Utu tuntu 5 dutera umujinya cyane ,wabikoraho iki? by IsimbiryaYesu.
Вставка
- Опубліковано 13 жов 2024
- ISIMBI RYA YESU TV twiyemeje gutanga umusanzu mu kubaka umuryango mu ndangagaciro za gi christo, hamwe no gukomeza kwiga (self development) Hari Inama wifuza kutugira cyangwa ubuhamya wifuza gutanga bijyanye n' umurongo wa ISIMBI RYA YESU TV ?
Wifuza ubufasha bwihariye muri Family councelling, motivation , n' ibindi bitandukanye, Watwandikira ubutumwa bwa whatsup kuri (+250)788429917.
#ISIMBI_TEL_0788429917
Isimbi uri intumwa y'Imana ku muryango I mean abashakanye kdi wowe ushobora kuba utabibona ku rwego twe tubibonamo abagukurikira hhhh .Turagukunda ni wowe wacu❤❤
Komerezaho tuba twaryohewe nikiganiro
Uradufasha mammy iman iguh umugisha
Derby ...anganye cyane kandi ava mu gace kamwe cga mu mujyi umwe.
Shaa isimbii uravuga ukamenga uba wabonye ibintu umuntu abamwo pee😢 Iman yonyene
Urakoze cyane wagirango uba ureba mumutima yabantu photocopy neza neza
Nukuri pe arebamo neza neza ❤❤❤
Ark shuti yanze kubihindura p
Akurwanyije wenyine adafatanije n,abandi n,abandi waba ugize amahirwe . Hanyuma ibindi bibabaza n,ukuba mutaganira, wagira icyo umubajije akakwihirera ntaguhakanire cg ngo akwemererere. Aka ku minimiza kuburyo wicuza n,icyatumye umujyaho
Kurira n,ukwibeshya, ndamwihorera ngaceceka nkakora ibyo numva bimpa umutekano (kandi ibyo nkabikora niteguye ingaruka zabyo zaba nziza cg mbi aho kugira ngo ndware trauma)ntacyo nangije inshingano zanjye nkakora, atarwaserera kumunota wanyuma akavumbura ko hari ibyo akora ataribyo kan
Mwiriwe neza chr wanjye ndagukunda peeeeeeeeeeeeeee
Njyewe bimbaho kugeza nubu rwose tumaze 3 days tutavugana kand ni fiance wanjye p afite gahunda arankunda ark agira ikintu cyokutavuga p uziko ashobora kumara imisi 2 ataramvugisha noneho nkarakara hahandi shobora kumubwira unti reka tubihagarike