INYIGISHO Z'ABUBATSE GUSA: Kutanyurwa mu buriri bisenye ingo nyinshi z'Abakristo| IBIBAZO NIBISUBIZO

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 9 бер 2021
  • #ZABURI_NSHYA
    / @zaburinshya
    Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
    Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
    -ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
    -Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
    Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
  • Розваги

КОМЕНТАРІ • 53

  • @kurubonebernard2795
    @kurubonebernard2795 2 роки тому +2

    Mukozi w'Imana, ndakwemera ariko kuvanga indimi uriko wigisha sivyiza nagato. kuko nabatumva icongereza turakeneye kumva no gutahura inyigisho zawe.

  • @benimanaclaire6467
    @benimanaclaire6467 3 роки тому +2

    Tuganira hagati Yabashakanye birubaka kandi Imana iradushyigikira rwose Ikatwubakira neza cyane

  • @kagabaalexis2661
    @kagabaalexis2661 2 роки тому

    Urakoze cyane , urigisha ibintu byiza

  • @dariyakarigirwa5934
    @dariyakarigirwa5934 3 роки тому +4

    Ndazi cyane kandi ndabakunda nshuti zanjye uko niko bimeze iwanyu🥰🥰

  • @enzobeatheos6731
    @enzobeatheos6731 3 роки тому +3

    Clarisse umbarije ikibazo Yesu aguhe umugisha

  • @baranyizigiyediomede2739
    @baranyizigiyediomede2739 3 роки тому +2

    Amen murakoze kunyigisho nziza cane imana ibahe imigisha

  • @danielimanishimwe3777
    @danielimanishimwe3777 3 роки тому +1

    Ahhh!!!icyombona kubaka biragoye
    Nicyintu maze kubona ko ntawacyigisha undi!!kk abatwigisha kubaka usanga nabo zirara zishya bwacya zikazima!!!
    Naho ubundi ibyingo namabanga akomeye cyaneeee!!!

  • @himbazaimanamurizaburinshy2480
    @himbazaimanamurizaburinshy2480 3 роки тому +2

    Amen Amen

  • @mukemwema
    @mukemwema 3 роки тому +3

    Mwakoze kutugezaho inyigisho nziza.

  • @sebudandimediatrice389
    @sebudandimediatrice389 3 роки тому +3

    Amen mama Jacques. Tres bonne intervention

  • @angeliquemukayisire5396
    @angeliquemukayisire5396 3 роки тому +3

    Mufite umwuka w'Imana,Imana igumye kubakomeza,Amen!!!

  • @sebudandimediatrice389
    @sebudandimediatrice389 3 роки тому +2

    Pastor uwo uvuze ngo ukubeshya ukiza ubugingo nta cyaha. Sinemeranya nawe kuko ukuri niko kuzatubatura. Imana ntinaniwe kuturwanira iyo tuvuze ukuri.

    • @zachariehabyarimana7737
      @zachariehabyarimana7737 3 роки тому

      Hari ijambo ry'ubuhanga ritandukanye n'ikinyoma:urugero Musome 1samweli 16,1-3 cg Yohani 7,8-9 UWITEKA akunda ubuzima guhera kurusoro uko byaba biri kose abica abandi bazabibazwa

  • @irenebalinda1725
    @irenebalinda1725 3 роки тому +3

    Powerful marriage sermon
    I’m blessed to watch you Pastor,i ningisho zirimo ubwenge

  • @himbazaimanamurizaburinshy2480
    @himbazaimanamurizaburinshy2480 3 роки тому +2

    Pastor nta gihe icyaha gihinduka gukiranuka rwose. bigutunguye uri kurengera umuntu wakwihana pe.

  • @louisedusabe825
    @louisedusabe825 3 роки тому +3

    Ma tante ndabakunda cyane muri aba christo nakuze mbona mukijijwe.❤️

  • @nkurikiyumukizaanselme183
    @nkurikiyumukizaanselme183 3 роки тому +1

    MURAKOZE KUTUBWIRIZA

  • @nyandwioscar7448
    @nyandwioscar7448 Рік тому +1

    Inyigisho zawe ninziza ariko kowigisha mukinyagwanda,icongereza wakigabanije vyaba vyiza cangwa ijambo uvuze mucongereza ukaja ugerageza kurisobanura kuburyo abatazi icongeza bumva amagambo yose

  • @jeandarcnyirambarushimana5767
    @jeandarcnyirambarushimana5767 3 роки тому +1

    Ariko se ko ukoresha indimi zo hanze cyane ni abanyamahanga uri kwigisha? Wakoresheje ururimi rwiwa u twumva

  • @sebudandimediatrice389
    @sebudandimediatrice389 3 роки тому +3

    Nta conditions nimwe itwemzrera kubeshya

  • @cleopatra8481
    @cleopatra8481 3 роки тому +3

    Hoya mama!! Ntabwo wabura kujya inyuma yumwana wawe uko byagenda kose, yewe niyo yaba ari uwabandi wamwunva kuva uri umushumba. Imana yanga divorce aliko irayemera, ntabwo rero aramutse atanye nuwo abona ko yamuvutsa ubuzima( aha ndavuga aramutse ashatse umugabo uri violent) ndizera ko utakwemera ko arinda asazira aho kabone niyo yaba yabonye undi umukunda kandi bagendana murugendo rusigaye.

    • @dannymussae890
      @dannymussae890 3 роки тому +1

      Ese ntabwo umugore aba Violante? 😳

  • @kampiretetastella5448
    @kampiretetastella5448 3 роки тому +1

    Murakoze cyane pastor

  • @denykubwimana6784
    @denykubwimana6784 3 роки тому +4

    Abantu banana Iyo bataganira ntacyobagereho

  • @nyabaminyamwiza9035
    @nyabaminyamwiza9035 3 роки тому

    haricyo nsaba njewe ntuye muri kanada nifuzako mwaza dufasha mumasengesho koku ibyobibazo turabifite murugo murakoze cyane

  • @carolinenakirutimana1559
    @carolinenakirutimana1559 3 роки тому +2

    Ico gihe iyo umubajije kenshi akanka kumva. Iyo ataco bigutwaye uramuhebera ukamureka ukamwihorera amahoro agataha. Hari igihe yisubiraho ari umuntu atekereza akibaza ati " Ariko ntashye kare byantwara iki?"

  • @kundwajoshua2665
    @kundwajoshua2665 3 роки тому +2

    Merci

    • @mamie2129
      @mamie2129 3 роки тому

      Amen papa murkoze!👌👌🙏🙏🙏👍👍👍👍

  • @agashaminews289
    @agashaminews289 3 роки тому +3

    Niko kuri pe!!!

  • @snp6271
    @snp6271 3 роки тому +3

    Aba pasteur bikigihe ndumiwe peeeee

  • @lilianeingabire6340
    @lilianeingabire6340 3 роки тому +1

    Izi titres zanyu ntizijyanye nibyo bavuze.
    Ziteye isoni.
    Ubutumwa bwe ni bwiza pe.

  • @bosconsabimana3367
    @bosconsabimana3367 3 роки тому +4

    ese ukuri kubaho?
    murugo ntakuri kuhaba gusa iyo guhari ni rya juru rito
    ntacyo wabinganya

    • @benimanaclaire6467
      @benimanaclaire6467 3 роки тому

      Ningombwa ko niba mushaka kubaka neza ukuri kuboneka cyane

  • @bugenisiliva8272
    @bugenisiliva8272 3 роки тому +3

    Nonese mwigisha abizegusa abatarize babyumvabate

  • @thierryniyimbona3034
    @thierryniyimbona3034 Рік тому

    Ndabashimiyecanemwese guherakubigisha gushikakubakurikirana inyigisho , icontereraniki : bibiriya iyivuga umugabonumugore nigicapucishengero na kristo , abantureroberekanicogicapukwisi nabantubakiijwevyukuri , ijambogukizwa abantubaritahuranabi ushimantangenakarorero : umuntu - akizwiki ? .
    Ikindi kwingozishingwa abapasiteribahari nabadayimonibakabirukana bakabirukanangontibazobatandukanye noneburya abadayimoni babatandukanyagute ? , kandijamborigako ico IMANA ifatanije ko atawushoborakugitandukanya ? , bisigurako icabantubafatanije abadayimoni baragitandukanya , ariko ico IMANA ifatanije , ntawushobora nindomempakanyi nabadayimoni ntibashobora , muzetwigeneza kandidukizweneza kugiratumenyukuri tumenyabantububakavyykuri bagahishurigicapuca kristo nishengero abaribo nayahandi ingozizokwamagutyo abavugabutumwabatabitahuye bazozabaratangumutiwutariwo kandingo ntizizokira kukumutiwutariwo ntiwukizindwara nindwarayihuyenumutiwutaruwayo ntikira murakoze n de tel 61996052

  • @axlesgnoga136
    @axlesgnoga136 3 роки тому +3

    Uyu mupasoro ari kwigiha abantu bize gusa? Niba arikuvanga indimi icyongereza n'ikinyarwanda ntamusemuzi ndumva yaba atakoresheje ubwenge neza kuko byaba atari byiza habaye harimo umuntu utumvaga icyongereza muri iri teraniro

  • @LEBRETON7094
    @LEBRETON7094 3 роки тому +1

    Ngo ruramutse rumunaniye ntabwo wamujya inyuma nubwo yaba ari umwana wabyaye?koko se? Ubwose ntihabuzemo tolérance. Umwana wabyaye aho ananiriwe aho abandi bose bamutaye wowe mubyeyi ufite inshingano zo kumuba hafi, kumuhumuriza. Kuki se wumva ko yakwihanganira byose kuwo bashakanye wowe udashobora kwihanganira byose kuwo wabyaye? Uwo bashakanye batarerewe hamwe bahuye akuze wita akara k' akara ke de façon imaginaire nyamara we ni akara kawe kuko kamaze 9mois mu nda yawe urakibaruka muri make ni wowe mushya(en miniature) ukavuga ko utamujya inyuma ubwose si nko kwiyanga nawe ubwawe? Umwana wawe niwe ugomba kurwanaho uko byagenda kose naho umugabo cg umugore ashobora kukunaniza rwose n' urukundo rwinshi umufitiye ntirugire icyo ruhindura. Babyita l' amour en sens unique.

  • @musirimuchristophe4883
    @musirimuchristophe4883 3 роки тому +1

    Mufite akazi kwigisha abagore bubu

  • @nikobizabachristian7712
    @nikobizabachristian7712 3 роки тому

    Hahahah! Abagore b'Abakristo ko Kiliziya Gatolika yageze mu Rwanda ikababuza "guca imyeyo" uragira ngo bizagende bite ko "guca imyeyo" bifite icyo bivuze? Uwo aravuga Umuzungukazi, none se atekereza ko Abazungukazi nka Michella Fusaschi baza kwiga uko baca imyeyo baba batazi ibyo baje kwiga! Mu bindi bihugu ahubwo aho "guca imyeyo" babaca ibice by'umubiri ngo barebe ko "ubushyuhe bwagabanuka"! Ubwo koko Umugore usoma Bibiliya, agasoma Ubusambanyi bwuzuyemo n'Ubwicanyi buyuzuyemo, bahaga igitsina gute koko!!
    Abagore b'Abakristo barwanira abagabo kandi baba ari "Abagore ba Kristo" niwe wabarongoye! Uzumve uko TONZI asobanura "ABAROKORE" muri VIDEO "Abarokore bariyica nibumva ibyo TONZI yabavuzeho // Uyu mugore ntajya aripfana" (ua-cam.com/video/Kz_EgnFO8Co/v-deo.html) !
    Ahubwo icyo mbona, tuzasubire ku KUBANDWA naho UBUKRISTU bwo buteye ikibazo Abagore baba abakristo nta kindi baba baraje gukora uretse "KWIHANA IBYAHA" biba byarababereye "INKOVU ZO MU MUTIMA" akenshi akaba ari Ubusambanyi baba baranyuzemo no gukuramo amada bihora bibirukanka mu bwonko. Muzabeshye Abatabazi.

  • @nikobizabachristian7712
    @nikobizabachristian7712 3 роки тому

    Ubwo ubutaha muzatubwire niba Abo bagore b'Ibitangaza ngo ni "Abakristu" niba batangira "guca imyeyo" banazi uwo bayicira. Niba babitangira ku myaka 8 nk'uko babyivugira, hari ubwo baba bari bagahura n'Abagabo bashaka! Hanyuma se uwo Pasitoro n'Umugore we batanga inama bigeze biga "female sexuality" cyangwa ni Sexologists? Ese ubundi Ijambo ry'Imana ni icyo bivuga? Abakristu bafite UBUSHUSHYE n'Abataribo bafite UBUSHYUHE ahubwo bazabaze uwabaremye bamwe bavuga YESU niba atarabahaye UBUSHYUHE burengeje azongere abareme bundi bushya ABUGABANYE!
    Iyo ukoze (uremye) ikintu cyagera ku isoko ugasanga gifite inenge, ugisubiza mu riganda ukagikosora! Niba Imana rero yicuza icyatumye irema ABAKRISTU (Itangiriro 6:6) izabasubize mu ruganda igabanye igipimo cy'ubushyuhe!!!!!! Erega ubwo ngo nabo bari kwiga! Abanyafurika baratangaje! 1994 ho ahubwo izo nsengero barimo zahinduwe aho gufatira Abagore ku ngufu n'ubwicanyi ndengakamere none ziri kwigishirizwamo ko "Kutanyurwa mu buriri bisenye ingo"! Birababaje!!! Ubukristu muzajya kubumenya amazi yararenze inkombe!!!

  • @dariyakarigirwa5934
    @dariyakarigirwa5934 3 роки тому +2

    Amen Amen