Sha Sefu aguhemukiye ukimufitiye confiance, gusa mwana hari gihe azagutekerezaho akakugarukira nk'umukunda azsgutekerezaho ,kandi wihangane tuzagusengera
ukuntu ufite umwana mwiza komeza umufate neza uwomwana azakubera umugisha azakina uwo se atigeze akina amwifuze bimugore, kdi uracyari muto, uzabona undi gusa wakire yesu ibindi bizizana,
Yooo disi ihangane nubuzima & you are smart in thinking n't be afraid tomorrow will be sunchine
Il faut lâcher prise sur la vie que l'on a planifiée, pour accepter celle qui nous attend. La vie c’est comme ça. n'abandonne jamais donatha et continue sefu tu es mon meilleur midfilider içi au 🇷🇼 . la vie est belle 😍
uyu mu baby asa na BIMENYIMANA Bon~Fils Caleb abemeza ko ari ukuri mumpe like
Sha pole iyo abahungu bafashe bahita bishakira slay queen we rera umwana wawe nawe ntazatinda kubona ko atibeshye.
Bigaragara ko waba mo umugore mwiza aliko ubwo ntibyari ibyawe byakire kandi uzarere neza umwana wawe uzamugiriraho umugisha
Pore sana sista
Sha uyu mumama azi ubwenge! IMANA Izaguhe undi MUGABO Ugukunda!
Uyu mukobwa ndamwemeye kabisa. Uko avuze seifu niko ameze seifu aritonda . Gusa n uyu mukobwa ni umuhanga. Azi kuganira. Imana izabafashe umwana wanyu azabone urukundo rwanyu mwembi pe. Nanjye nifuza kuzashaka abagore barenze umwe mais ntabwo idini ribyemera.
Sha wamukobwawe urimfura kbx
ndabona yararetse umugore muzima yifatira slayqueen
Afite ubumuntu kwihuta byo ariko rero iyawe ntaho kijya yazanagaruka
Ark ibi ni ubuzima bwite bw'abantu mwajya mureka kubigira inkuru
Wa mukobwa we uri umunyabwenge pe kd interview yawe wayigizemo ubwenge komerezaho
Ariko dix narinziko ariwe yatereye ivi ukuntu nabonaga bikundanira agikina muri rayon sport
Mbega seif??
Donatha est sage et bien éduquée...
Ufis imishatsi mwiza can,courage
Bibaho ubuzima burakomeza sister Wacu umutima mwiza wifitemo uzawuhorane
Polesana uzabona ugukunda kdi urimwiza uvugisha ukuri
Kyembade ariko kuki ariwowe ugize ikibazo .ubu c kuki we yagiyegushaka undi kdi haruwo babyaranye ? Urumva c atarahemukiye uyu mwana ! Ahubwo Uwo bagiye kubana amenyeko haruwo ahemukiye kuko we barabyaranye .ahubwo Uwo bagiye kubana amenyeko abaye mukase wumuntu ntabyishimo azagira haruwo ahemukiye
Joseph johali uvuze ukuri cyokora abantu barahemuka yaba Seif nuwomugore mushya Bose barahemutse ikiza uricyari muto ufite nuburere urimwiza abandi baba basaze batukanye umbabaje ntakuzi
Ese nkubu uyumwana yamwangiyiki kweri kombona uwagiye gushaka atamurusha ubwiza kweri gsa uyumu sisiter nuwumutima kbs kndi ahumure azabona umutonesha rwose aracyarimuto kndi mwiza sefu nawe azagire urugo rusha ruhire buriya niyomahitamo yiwe
Ndabishyigikiye nibyo uyumwana niyihangane ntakundi Niko ubuzima bugenda
Why seif left his Girl freind ? Ndizera ko arikosa Yakoze kdi Ashobora Kuzicuza
Uyu mukobwa numwana mwiza pe
Yo uyumwana nuwumutima kbc
uyu mwana ndamukunze kbs azi gusubiza
Uyumwana nimwiza
Arko mbaze
Iyi propaganda yo gusebya abakinnyi ba APR yazanywe nande? Hanyuma c rino tangazamakuru ryo inyungu bakura mugusebya abakinnyi bibamariye iki?,nonese kki mubaza uruhande rumwe? Ntabunyamwuga bwanyu
Mahoro Damour umva nanjye ndi umufana wa apr arko ibaze impamvu harabavugwa impamvu nuko ari indiscipline ubu se ko ntawavuze butera Andrew ahubwo wenda icyo nemera dufite abakinnyi Beza arko barimo indiscipline
Ushaka gukorera amafaranga utavuye murugo nkuhitiyemo
(digital health Rwanda UA-cam channel )
Mureke ibyawe ntaho bijya bijya,ihere umwana uburere.
uyu mukobwa ndamuzi nawe ntago ashobotse
Bibere isomo n'abandi bakobwa usanga baba barasariye abastar kdi urukundo rwabo rujyana n'igihe nkuko habaho ibyo bita guhiting muri monde ya gistar so, rero akenshi iyo abonye undi ukurenze ujyanye na hit afite muri iyo minsi ubwo nyine wowe uba expired niba yaragukunze akina mwisonga urumva ko bitandukanye nubu akina muri Gitinyiro nyine wowe warujyanye n'isonga. Guc ihangane isi n'ishuri warize bihagije
gutandukana nibintu bisanzwe aho kuba umwe yavutsa mugenziwe ubuzima
Ubusore bwa fake buba butesha agaciro abakobwa bugasanga slay queen
kungufu
Nkunze ukuntu uvugishije ukuri pe
Uyu mukobwa n umwana mwiza azi no gusubiza neza IMANA izamuha undi mwiza
uyu mu baby yafashe seifu
Niwowe wamukundaga rero ubu yahisemo uwo akunda
Impamvu yagutaye nuko ari wowe wamusavye urukundo, nawe yashetse akunde uwo umutima wiwe ukunda kugiti ce
ubu ntimushaka kumusenyera kweri, that's not good
Gusenyera nde se? Ntabwo ari ibanga babanye mu nzu. Ikibi se nikihe kuba yavuze uburyo babayeho. Ntakindu gidasanzwe yavuze. Niba yarashatse uwo babana aziko yarafite umugore n umwana.
Coronavirus itumye umu Bishop ahangara perezida wa repubulika ua-cam.com/video/3nSBcmoCCc4/v-deo.html
Ubundi ibi bitumariye iki? Niyo amakuru y umukino? Cg ni ugushaka views mugihe cya coronavirus??? Shau muracyari hasi cyane. Ubwo rero izi comments ziraje zigushuke ugirengo wakoze ibintu bihambaye 😂😂😂
Uri segahutu koko ntawakurenganya. Ubuse ibyavuze bisebeje nibiki wangegerawe yamaheru mabi
Ubu nta nkigisho ukuyemo sha Habyara we ntazo ukuyemo waba wagize bikugoye
we ntuzovayo nimba ataco ukuyemwo!Uwo mwari yihangane mbonue ari umwana atekereza cyan mibisubizo bye ni bigari
Ubwo se iyi nkuru imaze iki gusebya sefu gusa abanyarwanda tujye twiga gushyigikira umuntu ari gutegura ubukwe ubuzanye story nkiyi kugirango bidufashe iki?? Cg sefu we bimufashe iki?? nibura x iyo ujya kuganiza umwe yambitse impeta nibura ko aribyo bifite igisobanuro plz ntimukinjire mubuzima bwabantu kubintu bidafite nicyo bimaze cyane muri bazako interview ya nejeje sefu cg uwo bagiye kubana
Ubwose nkawe uvuze iki kweri munjye mureka ubuhemu bakoze bumenyekana ubwose urereba uyu mwana wu mukombwa hatari byishi ya mwiciye mubuzima.ariko niba nawe urumushurashuzi nkawe wa mukomera amashi.wowe abantu babanye munzu imwe none ara mutaye ahubwo x uwo asanze ataye amaraso ye urumva we aza mukunda uruhe. Plz u need to grow up mind.kandi tunjye tuba abanyakuri mubuzima.
Oya sibyo ibi bigomba kutwigisha ubu se ntiyahemukiye uyu mwana kweri
Kyembade nkubaze ? Seif we atecyereza ate kuwo yambuye ubusugi bwe cg Ubukobwa bwe? Ese uwo mwana we azafate se gute? Nukoma urusyo ujye ukoma n' ingasire
Niba umuntu yivugura ko ntakintu cyatuma uwo muntu asubirana na Se w'imfura ye murumva uwo Sefu yaritwayemo neza? Ahubwo Donatha n'mfura amubikiye ibanga, sinteze Sefu iminsi ariko biragaragara ko ariwe nyirabayazana w'isenyuka ry'urugo rwe. Umugore muto gutya uganira kw'itandukana n' umugabo uvuga ntarire yamaze kuba ikinya yapfuye umutima.
Buregeya Idrissa ndabyumva ibyuvuga ariko mubyo yavuze byose ntaho yavuzeko ya mufashe kungufu barakundanye ndetse biyemeza kubana ntaho yavuzeko sefu ya muciye inyuma mugihe bamaranye cg amuhohotere icyabaye nuko bose babanye bakiri bato kuko bose bari barangije ishuri ukwimitsi yashiraga haribyo batumvikanyeho bemera gutandukana mu mahoro kugeza ubu nkuko umukobwa yabivuze sefu asura umwana uko bikwiye agokora ishingano ze nka papa none ndabaza sefu haricyaha afite muri byo yari kuguma we nyine?? Yashatse uwo babana ndumva nta mpamvu yiyinkuru kuko sefu ntago yanze umukobwa haribyo batumvikanyeho kuko tuta nabizi wasanga ukobwa ariwe wamugoye
Yo uyumwana nuwumutima kbc
Woow mbega umubyeyi wi mpfura seif birakwiye ko wazareba ino interview kweli kuku mama wu mwana wawe na mutima mubi kbsa