Це відео не доступне.
Перепрошуємо.

Meze nk'abakobwa|abantu bose baranyanga na mama ntanshaka|Nshaka kwiyahura|Kuva nabaho ni agahinda

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 18 сер 2024
  • #Muhamagare0788495087

КОМЕНТАРІ • 329

  • @khloecalala7606
    @khloecalala7606 3 роки тому +8

    Mbega agahinda mana we why God why ? Uyumuhungu Imana izambabarire imuhe abantu imuhe akazi umugore abana mbese amahoro namahirwe biva kumana bibane Nawe kugeza iherezo

  • @benisrael7
    @benisrael7 3 роки тому +19

    Mwarababaye, ariko muhumure Imana yishimira kubagirira neza. Izabibagiza iyo mibabaro yose ibahaze umunezero!!

    • @emmd1234
      @emmd1234 3 роки тому +1

      Ni byiza kumuhumuriza. Ihumure ry'Imana rinyura mu bantu. Ongeraho n'inama y'icyo yakora nk'umuntu kugira ngo bimwibagize amateka mabi.

    • @athenanikki4001
      @athenanikki4001 3 роки тому

      That's very true. Dukwiye kuba dusebgera abantu ariko tunabafasha also, Jesus yaravuga ngo ntukabwire umuntu ushonje ngo: go in peace , may God bless u, ariko ntumuhe ibyokurya kandi ubifite...abantu bubu rero biyita abakristu hari abasigaye bavuga gusa: Imana izagufasha, turagusengera, izere Imana, Imana irabibona,...ariko ntibafashe umuntu ngo bamuhe numugatim ico anywa, aho aba, bamuhe na informatiin zamufasha,...shame on those people! Imana ikora iciye muri twe abantu!

    • @emmd1234
      @emmd1234 3 роки тому

      @@athenanikki4001
      Wahora n'iki? Umuntu wamugisha inama ku kibazo gikeneye inama zifatika (eg: wabuze akazi, washwanye n'uwo mwashakanye, urwaye indwara ikomeye...) akakubwira ngo genda wowe Yesu arabizi, usenge, wizere gusa...None se ari wowe iyo nama wakumva igufashije kandi nawe usanzwe uzi gusenga?
      Hari ukuntu abantu bamwe twafashe responsibility tuzisimbuza beliefs kandi ingaruka zo kutagira ibikorwa dukora cyangwa imyanzuro dufata zitugarukaho.
      Ni byiza kwibutsa abantu ko Imana ibaho ariko igikorwa gikura umuntu mu kaga gituma uwo kibayeho abona Imana neza kurushaho binyuze mu bantu.

  • @ninamushonyanga7405
    @ninamushonyanga7405 3 роки тому +23

    Bakwankira iki Imana iragukunda wewe ndakuifuriza kwegera yesu azokubera vyose

  • @lydian5762
    @lydian5762 3 роки тому +7

    This guy has a huge calling in his life but the devil wants him. May God grant him strength.

  • @eliasmpozamarira2536
    @eliasmpozamarira2536 3 роки тому +1

    Muhungu wihangane Imana izokuteturura
    Dufise umuhungu ameze nkawe bamuvuze nkawe ariko Imana yaramuteturuye imushirahejuru
    Mwiyimisi aheruka kurongora umugore mwiza cane.
    Nawe senga cane gose Imana ivyawe izobituganya.
    Nayivyo barondera kukutwaramwo vyubutinganyi ntuzohirahire gubikore
    Kuko abatinganyi bose bazobona ibara bose.

  • @rwangizamirera
    @rwangizamirera 3 роки тому +17

    Birababaje , ni izi ngaruka zo kuba mubi societe bya amafuti ashingiye ku ma religion tutumvise neza.....umuntu aratotezwa ku bintu atigize. Pole sana Aristide

    • @glorianahimana5635
      @glorianahimana5635 3 роки тому +1

      Yooo ivyo nibishika nahamwe abantu badatahura Imana iba yamuremye uko

    • @londochark5690
      @londochark5690 3 роки тому

      Oya wibeshya aho kuko ntago cyabakobwa bivuga ubutinganyi ahubwo hari abigira abatinganyi aho niho ikibazo kiri kuko ibyo abazungu babeshya ngo ubutinganyi buravukanwa ni ikinyoma cyo gutwiikira amabi yabo y ukunanira Imana nkuko bahereye kera babikora mpamyako na biriya bya sodomo na gomora bavuga aribo ari imico yabo bashyizemo kuko inkomoko y abazungu ifitanye isano na abamalaika bigometse ku Mana baje mu isi basambanya abakobwa b abantu maze havuka abafite uruhu rw uruzungu bakomeza iyo mico sakirirego ya sexual immorality aribyo kugeza ubu bagikomeza;
      ndetse barikubicengeza cyane cyane mu birabura kuko abirabura nibo bantu Imana yaremye mbere sekibi yagiriye ishyari kuva kera ahiga kuzabagirira nabi aho rero niho abazungu babera umuyoboro sekibi kuko bafitanye isano y amaraso kereka uwamaramaje akihana agaca iryo sano mu buryo bw umwuka.
      naho uyu muhungu rwose ntihagire uwo azemerera ko amushuka kuko ababashuka bagendera no kuri icyo kintu kandi ntaho bihuriye rero uyu musore yihangane shenge ndumva nyina ari impyisi kandi niba muri jenoside ngo yarigenderaga ajya kwitemberera ngo kandi agashaka ko abana be babica buriya yari umuhutukazi kuko ntiwagenda gutembera abandi barikwihishahisha wowe ubuzima bwakomeje utari umuhutu birumvikana ko icyo abahora ari uko yababyaranye n uwahigwaga bya bindi by abigira ba ntibindeba ngo bazashakana n uwo ari we wese bajye bareba ingaruka bigira ku bana naho ibyo abazungu bahimbye ngo ubwoko ni umugabo ubutanga wapi kuko ntiwabyarwa n ababyeyi babiri badahuje ubwoko ngo maze umwana agire ubwoko bwa se gusa ntibibaho kuko amaraso menshi umwana aba anafite ni aya nyina iyo ababyeyi bombi badahuje ubwoko, rero abo bagore b abahutukazi bishe abana babo ngo ni abatutsi baribeshye cyane kuko abo bana si abatutsi kuko inda y umuhutukazi ntiyabyara umututsi ngo bishoboke kuko ntiyatanga amaraso adafite ,umwana ntiyavukira mu maraso y umuhutukazi ngo abe umututsi ntibishoboka kuko umututsi ni uwabyawe na se na nyina b abatutsi.
      ubusanzwe abagabo b abatutsi barabizi barabizirikana niyo mpamvu batajya bapfa gushakana n abahutukazi kuko basobanukiwe neza ko kugirango babyare abana b abatutsi ari uko babyarana n abagore b ubwoko bwabo abatutsikazi gusa,kandi na kera cyane Niko byari bimeze kugeza aho amadini aziye niho yatangiye kuyobya abatutsi ngo ntibakarobanure mu gushaka niho bake cyane bakurikiye ubwo buyobe idini rya gikristu ry abazungu ryababeshyaga Niko kwemera gutangira gushakana n andi moko niyo mpamvu mu ihera ry ubukoroni ariho bamwe batangiye kwivanga kuko inyigisho z ubuyobe ziryo dini gikristu zari zimaze kubinjira ariko abatutsi 99.99%ntibigeze bazemera niyo mpamvu bakomeje gushakana n ubwoko bwabo gusa,rero abo bake cyaneeee bemeye gushakana n abahutu cg abatwa aho niho haje ibibazo mu miryango yabo ari nabyo uyu mwana w umuhungu yahuye nabyo kuko se yigize ntibindeba aho gushaka umututsikazi mwene wabo ashakana n umuhutukazi none aho niho havutse uyu mwana agatotezwa na nyina kuko nyina yibwirako ari umututsi kandi siwe kuko umuhutukazi atabyara umututsi niyo mpamvu Imana yaremye amoko mu isi ikaharema umugabo n umugore bahuje ubwoko ngo bakomeze babyarane abana b ubwo bwoko ntibuzazime rero ikinyoma cy abazungu bazanye ngo ubwoko ni umugabo ubutanga byari ukugirango barimbure ubwoko bw abatutsi kuko kera abatutsi batemeraga gushakana n andi moko kugirango ubwoko bwabo butazima;
      rero abazungu bazana amacenga yo gukoresha idini rya gikristu kugirango riyobye abatutsi bemere bashakane n andi moko ari naho bahise batangira kwigisha abatutsi ngo gushakana na bene wabo gusa ni ukuvangura ngo kandi ni icyaha Niko Yesu ngo avuga ra rero izo nyigisho abatutsi hafi ya Bose baziteye utwatsi ariko babandi bake cyane bafashwe n ikidini barabyemera nibo bemeye gushyingira abakobwa babo ku bagabo b abahutu bazaga kubasaba kandi ubundi si ibintu byabagaho mbere y ubukoroni kuko ababyeyi bashyingiraga mu bwoko bwabo gusa ndetse bakaba banashyingira ababyara kugirango amaraso agume mu bwoko bwabo bw abatutsi aho kugirango bamushyingire hanze. niyo mpamvu imiryango y abatutsi ba kera wasangaga ari abatutsi gusa nuyu munsi myinshi Niko imeze ariko hari bake bayobejwe n amadini hamwe n ikandamizwa bakorewe mbere ya 1994 bakemera gushakana n ibigabo by ibihutu byagiraga amafaranga bikabiruka inyuma kuko byumvaga kugira umugore w umututsi ari ipeti ryo hejuru nabo kubwo gukandamizwa bakemera ngo barebeko baramuka ntawe uje kubica nubwo ibyo bigabo aribyo byaje kurimbura imiryango yabo.
      Niyo mpamvu rero mwe mwese mwigize ntibindeba ngo ni ubumwe n ubwiyunge cg ngo ni ubukristu (ubujiji)mumenyeko amaraso yawe ntacyayaruta kuko iyo udashakanye n ubwoko bwawe utabyara ubwoko bwawe rero uba wiyishe nta mwana w amaraso yawe uzagira kuko utabyaranye n ubwoko bwawe kandi abo bana b ibivange ntago umuryango wawe ushobora kubibonamo kuko si amaraso yabo burya nujya gushaka ujye uzirikana ko n imiryango yanyu nayo ishakana mukaba umuryango umwe ariko niwibeshya ugashaka mu bwoko butari ubwawe imiryango yanyu ntizigera ishakana byumvikane ko abana bawe batazigera bahabwa ikaze mu muryango ukomokamo yewe no mu bwoko bwawe muri rusange ibyo ni ibintu bisanzwe kuko abantu bisanga iyo bari kumwe na bene wabo ntawe ujya kuvuga ikintu ngo abanze acunge abahari cyane cyane n amateka y iki gihugu aho abahutu bashatse kurimbura abatutsi ,rero abantu bibwirako umuntu yakumaraho imiryango ukabyibagirwa ko byabaye baribeshya cyane niyo mpamvu mwe mwemera gushakana nabo muge munatekereza ku bana bazavuka mutekereze ku miryango yanyu kuko abaswa bibwirako urugo ari urwa babiri baribeshya cyane kuko muba mugiye kubyara abana bazagirana isano n iyo miryango mukomokamo ubwo rero ni mudashakana n ubwoko bwanyu ntimuzigere na rimwe mwibwirako muzabazanamo abana b ibivange ngo babemere burya niyo umuryango wakubuza gushakana n umuntu kubera imico ye ariko ukanga ukabikora ariko uwo muntu ari ubwoko bwawe burya abana banyu imiryango yanyu izabiyumvamo kuko ni ubwoko bwabo ariko nushakana n uwo mudahuje ubwoko sha ntago abana banyu umuryango wawe uzabiyumvamo bazahora ari abo hanze nta na rimwe abatutsi bazigera bibagirwa ubugome abahutu babakoreye uwo mwana rero uvanze nabo ntazigera yakirwa kuko si umututsi apfa kuba afite umubyeyi numwe w umuhutu niyo mpamvu agashakana bagomba gutekereza ku ngaruka zose bagafata umwanzuro kuko igihe cyose utazashakana na mwene wanyu burya hari ibibazo uba wishyizemo bizagera no kubana bawe ubundi hari ibibazo rusange abashakanye bahura nabyo ariko iyo wongeyeho gushakana n utari ubwoko bwawe uba wiyongereyeho izindi ngaruka abandi badahura nazo kandi ukaba uzanazihererakanya no ku bana bawe kuko bazaba bavuye muri ayo maraso adahuye biterwa nuko uba wararenze kuri karemano y Imana kuko Imana ntiyibeshye ijya kurema umugabo n umugore bahuje ubwoko rero iyo ubirenzeho ukajya ahandi habaho ingaruka nyine kuko mwihuje atari Imana yabahuje kuko yo yahuje abahuje ubwoko arinayo mpamvu yaremye umugore mu mugabo kugirango babe bahuje amaraso/ubwoko n umwuka ari nayo mpamvu buri bwoko bufite abagabo n abagore basa kuburyo ubona umugabo w ubwoko ubu n ubu ukamenya uko umugore wabwo asa wabona umugore ukamenya uko umugabo asa mutiriwe muhura.
      Uyu muhungu rero disi ni izo ngaruka azize niyihangane yabyawe n interahamwe ntakundi kandi ndamushima ko atagiye mu butinganyi nahumure Imana iramuha akazi naho izo mbwa zishaka kumufata ku ngufu ajye azivuga bazifunge.

  • @niyonsengapacificbizihiwe7529
    @niyonsengapacificbizihiwe7529 3 роки тому +1

    Humura Yesu Arakuzi, kandi kuba warubahushije Imana ntukore ubutinganyi nukuri nuta Yireka Nayo Ntizakureka.
    Uri kumunzani wowe hagarara neza kandi ukomeze Ubyereke Yesu.
    Azagutabara nukuri kuba ukiriho ni ubushake bw' Imana

  • @umuhozajoseph2799
    @umuhozajoseph2799 3 роки тому +5

    Ni ugukomeza gusenga cyane pe
    Abagabo b'iyi myaka banagutamira

  • @manmahuna1160
    @manmahuna1160 3 роки тому +12

    This guy needs counseling by the consultants in psychosocial domain. So that he could move out this challenging situation

  • @kaberajojo1212
    @kaberajojo1212 3 роки тому +8

    Yoooo Imana igutabare nukuri 😥 Uburinzi,
    Igikundiro,
    Ubudahangarwa bikugirirweho 🙌
    Kd komera iyi niyo saha yawe yogutabarwa guturutse kuw Iteka 🙏
    Ntazapfa uzarama ubundi uvuge Imirimo y iby Imana yakoze ku bwawe 🙌

  • @munezeroelise1810
    @munezeroelise1810 3 роки тому +9

    Abantu bafite ubushobozi koko bafashije uyu muntu Bakamuha akazi! Yànze gutukisha Imana, bihe isomo nabandi birirwa bivugisha ngo baremwe bameze nkabakobwa ngo nabo ni ibakobwa, kugira imisemburo myinshi yakigore ntibiguhindura umugore.

    • @muneza5407
      @muneza5407 3 роки тому +1

      Uziko twitiranwa wana! So interesting!

  • @florencemusanabera6086
    @florencemusanabera6086 3 роки тому +13

    Urumuhungu mwiza ntukihebe Imana irakuzi

  • @alphonsinemukandayisenga5584
    @alphonsinemukandayisenga5584 3 роки тому +4

    Inama nakugira injira mu MANA neza. Yakuremye igukunda kandi izi impamvu . Usenge ushikamye ‘ IMANA izagucira inzira . Kandi kubabara siko gupfa. Mama yarakwanze ariko mu ijuru hari IMANA igukunda kurusha abandi bantu bose . Byizere . Imbere hawe ni heza .

  • @kabayizawilly6659
    @kabayizawilly6659 3 роки тому +5

    Birababaje 😢😢ihangane Nta kundi Imana izagutabara just trust in Him 🙏

  • @lillyelyse9958
    @lillyelyse9958 3 роки тому +1

    Mana weee ndunva ambabaje disi gusa ndamukunze kuba yarakomeje kwihanganira ibitotezo benshi barabyitwaza bakajya mubutinganyi gusa ndabizi neza ko Uwiteka ari kukwishimira ubungubu. Million zabantu turagukunda kuruta uko abantu bakwegereye bagutoteza, ndabizi neza uzangwa ariko Uwiteka nutamuteshukaho uzarya ibyo kurya byijuru. Wowe ujye usenga Imana burya ijya irema ubuhamya bushya.

  • @lesbeautyglory2869
    @lesbeautyglory2869 3 роки тому +4

    Yoo impore musore warakubititse
    Ariko Imana yabanye Nawe kuva mubuto, bwawe kugeza magingwaya
    Nuko igufite humugambi.
    Kandi iragukunda, izaguhoza ayo warize, iragusobanukiwe.komera

  • @mbabaziridiya8830
    @mbabaziridiya8830 2 роки тому

    Humura Imana uramuzi mama humura kwagwa numubyeyi nishano nagahinda nigikomere nintumba uretse Imana yomwijuru izagutabara wowe shikama usenge byose bizashira ubyibagirwe Kandi uzaba umuntu ukomeye humura

  • @tekanezaviocheftv1949
    @tekanezaviocheftv1949 3 роки тому +1

    Twarakuranye BURUNDI umuhungu amezenkawe wumuserevere twaramubangamira yararobgoye yaravyaye vyaraheze tongoza uzanumugore buzohera from BURUNDI

  • @rejematv1005
    @rejematv1005 3 роки тому +18

    Nzakubera Umuvandimwe nkwiteho mbese ibindi tuzabiganiraho welcome

  • @Rm-zo7ro
    @Rm-zo7ro 2 роки тому

    Iyomba umukobwa narikukugendaho nkazagufasha ko twibanira kuko ibyinshi bikuzwa nibyo dukunda kubamo.uzange abahungu cyane ukunde gukurura uhatiriza gushaka umugore .hari nibiryo byongera hormones akwifashisha .kd usenge cyane urira Imana izagusubiza.natwe twese abakumva nidufashe dukire ingaruka y'ibyaha turananiwe .

  • @labelle7750
    @labelle7750 3 роки тому +10

    Sabin muzagwe gitumo mama we atubwire igituma yihakana uwo yabyaye.

    • @athenanikki4001
      @athenanikki4001 3 роки тому

      Uyu mu maman nawe ashobora kuba afise mental illness...erega bibaho ko umu maman aba yifiye nawe mental health issues, trauma, atabwo ari fit to be a mother..that' s why hari ibihugu bifite services zabana, bakabashira muma foster care pgms ou maisons d'accueil kjko ababyeyi batari fit mentally to raise them

    • @espoirejane446
      @espoirejane446 3 роки тому

      @@athenanikki4001 yego kbs ,kuko umubyeyi w umugore utarera, ni uko mu umutwe aba ari nta ikigenda

    • @londochark5690
      @londochark5690 3 роки тому

      @@espoirejane446 ntabo uzi biyiciye abana muri genoside yakorewe abatutsi se nonese urumva atariyo nkuru y uyu musore kuko nyina yaridegembyaga kandi ntiwakwidegembya muri kiriya gihe utari umuhutu icyamuhora ni nk icyo wa mwana wanditse igitabo ko yahizwe na nyina ndetse akaba ari nawe wicishije abana be .ni ibigoryi kuko babitirira ubututsi kandi baravuye mu nda zabo ukibaza uti umuhutukazi yabyaye umututsi bishoboka bite ko wabyara icyo utari cyo ute se ?nibwo bugoryi bwabo kuko umwana utazi uko mu nda y umututsikazi hamera ntashobora kuba umututsi kuko umututsi abyarwa na se w umututsi na nyina w umututsikazi bonyine, naho ikivange ni ikivange kandi ikivange cyavutse ku umuhutukazi kiba gifite amaraso menshi y ubuhutu kurusha icyavutse ku mututsikazi.

  • @nadineuwizeyenana1314
    @nadineuwizeyenana1314 2 роки тому

    Ntimukiganyire mwibaza ibyejo kuko ibyejo bimenya IMANA, Tuza muhungu mwizaa

  • @chrismuganwa8634
    @chrismuganwa8634 3 роки тому +1

    Imana igira neza ibihe vyose koyakuzigamye muri vyose wacoyemwo humura ntaco uzoba uzabaho kandi neza in the might name of Jesus Christ!!🙏🇧🇮

  • @linazirikunama3454
    @linazirikunama3454 3 роки тому

    Humura ncuti yanje.Imana yakuremye uko niyo izi igituma.knd ndagushimiy kutitesh agaciro Imana yaguhay.Yesu akuruhure.ham yemw yemw abantu mutanga akazi nimukamuhe azi gukora.Hama umuvyeyi wawe nukumusenger Imana izomubohora ntinanirwa.Mwarahezagiwe

  • @cesariehakizimana429
    @cesariehakizimana429 3 роки тому

    Yoo . Imana irakuzi .ndagusabiye yesu agukureko icankiro.
    Jeho nta bukobwa ndakubonamwo .
    Ni daimoni ishaka kugutesha agaciro ndayirukanye au nom de Jésus de Nazareth.

  • @carmellefuraha7094
    @carmellefuraha7094 3 роки тому +2

    Sabin ukoze igikorwa kiza cyaane kuba wa tumye ashobora kuvuga ikiri kumutima. Iyo niyo counselling ya mbere👍

  • @edidianshimirimana4460
    @edidianshimirimana4460 3 роки тому +4

    Yoooooo!Uwo muntu akwiye gusengerwa,hamwe n'umujyanama wokumuganiriza byumwihariko

  • @munezerolyse6489
    @munezerolyse6489 3 роки тому +1

    Humura ncuti yesu akuzi. Ivyawe vyose biri mukiganza ce wew hanga amaso yesu. Uyakure kurabo bose.

  • @ndungutsejosette8396
    @ndungutsejosette8396 2 роки тому

    Imana igutabare ikumare agahinda irabishoboye cane ndababaye

  • @ninalea2896
    @ninalea2896 3 роки тому +2

    Yooo... Ihangane kandi uri umuhungu wintwari. Guma kwisengesho, Iyakuremye igufitiye byinshi imbere

  • @onlinemoneyr.g2900
    @onlinemoneyr.g2900 3 роки тому

    Hari umuhungu twari duturanye kera nkiri umwana, nawe yari ameze nkuyu, Disi nawe yaratotezwaga! abakobwa baramwangaga, abahungu bakamwanga, abalimu bakamwanga,... Imana irengere abameze nkawe bose.

    • @londochark5690
      @londochark5690 3 роки тому

      Ntaho gutotezwa kwe na nyina guhuriye nuko ari cyabakobwa ahubwo gutotezwa na nyina nuko nyina ari interahamwe nonese ntimwumvise ko muri jenoside yidegembyaga yitembererera kandi basaza be akaba aribo bariye inka za se w uyu muhungu nonese icyo mutumva ni iki aramutoteza kuko amwitirira ubwoko bwa se kandi amaraso menshi afite ari ay abahutu kuko niyo nda akomokamo bya bindi rero abazungu bazanye ngo kuyobya ngo ubwoko ni ubwa so ni ubugoryi kuko bagiragango abatutsi bashire nibemera kwivanga kuko bagiragango babafatirane babrimbure hakiri kare ariko batangirwa nuko abatutsi bativangaga kuko bazirikanaga ko umututsi ari uwabawe na se na nyina b abatutsi ubwo umuzungu ashyiraho ibye mu ndangamuntu ko ubwoko ari ubw umugabo kugirango nyine babatutsi bangaga kwivanga kuko badashaka kubyara abana batari ubwoko bwabo noneho bazemere kuko bazaba babonako aho bajya hose uwo babyarana na we wese umwana azitwa umututsi kandi sibyo kuko ntiwavuka mu nda y umuhutukazi ngo ube umututsi ntibibaho uyu mugore rero nicyo yagendeyeho Niko gutoteza umwana we kuko yibwirako ari umututsi kandi sibyo kuko amaraso menshi afite ni aya nyina niyo yabayemo igihe kinini niryo bere yonse.

  • @kggermaine2934
    @kggermaine2934 3 роки тому

    Yoooh😭😭😭 uwo mubyeyi arwaye amashitani nawe siwe kuko hari igihe Shitani iguteza kwanga abo wabyaye, akajya ababonamo inyamanswa imbeba cg se utugurube.....!!!! Agize Imana akabona amasengesho yo kubohoka kungoyi za shitani yakira kandi akabakunda cyane!!

    • @godwingodwin4975
      @godwingodwin4975 3 роки тому

      😂😂😂😂😂 utubeba n'utugurube 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 ahwiiii

  • @ngenzi.250
    @ngenzi.250 3 роки тому +5

    Yalaaa arambabaje pe

  • @mugaboishimwecrepin9769
    @mugaboishimwecrepin9769 3 роки тому +8

    ihangane muvandimwe ukomere, nonese nawe ko atiri woe wiremye, gusa woe bitura Imana usenge nziko haricyo yahindura kubuzima bwawe. Hanyuma ibyabavuga uzabareke bavuge bazageraho bananirwe amagambo ashire. Bizashira humura Imana igufiteho umugambi mwiza irakuzi.

  • @niyodukizajeanclaude6958
    @niyodukizajeanclaude6958 3 роки тому +1

    Mbega inkuru ibabajeweeeee imana ikurengere.

  • @promiessenshizirungu9720
    @promiessenshizirungu9720 3 роки тому +1

    Pole sana wahuye nisi ark humura imana irakuzi kd ugufiteho umugambi.

  • @jeanneigiraneza8367
    @jeanneigiraneza8367 3 роки тому +9

    Egera Yesu sha niwe wenyine yaguha amahoro.

  • @sandrinem.1178
    @sandrinem.1178 3 роки тому +4

    Yooo Mana, ibikomere wagize Imana yo mu ijuru izabikwomore kandi icyo utagezeho Imana izakikugezeho kuko Niyo Yonyine ifite ijambo rya nyuma k'ubuzima by'umwana w'umuntu. Humura ejo ni heza

  • @awezayesu1779
    @awezayesu1779 3 роки тому +1

    Inama nakugira uzashake anakozi b'Imana bakurambikeho ibiganza bagusengere iyokarande izakuvaho mwizina rya Yesu

    • @umutoni1657
      @umutoni1657 3 роки тому

      Karande???????????? Uyu musore ntago ariwe kibazo, ikibazo ni society yacu. Ni ubujiji cyane kwima umuntu akazi ngo ni uko ameze nkabakobwa. Ikindi abo bagabo bamwirukaho nikibazo cyabo ntago aricye.
      Ikibazo tugira muri society yacu nuko tublaminga victims. Umuntu yafatwa ku ngufu ngo yari yambaye mini, umuntu yakundwa nabagabo bagenzi be ngo ni karande.
      Iyo ntago ari karande hubwo nabagabo bari muri Kigali bamenyereye kugenda baryamana nabagabo bagenzi babo bagashaka gufata advantage ye kuko afite hormone zabakobwa.
      Ntago twavuga karande kuko ntago tuzi niba nabandi bo mu muryango wabo byababayeho.
      Njye numva twakwita ibintu uko biri. Hari ubujiji buri gutuma abantu bafata abandi nkaho atarantu hanyuma tukaba dufite nabagabo baryamana nabagenzi babo bihishahisha bagakoresha amafaranga gukurura abantu IKIBABAJE NUKO BASHAKA GUSHUKA ABANTU BARI VULNERABLE NKUYU MUSORE KUKO BAZIKO BAZAHITA BAKIRA AMAFARANGA.
      Gushaka abakozi B'Imana azabashake niba abishaka ariko icyonzi nuko muri iyi minsi abantu bishyuza abandi ngo babasengere. IMANA IRI HOSE YAKUMVA NANJYE YANYUMVA AHUBWO UYU MUSORE AJYE AGANIRIZA IMANA KUGITI CYE IZAMWUMVA KANDI IZAMUSUBIZA. IKINDI IZAMUKIZA IBIKOMERE NINTIMBA YAHUYE NABYO.
      IMANA NIMUGIRIRE NEZA IMUSANGE AHO IRI IMUFATE UKUBOKO IMUHEREZE FAVORS ZAYO AMEN😭😭😭🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾💕

  • @jeannenziza16
    @jeannenziza16 3 роки тому +1

    Non ,Aristide tu es béni, et tu es un beau garçon, mais il faut avoir confiance dans le Seigneur tu dois chercher à être entouré de vrais chrétiens ,tu ne serais pas le premier à être un orphelin avec des difficultés mais il ne faut désespérer .Et vous chrétiens de kigali où êtes-vous ?Aristide a besoin de l'amour fraternel.

  • @gracenduwayezu8280
    @gracenduwayezu8280 3 роки тому +4

    Humura Yesu aragukunda kandi
    Azagutabara wizere ijana kwijana.

  • @uzamurangamamie5872
    @uzamurangamamie5872 3 роки тому +11

    Ibibazo biragwira wamuntu we!ibyowibaza turibenshi tubyibaza gusa imana irahari

    • @joandjo9182
      @joandjo9182 3 роки тому +2

      Naragenze ndabona. Buri muntu agira uwe mutwaro ndumiwe😭

  • @paigekizio4840
    @paigekizio4840 3 роки тому +2

    Ahubwo uwonguwo iyaza gusengakyane akibera mubyimana ntakibazo yarikugira nandetse uwowicu yakuze nimboroye ariyagikobwa twamwitaga kyabakobwa kuko yakundaga mubana nkabakobwa kubera yakoraga ibyagikobwa anateye gikobwa neza ariko arumuhungu kubera gukundimana yafashijwe nabapadiri ariga kurubu nidogitere ninuhereza kwapadiri numugabo ukomeye ufite abana ndumugore Kandi arakyigenda nkabakobwa nijwirye sinzirero ibyateye murwanda byokuvuga ibintukibyo uko yaremwe ahubwo shetani yareye murwanda ntimwabitahura mwabantumwe ikyaremye intambara murwanda nikyokyazanye ayomadayimoni yukuvuga ukomuntu uko ataremwe mukuru kera ntabyabagaho ariko ingeso zabagiye baturuka hiryanohino ntabyabagaho kera mumwana wumukobwa yagenda ahantu ntibagire ubigiriribwoba ngeweho nararanaga nabasazabange bibisore ntakibazo wagingo ikigihe harumuvumo mukuri ubu ntanumwana ukirarana nabasabe arumukobwa Kandi nabataribasaza bumuntu mwararanaga ntibagire ikyobagukoraho kuva ikirumwangavu nonebu nuruhinja ntibarutinya ngaho ntamuhungu ikizera undimuhungu ngobarane umubyeyi ntatinya umwanawe aramusambanya murabona ibyaje iwacu Koko bidateye ubwoba

  • @ericanancy4789
    @ericanancy4789 3 роки тому

    Imana irakubona kandi uwikunda umucisha mumakuba kugirango irebeko wihanganira kuyigana ikagufasha kubwibyo guma kwihangana Harigihe izaguhesha agaciro ukaba Uwo wifuza humura

  • @gloryumutesi6986
    @gloryumutesi6986 3 роки тому

    Abantu bagucira urubanza baraguhohotera, iyo ni imisemburo subushake

  • @phionauwimana4421
    @phionauwimana4421 3 роки тому +2

    Ooh humura shenge Imana igufiteho umugambi kandi izakurengera!!!🤔🤔🤔

  • @angelkmusafiri
    @angelkmusafiri 3 роки тому +7

    Yoooooo ariko mana🤗

  • @nyampingachance4722
    @nyampingachance4722 3 роки тому +4

    Mwiriwe,Biragoye.Ihangane

  • @ketiaprince542
    @ketiaprince542 3 роки тому +7

    Cyokoze harabantu bazumva ijuru mumatangazo pe 🤔🤔🤔mbega abagome yuuuuuuuu ndumiwe koko inyamaswa mbi numuntu

    • @espoirejane446
      @espoirejane446 3 роки тому

      Kbs inyamaswa gusa se ahubwo

    • @londochark5690
      @londochark5690 3 роки тому

      Nyina ni interahamwe nonese ntiwumvako muri jenoside yidegembyaga mu gihe abandi bari kwicwa icyo utumva n iki, noneho ngo inka za se zariwe na basaza ba nyina icyo utumva ni iki.

  • @kampimbarefidesfides2400
    @kampimbarefidesfides2400 3 роки тому +5

    Afrika warababaye afrika warakubititse😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭

    • @titoplan1607
      @titoplan1607 3 роки тому

      Nitwe tubabaza afrika mwaretse tukishira hamwe tukaremera uyumuntu

  • @caritasnduwayezu4851
    @caritasnduwayezu4851 2 роки тому +1

    Ubuzima bwawe nukwirukanwa gusa. 😭😭😭tabara mana uwo muhungu

  • @amaniruganzu4575
    @amaniruganzu4575 3 роки тому +5

    Sha uwomusore arababaje nukuri

  • @havefunwithdimitreeandgiya7125
    @havefunwithdimitreeandgiya7125 3 роки тому +1

    Urasenga imana izogukiza iyo mpwemu mbi kandi igutabare

  • @mfuranzima18b35
    @mfuranzima18b35 3 роки тому

    Yooo impore maama Yesu twizera ni muzima kandi azakomeza kugutwikiriza igishura cye ntawe uzagukoresha ayo makosa, kandi nawe ntugatezuke gusenga usaba imbaraga zo gutsinda uwo mwijima w'umubi. Ikindi kandi ntugacike intege komeza ushakishe akazi ibyiza biri imbere.

  • @jijijojo1459
    @jijijojo1459 3 роки тому

    Nkund’ umugabo ntacyo ampaye, Sabin urasobanutse kandi Imana ijye iguha umugisha

  • @mukajustine8774
    @mukajustine8774 3 роки тому +6

    Ba cyabakobwa bagira umutuzo ari uko ugize umugore naho ubundi society usanga ibasuzugura, nyamara umukobwa ubaye cyabahung cg (igishegabo) we arubahwa cyane muri society nyarwanda.
    Nukwihangana gusa nubona occasion uzahiteko urongora nicyo kizagufasha

  • @la_Lena
    @la_Lena 3 роки тому +5

    Mbega umusore ubabaje!!😢

  • @ariananyinawumuntu7810
    @ariananyinawumuntu7810 3 роки тому

    Disi uvuga nk,abakobwa humura Imana iragukunda muvandimwe

  • @irakozeevelyne6603
    @irakozeevelyne6603 3 роки тому

    Jye mbona urumuhungu .mbese ndanakwikundira kandi ndumukobwa.pole uzokundwa mwana.ntaribi

  • @user-bc3rb8eb3b
    @user-bc3rb8eb3b 3 роки тому

    Sha pole Sana,Ufise nimisemburo yabakobwa Umuhungu naho yoba yarahuye nibibazo bingana gute ntashobora kurira Imbere ya Camera.Nubugwayi ufise kabisa imana igufashe.

  • @smartbrain6139
    @smartbrain6139 3 роки тому

    Mwazizeko Mama wanyu yishakiragabagabo,akaburahwabasiga,nagahinda nibyamasambu byose

  • @chany9950
    @chany9950 3 роки тому +4

    Maaaanawe pore sha

  • @deborahdarli8278
    @deborahdarli8278 3 роки тому +1

    Mama humura kibondo imana irakuzi kandi iragukunda

  • @treasurerango4308
    @treasurerango4308 3 роки тому +4

    Njye ndakumva cyane twamvise amagambo menshi a dukometsa gusa jyusenga kd ugerageze kwikunda kd rwose uri mwiza cyane ijwi ryawe ntacyo ritwaye humura jya usenga yesu niwe womora ibikomere

  • @francoisuwiringiyimana503
    @francoisuwiringiyimana503 3 роки тому +1

    Yesu niwutangamahoro niwegisubizo

  • @Sabrina-ie2nb
    @Sabrina-ie2nb 3 роки тому +5

    Disi arasa neza.

  • @haririihuramye7370
    @haririihuramye7370 3 роки тому +17

    Uyu musore ashake watsap twavuganaho dufatanye gushaka umuti wiki kibazo afite gewe mba hanze tubanze dushake aho yaba atekanye ubundi ashake icyo yakwihangira mubyatuma akora ubuzima bwe

    • @prudentdekigali
      @prudentdekigali 3 роки тому +2

      Vaut mieux de contact Sabin qu'il serve à l'intermédiaire entre vous.

    • @rejematv1005
      @rejematv1005 3 роки тому

      Nukurii uri umuntu muzima pe gusa ndakwikundiye wazamvugishijye kuri whatsapp +237650558040 icyo twaganira se muvandi

    • @rejematv1005
      @rejematv1005 3 роки тому +1

      Cang umpe numéro yanyu ndabashaka pe

    • @mutra9711
      @mutra9711 3 роки тому

      @@prudentdekigali kuki se urabona adakomeye mu mutwe?

    • @umugwanezaconsolee422
      @umugwanezaconsolee422 3 роки тому

      Yooooo sinkuzi arko nkusabuyumugisha nange uyu muhungu ankoze kumutima

  • @zidiamcmillan2398
    @zidiamcmillan2398 3 роки тому +1

    Urwanda rurimo ihohoterwa riteye ubwoba. Ubwo about ba boss kuki badashyirwa mubuyobozi?

  • @redimposterfnf5762
    @redimposterfnf5762 3 роки тому

    Muhungu mwiza Imana irakuzi kandi iragukunda.Ta simplicité et sincérité me touche , humura ton ange gardien te protège et tu seras heureux kuko wamenye Imana .Babarira mama wawe kuko niho uzabasha kugira umunezero. Umubabarire kandi umusabire kuko ararwaye si muzima.

  • @titoplan1607
    @titoplan1607 3 роки тому +2

    Wowe igirire ikizere ikuremo ngo nyoko nyoko hera mukiyede gihemba 2500 ukomere ukomere wirukane uwomwuka wubutinganyi uguma ukuzereraho urumva!

  • @bridgeofpeace5697
    @bridgeofpeace5697 3 роки тому +2

    Ihangane , Bazakwifuza bigutangaze🥺

  • @divineinabeza45
    @divineinabeza45 3 роки тому +1

    Ariko abantu baracyapfa nabi namatorero yuzuye muri urwo rwanda

    • @umutoni1657
      @umutoni1657 3 роки тому

      Ni ikibazo, baba pasteur bose twabonye kuri iyi channel bavuzeko bayireba nibatonde umurongo bamufashe. Bose bavuze ko bakunda Imana ko banazi uko bimera kuba mu bibazo no kwicwa ninzara.

  • @irakozeevelyne6603
    @irakozeevelyne6603 3 роки тому

    Yooh urimwiza mbona urumuhungu.iyo ni anomalie bivana nivyo mama wawe yiyunvira agifisinda yaraziko azovyara umukobwa.humura

  • @alinemukaila1231
    @alinemukaila1231 3 роки тому

    Mbega ubuzima.wagirango namadayimoni bagutege ngo abantu bakujujubye gutyo🤔 gusa icyo mbona cyabakiza nuko bagutege inkunga ukihanjyira umurimo pe

  • @zaackoficial2269
    @zaackoficial2269 3 роки тому +2

    Abantu bazira ubusa kbs

  • @rejematv1005
    @rejematv1005 3 роки тому +11

    Azamvugishe muhumurize nukuri kuri whatsapp +237650558040

    • @Mugishatvshow
      @Mugishatvshow 3 роки тому

      Number ye iri hejuru sabin yayishyizeho

  • @jeannegakinahe3596
    @jeannegakinahe3596 3 роки тому +14

    N umwana nk abandi, nonese yarebye Djihadi we ubona atameze nk abandi!!! Humura Uri umuntu rwose!!

    • @bijouxbijoux05
      @bijouxbijoux05 3 роки тому +2

      Haaaa uranyishe ahubwo banafite nijwi rimwe,.

    • @umumararungunizeyimana5560
      @umumararungunizeyimana5560 3 роки тому

      nonese uyu ko atari gay kuki umugereranya na djihadi? uyu ashaka kuzavamo umugabo

    • @itNeza
      @itNeza 3 роки тому

      😂🤣😂🤣 , Ngo Djihadi

  • @naomiuwurukundo3173
    @naomiuwurukundo3173 3 роки тому

    God will fight your battles. In Jesus Name

  • @agasarobeyonce
    @agasarobeyonce 3 роки тому +4

    aka nakumiro peee😣😣

  • @umupfasoniclementine7863
    @umupfasoniclementine7863 3 роки тому

    Mbega disi umusore ubabaje ihangane imana irahari

  • @lilianeerica3318
    @lilianeerica3318 3 роки тому

    Imana ikurengere igutabare sha igukure mugahinda

  • @ikirezigrace565
    @ikirezigrace565 3 роки тому

    uyu muntu rero akwiye igishoro akikorera kuko ndumva atorohewe kandi ashake umugore yitandukanye nabwabuhungu bwigize indaya zabo bahuje ibitsina. kandi agane psychologists bamufashe murugendo rwubuzima azagere aho agira urugo rwiza. Imana imube hafi.

  • @bettymurekeyisoni
    @bettymurekeyisoni 3 роки тому

    Wamusore we lmana izakujyirira neza,kandi uzajyera kure heza,kuko uzaba ukomeye anyura mubikomeye,gusa numara kubona ubuzima bwiza ,ukarya ugahaga ntuzibajyirwe.

  • @umugwanezaconsolee422
    @umugwanezaconsolee422 3 роки тому

    Sha nkurikije ibyumaze kuvuga ndabona hari karande ikuriho ukeneye derivrance p

  • @semisera2940
    @semisera2940 3 роки тому

    Umva wa muhungu we mwisi buri wese afite amateka atandukanye ugerageza kuyahindura iyo Imana igutije ubuzima nibenshi bakuriye murubwo buzima arko bagaharanira kwihindurira amateka uyumunsi bameze neza ...iyo Imana iguhaye ubwenge ikaguha amaguru namaboko ahasigaye urwana nubuzima ugaharanira kubuhindura kuba cyabakobwa that's not an excuse ahubwo nawe wifitemo imyitwarire idasobanutse ...iki kandi erura uvuge ko uri umugay kubivuga ntawe byishe ...kandi abagay bose siko ari imburamukoro nkawe aho woe arahongaho urumusongarere utereye aho

    • @marieclaire5222
      @marieclaire5222 3 роки тому

      Humm wagira ngo hari icyo mupfa !! Uramusaba kwerura ngo avuge ibyo yavuze ko ataribyo se kubera iyihe mpanvu ? ntaho yigeze avuga ko adakunda gukora ahubwo yavuze ingorane ahura nazo mu mikorere ye kandi ndabona turi benshi twamwunvise

    • @umutoni1657
      @umutoni1657 3 роки тому +1

      Ikibazo afite ni society irimo abantu nkawe bamushyira mugatebo atarimo. Uko avuga cg agenda ntago bidetermina sexual orientation ye at all buvuga ko afite hormones zabakobwa. Icyo mbona gihari nubujiji bwabantu bapfa kuvuga ibyo batazi.
      Ikindi nubunyamanswa buri mubantu. Abantu batumvako ari umuntu nkabandi ukeneye kubaho nkatwe twese bakamuha liste yibyo agomba gukora:
      1. Nkawe ngo yerure ko atari heterosexual
      2. Nkinjiji yahuye nazo ngo azajye gukorers abazungu
      3. Nkabantu bamwima akazi ngo ntako yashobora
      4. Nkababoss be bamusaba kuryamana nabagabo babaclients bakurikiranyemo inyungu.
      Uyu muhungu niwe wiyizi kandi niwe uzi abo akunda. Niba utamwizeye ibyo yavuze ngo atari umutinganyi ko adashaka no kuba we nikibazo cyawe ntago ari icye.
      Ikindi ntamuntu uhatiriza abandi gucominga out abantu barabyimenyera bakamenya nigihe nyacyo iyo biteguye. YABA ARI UMUTINGANYI ATARIWE NTABURENGANZIRA UFITE BWO KUMUSABA KWERURA CG KUMUHA SEXUAL ORIENTATION NIWE WIYIZI.
      Kugira hormones zabakobwa bibaho ariko ntago bikugira ibyo. Abagabo bo muri iyo community ntago bose bari feminine cg flamboyant. UZIHUGURE MBERE YUKO UTANGA INAMA ZIMEZE GUTYO.

  • @hagenimanaelie6555
    @hagenimanaelie6555 3 роки тому +1

    Humura bro imana izi impamvu Irena umuntu nkawe.

  • @anacletnduwayo1339
    @anacletnduwayo1339 3 роки тому +3

    Iyo mudafite icyo mwafashisha umuntu byiza mwaba mwihoreye kuko uwutaranirwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi.

  • @brusselsah9501
    @brusselsah9501 3 роки тому +1

    Mumushakire akazi Muri galaxy hotel

  • @carmellefuraha7094
    @carmellefuraha7094 3 роки тому

    komeza kwizera imana ukomeze ukomeze kwanga ibyo imana yanga izakugirira neza. Kuba washoboye kubivuga ni ntango yibyiza ntucike intege wakojeje Satani isoni

  • @KarosiGIENO
    @KarosiGIENO 3 роки тому +1

    Ujya gukira ibinyoro arabirâata,humura inzira yo kubohoôka no guhûmurizwa irafungukiye.Sigaho kwiheba kuko si nawe wenyine wanyuze mu gahinda

  • @havefunwithdimitreeandgiya7125
    @havefunwithdimitreeandgiya7125 3 роки тому

    Imana izogukiza akogasembwa

  • @agneskobwa2296
    @agneskobwa2296 3 роки тому

    Humura imana irakuzi ntukihebe uwiteka arakora unjyusenga imana izagufasha

  • @davinamuhozi566
    @davinamuhozi566 3 роки тому +1

    Sabin wowe urahahamura uyobeweko umuntu umeze nka cyabakobwa bamusekaahsntu hose ntajambo abandibaba bacyabakobwa bagahita bigira kurongorwa munnyo uwo yarabyanze nimumufashe kuko ntiyajya muba pede kandi atari we no mubazima ntibamwiyumvemo mbese ninkumwana wicyivange .nimumufashe pe ntabantu abarizwa hose baramutererana kandi kunaniranwa nanyina ntamugore wabyaye abahungu ubazanamo umugabo utarise ntibyakoroha niyompamvu mwananiranywe yishakiraga imbogo mukabizana yabaga ashaka kwirongorerwa mukamukasira iyo mumureka akirira imbogo mama wanyu se.

  • @clementinekaranga3416
    @clementinekaranga3416 3 роки тому +1

    Buriya wasanga atarashakaga Papa wanyu, gusa Nyagasani Uhoraho wenyine azabarengere.

  • @minanianastase9057
    @minanianastase9057 3 роки тому +1

    Uwomuhungu yihangane ibyokuba aricyabakobwa sicyibazo niyishyiremo kwarumugabo namara kwishyiramo kwarumugabo byose azabitsinda afatanyije n'lmana

    • @umutoni1657
      @umutoni1657 3 роки тому

      Ikibazo ntago aruko atishyiramo ko ari umugabo, arabizi ko ariwe ikibazo nuko abantu batamwakira.

  • @titoplan1607
    @titoplan1607 3 роки тому

    Nibyo kabisa inzara yakwica ugahinduka umurambo munzu

  • @anithaumukundwa8710
    @anithaumukundwa8710 3 роки тому

    Jye ndabona arumuhugu pe

  • @machanical01
    @machanical01 3 роки тому +4

    Ariko mumajyepfo vibreur zirakora?? Humura wowe wigirire ikizere
    Iyaba wabonaga uko wakwikorera ariko abantu bagimba guhindurq imyumvire icyo umuntu ashoboye akabikora ntakumutoteza
    Ndumva na mama wawe nawe afite imvumo,
    Wowe wigirire ikizere kdi wumve ko Imana otagutereranq kdi itanqkwqnga ari nayo igifiteho ijambo ryanyuma ntibakwange ngo nwwe wiyange

  • @uwerajuliet780
    @uwerajuliet780 3 роки тому +1

    Sabin washatse uburyo twafasha uyu muntu

  • @user-bj4ld1jw4k
    @user-bj4ld1jw4k 3 роки тому +1

    Nidanje