Arko burya Koko abantu ntacyo bazireguza pe urubanza narwo nibaza ko Ari gutya ruzacibwa n'Imana kko ibyagiye bitubaho byose ibyo twarose ibyo twakoze ibyinshiiiiiii ntibituvamo rwose Niko umutima wa muntu uremye Bene data dukwiriye kubijyendana Beulah muzana abantu b'Imana God bless you
Icyaha kinukira Imana nibyo rwose.Mana nanjye nyambika imbaraga nshobore kwirinda icyaha nigisa nacyo
Uwampa nkumvira ijwi ry’Imana, nkayitaba, kandi nkagendera mu bushake bwayo. No mu mugambu w’Imana.
Urakoze Mana yacu, ufusubujemo imambara.
Dufashe dukomeze kugendana nawe twezwa buri munsi.
Ha umugisha uyu mubyeyi kandi uwuhe na team Beulah. Amen
Iyo myumbati uyitunganye neza, ndayikumbuye n'ubugari, none ho ibintu byose nibimara gutungana uduhe contact nze nguhahire. 🤩🤩.
Amen 🙏, Imana ishimwe cyane mukozi w'Imana
Ubwiza bw Imana bukuriho bukugumeho,ntakiza kibaho nko kubana neza n Imana.Mana umpe kubana nawe neza Kko nibyo bifite agaciro katagajuka🙏🏻
IMANA ishimwe icyampa izimpuguro
Uyumubyeyi atanze zihindurebenshi
Amen imana ihabwe icyubahiro uyumubyeyi aranejeje cyane imana imuhe umugisha
Arko burya Koko abantu ntacyo bazireguza pe urubanza narwo nibaza ko Ari gutya ruzacibwa n'Imana kko ibyagiye bitubaho byose ibyo twarose ibyo twakoze ibyinshiiiiiii ntibituvamo rwose Niko umutima wa muntu uremye Bene data dukwiriye kubijyendana Beulah muzana abantu b'Imana God bless you
Amen men nibutse umuhagaro weeeee❤❤❤❤❤
Imana Ihabwe Icyubahiro, Izina Ryawe Nirishimwe , murakoze cyane Pamphile gusura abantu nkuwo mubyeyi bafite Imana Nzima. Imana Ikwagure
Mbega gusaza neza weeee, gusazana na Yesu Christo nivyagaciro peeeee
Wakoze pamphire kubwiki kiganiro wenda kizigisha benshi bave mu buyobe.
Ubu buhamya ndumva buryoheye rwose Imana ibampere umugisha kandi ibakomereze amaboko
Imana inshoboze kureka icyaha
Muganiriye neza uyu mukecuru ndamukunze lmana ibahezagire
Presentation y' Ikiganiro inyemeza ko nagikurikira.
Mwadufashije mukaduha nimero ya Mose uyu koko?
Mwakoze ikiganiro cyiza Imana ibahe umugisha!
Imana ishimwe kuri uyu mukecuru kandi ikomeze kumwagura
Amina . Shimwa Mana , urahambaye, urakomeye , uratangaje . 🧎♂️🙏🏻
Pamplile Mukecuru mumfashe Dore rwose....kd yakoreye Imana
Imana imuhe umugisha Kandi anaduhe Nimero ye
Amen Imana ishimwe kubwawe mama yaragutoranije. Pamphile nawe Imana iguhe umugisha
🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Mana urahambaye
Amen amen amennnnnnn, iyo indirimbo mubanjye iranshimmishije, mumbwire numero yayo mu igitabo.
Imana iguhumujyicha cyaneeeeee
Nanjye ntuzansige
Nukuri icyaha kiranuka!
Team pamphire Imana ibahe umugisha kubw'ubu butumwa bwiza mwatuzaniye from uyu mukecuru! Be blessed
Ndaje nze gushaka Umwanya numve neza! Ifunguro nkiri ngomba kuryejyera ntakajagari k' imirimo
Nawe ndagukurikira isaro tv uba ukubitira mu mavihhhhhhhh
Ikiganiro kiza rwose urakoze wamubyeyi we kuduhugura
Amen
Icyaha kinukira Imana cyane rwose
Amena YESU Warakoze
Mumbabarire mujyaneyo c mwakabyaramwe ndabiginze
Amen, Imana ishimwe ko yaguhamagaye , ikagutoranya ikagutuma, ukayibera umuhamya.
Uyu aba hehe atuyehe
Umunyamugisha yanjanye kumusozi ndasinZira ansigayo
Imana ishimwe cyane kdi igukomereze amaboko
Ndafashijwe ,sinagenda ntavuze ariko uzasubireyo kandi yabikwemereye aba nibo dukeneye ko batubwiriza reka ngihe nabandi bumve
Woow,mbega imana!
Imana iguhe umugisha🙏
Nukuri Iture muritwe
Imbabazi z'Umukiza Zamuzanye kuncungura, Nari nzitswe n'ivyaha vyanje, Ankuray' arankiza. Nari mw ishayo y'ivyaha, Aramfat' aranshayura, Kera nama mu mwiza mwinshi, Non' arammurikira. Natevye cane kwitaba Uwampamagaz' ineza. Nyuma nizey' ijambo ryiwe, Yes' ankurakw ivyaha. Namubony' aje kunkiza Afis' inkovu y'icumu N'iz' imambo bo n'iz' amahwa, Nshim' urukundo rwiwe. None yam' amp' amahoro, Umutima ni muzima, Arikw icatumy' ancungura Akankiza sinkizi.
Indirimbo zo guhimbaza Imana 104:1-4
Mpise mbonako mwisiyose arumunuko gsa ,ntaciza kibayo,
ati Hahirwa abahariwe ibigabitanyo vyabo,
Kand' ivyaha vyabo bigatwikirwa,
Hahirwa umuntu Uhoraho atazoharurakw icaha.
Mbeg' ubgo buhirwe buvugwa ku bakebge bonyene, canke ku batakebge na bo? Kuko tuvuga, tut' Ukwizera kwaharuwe kuri Aburahamu nk'ukugororoka.
Abaroma 4:7-9
Nkunze ukuntu yibere munirimo yiwe rwose pe, ntabyo gupfusha ubusa umwanya,waduhaye number ye
Ariko ivyo bintu vyokuja muri cholale ngo ni 15mil koko ?😱😱😱jew naho noba ndayafise ntayonotanga pe,notuma ndayaha umukene,kuk murihisha mumurimo w'Imana ga ?vyanditsehe ?
Mukecuru mukecuru,twarasenganye disi
Cyokora ndumiwe kubyo kwishyura 15000frw ngo winjire muli korali
🤔🤔🤔🤔
Wampaye nomeroye
Miriwe mwanfa shije mukampa number ye komwaba mukoze
Mana wae urahambaye mwaduhaye number ye
Atuye he nkeneye numéro ye
Amen
Amen
Uku niko byahoze,umukozi wese yinjiraga mu itorero afite ubuhamya bikazamukomeza paka arangiza urugendo
Amen