UMUSORE UVUYE I KUZIMU ADUTEYE UBWOBA💔Aba Bahanzi MukunzeTwakuraga IMBARAGA HAMWE😭IMITI BAKORESHA🔥
Вставка
- Опубліковано 12 вер 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Uyumuntu ibyavuga nukuri nuwo yabonye ni Yesu wa original Imana iguhumugisha kuko urumwana wubugingo niyompamvu Yesu yaje kukwirebera ikuzimu agasigayo izongirwa bapasteur bene data Ufite ugutwi niyumve icyo umwuka abwira amatorero❤
Yesu Yaramutabaye! Glory to God 🙌
Original one!!! Our King and Saviour JESUS CHRIST my Superhero
Urakoze kuduhwitura. umuntu wese ukunda itorero rya Kristu ajye ahora asengera abantu bose bigisha ijambo ry IMANA kugirango umwuka wera abuzure.Yewe nurisobanurira abo mu rugo rwe.YEZU UTWUZUZE IMBARAGA TUVE MU BITOTSI🙏
Ni ngombwa kabisa, kuko ibitero by satani ntibyoroshe.
Nugusenga pe dushyizeho umwete
Kristo Yesu weee, murengezi w'ubugingo bwacu; dukomereze amaboko Nyakubahwa Imana😭. Ni ukuri uru rugendo rugana iwacu mu ijuru kwa Data ruraruhije cyane ariko tugufite ntidukeneye undi murengezi mukiza mwiza. Dufashe kwomatana nawe mukunzi mwiza kandi uduhe kuzarangiza urugendo amahoro tutaguye isari. Shimwa iteka ryose kuko uri umwami mwiza Yesu ❤❤🙏🙏
Pamphire wagiye ubivuga ndabyibuka. Bagutuka. Ariko. Benshi Imana irabatumye
Yesu abahe umugisha, Pamphile Uharaho agukomerez amaboko
Ukora ibiganiro benshi batokora kuko birimwo ukuri, ntutinye Yesu niw abihagarariy. Courage. Icy,imirimbo tukirindiranye igishika. From Burundi
Yewe Birakomeye! Pamphile rero ndumva wumva byinshi cyane kandi ukamenya benshi cyane. JYUKOMEZA kuducira amarenga kugira ngo benshi bahungu abo bantu.
Abigumana wenyine
Egoko Ntabwo bizoroha Ariko Imana niyo itanga kwamamaza nyakwamamara niyo itanga gukomera nyagukomera, Uwiteka niwe Mana Uwiteka niwe Mana
Mana yanjye. Uyu mukozi w'Imana arakoze kuko avuze ibyo yabonye uko biri ntabikabyo bye ashyizemo. Ubutumwa bwe mbukuyemo ijambo ry'Imana rikomeye. Imana imuhe umugisha
Reka ngufashe wowe ufite ikibazo cyabana ntuzi ko hari abajya mubapfumu gushaka urubyaro uwo mwana utanzwe numupfumu nawe ABA Ari hafu umuntu nahafu umudaimoni ikindi umwana ukomoka mumuryango udakijijwe avukana ibyaha byakarande kuko abyawe numuntu ariko iyo ababyeyi bakijijwe umwana akiri Munda yanyina bihata gusengera wamwana bamuhonga mumaraso y'aYESU aho satani ABA adafite ubushobozi kuri wamwana icyonsvuga buri mubyeyi numenya ko utwite tangira gusengera uwo utwite umuhonga mumaraso y'aYESU kugirango abeho uburinzi bwijiru nfite byinshi nabovugaho tuganiriye ariko kwandika muri comment ntibishoboka mirakoze
IMana ishimwe kubwimbabazi zayo🙌🙌 nukuri dusabe Umwuka wera w'Imana abariwe utuyobora muri byose.
Murakoze .icyo kiganiro kijyanye n'imirimbo ndagitegereje cyane.
Ndabizi kuko naje imana yakuyeyo Kandi yesu ariho Nara muboye nasitani ndamuzi imana ibare kuko yakukuhe
Muraho benedata nukuri dusohoye mubihe byanyuma Imana iturengere
Azaza Yesu 🙌🙌🙌 ntazatinda🙏🙏🙏. Mwami Yesu undinde kugwa isari 😭😭😭
Dusenge cyane kuko muri ibi bihe turimo birakomeye,nsigaye ntinya umuntu pe nukutubona tujyenda kumbi ni dayimoni gusa zijyendera.
Imana Niyo yokutwambika Imbaraga. Nyinshi biteye ubwoba
Ufite ijwi ryiza disi, "Azaza vuba Yesu".
Pamphile we ,ufite amabanga menshi y'abantu pe.nukubona bujuje za Étage battage benz kandi bibera mu mwijima kandi ikibabaje iyo bapfuyebarabisiga.ubundi rusuferi akabakira.
*Amen Amen🙏*
*Imana Yacu ni nziza, tuizamuriye icyubahiro cyayo.*
*Imana Ishimwe cyane ko Yagutabaye kandi natwe abizera Umwuka Wera atwomeho.👏👏🙏*
yooo,nukuri Imana ikubabarire
Mwiriwe uzabavuge kuko uhishira umurozi akakumaraho urubyaro adasize nababaturanyi abo bayobeje benshi cyane muvuge kuko igituma Imana ibereka ibyo abandi batabona nukugira ngo mutabare intama ziri mumazi abwira.
Mana yanje niyompamvu abahanzi babakobwa baririmba bisize ibirangi ntafaswa bambaye namapantaro
Pamphile,aho uvuze ngo ntujya utegura ikiganiro,ndabishimye kuko iyo umubaza uba utubariza,mugihe iyo mwaganiriye mbere mukaza kuri camera,limwe na limwe hari ibyo mwasimbuka.
Ewe Pamphile nkundukuntu umbariza ivyontariko ndatahura neza
Nukuri nanje vyaranta ngaje umuntu baramuhuruhimbi ngwa bwirize agatangura kutubwira agaciro kivyoyambaye
Ubundi se bitumarira iki kujyana imirambo yacu mu rusengero ngo ni imbere yImana ngo badusezere kandi Yesu nta ho bamujyanye
Ntiyariwe dayimoni zahise zimwinjira mo kuvu agitangira kuvuganana nuwo muphumu Yesu aduhumure amaso uburinzi bwa Yesu butubeho kabisa
Imana iguhe umugisha mwinshi Salomo
Beulah namwe muhabwe umugisha
Imana idukore ku maso mu bihe nk'ibi
Murakoze cyane bakozi bima najye mubahakanagako ikuzimu hatabaho najye ndimo sinajyaga byemerako habaho pe ariko birajyiye byemeyeko habaho
Tekereza guhanwa nabo wakoreraga
Ibaze abahanzi baririmbira Imana ahwiii
None na ba pastors, bishop, apostles,aba padiri,cheikh Bose bajyayo nshuti IMANA niyo yo kuduhumura gysa
Imana ibahe umugisha, nukuri ibi nivyo beneda nimuvyumve hari aho abakozi bi Imana bamaze kuva munzira yi Imana .
Ima imbindurire ubuzima YESU ampe kuzinukwa icyaha
BeneData, abafite amatwi yo kumva ni twumve!
Imana izaguhe Iherezo ryiza muvandimwe wacu shalom
Yesu nashimwe pe
Imana yarahabaye nukupe
Yubhwe🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Mbega reka niyumvire mbaye uwa kabiri kukireba link 1 nayo Ni iyange Bantu ba Beulah muze twikebuke nanone turusheho kumesa. Imyenda yacu irusheho kweraa.
Voilà naza numva umuntu wabony Yesu KRISTO muzima abandi baza babesha ngo asa n abazungu n imisatsi miremire , YESU n izuba ntawareba mu maso he.Komera warababay Yesu azakomez kugukurinda Isi iragoye cyane YESU atweze mu maraso ye
Ntazi kubara inkuru😊
Nukuri Yesu arakora🙏👍kandi Amen.
Ni yo mpamvu ndirimba izo mu gitabo kuko nta muhanzi nkizera.
Ndumva harimo akarengane ,kunyurwa nubukene ntikibazo! Ikiremwa kimeze nkicyatereranwe n Imana, kuko ishoboye kubohora abo bose babohewe ikuzimu
Ariko ibintu mukora sivyo! Niba muri abakristu beza kandi bashakira ivyiza abandi, kuki mutavuga izo nkoramabi z'amashitani? Bityo, muzoba mukijije benshi bari gutakarira mw'aya masengero y'ububeshi!!😢😢😢
Mbega isi weee !!!! Yesu Kristo turengere tutazahera muri iyi si y'umwijima.
YESU MUMUNYEMBA AZI NYINSHI CYANE.AGIRA.IMPUHWE YAKUNZE SALOMO KANDI YARAKIRI MUBYAHA.YESU UZAMFASHE
Yesu aguhe umugisha kubwo. Kudukangura
Imana itubabarire
YESU amfāshe sunzoje murukwo kuzimu 😢MANA yanje
Yesu aguhe umugisha mwinshi 🙏🙏🙏🙏
Yesu wenyine niwe utugirira imbabazi
Yesu aguhe umugisha, kandi agukomeze, uvuge imburi ushize amanga. Wemye .
Mwami yesu uturengere pe
Hari ukuntu Pamphile ansekeje
Ngo baramubonye bati ufite inyama ziryoshye😆😆😆😆😆
Wambwiye abo bahanzi pamphile?
Urantangaje
Ubwo koko urashaka kubamenya? Hoya bihorere Imana nibagenderera bazaza babitwibwirire!
uzabishakire ubamenye
Mwene data Pamfile komez'uyu mulimo mwiza wo kumena amabanga y'ikizimu uwumva yumve
Yesu yeeee.numbabarire chane niukuri ngukurikire maramazanje rungose
Mubaze iryo dini hatazagira uriyoberamo hariya Kirehe?
Hagize unyongorera uwo muhanzikazi ko ntazamuzimurira!!
Isi yumwijima iragatsindwa nUwiteka
Pamfile uzatubarize niba irya myotsi batumura barilimba nta sano bifitanye n'imyuka y'ikuzimu?ndavuga abalilimba gospel?
Yesu ashimwe mukozi wimana imana iguhe umugisha mwinshi nukuri
Ndigushakisha mu mutwe wanjye umuririmbyikazi wa gospel Gahongayire Lorie , bariya bana Dorcas na Vestine ,
Sha Lorie we asigaye acuruza akabari uze kureba ku isimbi tv urumirwa ,unababare😢
Salomon Imana iguhe umugisha urakoze gukora ibyo Yesu yagusabye gukora akimara kugukura ikuzimu
Murahoneza
Yewe uvuze ukuri kuko nanjye hari umu pastor uhanura yewe nibimuga abikoraho bikagenda ariko yakubwiye afite messenger yawe uze ayikubwire cygwa ngo uze agusengere urumukobwa agutera imiti ugasinzira yarangiza akagufata kungufu abo amaze kubikorera yo babivuze ntibabyemera.afite abayoboke beshyi cyane. Nukwitonda abazimu nibeshyi.
Pamphile urantwenza uburyo uzuseka kandi ibintu bikaze
Imana ifuhe kuba maso nubugingo kuko uyu mubiri wo nubusa gusa mugeni WA kristo ukurikira Beulan tukazabura ijuru tuzaba tutunva nkuko babivuze ubu nibwo buhantuzi butavangiye ibindi barababeshya ,wakoze mukozi kristo tube maso ibindi numuborogo😢😢😢
Zaburi 146:4. Uwomunsi umwukawe umuvamo agasubira mubutaka bwe uwomunsi imigambi ye igashira
Birakomey cane.
Iryo jambo ryo muri Yesaya mwavuze riri amaja hehe?
Murakoze.
Yesu we🙄, mureke dusenge, dusengere n' abacu 😭😭 Yesu ababohore
Iyaba abadepr bose bemeraga integenke bagiye bahura nazo.bakongererwububyutse.
Nukuba maso nahubundi twajwemo
Yesu ahe umugisha uwaguhaye micro ndetse nawe kuko ibi bintu ni ukuri pe.
Ubuhamya nk'ubu nibwobukenewe murikigihe.Mukomerezaho!!!
Yesu ningabo Urampibinkwiriye bizonshikaniwawe
Ibi birakabije! 🙏🙏🙏
Umubiri ntacyo umaze.
Imana Itweze Idushoboze gutsi ubugome bwasatani
Imana izaturengere tugirigwe ubuntu bwokuzaja mwijuru
Ase ibintu byogusohora abakozi bimana muriyiminsi bibaho😮
Pamphile urasetse kubera abo bahanzi akubwiye nanjye biransetsa nkuwabumvise😂. Gusa ntago byoroshye kuba n'abahanzi baririmba gospel bakoresha imbara mbi. Yesu adutabare.
Wuwah !
IMANA itwugurur'amaso lduhe n'ubwenge bwo kumenya ikibi n'iciza !
(bavuga mangesons canke démangeaisons ??)
IMANA ibahezagire
Ameen amen.yesu atuyobore
Imana ibahe umugisha
Muzaduhe part 2, y' ibyimirimbo 😃
Ariko mujye muza muvuga namazina yabo ba Pst kugirango abantu badakomeza kujya mubuyobe,nibyo bigaragazako ibyubuvuga arukuri,nkuko abandi baza bavugango Imana yabwiye ngobavuge ibintu runaka,namwe muza muvugako harabo mwabonye ikuzimu muzi hano kwisi,mujye munabavuga ibintu bisobanuke
Umwami yesu nashimwe ge ndatsinzwe pe
Ibintu vyuyumuhungu ntavuga nkibintu azi avuga nkibintu yabwiwe.
Ntasoni,ariko nuko bimeze,gusa uwuri n'amatwi niyumve
Turabashimiye cane muhezagirwe ndafashijwe uko niko kuri mukomere
Azaze kuturirimbira afite ijwi ryiza cne Pamphile uzamugarure aturirimbire aduhe nubundi buhamya
Imana idutabare uwo muntu Imana iguhezagire
Ariko uwo mukecuru ndumva impuhwe akizifite nubwo yarimbutse
Imana idufashe Kandi iturenjyere
Yesu shimirwa imbabazi ugira
Okay
Ariko Ivyo vyogusuka kwisiga tilo kungohe nibindi vyishi biri mûri Bible nukuri tubireke ba Kristo ijuru niryumuntu kugiticiwe
..
Ariko ntabwo uzi kubara inkuru pe
Mbateze amatwi mutumishi nkunda ukurikwawe ese buriya ko uvugisha ukuri kd mwitorero ryacu rya ADEPER uziko bahisha ukuri ntibazagutenga nitwa mutangana
Ubundi mbanumva ikiganiro cyakomeza ntikirangire
Ibi niki koko Nyagasani 😢
Yesuweee kondumva bitoroshera! Buretse numve
Igitabo uvuze wanditse twakibona dute?