Imana yanyimye umugabo || Nifuje kurongorwa ndi umukire ndi na Mwiza ndabibura, nabuze nuwo nagura
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Amen,Amen Annonciata disi ndakuzi mu Matyazo unyura munsi yiwacu uri umugore mwiza cyane wumukire gusa inyigisho zawe harikintu zisigiye kandi gikomeye,Ameeeeena
Manaweee ububuhamya buranyubaste pe Ijambo Imana yivugiye shaa
Imana ni buntu ntago ikeneye gusengwa ngo ibone kutugirira neza kuko ibyiza ibiha abo twitako ari beza cg abapagani! Rero ntitukarangazwe n'ibintu ahubwo iherezo ryiza!
Imana yagushatse iraguhombya hako yaguhomba.hallelujah mbega Imana weee.nciye bugufi mumutima
hari ibintu bikomeye nkwigiyeho Imana iguhe umugisha uagabanije
Yesu weee. Imana ni inyamaboko pe byari bikomeye uwiteka akongerere imbaraga
ubwose niwowe ugihumeka Iby Imana ikora nibitangaza
Agaciro k.umugore ni Kristi maman.hari benshi Yesu yagahaye badafite abagabo
Icubahiro kibe ic'Imana!
@ the end of this testimony hari ugukomera kw'Imana cyane. Imana ikora byose irica kandi igakiza, iravunagura kandi ikunga. Ibyapfuye ikabihindura bizima. Imana ihora ari Imana.
Imana ishinwe! Nta Cyiza nko gutunga isezerano ry'Imana kandi bimpaye kurindira ibyavuzwe nayo!
Haleluyaaaa Yesu nongeye kumukunda cyane kdi mushimiye cyane ko Yigisha ubwenge. Wamubyeyi we urampezagiye
Nukuri lmana niyo kwizerwa turya twihena tutarabona lmana itubabarire
Yooooooooooooooooooo amen nukuri imana numukozi wumuhanga
Imana ishimwe mama,wigishije neza cyane!kdi imana yaguhaye kwihangana uzayigumeho.umugabo ni boro rata!
Aleluya wamubyeyiwe ,umvugiye ijambo ,njyamvugango ntagihe mfite cyo kwirirwadwa nta igihe nvuga amazina yabazimu, Aaaa noooo. Ahubwo icyonkwiriye gukora niki Amina ndahimbaza uwiteka nvuga mugukomera kwe mpimbaza ubwami bwe , maze satani ningaboze bakamwara nimigambi yabo yooose igakurwaho ,kubwo kwizera umwami Yesu Cristo winazereti Aleluyaaa komerezaho umukorere nawe azaguhemba ntakabuza
Yesu aduhe imbaraga no kubamo neza muruyu murimo wa Data kujyirango tuzatahe nka bakiranutsi.Ubu buhamya bukoze ku mutima IMANA IBAHE IMIGISHA.
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana ubuhamya bwawe burafatika
Imana iguhe umugisha
Imirimo yimana ira tangaje.
Glory be to God hallelujah
Imana izaguhe ijuru mama
aliko nuwmana itahaye umugabo iramwubaka ako gaciro akakakagira, uwamwigeze bikanga afite abana arumubyeyi imana izakwambika agaciro ko urumubyeyi nuyisaba! Itanga byose;
Uranyigishije Imana iguhe aheza hose mu isi no mu ijuru ndagukunze ndagushimiye urakabeho mwana w Imana
Mama imana iguhe mugisha nange ndafashijwe👏👏👏👏👏👏👏👏
Urahambaye Mana yanjye,🙏
Yego Annonciata wacu!ndakwemera kabisa!nanjye gufotora byarantunze sha
Mana we mana we uhoraho nyeningabo wakoze ibikomeye
Amen Imana yacu irakomeye
Ndashaka kubwira abantu batanga ubuhamya bwabo bashaka kugaragaza ko Imana yabagiriye neza bagomba kumenya ibi bintu bikurikira.
1. Imana yatwohereje umwana wayo w' ikinege kugirango aducungure ibyaha byacu kubwurukundo rwayo no kubwubuntu ntakindi kintu igendeyo nakimwe.
2. Yesu ageze mwisi yadukijije ibyaha ( gukiza roho) ntabwo yadukujihe iby' umubiri( ubukene, ubukire, ubwiza, abagabo, urubyaro, ubwiza, ububi, ubumuga, n' ibindi twifuza mubuzima bwacu nk' kubaho mubuzima, urupfu), ibi bivuzeko ntawakagombye kuvugako kuba ariho atarabyuye, atakize, yakize ( afite ubutunzi bwisi) yakenye, ....byose byakozwe n' Imana , ahubwo ibi byose biterwa n 'uko isu iteye, umuntu yakagombye kumenya cyangwa gutanga ubuhamya bw' uko yamenye Imana akaba agendera mu gudhaka kwayo.
Ubuhamya buvuga ibijyanye n' imibereho y' ibyisi, urugero: ESE abamugaye, abakene, ababuze abagabo, imfubyi , abapfakazi , abakire, n' abandi Bantu babayeho neza cyangwa nabi bavuga Imana bate bagendeye uko babayeho.
Uyu mumama woho Shima Imana kuko wayimenye gusa, ibindi dingombwa, kuko n' abafafite abana Imana irabakunda kandi nabo bsgomba kuyishima.
nayigiziki guillaume Ariko wowe ntiwakurikiye neza.n'ubundi ibyo ari kuvuga byose ashima Imana bishingiye ku kuba yarakiriye Kristo agakizwa,nyuma Imana ikamuhindurira amateka.
Ibibyose ubyandikiye iki,simbona nawe arubuhamya utanze!reka ababushaka bubafashe
Amen...amen
Imana yagukuye Kure
Vyukuri 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Amen Amen hezagirwa
Yoooo ntinye Yesu mba I bujumbura uwo mu mama ndamuzi I butare akorana na Baryinyonza afotora Imana irakomeye
Mana urigitangaza😭😭😭nubwo rimwe na rimwe biturushya kandi bikatubabaza😭ariko uzahora uri Imana🙏
Kbx
Imana ibandanye ikuzigama.vyukuri wavuyekure.🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
imana ihabwe ikyubahiro! Kandi ikomeze Kubarinda iguhe nu mugisha
Mana WE ugira neza
Imana ni nziza tuyiringire kandi tuyizere kuko ishobora byose kandi ntawayiringiye ukorwa n'isoni
Imana weeeeee Ukora neza
Ntakibasha kurogoya umugambi wawe Mana! Ndifuzako uwomumama mwakongera kumuha umwanya agatanga ubundi buhamya please 🙏🏾
Komera komera, mkozi w' imana
Félicitations madame.Ino iwacu hari abantu bita abana babo ngo Ikurakure.
urakoze kunkangura! Imana ikongere amavuta kandi igukomereze amaboko!!
Ndakuzi ukora muri studio yabaryinyonza ukuntu yarafite umugore mwiza warakoze kumureka umugandekazi nawe yaramukeneye
Pole sana mwana uzohore uyihimbaza n'Ishobora byose shenge!
Amina ima ishimwe
Maman ndagutahura nijendabizi
Sha ,kubona ,ukizwa ,akarekura ,birakomeye ,ariko cyera ,abarokore ,bagifite ,agacyiza niko byagendaga,imana warayumviye nshuti ,uzahabwijuru
Gusa ntibyoroshye
Uwiteka afite byose koko.,Agenza uko Abishaka,.
Nsheshe urumeza.
Ivyo Imana ikora birenze uko umuntu yovyiyumvisha. Reka yitwe Imana ibihe vyose. Iteye ubwoba
Amen Imana ikora ukwishaka mugihe cayo
Abantu bazaze bakwigireho ubwenge Imana yakwigishije
Ndafashijwe. Buriya ibibwirizwa bya UA-cam nkunze kubica amazi ariko ndafashijwe. Unyibukije gukomera kuwiteka
Uvuze ukuri pee 👏👏
Iyibishyatse irabikora ntawuyivuguruz Nicyo ndayikundira
Yesu weee ,sha ndafashijwe pe ,nukuri Imana izi kurinda
Ninde yontwara kumusozi mu rwanda, no gusengera mumazi, ndarushe, ibibazo birandeze, ndabimarany imyaka nka munani
Uzishurwa ncuti komeza uyizere
Uzaze nkujyane
Maman Fiette waradufotoye kbsa ugirango urabeshya azaze ambaze !!
Ariko si Mushumba wabgira Immana ikakunyiher.
Hhhhhhhh
😂😂😂😂😂😂
Ikibazo cy'amatsiko Annociata uracyashaka umugabo?
Ameen
Ariko SE abantu bo muri uru rusengero KO batavuga Amina.wagirango ntibahari di!
Buriya benshi bariguyeho ndavuga ishyiga
Ariko iyo mpeta uza igure uyambare yesu ni bwana mwiza
Z up
Imana natwe iduhe Abana nukuri
Nukuri lmana yunve kwifuza kwanyu
Nibyo
Mama mwiza uvuze ukuri agacyiro k'umugore ni umugabo na bibiriya irabivuga neza ngo nkuko Kristo Ari umutwe w'itorero Niko n'umugabo ari umutwe wurugo
kumvira Imana rimwe narimwe birasharira ariko nyuma bizana imigisha. Ubuhamya bwiza cyane💞💞💞
Uko nukuri maama
Kumvira Imana birasharira ark nyuma bikaryoha pee
Kumvira Imana birasharira ark nyuma bikaryoha pee
Abazaburishya TV, byashobakako mwazongera guha uwomubyeyi akandi kanya akongera gutanga ubuhamya? Kurijye numva ubuhamyabwe butararangiye. Murakoze
Imana ishimwe cyane
Imana ihabwe icubahiro
kkkk Uransekeje pe! Mana natwe uzaduhe abagabo nabana tuzagushima. Muzadukomereze ubuhamya nukuri gusa Imana ikugirire neza pe!
Syndi afite ubuhamya bukomeye Butari ubwo. Nuko aribo asigaranye. Naho twe tubuzi Imana yamukuye kure
I have loved this preaching
Imana ninziza dada🙏👏
Ariko koko ni Ibitangaza rwose. Njyewe tuziranye guhera 1994 ukora ako kazi ko gufotora kugeza ubu 2016 duherukana, ibyo uvuga ni ukuli.
Mana weeee nguhaye icyubahiro pe🙌
Nanjye Anonciatta niwe wamfotoye mu bukwe bwanjye
Amen. lmana izi kurinda pe
Yesu weeeee Mbega ubuhamya weee😭😭😭
Ariko Imana yacu ninyamaboko ubuhamya bwewe buter intege imitima yacu
Pole mama Imana nibyose kubamumenye
Mbega imana
Amen
Yooooo Imana irahambaye
Ntibyoroshye pe
Zaburi uraho neza?
Amena.amene
Iyo daimoni wumu chauffeur bazamushake bamuhane uvyakarero Twese tumybone. Btibibaho kobatamutora numutindi
Agaciro k,umugore si umugabo. biterwa ni umugabo afite icyubahiro cye.ese umugabo wawe Niba ari mayibobo tuvuge KO ari icyubahiro?
Solange Gahongayire uvuze ukuri ntaho bihuriye agaciro ku umugore sumugabo wapi kabisa ubwo nubuyobe muba gore bagitekereza gutyo
Aho murabeshe icyubahiro cumugore numugabo kko ufite umugabo agukunda akubaha ntamuhimbiri akwegera ngo aje kugusaba ibintu
Nangwa nawe ufite abo bana.njye Imana yanyimye umugabo nabo bana kandi mfite imyaka nkiyicyiyoni sha.
Komera nshuti.
tegereza wihanganye imana izamuguha.
Yooooo,Betyy, ihangane nanyuma ya zero ,irakora
Komera nshuti
Yooo pole mama nyagasani azakugirira neza kdi nubwo bitaba izaguha ubungingo buhoraho
Ndashaka ubuhamya bwe burambuye bwose
Erpeya
Ariko Mana urashoboye🙏🙏
IMANA iteyubwoba
Ndabihamya ntacyidashoboye
Ivy'Imana KO bigoye!iyi Mana iteye ubwoba p!
Imana ikora ibyishatse
Gusa imanizaguhemba
Humura YESU azabirangiza
Uwiteka uduhe kugukorera no kukumvira
Erega ntamuntu Imana yima urubyaro ahubwo haribintu twafashe nkukuri kandi ari ibinyoma
Dore uko Bible ivuga
Rom 8:31-32
[31]None ubwo bimeze bityo tuvuge iki? Ubwo Imana iri mu ruhande rwacu umubisha wacu ni nde?
[32]Mbese ubwo itimanye Umwana wayo ikamutanga ku bwacu twese, izabura ite kumuduhana n'ibindi byose?
Iyatanze Yesu ntacyo yatwima
Uretse hadutse ibinyoma kandi byafashwe nkukuri ngo ishobora guha bamwe urubyaro abandi ikarubima
Oya rwose turi mwisezerano rishya mujye mumenya Imana yihishuriye muri Kristo
P
Nanjye waranfotoye ingoma kuri kiriziya
😭😭😭😭😭😭😭mana we ndagutinye binteye konjyera kugukunda birushijehope🙏🙏🙏
Nyaxo
😥😥😥😥
Urakomeye Mana we