AGAKIZA NYAKURI N,AKAHE?⭕️ BIRASHOBOKA KO UMUNTU YAGATAKAZA?⭕️YEGO Cg HOYA TEGAMATWI W,UNVE👆👆

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 18 вер 2024

КОМЕНТАРІ • 25

  • @alichouofficial4444
    @alichouofficial4444 6 місяців тому +2

    Amajambo nkaya simpaga kuyumviriz komera cane mukozi w'lmana basha ubu butumwa bizonryohera bushits muburundi naho agakiz ntigatakara kbs komera cane 🙏🙏🙏✨Yesu ashishikare kugukomeza nokuguh ihishurirwa❤

  • @BiruraAlfred
    @BiruraAlfred 6 місяців тому +2

    Heb 6:4-6
    [4]Kuko bidashoboka ko abamaze kuvirwa n'umucyo, bagasogongera impano iva mu ijuru, bakagabana ku Mwuka Wera,
    [5]bakanasogongera ijambo ryiza ry'Imana, n'imbaraga z'igihe kizaza
    [6]maze bakagwa bakavamo, ntibishoboka kongera kubahindura bashya ngo bihane, kuko baba bongeye kwibambira Umwana w'Imana, bakamukoreza isoni ku mugaragaro.

  • @mutabazietienne1770
    @mutabazietienne1770 5 місяців тому

    Ubuyobe bukuzuye mon frère. Ukeneye kwiga byimbitse

    • @muhirwamartin9585
      @muhirwamartin9585 5 місяців тому +1

      Harigihe twovuga ibyo utazi cangwa utamenyereye ukagirango si Ukuri , ibyo utazi si ubuyobe

  • @BiruraAlfred
    @BiruraAlfred 6 місяців тому

    Muraho neza, @Martin, subiza ibyo bipande byerekana yuko umuntu yareka kwizera akabivo akamera nkinkuge imenetse nk'uko Humenayo na Alekisanderi babikoze. Subiza kuri ibyo byanditswe byombi.

  • @BiruraAlfred
    @BiruraAlfred 6 місяців тому

    1 Tim 1:18-20
    [18]Mwana wanjye Timoteyo, ndakwihanangiriza nkurikije ubuhanuzi bwa kera bwahanuye ibyawe, kugira ngo buduheshe kurwana intambara nziza,
    [19]ukomeje kwizera kandi ufite umutima uticira urubanza. Uwo mutima bamwe barawuretse bahinduka nk'inkuge imenetse ku byo kwizera.
    [20]Muri abo ni Humenayo na Alekizanderi, abo nahaye Satani kugira ngo babyigireho kudatuka Imana.

  • @NicoleNimenya
    @NicoleNimenya 3 місяці тому

    Nimirongo myinshi yerekana ko umuntu avuye mukwizera atakaza agakiza

  • @muhirwamartin9585
    @muhirwamartin9585 6 місяців тому

    Mr Birura Alfred ibibyanditswe ushizeho tuzabivuga muzindi Videos

    • @BiruraAlfred
      @BiruraAlfred 5 місяців тому

      Mbitegeranije amatsiko kbs

  • @kabuye1995
    @kabuye1995 6 місяців тому

    Ariko FM 7 nagusabye number ya martin mukunda kubi ikindi FOTO turamukumbuye FOTO na martin Bari mubantu numva cyane kandi nasobanukiwe byishi kubera FOTO na martin imana izabahembe cyane

  • @Mandevu3.
    @Mandevu3. 5 місяців тому

    Ndabaza Martin none umuntu iyo akoze icyaha cyubusambanyi? Cgs kunwa inzoga? Kuroga nibindi? aba agifite agakiza?? Impanda ivuze yajya mwijuru atarihana??

  • @BiruraAlfred
    @BiruraAlfred 6 місяців тому

    Twarakijijwe urupfu rw'iteka, rwatewe ni cyaha cya Adamu ni yo mpamvu twizera tugahabwa tubabarirwe kandi duhabwe ubugingo buhoraho.
    Turimo turakizwa: Turimo gupfa kuri kamere kugira ngo duse na Kristo Yesu, ubu ni ubuzima bwimibereho ya gikristo.
    Tuzakizwa: Tuzakizwa ubwo tuzambura iyi mibiri ipfa tukambara idapfa agakiza kacu kakaba karuzuye. Ndizera ko aribyo Martin atageseho.
    Ariko azansubize kuri biriya byanditswe 2 natanze haruguru.

  • @Jaydenbonheur
    @Jaydenbonheur 6 місяців тому

    Harumusore wasanze yesu amubaza ico yokora kugira ngo abone ubwami bwijuru, yesu ntiyamubwiye ngo ntaco kora, ntiyana mubwiye ngo unyizere gusa. Yaramabwiye ngo uza icyo amategeko avuga, asanga ayuje ariko harico abuze. Ico yarabuze warumurimo.Inyigisho zu buntu ninyigisho za paul siza yesu.

    • @muhirwamartin9585
      @muhirwamartin9585 6 місяців тому

      Pahoro ibyo yigishije yabihawe na Yesu sibya Pahoro Acts 20:24, Abagalatiya Chapter 1 and Chapter 2
      Umusore wumuntu waje imbere ya Yesu wishingikirizaga kumategeko byarangiye ananiwe kwinjira Mwijuru!
      Ariko abanyabya nkaba Zakayo nabandi Yesu ntiyabwiye kuzuza Amategeko yabakiriye Uko bari !
      Murashaka kugera ikirenge Mucyabafarisayo batsimbarara Kumategeko badashoboye ?

    • @nicendatabaye
      @nicendatabaye 6 місяців тому +1

      You believed Elijah's fire to come from God,
      But you doubt paul writings to come from Jesus,
      You are a liar sir.😂😂😂

    • @muhirwamartin9585
      @muhirwamartin9585 6 місяців тому

      Nigitangaza wa

  • @NicoleNimenya
    @NicoleNimenya 3 місяці тому

    Nuko tutagira inumero zabo twobabaza neza Abaroma11:20

    • @MartinMuhirwa-si5ou
      @MartinMuhirwa-si5ou 2 місяці тому

      Abaroma chapter 11 twayivuzeho muriyo Video uyitegere Yose

  • @CharlesNdaruhuye
    @CharlesNdaruhuye 6 місяців тому

    Martin , wize ubuntu bw' imana nabi kandi niba atari kubwiga nabi ntuzi kubwigisha

    • @muhirwamartin9585
      @muhirwamartin9585 6 місяців тому

      Harigihe uba waramenyereye uruvange rwamategeko n'imirimo Itegetswe namategeko, hamwe nubuntu byose icyarimwe! Twavuga Ubuntu ukumva twabihengetse ! Kuberako ufite Igitwikirizo cyisezerano ryakera 2ABAKORINTO 3:6_18 ( cane cane Verses 13_16) Abagalatiya 4:21_30