HAGIYE KUBAHO UMUBABARO MWISHI KU BANTU BOSE, ABAKURU N'ABATO.🔥🔥🔥
Вставка
- Опубліковано 11 бер 2024
- NYAGASANI YEZU ATI: "HARABURA IKI NGO KILIZIYA IKANGURIRE ABAKRISTU GUSENGA BASABA AMAHORO, NGO IZI NTAMBARA ZIGABANUKE???"🔥🔥🔥
UFITE IKIBAZO?
ANDIKIRA ROHO NYIR'UKURI
email: nyirukuri1t.5.19@gmail.com
WhatsApp: +447857420985
Birababaje cyane Kandi biraturenze,Yezu aduhindure imitima
Download
Imana idufashe
Kiriziya Gaturika imwe rukumbi ishingiye ku ntumwa Kristu yacun guje amaraso ye nta gisibo kidasanzwe yashyizeho .
Igisibo gitangira ku wa gatatu wivu muri kiriziya yose kigasoza ku munsi mikuru wa mashami.
Ibinyuranyije nibyo ni byo kwa sekibi. Bikira Mariya i kibeho yibukije abantu ko ubuyobe n' ubuhakanyi bizaza mu mayeri.
Inyigisho zose z' ubuyobe sekibi yinjije muri kiriziya ya Yezu nzirimbuje ukwemera kwa kiriziya Gaturika nziroshye mu nyenga y' umuriro.
Twongerere imbaraga ,urukundo n'ukwemera Nyagasani.kandi utugirire imbabazi z'ibyo twakoze bitagutunganiye
Yezu Kristu akuzwe.
Yamujyanye buroho amwereka abo bose bicwa: ndakeka ko yamweretse
1) abicwa
2)ababicwa
3)abica gihumyi batazi icyo babahora
4)abica bazi icyo bakora
5)abatuma abandi kwica
6)(abareberezi)
Tabara Mwami. Duhe imbaraga.
Bavandimwe uyu si Bikira Mariya umubonekera ni mayimuna, mwibuke ko Bikira Mariya yasezeye kndi hemejwe abakobwa 3 bonyine…. Mubutumwa yaduhaye i Kibeho yarabitubwiye ngo benshi bazagwa mumutego wa shitani, kububasha nahawe n’isakaramentu ryanjye rya Batisimu ndimbuye shitani zose ziyitirira Bikira Mariya na Yezu nzohereje mu nyenga y’irimbukiro
Amen
Urakoze mubyeyi.
sekibi ububasha bwawe buri mu buhanuzi no mu masengesho byawe ubeshyeshya abana b'Imana wiyita Imana mburimbuje impuhwe z'Imana Data.Impuhwe z'Imana nizibohore roho zose z'abana b'IMANA sekibi yigaruriye .sekibi ndakurimbuye mu Izina rya Christu Umwami nkuroshye mu nyenga y'irimbukiro n'ibyawe byose.umugisha wawe ndawutwitse mu Izina rya Christu Umwami genda ujye mu nyenga y'irimbukiro mbigutegetse mu Izina rya Yezu Christu Umwami wacu.
Amen
Iyo zibasaba gusabira isi, muba muzihaye ububasha n'imbaraga byo kuyirimbura.
menya ko muri abanzi b'isi.
Iyo nyunganizi yawe iranyuze.urakoze.
Hezagirwa muvyeyi kutugezaho ubutumwa butugabisha.
Iyo nimayimuna ibabonekera ,mive mu buyobe zakirangaza zirirwa ziyobya abana b.Imana Data Uhoraho ndazirimbuye mu izina rya Yezu Kristu mwami nyaroshye minyenga yirimbukiro
Imana niringiye mw ijuru n.isi
Nisingizwe
❤❤❤❤❤❤❤
Aliko mwa bayobemwe mwagiye musoma ibutumwa bwa nyina wa Jambo yahaye bariya bakobwa batatu i Kibeho ili gihugu ni cya Kristu mwami aragituye ntacyo kizaba.kandi ububasha bwa Kristu mwami niburimbure amashitani yose yirirwa ayobta abana b Imana Data Bikiramariya nyina wa Jambo azijanjagire umutwe kubera kubera zibitirira
Dusabira Kandi n'abana b'abakobwa bato ubu batewe n'icyaha cyo gukuramo inda babigize ibikino Kandi birababaje ikindi n'uko ubu abo bana barimo gusenya Ingo nyinshi barigemurira abagabo bafite imiryango bakabasambanya bakabaha amafranga akaba aribwo buzima babaho igihe cyose bityo nta murimo bazishaka gukora,niyo mpamvu nta ngo zikiramba ,za divorce zateguwe,n'agahinda gusa munsabire abana bacu
Yebaba Mana yanjye ko bibabaje. Ni ugupfukama tugasenga pe iyo myuka mibi igatsindwa mu izina rya Yezu
Ese biradhoboka kubona gahunda y'uriya mwiherero wo ku 15-17 ngo umuntu abashe gufatanya nabandi?
YEWE YEZU KRISTU ARABIZI KO ABARI ABASHUMBA BABAYE IBIRURA BIRYA INTAMA .NIYO MPAMVU ABA LAYIKI YABAHAGURUKIJE NIBO BASIGAYE BAKOMEZA ABAKRISTU ,Abandi bari mu bya sekibi.