N' ubwo nza kucyumva nyuma, nzi ko kiri bunyigishe.Munana ndakwemera, uzadukorere no ku gituma abantu duhorana umururumba, ese hari ihame rya kamere tutumva ribitera? Ku buryo umuntu aba yifuza ikintu cyane, yakigeraho bigahita biba nkaho ntacyo kivuze, akifuza ikindi ako kanya! akazarinda anogoka asa nk' utarishimiye ubuzima ahubwo!!
Ni uko bahora batubeshya ngo ibyiza biri imbere, ngo ejo heza😂😂 ariko aheza hakagombye kuba aho uzi ni uyu munsi rero. Naho ejo heza ni hehe wa mugani?😢
N' ubwo nza kucyumva nyuma, nzi ko kiri bunyigishe.Munana ndakwemera, uzadukorere no ku gituma abantu duhorana umururumba, ese hari ihame rya kamere tutumva ribitera? Ku buryo umuntu aba yifuza ikintu cyane, yakigeraho bigahita biba nkaho ntacyo kivuze, akifuza ikindi ako kanya! akazarinda anogoka asa nk' utarishimiye ubuzima ahubwo!!
Much respect MUNANA,
we need more like this 🙏
Urakoze Muhire. Gerageza nibura once a week aka ka melody ntikabure mu biganiro byawe dukunda
Mbega ikiganiro kiryoshye Mama yanjye!! Urakoze cyane Bwana Munana 🙏🙏!!
Much respect muhire ndibuka ibiganiro byawe byaturyoheye kwisango star ibirari byubutegetsi
❤❤❤
Munana mpora ngusaba ngo rimwe uza dukorere ikiganiro cyisanzure, twumva ngo habaye iturika rihambaye ariko ntidusobanukirwe neza, tunyotewe nikiganiro rimwe hano kivuga kwisanzure nubiriberamo. Thanks my big brother!
Murakoze cyane Muhire ,dukunda ibiganiro byanyu bibabikoranye ubuhanga.
Yego muhire uwiteka agumye agusogongeze kubwenge cgwa undi yabyita ubuhanga uko ariko kose ariko uradufasha kwigenzura mumarushanywa yubuzi duhoramo gusa God bless you and comfortable njyewe nakubwira ngo komerezaho inyigisho zawe ziraryohera Asante sana 💕
Thanks for everything mr munana
We love the way you do
N' ubwo nza kucyumva nyuma, nzi ko kiri bunyigishe.Munana ndakwemera,
uzadukorere no ku gituma abantu duhorana umururumba, ese hari ihame rya kamere tutumva ribitera? Ku buryo umuntu aba yifuza ikintu cyane, yakigeraho bigahita biba nkaho ntacyo kivuze, akifuza ikindi ako kanya! akazarinda anogoka asa nk' utarishimiye ubuzima ahubwo!!
Asante bro
Thank you
Mwarimuwacu Komeza mutwigishye Kutigishwa namwe n, uguhomba.❤❤❤❤
Asante sana Munana
Ntamyaka 100
Ese wamugani Ejo hazaza nihehe?
Ugakora ukazigama ndetse ukizirika umukanda ngo uzagire ejo hazaza heza
Inzara y'Ubuto ntishira ushaje.
Munana urakoze cyane rwose!!
Uratubwira nuko tutumva kbsa. Ejo hazaza hatubuza kubaho neza uyumunsi.
Thanks for backing to our talk , God bless
Ukuri..
Ejo hazaza nejo naho ejo bundi nahuzab'abakiriho
Nakubali
Rek ngushimire munana.👌👌👌🙏🙏🙏🙏❤️
Great
Munana keep going brother
nabaye addicted burundu kubiganiro byawe pe jyudufasha ukorera byinshi kuko tuba tubitegereje cyane
❤ courage bro
Wari ukumbuwe ikaze cyane!
Much respect to Muhire
Mbega kugorwa! Tx Alphonse ntago habaho!
Ma man 💪💪💪
Ahazaza hanjye ntaho koko
Munana ubundi urumwarimu mwiza tura❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Love munana❤🎉🎉🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Nibyo kbs ahazaza nuyumunsi
Kbs wamuganise koko😢
Tuvyibesha kenshi ubundibwo twaridukwiye kubaho none buja Burundi turabakurikirana cane 🇧🇮🇧🇮
Wonderful
MMO 💡
Icyo numva ahazaza nihagakwiye kuduhangayikisha twe twagakwiye kwita ku kubaho mu ndagihe kdi neza hanyuma aho hazaza yaziyitaho. Ndabeshya bavandimwe???😎
MMO😢😢😢😢😢😢😢
Ni uko bahora batubeshya ngo ibyiza biri imbere, ngo ejo heza😂😂 ariko aheza hakagombye kuba aho uzi ni uyu munsi rero. Naho ejo heza ni hehe wa mugani?😢
Ntimukiyime ntagihe kiza kuruta none,ibyejo bibara abapfu,abategetsi bafrika bati"agende sixty three" nagahinda gusa ntakindi.
Ahazaza ntihabaho tugomba kwitoza kubaho bicyitwa none
Iki gitekerezo gifite ukuri👌
Ahazaza ni muri ni coffin
Turakwemera kubiganiro byawe byingenzi, byuzuye imana zingenzi mubuzima bwacu bwaburimunsi,
❤
Ntibibabyoroshye
ubwo muri Make Akabando kiminsi ugaca kare ukakabika kure
🇧🇮🙏🙏🙏🇧🇮
Kurijewe ahazaza hanje nimukanya
Hahahahahah iki kiganiro ntabwo nagihaga peee
Wa mugani ahazaza hagiye kutugusha ruhabo!!Ni danger!!
Ntaho
Uranyemeje kabisa ukonukuri pee
Uti ihene yo muki😅😅
Nizere ko mbaye uwa 1
Ukunukuri munana
Ai dig rimin dig
Munana
Iki kiganiro kiranyuze
😂
We love the way you do
N' ubwo nza kucyumva nyuma, nzi ko kiri bunyigishe.Munana ndakwemera,
uzadukorere no ku gituma abantu duhorana umururumba, ese hari ihame rya kamere tutumva ribitera? Ku buryo umuntu aba yifuza ikintu cyane, yakigeraho bigahita biba nkaho ntacyo kivuze, akifuza ikindi ako kanya! akazarinda anogoka asa nk' utarishimiye ubuzima ahubwo!!
❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤