Dj Brianne we love you!! Kandi ibyerekeye akazii nibakureke wowe uzayoborwa na mwuka were nkuko yabigenje iguhamagara! Rero etape par etape imbere niheza. Ngusabiye kutazasubirinyuma
Dj Brianne niwowe ntumwa y’imana koko , wigishiriza mu bikorwa , nta murimo Imana itèmera, kandi Imana niyo ihemba ni nayo ihana, tureke ku judjing. Ihutire kuzana Jacky, bikubere umutwaro.
Dj Brianne wanyigishij gutanga ikigira cumi none Imana irampezagir kuburyo nanj ubwanj nibura
Briane we ndagukunda pe umeze nkumwana muto! mubintu byose ntamutima mubi wigirira rwose❤❤❤❤❤
Dj Brianne we love you!! Kandi ibyerekeye akazii nibakureke wowe uzayoborwa na mwuka were nkuko yabigenje iguhamagara! Rero etape par etape imbere niheza. Ngusabiye kutazasubirinyuma
Wooow ariko Mana! Turakwikundira disi uvugisha ukuri God bless u
Ariko Mana hose urahari Yezu ari mukazi bantu muhe Imana icyubahiro
Ndagukunda Briane weeee ❤❤❤uvugibintu byose nkumwana muto ntabadayimoni ugira😂😂😂😂😂
😂😂😂😂
Arayafite
Sha ntayo nukuri
Kbsa ngo haruwabwirije aramucumuza
Mbega abantu bafite ubwenge christo aramamajwe nanone kdi kubwanyu pe! Nongeye kumukunda ❤
Ibi bintu muba murimo utagira amaso yumwuka niwe ubyemera naho tujya tubarangiza ibyanyu byose tukabibona munzozi mwiyerekwa muzashya kuko mucuruza yesu
Niba vyarakunaniye ceceka soma mur Malakiya 3 bibiliya iragutsinda
Wakizwa ntuhinduke/ wakoraga ibihimbaza imirimo ya satani ntuyivemo/ ufite umugabo(gore) w'abandi ntumurekure / ngo UZAJYA MU IJURU/ muraryitiranya kabisa. Ijuru mujyamo rijyamo imvange y'ibya Yesu n'ibya shitani ni irindi ntabwo ari IRYA ABRAHAM ,ISAKA ,NA YAKOBO never👌👌.
Bit ubwoba p,iyi mvange niyo yambere mbonye @@geraldinekamali832
Dj Brianne niwowe ntumwa y’imana koko , wigishiriza mu bikorwa , nta murimo Imana itèmera, kandi Imana niyo ihemba ni nayo ihana, tureke ku judjing.
Ihutire kuzana Jacky, bikubere umutwaro.
Thom Close a wise man, man of God at the same time 🙏🙏🙏
Brianne disii😂❤❤
Briane ❤❤❤imana iguhe imigisha ❤❤❤nukuri nakore
Amen ubalikiwe
Muve mu buyobe muhindukirire Christo Imana ibamurikire muve mu mwijima
Gukorera Imana mumanyakuri Kandi Mubyukuri Icyo nicyo Imana idushakaho
Amen
Umugambi wimana nuko umunyabyaha aba umukiranutsi Gusa
Uwiyita Pastor Claude ngirango urumvako ufite guhinduka kuko nangye aranchumuza
Amen,star churche
Imana igukomeze cyneee mukobwamwiza❤❤❤❤
Frws siyo Imana ikeneye, ahubwo ko duhinduka
Brianne nkukunda kubi❤❤❤❤❤
Yobu 28:28
Briane ndamukunda sana ❤
Murakoze cnee
🎉🎉🎉🎉❤
Iyo Eglise ige igufasha gufasha izomfubyi abo bakene. Nino bagakwiyw kubafasha.
Past wakoz kutwigish gutang icacumi.kuv nav mur saudia arabia,,sinariye bwatang imperezw
❤ ❤❤❤
Mujye mutandukanya ubuzima busanzwe n'ubuzima bw'umwuka! Ese mujya mwibaza kumbuto zumwuka zitangwa n'agakiza? Ese mushaka kubaho ntakintu na kimwe mugize igihombo ? Kujya mwijuru ugomba kubiharanira kandi ugatandukanya ubumenyi n'umwenge bw'Imana tomy na dj briane nabandi mwese iyo umuntu ari muri christo hari ibigomba guhinduka kandi ukagira naho utura.murakoze
Gateka ajyanyisekereza 😂😂😂😂😂
❤❤❤❤❤
Urahatwitse dj briane urasetsa
Briane ndagukunda pe
Bandanya akazi kawe briyane
Uramushuka. Yambara mukondo aut kuri stage ,nikiziriko cy'urunweri utamenya icyo ruheretsemo, umva Kristo namumutikire cyane /umwuka wera namusanga nibwo muzabona gukizwa neza icyo aricyo
Dorekubaha uwiteka nibwobwenge kuva mubyaha nikokujijuka
Jyewe icyambere nkundira Briane nuko atari indrarya !
Aho harimo cata
Briane rwose ati nari nabivuyemo
Ikiguracumi uwagutahuye numuhigwe nanje 'narabitahuye nukuri nabonye inyungu
Ese gutanga icyacumi uri umunywbyaha bimariyiki Imana muzaze mureka kutubesha ,Imana ukeneyeko duhinduka kwanza
Nuko aricyo bamukeneyeho / ntiwumva KO banamwishakira bakamuhamagara iyo agihagaritse??🤦
Icyakora mujye mwibikako imana ikunda umutima utunganye kuruta amaturo
Brian ndakwikundiye rwose nange lmana ige impa amafranga ntange icyacumi
Brianne nakomeze akazi rwose gukora nogukizwa ntaho bihuriye
Na tomu mwamuzanye kuruwomujurawe😂😂😂😂 aha narumiwekoko
Yew nakumiro gusa
😭😭😭😭
Muretse ubujura n’amarangamutima no gutukisha Imana n’Ubukristo, incyanditswe mugenderaho mu isezerano rishya gisaba abantu gutanga icyacumi ni ikihe? Ese icyacumi ni ruswa cyangwa igishoro uha Imana kugira igire icyo igukorera? Muri make ugutanga kwawe gutuma Imana ihindura umugambi yari ifite? Iyo si Imana yo muri Bibiliya ihindura n’ibihe ndetse no gukora kwabantu. Icyacumi ryari itegeko ryo mu isezerano rya cyera ritegetswe abanya isiraheli gusa gitangirwa muri Temple i Yerusalemu gusa! Nkuko uyu munsi tutica amatungo ngo abe ibitambo byibyaha niko tudategekwa gutanga icyacumi. Biteye agahinda ko aba bigisha binyoma bashuka ab’imitima yoroshye bakabajujubya, nawe usoma ibi icyacumi nticyagukiza rwose umujinya uzatera uje kumara abanyabyaha. Hakizwa uwizeye ko Kristo yahaniwe ibyaha bye nuko akihisha muri we, Imana ikamubona nkuwera umuziranenge utagawa abihejwe no kwizera igitambo cya Kristo!
Aho Yesu yavuze aya magambo ni muri Matayo 23:23, agira ati:
"Muzabaho mwa banditsi n’Abafarisayo b’indyarya mwe, kuko mutanga icyacumi cy’imbatangarugero, n’icyo umwenya, n’icyo rukakama, ariko mwirengagiza ibintu bikomeye by’amategeko, ari byo ubutabera, imbabazi, n’umutima wo kwizera. Ibyo mwakagombye kubikora, ariko n’ibindi ntimubireke."
Ibisobanuro
Yesu yagaragazaga ko Abafarisayo bari barakoze icyacumi nk’ikimenyetso cy’amategeko yo muri Mose, ariko bakirengagiza ibintu by'ingenzi birimo ubutabera, imbabazi, n'umutima wo kwizera.
Iyo Yesu agira ati "Ibyo mwakagombye kubikora, ariko n’ibindi ntimubireke", yemeza ko gukora iby’amategeko atari bibi, ariko agasobanura ko gukiranuka imbere y’Imana bisaba kwita ku mitima yacu no ku rukundo rufite uburemere burenze gusa ibikorwa bya kigaragara.
Icyo Yesu ashaka kwigisha
Yesu ntiyamaganye icyacumi, ariko yashyiraga imbere ko gukora neza no kugira umutima ukunze bifite agaciro karuta gukurikiza amategeko nk'umuco. Aho gutanga icyacumi nk’umugenzo gusa, Yesu yashimangiraga ko abantu bagomba kugira umutima wo gukiranuka no gufasha abakeneye, bishingiye ku rukundo no ku kwizera Imana.
Erega 1/10 kijyana no gukiranuka kuko kugitanga udatunganye nta bugungo
Kimwe mu icumi ntigihesha ubugingo
Yumuntuwa batinzwe nigutya asa mbega
Bazayakumaraho
Ariko kuki Yesu yaje kubabahora mu kanga ayo mategeko muzayashobora! 1/10 ntabwo ari itegeko rindeba wowe ubwawe wiyimye Imana none barakubwira ngo yihe 1/10? Hahahaha ibyo ni ibintu byahindutse cyane ,abo bababwira kugitanga ni abakeneye kuguramo ayo makoti ya miliyini ebyiri n'amagana ubundi ukambars inkweto z'amadolari 1000 kandi abantu bakuri iruhande harimo abicira isazi ku minwa!!
Soma igitabo cy'Abahebulayo cyose uzavanamo igisubizo cy'ibyo byacumi!
Ese kuki mutubahiriza itegeko ryo kubahiriza isabato kandi yo byibura iri mu amategeko 10 yanditse ! Ariko mukibanda kubibazanira amafaranga nayo mupfusha ubusa mwa bisambo mwe ? Niko mwa bana b'incira mwe!
Past wumujura
Nyagasani akugenderere nawe siwowe
Bria urumu kristo mwiza arikose mukabari niho harakazi kacu abakijijwe
Abagishwa bayesu baramubaza kotwemeye gusiga ibyacu uzaduhemba iki arabasubiza nzabaha ibirenze incuro igihumbi bria wowe washize iki
Ahubwo nfite ikibazo kuki insengero mudatanfa akazi,kandi mwakira amaturo menshi kuki nta ma campany yinsengero abaho kandi aba kristo batura ibyacumi,ayo fr afunguye,businesi ko zihari mukareka kuyarya mwa ba paster mwe muguramwo qmamodoka,mwirirwa mungendo zahato nahato,ntabwo mwatanga akazi,kuba kristo banyu bakabona imirimo?kuki abadasenga aribo bakoresha aba christo,?mwarangiza mugashaka ngo umuntu niba akijijwe ave mukazi yakoraga ?arakateka akoriki ? kandi mushaka amaturo,nimuhindure reroo abobana bazi gukora,mubashakire akazi gahesheje Imana icyubahiro bave mubimansuraa kuko ntimukababeshye kuko mubashakamwo inyungu mwisigirizaa umwijima numucyo ntibihura,rwose Bagomba kuba ibyaremwe bishya nonese ubundi Briane ntiyacuranga murusengero nubundi mukamuhemba,?mwagiye mureka ariko mbiswa ma reka nigendere nihitiraga 😂😂😂😂😂❤❤❤❤
😂😂😂😂ngo bar bamucumuje. Jacky we azoza atanga icijana.
Muraje muwatse nukuri
Ese gutanga nibyo bijya umuntu mwijuru
Bajye bayarya muri injiji jya uyaha abakene apana mu kiliziya
Rata Brianne baraducanga😂😂😂😂😂bigisha naducumuza😂😂😂
Erineste,rwose uri umutekamutwe,uribuka udutwara amafranga ku ngufu muri miracle church hariya hepfo yo mugiporoso,
Nigisambo kingufu Arya abakobwa kubi yarangiza akigira umuhanuzi nabadiyasipora barakumenye yajyagayo akiyorera agafranga ariko ubu barabirindutse baramumeneye
Tomu we bicara neza murusengero
Rata DG Brianne turakwikundira!
Kandi ntawukunda abami babiri Kandi sibye mukabari nimana igira akazi
Úrurusengero rwitwa ñgo iki
Shitani
Rinesite numutekinusiye ooooooooooo kubesha we nubundi erinesite yabeshe abakirisitu ati nubwo wafata keredi ukubaka inzu yimana muzabona iju
Biblia iti mubikore ariko nabyabindi mutabiretse.kuko mwijuru akantu kose cg icyintu cyose bacyigenzurana ubushishozi kuko byose bizaza Murubanza aribyiza cg ibibi
Musengerahe
Chn tom close wowe urifat ukamanika akaguru kukandi ngo nuko uri umunyabwenge gaswer r3ka kwiyemera murusenger urifat ukamanika akaguru kukandi
Ntakwidefanda ucurika aburaha yasize ibigirwamana byiwabo arimuka arajyenda
Abantu mukunda briyane munkandire kugafoto niba ntamutima mubi
Icya cumi ni icyo mu BALEWI ntimukayobywe !
Buriya nubundi murusengero nabajura
Amen