Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
Amajambo nkaya simpaga kuyumviriz komera cane mukozi w'lmana basha ubu butumwa bizonryohera bushits muburundi naho agakiz ntigatakara kbs komera cane 🙏🙏🙏✨Yesu ashishikare kugukomeza nokuguh ihishurirwa❤
@alichouofficial4444@ Amahoro
Asante sana
Heb 6:4-6[4]Kuko bidashoboka ko abamaze kuvirwa n'umucyo, bagasogongera impano iva mu ijuru, bakagabana ku Mwuka Wera,[5]bakanasogongera ijambo ryiza ry'Imana, n'imbaraga z'igihe kizaza[6]maze bakagwa bakavamo, ntibishoboka kongera kubahindura bashya ngo bihane, kuko baba bongeye kwibambira Umwana w'Imana, bakamukoreza isoni ku mugaragaro.
Ubuyobe bukuzuye mon frère. Ukeneye kwiga byimbitse
Harigihe twovuga ibyo utazi cangwa utamenyereye ukagirango si Ukuri , ibyo utazi si ubuyobe
Muraho neza, @Martin, subiza ibyo bipande byerekana yuko umuntu yareka kwizera akabivo akamera nkinkuge imenetse nk'uko Humenayo na Alekisanderi babikoze. Subiza kuri ibyo byanditswe byombi.
1 Tim 1:18-20[18]Mwana wanjye Timoteyo, ndakwihanangiriza nkurikije ubuhanuzi bwa kera bwahanuye ibyawe, kugira ngo buduheshe kurwana intambara nziza,[19]ukomeje kwizera kandi ufite umutima uticira urubanza. Uwo mutima bamwe barawuretse bahinduka nk'inkuge imenetse ku byo kwizera.[20]Muri abo ni Humenayo na Alekizanderi, abo nahaye Satani kugira ngo babyigireho kudatuka Imana.
Nimirongo myinshi yerekana ko umuntu avuye mukwizera atakaza agakiza
Ako si Agakiza
Mr Birura Alfred ibibyanditswe ushizeho tuzabivuga muzindi Videos
Mbitegeranije amatsiko kbs
Ariko FM 7 nagusabye number ya martin mukunda kubi ikindi FOTO turamukumbuye FOTO na martin Bari mubantu numva cyane kandi nasobanukiwe byishi kubera FOTO na martin imana izabahembe cyane
Ndabaza Martin none umuntu iyo akoze icyaha cyubusambanyi? Cgs kunwa inzoga? Kuroga nibindi? aba agifite agakiza?? Impanda ivuze yajya mwijuru atarihana??
Twarakijijwe urupfu rw'iteka, rwatewe ni cyaha cya Adamu ni yo mpamvu twizera tugahabwa tubabarirwe kandi duhabwe ubugingo buhoraho.Turimo turakizwa: Turimo gupfa kuri kamere kugira ngo duse na Kristo Yesu, ubu ni ubuzima bwimibereho ya gikristo.Tuzakizwa: Tuzakizwa ubwo tuzambura iyi mibiri ipfa tukambara idapfa agakiza kacu kakaba karuzuye. Ndizera ko aribyo Martin atageseho. Ariko azansubize kuri biriya byanditswe 2 natanze haruguru.
Harumusore wasanze yesu amubaza ico yokora kugira ngo abone ubwami bwijuru, yesu ntiyamubwiye ngo ntaco kora, ntiyana mubwiye ngo unyizere gusa. Yaramabwiye ngo uza icyo amategeko avuga, asanga ayuje ariko harico abuze. Ico yarabuze warumurimo.Inyigisho zu buntu ninyigisho za paul siza yesu.
Pahoro ibyo yigishije yabihawe na Yesu sibya Pahoro Acts 20:24, Abagalatiya Chapter 1 and Chapter 2 Umusore wumuntu waje imbere ya Yesu wishingikirizaga kumategeko byarangiye ananiwe kwinjira Mwijuru! Ariko abanyabya nkaba Zakayo nabandi Yesu ntiyabwiye kuzuza Amategeko yabakiriye Uko bari ! Murashaka kugera ikirenge Mucyabafarisayo batsimbarara Kumategeko badashoboye ?
You believed Elijah's fire to come from God,But you doubt paul writings to come from Jesus,You are a liar sir.😂😂😂
Nigitangaza wa
Nuko tutagira inumero zabo twobabaza neza Abaroma11:20
Abaroma chapter 11 twayivuzeho muriyo Video uyitegere Yose
Martin , wize ubuntu bw' imana nabi kandi niba atari kubwiga nabi ntuzi kubwigisha
Harigihe uba waramenyereye uruvange rwamategeko n'imirimo Itegetswe namategeko, hamwe nubuntu byose icyarimwe! Twavuga Ubuntu ukumva twabihengetse ! Kuberako ufite Igitwikirizo cyisezerano ryakera 2ABAKORINTO 3:6_18 ( cane cane Verses 13_16) Abagalatiya 4:21_30
Amajambo nkaya simpaga kuyumviriz komera cane mukozi w'lmana basha ubu butumwa bizonryohera bushits muburundi naho agakiz ntigatakara kbs komera cane 🙏🙏🙏✨Yesu ashishikare kugukomeza nokuguh ihishurirwa❤
@alichouofficial4444@
Amahoro
Asante sana
Heb 6:4-6
[4]Kuko bidashoboka ko abamaze kuvirwa n'umucyo, bagasogongera impano iva mu ijuru, bakagabana ku Mwuka Wera,
[5]bakanasogongera ijambo ryiza ry'Imana, n'imbaraga z'igihe kizaza
[6]maze bakagwa bakavamo, ntibishoboka kongera kubahindura bashya ngo bihane, kuko baba bongeye kwibambira Umwana w'Imana, bakamukoreza isoni ku mugaragaro.
Ubuyobe bukuzuye mon frère. Ukeneye kwiga byimbitse
Harigihe twovuga ibyo utazi cangwa utamenyereye ukagirango si Ukuri , ibyo utazi si ubuyobe
Muraho neza, @Martin, subiza ibyo bipande byerekana yuko umuntu yareka kwizera akabivo akamera nkinkuge imenetse nk'uko Humenayo na Alekisanderi babikoze. Subiza kuri ibyo byanditswe byombi.
1 Tim 1:18-20
[18]Mwana wanjye Timoteyo, ndakwihanangiriza nkurikije ubuhanuzi bwa kera bwahanuye ibyawe, kugira ngo buduheshe kurwana intambara nziza,
[19]ukomeje kwizera kandi ufite umutima uticira urubanza. Uwo mutima bamwe barawuretse bahinduka nk'inkuge imenetse ku byo kwizera.
[20]Muri abo ni Humenayo na Alekizanderi, abo nahaye Satani kugira ngo babyigireho kudatuka Imana.
Nimirongo myinshi yerekana ko umuntu avuye mukwizera atakaza agakiza
Ako si Agakiza
Mr Birura Alfred ibibyanditswe ushizeho tuzabivuga muzindi Videos
Mbitegeranije amatsiko kbs
Ariko FM 7 nagusabye number ya martin mukunda kubi ikindi FOTO turamukumbuye FOTO na martin Bari mubantu numva cyane kandi nasobanukiwe byishi kubera FOTO na martin imana izabahembe cyane
Ndabaza Martin none umuntu iyo akoze icyaha cyubusambanyi? Cgs kunwa inzoga? Kuroga nibindi? aba agifite agakiza?? Impanda ivuze yajya mwijuru atarihana??
Twarakijijwe urupfu rw'iteka, rwatewe ni cyaha cya Adamu ni yo mpamvu twizera tugahabwa tubabarirwe kandi duhabwe ubugingo buhoraho.
Turimo turakizwa: Turimo gupfa kuri kamere kugira ngo duse na Kristo Yesu, ubu ni ubuzima bwimibereho ya gikristo.
Tuzakizwa: Tuzakizwa ubwo tuzambura iyi mibiri ipfa tukambara idapfa agakiza kacu kakaba karuzuye. Ndizera ko aribyo Martin atageseho.
Ariko azansubize kuri biriya byanditswe 2 natanze haruguru.
Harumusore wasanze yesu amubaza ico yokora kugira ngo abone ubwami bwijuru, yesu ntiyamubwiye ngo ntaco kora, ntiyana mubwiye ngo unyizere gusa. Yaramabwiye ngo uza icyo amategeko avuga, asanga ayuje ariko harico abuze. Ico yarabuze warumurimo.Inyigisho zu buntu ninyigisho za paul siza yesu.
Pahoro ibyo yigishije yabihawe na Yesu sibya Pahoro Acts 20:24, Abagalatiya Chapter 1 and Chapter 2
Umusore wumuntu waje imbere ya Yesu wishingikirizaga kumategeko byarangiye ananiwe kwinjira Mwijuru!
Ariko abanyabya nkaba Zakayo nabandi Yesu ntiyabwiye kuzuza Amategeko yabakiriye Uko bari !
Murashaka kugera ikirenge Mucyabafarisayo batsimbarara Kumategeko badashoboye ?
You believed Elijah's fire to come from God,
But you doubt paul writings to come from Jesus,
You are a liar sir.😂😂😂
Nigitangaza wa
Nuko tutagira inumero zabo twobabaza neza Abaroma11:20
Abaroma chapter 11 twayivuzeho muriyo Video uyitegere Yose
Martin , wize ubuntu bw' imana nabi kandi niba atari kubwiga nabi ntuzi kubwigisha
Harigihe uba waramenyereye uruvange rwamategeko n'imirimo Itegetswe namategeko, hamwe nubuntu byose icyarimwe! Twavuga Ubuntu ukumva twabihengetse ! Kuberako ufite Igitwikirizo cyisezerano ryakera 2ABAKORINTO 3:6_18 ( cane cane Verses 13_16) Abagalatiya 4:21_30