HAGIYE KUBAHO UMUBABARO MWISHI KU BANTU BOSE, ABAKURU N'ABATO.🔥🔥🔥

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 11 бер 2024
  • NYAGASANI YEZU ATI: "HARABURA IKI NGO KILIZIYA IKANGURIRE ABAKRISTU GUSENGA BASABA AMAHORO, NGO IZI NTAMBARA ZIGABANUKE???"🔥🔥🔥
    UFITE IKIBAZO?
    ANDIKIRA ROHO NYIR'UKURI
    email: nyirukuri1t.5.19@gmail.com
    WhatsApp: +447857420985

КОМЕНТАРІ • 25

  • @uwimanaespe2708
    @uwimanaespe2708 3 місяці тому +6

    Birababaje cyane Kandi biraturenze,Yezu aduhindure imitima

  • @MukamurenziMarie
    @MukamurenziMarie Місяць тому

    Imana idufashe

  • @user-oi2tv9ec4x
    @user-oi2tv9ec4x 3 місяці тому +3

    Kiriziya Gaturika imwe rukumbi ishingiye ku ntumwa Kristu yacun guje amaraso ye nta gisibo kidasanzwe yashyizeho .
    Igisibo gitangira ku wa gatatu wivu muri kiriziya yose kigasoza ku munsi mikuru wa mashami.
    Ibinyuranyije nibyo ni byo kwa sekibi. Bikira Mariya i kibeho yibukije abantu ko ubuyobe n' ubuhakanyi bizaza mu mayeri.
    Inyigisho zose z' ubuyobe sekibi yinjije muri kiriziya ya Yezu nzirimbuje ukwemera kwa kiriziya Gaturika nziroshye mu nyenga y' umuriro.

  • @gigitv425
    @gigitv425 3 місяці тому +1

    Twongerere imbaraga ,urukundo n'ukwemera Nyagasani.kandi utugirire imbabazi z'ibyo twakoze bitagutunganiye

  • @gakubacharles3699
    @gakubacharles3699 3 місяці тому +1

    Yezu Kristu akuzwe.
    Yamujyanye buroho amwereka abo bose bicwa: ndakeka ko yamweretse
    1) abicwa
    2)ababicwa
    3)abica gihumyi batazi icyo babahora
    4)abica bazi icyo bakora
    5)abatuma abandi kwica
    6)(abareberezi)

  • @valerieuwamahoro1373
    @valerieuwamahoro1373 3 місяці тому +1

    Tabara Mwami. Duhe imbaraga.

  • @leelay8177
    @leelay8177 3 місяці тому +4

    Bavandimwe uyu si Bikira Mariya umubonekera ni mayimuna, mwibuke ko Bikira Mariya yasezeye kndi hemejwe abakobwa 3 bonyine…. Mubutumwa yaduhaye i Kibeho yarabitubwiye ngo benshi bazagwa mumutego wa shitani, kububasha nahawe n’isakaramentu ryanjye rya Batisimu ndimbuye shitani zose ziyitirira Bikira Mariya na Yezu nzohereje mu nyenga y’irimbukiro

  • @ancileuwimana6902
    @ancileuwimana6902 3 місяці тому +1

    Urakoze mubyeyi.

  • @specioseusabyingabire140
    @specioseusabyingabire140 2 місяці тому +1

    sekibi ububasha bwawe buri mu buhanuzi no mu masengesho byawe ubeshyeshya abana b'Imana wiyita Imana mburimbuje impuhwe z'Imana Data.Impuhwe z'Imana nizibohore roho zose z'abana b'IMANA sekibi yigaruriye .sekibi ndakurimbuye mu Izina rya Christu Umwami nkuroshye mu nyenga y'irimbukiro n'ibyawe byose.umugisha wawe ndawutwitse mu Izina rya Christu Umwami genda ujye mu nyenga y'irimbukiro mbigutegetse mu Izina rya Yezu Christu Umwami wacu.

  • @chantalmboningabira3751
    @chantalmboningabira3751 2 місяці тому

    Iyo zibasaba gusabira isi, muba muzihaye ububasha n'imbaraga byo kuyirimbura.
    menya ko muri abanzi b'isi.

  • @user-vk9di2vx5c
    @user-vk9di2vx5c 3 місяці тому +1

    Iyo nyunganizi yawe iranyuze.urakoze.

  • @user-uh2ri2lt8s
    @user-uh2ri2lt8s 3 місяці тому +1

    Hezagirwa muvyeyi kutugezaho ubutumwa butugabisha.

  • @mujawimanahyacenthe3072
    @mujawimanahyacenthe3072 3 місяці тому +3

    Iyo nimayimuna ibabonekera ,mive mu buyobe zakirangaza zirirwa ziyobya abana b.Imana Data Uhoraho ndazirimbuye mu izina rya Yezu Kristu mwami nyaroshye minyenga yirimbukiro

  • @mukakibibiannoncee2563
    @mukakibibiannoncee2563 3 місяці тому +1

    Imana niringiye mw ijuru n.isi

  • @BirujujwePetero-nj5nk
    @BirujujwePetero-nj5nk 3 місяці тому +1

    ❤❤❤❤❤❤❤

  • @mujawimanahyacenthe3072
    @mujawimanahyacenthe3072 3 місяці тому +4

    Aliko mwa bayobemwe mwagiye musoma ibutumwa bwa nyina wa Jambo yahaye bariya bakobwa batatu i Kibeho ili gihugu ni cya Kristu mwami aragituye ntacyo kizaba.kandi ububasha bwa Kristu mwami niburimbure amashitani yose yirirwa ayobta abana b Imana Data Bikiramariya nyina wa Jambo azijanjagire umutwe kubera kubera zibitirira

  • @uwimanaespe2708
    @uwimanaespe2708 3 місяці тому +3

    Dusabira Kandi n'abana b'abakobwa bato ubu batewe n'icyaha cyo gukuramo inda babigize ibikino Kandi birababaje ikindi n'uko ubu abo bana barimo gusenya Ingo nyinshi barigemurira abagabo bafite imiryango bakabasambanya bakabaha amafranga akaba aribwo buzima babaho igihe cyose bityo nta murimo bazishaka gukora,niyo mpamvu nta ngo zikiramba ,za divorce zateguwe,n'agahinda gusa munsabire abana bacu

    • @utamulizaprovidence8312
      @utamulizaprovidence8312 3 місяці тому

      Yebaba Mana yanjye ko bibabaje. Ni ugupfukama tugasenga pe iyo myuka mibi igatsindwa mu izina rya Yezu

  • @Jean_Concordia
    @Jean_Concordia 3 місяці тому +1

    Ese biradhoboka kubona gahunda y'uriya mwiherero wo ku 15-17 ngo umuntu abashe gufatanya nabandi?

  • @user-vk9di2vx5c
    @user-vk9di2vx5c 3 місяці тому +1

    YEWE YEZU KRISTU ARABIZI KO ABARI ABASHUMBA BABAYE IBIRURA BIRYA INTAMA .NIYO MPAMVU ABA LAYIKI YABAHAGURUKIJE NIBO BASIGAYE BAKOMEZA ABAKRISTU ,Abandi bari mu bya sekibi.