalike kbs abakunda my heart ❤❤
Killaman niyihanize kasha kuko amaze kumenyera abantu Bose ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Abanu bishimiye ko Yannick ahuye na kasha nimusigire like ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uko
Nabitekerezaga siko bigenze pe😥😥😥😥
Ok
@@niyobuhungirofrancine4316😂😂😂wumvaga biragenda bite se?
Ubu uyumunsi killa ahura na kasha twari tuwutegereje cyane.
uwumva ko kasha yahanwa nampe like
ddy iyi foto iri profil isobanuye ko aribwo my heart itangiye ubyumva nkajye nampe like
Amahirwe mugize nuko muzehe ntawuhali ngo ahite abivugabyose ❤❤❤❤❤❤❤❤ mpise gira Andi matsiko umunsi muzehe geregwali yamenyeko kasha aliwe wari wagize ya Nike kwa kindi cg mama Wakashan na papa kasha bakamenya ibyo kasha yakoreye ya Nike ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Bazamuca ndetse bibaviremo urwango no kwa bijiyobija.Gusa ariya mafaranga papa kasha abitse ya mzee geregwari niyo ashobora kuzongera kubahuza nayamuha bashwanye.Kimwe nkuko ashobora no kuyaheza burundu
Ndabaramukij abari murukundo n'a my Heart mutor agatebe turab kash nayanik twaritubirindiriy❤❤❤❤❤❤❤❤
Mbaye uwambere nimumpe like❤❤
Nambar1 nimusigire like nimba mwarimwatindiwe❤❤❤❤❤❤❤❤narindimugahinda kubera gutinda abamezenkage nimusigire like ❤❤❤
Hllo ngew ndifuzako Kelly abana na chriss
Bella bawirukane ababyumva gutyo mumpe aka like
❤
Abakunda couple ya Dave na Benitha tumenyane mwihute.❤❤❤ Benitha much love and respect ❤❤❤❤❤❤
Abantu mwarimuziko hahiye mukaba mutunguwe mumpe like
Cyakoze nanjye narinziko hagiye gusha gusa ukuntu yanick yiyeretse kasha ntago ari sawa
Chia
Uwo ninjye pe. Kbx numvaga ko nibahura hazashya none ndebera ibibaye 😢😢😢😢😢
@@EmmanuelTuratsinze-ek1oy aratunguranye
@@niyobuhungirofrancine4316 aradutengushye pe
Niba harumuntu ubonye ijisho dady arebye ahobeye cash nampe like weeee❤❤❤
Kasha we yanick araje iruke uyumunsi mana numuriro,,🔥🔥🔥🔥
Waw number one Niyonshuti uradutwikira tukishima.
Ilove you daddy ninge utanze comment mbere mume like
Mbayuwa gatanu from Uganda 🇺🇬
Wawu Yannick na nyambo mwagitinze neza cyane ababibona
Cyaneee Kuko ntakinu amakashi yaceka mubyo barikupangira byox
Mbaye uwa1❤❤❤❤
Guys abashyigicyiye ko daddy aduha ind episode musige like❤❤❤
Ntago mukurikira filimu zanyu nyambo ntago kasha yakubise yanice ari kuvugira kuri 4ne yamuteze umuntu mumuhanda muge mukuriki firime mukina ndabakunda ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Sinari kuhava itarasohoka thanks Daddy❤❤❤
Number one like hafaho
Twari tuyitegereje namatsiko menshi to be ❤❤
Najye my heart narinyikumbuye kuyireba gusa❤❤❤❤❤❤
Abashakako ibya Suzi bimenyekana byose mumpe like 👍👍👍👍👍
Incwiiiii mama Natashya iyo numvise inyigisho zawe ndagukunda cyaneeeee mugore mwiza,ubanza no mubuzima busanzwe ariko umeze mubyeyi
Turamubona ahantu
amenaho umusore amazi aje
kureba umukobwa we
?@@AnithaPendo-u6b😂😂😂😂😂😂
Ahise amera nkimboga zibisusa zikubiswe numwuka peeeee sha natekereza nga ko urahita usara peeee kasha Iryarya ihimwa niryamirizi kasha we akawe karashobotse wawouuuuuuuuu ndanyuzwe peeee❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤❤
Narinziko.njyiye.kureba.imijyeri.na.karate😊😊😊😊😊😊
Nanjye narintegereje killaman hejuru
Umusa
Number one
Ubundi nibi narinegerej❤❤
Ahwiiii kasha ubaye imboga pe
Kabaye. Kasha kamubayeho
Mbaye uwa mbere aho nabereye
Number 1 nabera kbsa mbayuwambere
No 1 mumpe like❤❤❤
Killa nawe ndagutanze pe
Gusa ongeramo imbaraga abana bawe turagukundaga
Twari tuyitegereje peeee❤thank you daddy ❤
❤❤❤❤kasha bamumpere isomo kbx
Ariko mana!!!! I love mama Betty numubyeyi ushira mugaciro. Nkunda uko yakunze akanagira inama Scott , uburyo yihanganye mubihe bikomeye umugabo we arı mugihombo, and many more. Yannick thanks for My Heart Films
Woow 👍
Abazindutse nkange like haf
Sinkunze uburyo daddy yabikozemo guhura nakasha narinziko bazahura atimbura none kwer🤔🤔🤔🤔
Nanjyepe
Aratubabaje namatsiko twari dufite
Nange Mbonye guhura kwabo ntagishamaje mbonyemo
@@niyobuhungirofrancine4316you
Ndebera we😢
Nange narinziko ynik nahura na kasha azahita amufata mwizozi ubundi kasha bakamujwigiriza
Imana nsenga yumve amasegesho yanjye Kasha ave munsira arambiye amantu benshii mukwigira icyihebe 😅😅😅😅
Mbaye uwa 1
Number one❤❤😂🎉
Nange nahageze daddy turakwemera cyane komereza aho
Thanks daddy mwiza
Nbr One abakunda Killa like here ❤
One ❤❤❤narimparyamye kbx mbaye uwambere like ❤❤
Mwari mwandishije umutima koko😢❤
Daddy mujye mugerageza harigihe ishusho rizamo igihu p
Mwese abishimiye ko kasha yihuriye na yanike mumpe like ❤
Abantu mwishimie ifatwa rya kasha mumpe like turyoherwe
Afashwe nandes
Urakoze daddy turakwemera
Ahwiii narinabuze amahoro kubera gutinda ariko urakoze kudutamo kbx daddy thank
Number two mume like
Kasha iminsi iragwira îgahimwa numwe
Ahaaaaaaa✍️✍️✍️✍️araje uwo twategereje yitwa Yannick 👌👌👌👌kasha ayo wonse aragushiramo wanze ukunze.Yannick asanze wateye bijiyobija mu rugo😳😳😳😳 umubyeyi wamutabaye😳😳😳😳twishimiye Dave na Benitha 👌👌👌👌Jojo iki nicyo gihe cyo kwanga kasha ndetse ukanamuzinukwa.Mwakoze cyane turishimye
Mbaye uwa mbere sha
Iyi episode yabishye kbx narinziko kasha agiye kuryingumi
Yg ra cg akiruka basi
Daddy aradutengushyep
Ariko guhana umuntu ntabwo ari kumukubita
@@UwingabireDivine-x2hnubundi turabiz ko arazamuhana amukubita ark bidakuyeho ko yadutengushy😂
Oya ahise amwerekako abizi byaba bipfuye agahita amurangiza ark azamwice gake gake
I strongly agree with them ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
My heart 💕 my happiness
Number one ♥️🥰
Uyumunsi ntabubrisite nashakaga yantindiye ngo nirebere kasha
Wawooo mbega ibintu narintegereje weeee
Daddy turagukunda cyane peee❤❤❤❤❤❤❤
Nkomeza mba Uwa mbere
Abumvako kasha bamuhe ibye nkanjye mume like twimanukire
Mbega byiza weee daddy ndakwemeyepe ❤
Mbaye uwambere mume like 🎉🎉🎉❤❤❤❤
Que lindo ❤❤❤❤
Tayari umunsi narinkumbuye nuyu kbx daddy wacu mbabarira wihanize kasha umuhereze isomo kuburyo atazongera kugira nabi gusa ndumva nishimye pe♥️♥️♥️♥️♥️♥️
My heart yaryoshye sasa❤❤❤❤
Respect to All funs of my heart amahiro imigisha ikomeze isakare kubakunzi ba my❤ ahuriwese wihe akant kuko urumunt wumugabo ababyumva nkanjye hejuru❤❤❤❤
❤❤❤
Abantu yanick atengushe nkange musige like narinziko hazashya ndababaye😢😢😢
Mukunda intambara 😂😂😂😂😂
Oya ntabwo Ari ugukunda intambara none kasha yari mubiki
Sha numbaga Yannick ahita aniga cya kasha Mana yanjye mbega agahinda birambabaje❤❤
😂😂😂😂😂nyamara Yannick atinya kasha
😂😂😂😂😂uri feke shahu. Gsa nange arantengushye uko nari niteze ko yitwara si ko bigenze😂😂
@@BenithaUwamahoro-v8d Ntawamenya kuko bamwe barabyemeza abandi bakabihakana😂😂😂😂
Ibintu byose bikujyenda bijya muburyo kwa kasha na Yannick Suzi we amakana aramwishe❤❤❤❤❤❤❤
Ivya kasha bigiye kujahabona mana weee ndabona daddy agiye kumusubiriza mundumane kwl kuvyoyamukoreye kasha irwawe rurashitse pe ❤❤❤🇪🇬🇪🇬🇪🇬♥️♥️🇧🇮🇧🇮
Ndabakunda cyaneee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Hhhhhhhh mwahajyeze😂😂❤❤
Murahonez babyey batwigish amasom yubuzim turabakunda cyan gus nifuzak Kash mwamukanir urumukwiriy akarek kubangamir abantu.
Mwari mwadutindiye pee
Daddy mpa like pe😂😂😂
Mbega ukuntu nari ndegeye shahu😂 numvaga nahamagara killaman rwose 😂😂😂😂😂😂
Hhhhhhh twari duhuje imipangu❤❤
Daddy uyumunsi uradukomye
My heart ❤daddy Imana ijye iguhe imigisha ♥️🙏🙏🙏
The wait is over ❤❤
The first
Mwari muraho ariko 🎉🎉🎉
We are appreciate you dady
My heart ndayikunda cyane kbx
Daddy noneho najye nje muba mbere koko icyo nkwatse pfasha uza mpuze na Pely ndamukunda cyane mbanumva twahura
Chris arikwicukurira imva hasigaye kwirenzaho nitaka heeee
Ahwiiii noneh daddy turaryohewe 🙏🙏🙌🫡🫡
Ndabikukunzepe💞💞💞💞💞💞💞💁
Ahwiii abo twizera baradukoza isoni koko, Munguwe Chris, Willy icuti ni Yesu gusa pe
Daddy dufashe bella umushakire Aho abagiye nana asame ubundi my ❤iryohe nukuri