SABIN Nari narabimubwiye🙄Kubivuga birangoye😭Ndabizi turahita Tubipfa😱Dore Icyo SABIN na CLARA Bapfa😳
Вставка
- Опубліковано 16 вер 2024
- #1_on_trending_2024
#_TheDynamicShow_
Niba wifuza kuvugana na "The Dynamic Show", kuduha inkuru idasanzwe cyangwa ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250786369590
#-TheDynamicShow-
Mukinda mugaramye mwicara muvugayamuhe Sabin nzamukunda mpaka❤❤❤
Wa mugore we urarengereye cyane!!!!; Ushaka kuba icyamamare nawe se ma!!!!! Ubuse ibintu uhurutuye byose warabibonye??? Intyoza, injajwa, uri indaya gusa!!!!!!!!!!!!!!
Ziba ejo nawe uzanama!!!!!
Nkubu umutukiye iki ko ibyo byose avuze nabandi abibonye gutyo nyine
Afite ubwenge bukecyane
Ishimwe ubu nawe ninka Ngwino buriya yirirwa agaramiye abagabo babandi 😂😂 urabona ukuntu bimuriye diii
Mumbwirire ndabona
Yigize umuntu Uzi kuvuga
Iyindaya kazi nazo ije kuvuga iki nayo irashaka abayurira se Kandi ko umwuga wanyu arukurisha innyo nkuruyuki
Reka Sabin abanze yumve ukuntu guhemuka bibabaza Ubu ntacyo yabona uzabo yahemukiy Imana imubabarire sinishimiye ibibi bye arko mbabazwa nabantu yahemukiy niyicare yige natwe twese tuba turi kwiga
Rata chu Ndakwikundira njyewe urugo rwanjye rwaryoshye kubera wowe 😋wankoreye umuti ntanubu uracyari umuti karundura 😜ndacyeka n’umugore wa sabin uwo muti awukeneye ahokugirango umugabo we ajye yirirwa avunika amaguru
Ryoherwarata wishimye iteka
❤
Nibyo rata ababyeyi mwese muze twamagane abagore basenya ingo zabandi ubu babandi baraje bant,,,,,,ke 🚴🚴
Njye kintwariye umugabo nanjye na kivuna amaguru ntikizasubireyo .sabin yarutanze icyubahiro munnyo zabagore benshi ugitamo mubwize abantu ukuri .
Nge narumiwe pee aba ba gore ni amashitani
Wowe nturi Shangazi umugore Ushyigikiye Crara ndakwanze pe, crara ni yuda wishe yesu.
NYAMARA UYU MUGORE ARAVUGA NEZA DAAA
Aravuga ukuri rwose😅
Arikos wamugorewe warebyibyawe
Ibyabsndi ugabireka konawutorohewe
Ese kuki mushyiraho ifoto ya Mpinganzima kd mukiganiro muri gukora muri kuvuga Ngwinondebe ?cyakoze murashoboye abantu mwigize abanshamanza gusa mujye muvuga muziga kuko namwe mwarabyaye bishobora kutakubaho bikazaba ku b,abana banyu cg abazukuru nubwo ataribyo mbifurije gusa mujye muvuga make kuko Imana niyo izi byose namwe nti muri intungane. Byaba aribyo cg ataribyo ntabwo bibareb jotwins show❤
Aruko Emmy nagukundaga arko urantengushye harya ngo nibossi uba wabanwiye ngo mwicane Sha ejo niwowe Emmy nawe ruriye abandi rutakwibagiwe
SHANGAZI RWOSE NDAKWEMERA SANA BABWIRE 🤣🤣🤣🤣
Nabera nabonye Sabin ariwe mu star wambere mu Rwanda
Nizere kio ntawuzongera kutwifatira ngo ni umu star
Kandi buriya wasanga biriya bigore byiza nibikobwa byiza Sabin yakoranye ibiganiro yarabibonye ubusa ahh Sabin nimfisi yigihugu
Nonese haricyutumva abagorebose nihobajyaga gukoribiganiro😂😂
Abasambanyi ndabona akabo kashobotse,satani bakorera iri kubanika kukarubanda
Nihere ruhande rwose 👍
Ibifyorogoto byose erega muravuturura ngo bije kuvuga kuri Sabin 😢😢😢😢
😂😂😂😂 cyakoze peee ndabona nabapfu bose bazunguje imisaraba ngo bari kuvuga kuri Sabin yewe aho bukera muri bunasare do
@UwimpuhweAngelique- g7j emera rwose ibyo yavuze byose nukuri
UKO NDIMBATI YAVUZWE KUBERA SABIN NONE N.IGIHE CYE DA ..KULI IYI SI NTAWE UTAGIRA IGIHE CYE 😅
Uvuze neza nyiramwiza cg nyirarupfu nyina wizonkozi zibibi zituma abantu barwara stress indaya mbaya yiiii ni umugabo wawe kuva ryari muhunge mudapfa
Uyumujinya ufite nunywamazi birashira😂😂😂😂😂😂
Komera Shangazi❤
Ark Sabin afite inshuti nyinshi we😂😂😂 Hinga nze nange nzavuge ko twari inshuti 😂😂😂😂
Ariko mwabagore mwe ninde wabagize abavugizi bo kumihanda,mwavuzeeee ibyanga byabarenze!!why
Ariko m.wabakobwa we wagiye gucira abagore imyeyo batazi uko bakubura ukareka gusebya Sabin.sha ndakwanze kd naguhaga aba client pe.ahubwo se ntuzibagirwa ukajya uvuga nabo waciriye ra ubwo rero uziko ugiye kubona Hit kd uri kwica isoko ryawe barakubonamo injajwa pe 😢
Ese luise we icyo shangazi yavuze kitagaragaye niki? Ntibizakubuze kohereza abashaka gucimyeyo murubohero kwa shangazi kuko shangazi ibyo akora arabizi
Ubwo uvuze iki koko?? Umubyeyi nkawe ntamubyeyi utaramira kubo aruta ahubwo urabahsnura ukanabacyaha vuga uziga twarabyaye turi ababyeyi
Ark ndabona hari abantu bashaka kumenyekanira kuri Sabin uyu we kandi aje gute
Uyu yitwa shangazi wamusanga kuri Afrimax no kuri channel yitwa mu rubohero kwa shangazi andika afrimax tv shangazi
Emmy jyureka fanatisme
Kd Ubu Niyimbwakazi Ishaka Hiti Uko Gisa Nkawe Ngwino Muraziranye Sabin Muraziranye Mana Yanjye Mwaretse Sabin Ntakindi Azira Arazira 1M
Niho bavuze ivyi mpanga ntawabijako nkiyo foto niya mpinganzima 😂😂😂😂
Muri yiminsi ntacano sabin atari kugaburira abandi bagiye kumenye kana kwizina rya sabin
Gushinga urugo musigaye mwarabishingiye gusa ku mibonano mpuzabitsina?????????
Emmy nyawe uvuga ubusa sinkaguhereze mpiga atuye muhanga koko wagiye uvuga ibyo uziiii
Noneho abaye ngwinumperekeze 😂😂😂
Emmy tumira abantu bazima
Dore ukwasa ngorero ujekuvugaubusa
None uwo sabin nanguino murabashakaho iki? None kobose bakuze utabigira amutere ibuye
Ariko se mwarekeyaho koko
Clarara yakoze iki!??
Nuko yeeee tubwire nawe aho wabimunwiriye kagire inkuru ubu mwese mwahuye na Sabin koko,baravuganye???Shangazi utangaza inama yagiriye abantu abo bakobwa ucira imyeyo uzabazana nabo ngaho menyekanisha ibyawe uzanatwereka nibindi
Hoshi urashaje jya kureba abana va kumuhanda 😅
Ark ubu wowe urumubyiyi kombonankaho ufite igikoma mumutwe
Icyakora. Wamugorewe urumidayimoni genda apuuuuuuu ubworerongo uravuze
Uyu se ninde
Gabanya umunwa mada murabura lmana murimwe kuko mwigize abacanza
Ntago bikureba wamugorewe sabin yabatwaye iki nanga ko mureba ibitabareba
😢😢😢😢😮😮😮 gasambane ninkuba WA kabi we
Yesuuuuuuu 🤔🤔🤔ngo agaki??? Sha wigaye Uzi ko mufana buhumyi!!ariko abagore b’ubu muri ibiraya ubwo na we uri ikirumbo 😌😏
Nkubu ucumuriye iki
Nshingamatwi yumugore urajye nawe ubonye aho urira 😂😂😂
Turarose jajwete nawe rero renga ntawuvuma iwimana itaravuma kandi uyumusi nisabe nagwono ejo nabandi rero uwutazi ivyisi avyita ivyiwe kandi uwisi itarakaranga iba iriko imutengurira ikirungo manda nihitira
Ariko aba bagore bavugiye hano nibwo bibakemurira ibibazo
Wamugorewe nabwenge ugira ubwose urikuvuga ibik
jyuvuga uziga Mada ntuzi ibizakubaho
Inama nagira aba UA-camr rero..tumira umuntu ariko mureke kumwinjiza mu buzima bw'abandi kuko bizajya bivamo ibyaha
Peee Ngwino niyicare asubire kumugabo we cg ashake undi Ave Mungo zabandi ntacyiza kibamo
Rata mwihanganishe madamu Sabe
Aho bigeze isesemi yanyishe.Ubu uyu nawe aje kwamamara!
Ahre emmy sinzi uko byakugendekeye nukuri usigaye ubaza nkinjiji mbi, mbona utubaha abatumirwa bitewe nimvugo nijwi ryawe…, uri kujijita…mbese muri make usigaye uteye icyo niki.
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😅 NGO muri Inshuti hhhh yewe ntashuti ufite😂😂😂😂ejo niwowe azaza kwandagaza kukoo😂😂😂😂ntiwamurushije kuba Inshuti na bariya bakobwa vuga uvuye aho di😮😮😮😮
Erega sabin ni ikibazo abagore baramuhururite niba se amuryamaho urumva igisigaye ariki .umugabo ni ukwinjirira cets tout .baramusangiye ntimukikirigite .umugabo yaguciye inyuma ukabimenya ushatqe wubahe uwamugupapuye hmmmm .cg nawe umukande umubwire uti byabaye nkibirutse ntabwo no subira kubimira
Yegorata uriyamugore navemubagabo babandi 😂😂😂
Arko se sabe mumurekeraho nukuri yarumvise ababyumva nkanjye mumpe subscribe kuri iyi FOTO nukuri muraba mukoze p ndabakunda cyane p 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Ngaho reeeee
Wowe uje ute se Kandi nyabo😂😂😂😂
Jo twins show ❤ Love is our name
Wakintuwe ntajyambo ufite piiiiii
😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😢
Mbariza uwo mugore niba afite umugabo
Uragirango umutware😂😂😂
,😂@@DeniseKaguta-tb1ng
Ubu nahisemo kureba ibindeba ibyabandi ashwi da!
Ubuse ibyo urimo kureba hano n'ibyawe ? 🤔🤔
@es😂perancemujawiyera7986
Sabin mwamutaramanye,sha ntimuzamwigezaho mugende gake 😮
Ingene ari kibi reroooo igituraje aho ngo kiravuze😂😂😂
Emmy niho Brianne akuvuga uri agashetani.
Nkawe uba wisekeshwa ibiki ?
Naho Yago ntamwemera ariko ibyo yavuze nukuri ka gahanga so yamena katumye usara.
Ubuho wihaye Sabin nawe. 😮
Aseke abandi atibagiwe umuriro yakije kwiyemera
🤫🤫🤫💀💀
Injajwa gusa .
Video!!koko iyihe?Urumuswa tu.Nawe Emmy muri aba swa babiri bahuye 😢😢😢😢😢the Dynamic turabsvaho muracyakome iyicywa rubozo kubantu.Enough is Enough find your own content