Abantu twashyize hasi dipolome mumpe like ubundi ndushakishe ubundi buzima aho ibya family byo ni hatari ark hari nyagasani ukorera mubo mundafite icyo muhuriyeho akagufasha atakuzi kbx
Mana we Eric ,courage .Akazi kawe uzagakunde cyane pe .Imana iha umugisha imirimo y’amaboko yacu.Mfite umuntu umpahira tumaranye 15ans,ubu ni papa w’abana 2 ,afite inzu kigali.Imana igume muruhande rwawe 🙏
courage Eric Courage cyaneeee ibi ndabizi cyaneee kuko umfasha Nyabugogo kwa Mutangana muha nkurikije uko nanjye mba mpagaze Imana ijye inshoboza ndenzeho
We yabuze papa wiwe afise imyaka 2, nyuma maman.wiwe apfuye aja congo kubayo, nyokuru we amukurayo donc niwe yamuhaye amakuru yoseee nabo bavukana. Nimumucire urubanza ngo.arahuzagirika, harivyo aba yisigarije kandi subuzima bwiza arimwo? Ni ukubaho ku munsi nku munsi. Mwumve ico ashaka kuvuga ...... inama aha aba jeune
Wamusore we inama nakugira nukutavuga ukuri kose kuri camera ibyo kuvuga amazina yabantu sibyiza sigaho pe ntabunyangamugayo burimo naho kuba bakize barikiriye kdi abenshi bahora muma credit harubwo uyamwaka nawe yiburiye ukoyabigenza Bank irikumwirukaho rero amamaza business yawe abandi ubakure mukanwa pe
Birumvikana nyamara,Papa we yaguze inzu,yishyura make ajya muri Congo,na mama we,wumvise ko agira bashikibe bari bakuru,we yavutse hashize amezi 2 se arampfa 98
Kugira mwene wanyu ukize ntibivuga ko yakwishingira. Na so na nyoko ubu ntiwabara ko hari icyo bagomba kuguha. Iyo ugize amahirwe barakurera bakakujyana mu ishuri ngo ufungure umutwe n'amaso uzimenye.
Ibyo kuvuga ngo famille ikize,sinzi uko bizava mu mwitwe yacu abanyafuriia.... Ubundi famille imenya kenshi ibyawe basi ni umubyeyi,abo muvukana n'abo wabyaye....abandi mu by'ukuri ntekereza ko biba bigoye
Abantu twashyize hasi dipolome mumpe like ubundi ndushakishe ubundi buzima aho ibya family byo ni hatari ark hari nyagasani ukorera mubo mundafite icyo muhuriyeho akagufasha atakuzi kbx
It's ok as long as you get what you need in order to survive
@@JoshuaArt-art aaahh ntibibabyoroshye ark gusa nukubiha igihe
Sincibukako ndayifise😅😅😢😢😂😂
Family ikize ntacyo ivuze baraguta ukimenya pe Sabin God bless you 🙏🙏🙏🙏
Sha baravuga ngo mwene wanyu, nakira ukire, nabyara ubyare!
Erega tujye dukoma urusyo dukome n'ingasire nawe uri mu mwanya wiyo famille ikize wabona wakora nkuko bakora🤔 ahubwo twige kureba ibyiza biri mubantu kurenza ibitari byiza tubabonaho
Nkandiraho sha Imana iraguha umugisha
Mana we Eric ,courage .Akazi kawe uzagakunde cyane pe .Imana iha umugisha imirimo y’amaboko yacu.Mfite umuntu umpahira tumaranye 15ans,ubu ni papa w’abana 2 ,afite inzu kigali.Imana igume muruhande rwawe 🙏
Dukeneye kunva urubyiruko rumeze nk'uyu musore: Positive attitude; guhera hasi kandi ukizera ko uzazamuka; kubaka ikizere mu bantu; gukoresha logique wize mw'ishuri ujyeze hanze... Abantu benshi bakora akazi batize. Ishuri ryigisha gutekereza! Kwicara ngo diplome ntacyo bimaze. Hari abantu bafite za PhD badafite izi qualités!!!
Very bright guy 👍🏾Uzajera kule pe! I am proud of you 👏 keep it up Eric 👍🏾 👌🏻👌🏻😊😍😍
Ntuzongere kuvuga ko ufite mwene wanyu wimukire kuko shahu ntacyo bikivuze burumwe wese nukwihigira
Hhhhh umuntu akira kugiti cye abishaka aka gufasha nahubundi nawe Aba afite inshingano akwiye kwitaho, ntago ibibazo byabantu bo muri family ye byose yabikemura rwose😅 ubishoboye washakisha ubuzima bwawe udategerej ubufasha bwuwakize
Benewanyu bakize iryojambo nukaritindeho,ahubwo uzahige bikunde c byange abobakire ubafate naho utabazi,
Chn bene wanyu bakiz ntacyo bikivuz ahubwo igitangaj iyo upfuy barahurur
Ariko yongeyeho ko arabakire Ari ko buri imwe yibera mubye ko I kgl ntawita kundi burumwe arena ibye.
Hari abafashanya ariko disi
Urakoze guha uno muntu platform Sabin. Be blessed!
Yego shahu 😢😢😢 ❤
Sabin twari twagukumbuye hama umbwirire chr wae uti umukunzi wa Isimbi tv HBD again 🎂 muzatunge byinshi kdi birimo umugisha ❤
Sabin uri umuhanga pe.Uyu musore biragaragara ko afite amakuru ariko atarazi kuyakurikiranye.Uburyo wagiye umworiyanta byatumye ashobora kuvuga neza.Uyu musore ndamwemeye kuko azi gushakisha agatinyuka.Nakomeze azarushaho gutera imbere
courage Eric Courage cyaneeee ibi ndabizi cyaneee kuko umfasha Nyabugogo kwa Mutangana muha nkurikije uko nanjye mba mpagaze Imana ijye inshoboza ndenzeho
Wamwana we, imana ikumpere imigisha ituruka mwijuru, uzagera kure cheri, ndakwifuriza ibyiza gusa gusa. Sabin nawe imana ikumpere imigisha kuba wemeye kwakira uyu mwana
Urakoze cyane..komez ushyigikire ureba film zanjye❤
Big up kuri uyu mujama nange ndi umuClient we!!!
Ahhhh komez udushyigikire ❤
Ukuntu wikiriza muri Ingilishi😂😂😂biransekeje ntarumva nikiganiro.
Hhhhhh
Nasetse napfuye
Icyi kerekezo Sabin yagiyemo cyo gukebuka urubyiruko ni byiza gusa sha mwa bana mwe iyi mihanda iranyerera kurenza urubobi niba muruzi. Bitari ibyo muzarongorwa kdi mwaravukanye ubugabo.. bimeze nabi cyane mwiragize Imana kdi mwitonde
Nanjye mumpe utu like numve uko bimera😂😂
Uyu mwana ndamukunze cyane. Bravo fiston👏👏👏
Eric yaduhahiye neza. Ni umwana mwiza kdi ni umukozi ushishikariye akazi.
Umu Jo mukuru ❤❤❤❤ Nahageze kbsa
❤❤❤
Mwakoze kuzinduka ka nguhe like sha 👍
@@clementinekaranga3416Oooooh waje mama 👏👏
@@dorotheuwamaria5107 yego Tanti ❤️❤️
@@clementinekaranga3416 Umva mukobwa wanjye, dore sa cyenda z'ijoro zirabura 13, dushyirire amavi hasi rimwe dusingize Imana NY'IR'UBUHAMBARE! Tuyisabe ikomeze idushyire mubagaragu bayo yishimira 🙏
We yabuze papa wiwe afise imyaka 2, nyuma maman.wiwe apfuye aja congo kubayo, nyokuru we amukurayo donc niwe yamuhaye amakuru yoseee nabo bavukana. Nimumucire urubanza ngo.arahuzagirika, harivyo aba yisigarije kandi subuzima bwiza arimwo? Ni ukubaho ku munsi nku munsi. Mwumve ico ashaka kuvuga ...... inama aha aba jeune
Exactly❤❤❤
Umuntu ugitekereza ngo Bene wabo barakize ntacyo bamumariye, azabyikuremo rwose ntacyo bizamugezaho. Wowe jya utekereza icyo umariye abandi. Kuko ntawubura icyo amarira undi. Muri kino gihe abantu bose baracyennye abafite amafranga nibo bakene cyane.
Erega abantu bareba umuntu bakamubonamo amafaranga kandi nawe afite ibibazo bye ndetse numuryango we areberera
Urumwana wiGikonkose ndagusuhuje nimba uruwaho🤝
Sha nugukura amaboko mumufuka ntitumere nka oliva na jemus barigushaka ibyiza kd bakenye gs Dushimire Imana kubabatarasariye kuri Isimbi tv yacu twikundira
Wamusore we inama nakugira nukutavuga ukuri kose kuri camera ibyo kuvuga amazina yabantu sibyiza sigaho pe ntabunyangamugayo burimo naho kuba bakize barikiriye kdi abenshi bahora muma credit harubwo uyamwaka nawe yiburiye ukoyabigenza Bank irikumwirukaho rero amamaza business yawe abandi ubakure mukanwa pe
Sabin ❤❤❤🎉🎉🎉imbere cyane
Afite ibitekerezo byiza...
Keep it up💪
Giti iyo arimo yiba kariya gasenda birasekeje😅😅
Esubwo iyo mureba umuntu ngo yarakize ntiyagira icyo mabamarira ubwo muba mwumva wakwira kumugore nabana , ukita kuri so na nyoko nabo muvukana , ukita kuri basowanyu banyogosenge na babyara bawe koko? Keretse uri Imana nahubundi umuntu wese uteye imbere niyo yafasha bene wabo ntiyabura abamutera amabuye kuko ntiwanyura bene wanyu bose
Ufite ubuhamya bwiza mwana kd courage
Eric numwana mwiza ndamuzi nyarugenge
MANI MWANFASHIJE MUKANKANDIRA KWIFOTO BAVANDIMWE RWOSE MWAFA MUNKOREYE UMUTI PEACE AND LOVE
Komera sha uba unyibukije akantu
Uwiteka Ashimwe ko tutabaye imihigo yababi
Arakoze kubwubuhamya bwiza
Exactly❤
Ariko mana
Ubu irisenjyesho sabe atanjyiza nanjye rizadinda rinsohorerehokoko maze umwaka njyerarajyeza gutsindira miriyoni ariko byaranze😢 ariko reka nizereko umunsi umwe bizakunda
Courage Dr may ❤
Angerina by Eric justin🎼🎼
Wawuuu courage brother umwana twaryanye umwanda Eric courage
Uzi ukuntu biriyani bintu bigira amaf iyo urinyangamugayo
Imbere cyane sambe ryukorera abajene akantu turakwemera mumpe like niba munyemera?
Waww, Courage 🎉🎉🎉
Bon temoignga, inspiirant
When it comes to SABE I give everything ❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndacyari ku munota wa 22 ariko ndumva aka gahungu kabeshya 🤣🤣🤣🤣 cg gafite amakabyankuru menshi 🤦♀️
Niba abeshya uyu ni inkuru ye bwite wowe uzaze uvuge iyawe yukuri.
Isimbi tv ❤
Disi uyu musore numwana mwuza.Ndamuzi azi gushakisha Cash kandi azazibona iyo ukuye amaboko mu mufuka biraza nubwo byatinda.
Éric ni service payant, n'akazi rwose kandi gatunga umuntu! Ushobora no kuzafungura isoko ry'imboga bien frais..., courage frère ❤
Komerezaho rwose👍
Ibyo by'inzu kwishyura 1995 bakagaruka kwishyura asigaye nyuma y'imyaka 3(1998),
Papa wawe yapfuye utaravuka ubundi apfa ufite amezi 2 😢
Nange byancanze nkuko Sabin byamucanze 😢
😂
Birumvikana nyamara,Papa we yaguze inzu,yishyura make ajya muri Congo,na mama we,wumvise ko agira bashikibe bari bakuru,we yavutse hashize amezi 2 se arampfa 98
Arahuzagurika kubera ibyo yaciyemo nuturere arabivangavanga
Bambe courage bizacamo
Eric Eric courage bro
Cyaze imana Ni Nziza Mayibobo kwel
Mbega umugabo we! Ako kabanga uhishe iwabo w’abantu urakishyura cyangwa urakibye?
Iyinkuru muntangiriro irikuncanga….. kuva congo ufite 9years ukajya uhinga i huye ufitz 7-8years?🙇🏽♀️ reka ndebeko nsobanukirwa mumusozo🙇🏽♀️🙇🏽♀️
😂😂😂😂😂 mwicangurire noneho Sabin nanjye ampinduye ikizungerezi ndumva mu mutwe harimo imvururu
@@munganyinkachristine8120 😅😂😂😂😂😂😂😂
Waooo
Ariko muzi ibikomere uriya wakize afite?wasanga papa wuwo musore nta nikayi yigeze aha merard cyane ko nawe yarumukene yiga.buriya muzige gusarura aho mwabibye ikindi uwo musore azabe intwari afashe abo mu muryango we nawe atazagira umugaya kandi nziko atazabafasha bose ngo abishobore ntazabura abamutera amabuye.
Uvuzukuri pe abokwanyokwanyu,kwa so wanyu,abavyara nabobavyaye bose bagushakaho ubufasha ubu koko bose waronka ivyubafashisha ntibibavyoroshe.
Nyamava niryo Zina ryako kazi kuva cyera
Barakubwiyengo wivuge uhita utangira story!!gusa ufite swag nkunze
Wahisemoneza mwana muto komerezaho ntucike intege uzagera kure wifuza
Honesi ndishimye 😅😅 English niyubahwe.
Buri wese niyandike hasi icyo yarashatse kuvuga ndebe utsinda 😅.
❤❤❤
Good Job❤❤❤
Umusaza uri mukazikose
💖💖💖
Kugira mwene wanyu ukize ntibivuga ko yakwishingira. Na so na nyoko ubu ntiwabara ko hari icyo bagomba kuguha. Iyo ugize amahirwe barakurera bakakujyana mu ishuri ngo ufungure umutwe n'amaso uzimenye.
Uwomuhungu ndamuzi yitwa eric avukana numukobwa witwa murekatete
Uvuka igikinko?
Sorry igikonko
Wowe urahizagurika mukuvuga inkuru yawe wapi
Ibyo kuvuga ngo famille ikize,sinzi uko bizava mu mwitwe yacu abanyafuriia....
Ubundi famille imenya kenshi ibyawe basi ni umubyeyi,abo muvukana n'abo wabyaye....abandi mu by'ukuri ntekereza ko biba bigoye
Umutumirwa rwose amfite aracanganye nkaba congolais rwose. Ashobora kuba ari umwana mwiza arko amfite udukabyo nutugambo twishi bigaragarako yarezweho naba congolais rwose
Oya reba ibyo yaciyemo naho ndetse uburere afite nukwirwanaho reba kuba imfubyi kumezi wongereho kuzwnguruka aho yavuze hose nububobo yavuze ubwo koko
Imana lge irengera imfubyi
Sabin umutumirwa wuyu munsi ni danger ibyo umubajije sibyo agusubiza
Noneho umutumirwa dufite uyumunsi arikuturebesha ibirori rwose Sabe nubona umutumirwa adatuje jya ucating umubwire abanze atuze anywe kumazi
Sabin Rusagara yanka yawe yarayiguhaye?le 9 zararenze😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂
Wakoze kuganira nuyu Mwana kandi azatera imbere
Biravangavanze
Ko uvuze ibanga ryakazi c ? Wivuyemo
ariko sabin, amazina y'abantu nta soni
Urajagaraye vuga witonze bakubaze usubize,ugende gake.
NTAMUNTU UVUGA ABA CLIENTS BE WAKINTU WE 😄 DISCLOSING YOUR CUSTOMERS IINFORMATION IS VERY WRONG UZAJYE UBYIRINDA.COURAGE URI MUNYAKAZI KABISA 👍
Umwana wigikonko ndakubona wageze kwisimbi
Dilpone yakubeshaho bidakunze uhigira ahandi
Nikimara nigikore
Man uyumusore yamvanze story ntakintu nkuyemo
Ubwo ntiwumva
Ya ya ya ya ya 😂😂😂❤😂😂 english weeeee
Ubuse Ibintu Byabaye Ufite Amezi 2koko
Family se nik
kutazamurana muri family bituma babana nkaho batari family
Ibyo uvuze nukuri, umuryango uracika kuko ntabusabane buba buhari! Société igenda yamburwa imbaraga kubera kudafashanya!