Bwa MBERE😍BARORE CLEOPHAS ahuguye AbaPasitori/NDATINYA ko tuzigishwa na ROBOTS 😳NTIDUTWIKA mwitonde
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- #AGAPETV
Ganira natwe #250782196087_Theo_Whatsap
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...)
Barore Imana igukomereze intege n'ubwenge, ❤❤. MASENGO avuze ibintu by'ubwenge cyane bikwiye guhora byigishwa abantu bakabisobanukirwa. Iki kiganiro ni cyiza cyane. ❤❤❤
Urakoze mushumba utuvugiye ibintu / NIHO ABANTU BAGIYE KUKO NI KWA *DEMA*
Pasteur Barore lmana iguhe umugisha babyeyi bacu mwagize neza guterana mukavugana kubibazo biriho turabashimiye lmana ibashyigikire
Nimwihane muve mumadini igishushanyo cyayo uzakiramya azamanukirwa nibyago birindwi! Umushumba mwiza ni yesu naho mwebwe ninda gusa! Igihe cyanyu cyarangiye yesu ariyiziye!
Indangagacirozawe ziranyura ngenkurinyumape lmana ikabanza
Barore Imana iguhe umugisha.Uzatubwirire abanyamakuru n,abandi bavuga ngo umuntu yitabye Imana yapfuye kdi Imana ituma umuntu akiri muzima.Ex:Yatumye Mose....
Amena urakoze cyane pastor
Balikiwa sana Bishop Masengo abashumba bakwiye kumenya ko amatorero bashumbye atari ayabo
Barore rwose usibye nubwenge rurema yaguhaye,wuzuwemo indangagaciro ,Kandi icyirenze IMANA ikurimo pe.
Manaweeeee serukiza ndagukunda cyane nzagusura karumuna
Nukuri Imana yomwijuru ikomeze intambwe zawe uzahugure na ba hanuzi bamaze kwangiza benshi
Uvuga ukuri ndagukunda pe❤
Yewe mubyeyi nubaha Imana ikurinde inkoni yubuvugizi ukomeze wibere intama yImana yirebera ikishimaKandi umushumba mwiza ugifitimwimerere wagakiza nijambo rizima.
Abo nano kwitoderwa Aho gukumbuza abantu ijuru barahaha mubashishoze
Erega Mr. Barore Christophe ikibazo Kiri muri abo bayobozi bamatorero birirwa bambura abantu utwabo bababwirako Imana ibatumye kdi aribyo bishaka kwishyirira Munda zabo bibiba bakoresheje bible bashaka kugwiza imitungo bambura abakene utwabo , bigatuma abakristo babo bahorana ubukene , kdi barwara cg basonza ntibasurwe ,
Imana izabibabaza kuko baribye, Yesu yagiraga Imodoka zingahe yagiraga amazu ,amataje angahe?
Ahubwo bayobozi mukwiye gukizwa mukabwiza abantu ukuri kutari ukubabwira nimuzane Imana ikore kdi ataribyo.
Iyi ni inyigisho , ufite amatwi n,umutima niyumce
Turagukunda Mushumba Cleophas Barore.Abashumba bakeneye kwiga ibijyanye no gukoresha social media
Yesu agukomeze rata mubyeyi
Uvuze ukuri
Paster Barore ndagukunda
Good
Barore ndagukunda uri umuhanga
Murakoze cyane
Nukuri imana imbabarire kutavuga ibyayo uko yabibwiye😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Isiyoseee irimo abanyarwanda peeee
Be blessed paster
Mwaramutse neza.ntago ukeka ahubwo ibyo bizaba kuko jyewe ijwi ryarambwiye ngo kutankorera ubu uzankorera amarobo aje nukuri 2023 iryo jwi ryajyezeho
Ubundi barore niwowe warukwiye kuyobora ADEPR
Hahahahah BARORE NDAGUKUNDA PE😂😂😂😂😂😂😂 ndavugana ni isi yose koko mukinyarwanda.
Imana iguhezagire
Babwire!
Nyamara Abanyarwanda bari ku isi yose.
Pst BARORE NDAMUKUNDA
Uvuga ikinyarwanda abwirize mururwo rurimi ahubwo uwumvise wese akabazi urundi rurimi abwire nawe abarwumva.
Uyumusaza numuhanga
ndanyuswe kubwanyu bashumba