IMPANGA ZARIZE BITUNGURANYE😭PAPA UBABYARA YAPFUYE BAKIRI ABANA😢UBUZIMA BUTANGAJE BWA KESHIA & YVONNE
Вставка
- Опубліковано 28 вер 2024
- Wifuza kuvugana na CHiTA MAGiC, Call: +250788351885 ufite inkuru wifuza kudusangiza, Kuduha inyunganizi uhawe Ikaze!
#chitamagic - Розваги
REBA KESHIA N'IMPANGA YE: ua-cam.com/video/-Od3eax3YoY/v-deo.htmlsi=Xy5hjip6GEDbhRZB
Abantu bifuza ko Ba Yvette&Yvonne, bahura na Mpinga na Ngwino mumpe twa tuntuu 👍by the way muri beeza si mukawawale ❤
Aba jo barihano mumpe❤ plz
✌✌✌✌
💙💙💙💙💛💛❤❤🧡🧡💜💜🤎🤎🖤🖤🤍🤍❣❣💕💕💓💓💞💞💖💖💝💝💘💘
Abana bakuriye kacyiru tumenyane🥹🙌 Yvette Yvonne turabakunda kuva cyera mwarabana bashimishije tucyiga ✌️
Nabakunze,barakunditse ❤ ariko buriya umusire uri serious utarabona umukobwa ahitamo ntabonako Keyshia yavamo umugore w'umutima❤❤❤❤
Yvette ntago narinziko afite impanga ye muribeza mwese disiii akoshye mana ndabakunze❤❤❤
Ndabibuka kacyiru primary Sha💞.
We love you ♥️ 👌✨
Mama w'impanga mu lugande bammwita NARONGO not Nyavade😢
Mufite amagambo meze kandi kuba mukunda imana nibyiza cyanee pe
Muribeza cyane
Ndabakunze cyane , nange mfite impanga
Muri beza ❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Nubwambere maze ikiganiro pe kand sentiment zamfash ndarira😢❤🎉 muramahasa meza disii ndabakunzeee❤🎉
Chit wazabahuj nab Jo twins ❤❤❤
Igo shn
Mbega abakobwa beza❤beautiful mukomere
Chita nkunda ibiganiro byawe yesu anjya akomeza ajye.mbere turagukunda
Shan mur’abana beza ndabikundira 😍
Koko yvonne niwe narinziko ariwe keshia shan yvo waranuburiye kbs hhh Uziko nagukurikiranaga tiktok wirirwa usoma ibitutsi bagututse ukarira ukavuga ugiye kuyireka tukakwinjyinga ngo oyaaa 😳😭kumbe waje kuyivaho nkomeza gukurikirana keshia nziko ariwowe cha 😂nukur ndabikundiye nuno munsi nari nakoze sub kwa keshia nziko ariwowe mylove 😂😂ark nibyiz kuba muri impanga cha ❤️🫶🏽
Biracanze ubuse ndamenya uwaje ejo aruwuhe bahu
Hahaha Kurikira witonze!
Imana ni nziza!! Muri beza cyane les chéries❤❤
Muribeza kubatandukanya nikibazo murasa ❤❤
Aba noneho kubatandukanya biragoye pe
Ibi bintu byo kwibana mu mahanga nanjye ndabitinya ibaze nko kurwara uri wenyine abo basanga munzu bapfuye bonyine oya nanjye simbikunda
Barasa kweli ❤
❤❤❤❤
Who's who
Chita love you❤ 😘 wakoze kutuzanira abachou bacu❤😊
Chita rwose umfite abatumirwa beza bavuga neza ukomerezaho😘
MURAKOZE 🙏
Bambayeneza cyane pe❤❤❤❤ baracyeye cyane peeee'
muri beza uza bagarukana kndi gusa bandijije ukugen bakunda Imana bakomez guter imber
Uzabangarure bombi we love u
Ni bezaaaaaaa❤❤❤❤❤❤❤ Ndabakunda
Yuuuu muribejaaaa❤murasa chrie❤❤❤❤❤❤
🤗🤗
Chita uzatuzanire na Nana Pretty Wo Kuri Tiktok
Ndabakunze cyane abachr muribeza peer
Chita magic❤❤ i Bujumbura turagukunda cyaneee ❤🎉🇧🇮🇧🇮🇧🇮
MURAKOZE CYANE 😊 🇧🇮
Arikooo mana ooooo keshia ndagukunda urabizi ariko noneho umunota wa38 urandijije ariko uranatsekeje💕💕💕💕💋💋💋
Ndabakunda nkibisanzwe rwosw
Ndabakunda ni beza!!ariko Yvonne nawe afite testimony uzamuzane wenyine nawe atubwire.
Muri beza abachr
Ndabakunze cyneee mukomere nukuri
Oooooh cher niko kuba mubihungu byohanze bikera chch gusa nakure lmana itakura umuntu chch
Ndabakunda cyaneeee ❤️❤️❤️❤️❤️
Ndabikundiye nange icyampa impanga nziza nkamwe.
Ndabagukunda Yvonne Yvette🥰
Bazagaruke rwose,nabakobwa beza,bafit ikinyabupfura
Muri beza cyane ❤❤❤
Cyokoze nanjye nabonye kurwarira hanze ntamurwaza bigoye😢
Ndabakunze❤❤❤
You're so cute twins❤
My lovely twins❤
Najye ndabakunze eeemapasa ,mapaca 😂😂😂😂 she’s so funny 💋
😁
Muribeza cyamee❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mumbwire muri bano babiri
Ngwi ni uwuhe Mpi ni uwuhe?
Ni bezaaaa❤❤❤
Ko basa cne kubatandukanya byananiye😌
Nyabade mukigande ni narongo
Nukuri muri beza pe
Aba jo twins shooow❤❤❤❤come and see❤❤😂
Muze dukore subscribe kwizimpanga tuzishyigikire❤❤❤
Byananiye kubatandukanya pe 🥰
Ubitegereje wabonako badasa cyane umwe afite mumaso harehare undi hagufi ariko amaso namwe nibeza cyane
Ark Mana ni beza ❤❤❤I like twins
Kuba imfubyi biraryana iteka harikibazo kikuzaho ukavuga uti yo mba mfite ababyeyi bombi ubu mba nezerewe
Hari na babafite batanezerewe this life no balance
ntag naba ndi umu joo ngongotwe ahantu hari impanga chita wakoze kuzana abo bari beza let sapport them guys
Mana we ujyuturengera pe abafite ibikomere turi benshi
Muribeza pe nakundaga impanga zabahugu ariko disiiiiii narazibuze
Nange nkunda impanga za bahungu kubi
Muri beza ndabakunda
IBINTU BYO KURIRA C KOKO! ABAKUNZI BA CHITA NKANJYE MUKANDE KW'IFOTO TUMENYANE
Ndabasuhuje twarakuranye kakiru
😢😢
Ntiwabyaye mkabandise ntawapfuye ngo azuke
😢😢 yooo
❤
Oooh.barasa cyane
Mbega byiza muri beza mukunda Imana biranejeje
❤❤❤❤
So emotional😔 abantu barebye iki kiganiro bakarira nukuri bampe like 👍 ndabakunze cyane 😂❤plz let support them ❤❤❤😢
❤
aba jo
mumfashe kwivana mubusheri kanda kwifoto yange wowe ubikoze IMANA iguhe imigisha kandi uzagwize amafaranga❤❤❤❤
Chita Magic turagukunda 🇧🇮 uzobahuze naba Jo twins maze hashe koko❤❤❤❤
MURAKOZE CYANE 🤗🤗
Uziko iyo atavuga imyaka yabo wagirango ntibaruzuza na tuenty ni beza cane pe
😁 KABISA
Ngewe nsubizwa mo intege indirimbo yitwa: ibihe nsenga uwiteka bintarura mumpagarara by Holy Nation
Ubutaha bazagutere story yabo ya primary kacyiru1 niyo muri secondary kacyiru2 niyo muri compassion Rw253 kacyiru😂😂😂😂
W
Ayiduteye ko nunva uyizi😂😮
Yvette nusubira Oman uzambwire nguhuze n’umuntu wakubera mukuru wawe akajya aguha support in anyplace you may be akahagusanga.
Mumpere nje niyondi
❤incwi nkunda impanga
Chita turagukunda komeza ushyigikire abanyarwanda ,ahubwo mpora nibaza umuntu yifuza kukuvugisha byagenda bite ?
Chita nkwemera fo kuko umuntu wita kuri comment. Zqbakynzibe nisawa pe courage kandi uwo muco uzawukoneze
NIMWEBWE MWATUGIZE ABO TURIBO MUKWIYE RESPECT 👏👏
@@CHiTAMAGIC7ooohhhhh❤
Abandi wagirango ntibasoma pe barya seen@@CHiTAMAGIC7
abana twiganye sha kacyiru primaire yose Mutoni na Mutesi ndabakunda aba chr ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nibeza barasa cyane❤❤❤
🙏
You are so lovely ❤. Nanjye nitwa Yvette. Yvette humura Imana itanga amafranga uziga usoze and Yvonne Imana ishimwe ko yakubakiye urugo rwiza kandi rwose Imana irashoboye. I really like the way mushyira Imana imbere.
Ark disi murasa muvuga kimwe ewana kbc
Abana twabanye munushinga ceforme chn muri beza ndabakunda rata
ndabibuka twaraturanye i Gikondo nabana beza,bigirira umutima mwiza ndabakundaaaaa❤❤❤❤❤
Ese ko mbona muri beza babahora iki? Reka mabgire inama beza vanjye, nimubona abantu babanga babaziza ubusa mujye mukora cyane kandi ntimukabereke amarira kuko niki kubaha I byishimo komeza ukunde ibyo ukora kdi ukomeze wishime kdi usenge Usabe imbaraga zo guca muri Ibyo bikomere. So turabakunda cane❤❤❤❤
Urakoze nukuri ninamanziza Cyane ❤
Gatoyi ninde tumenyane mumpuze Peeee nanje ndiwe Nkunda Kurira mubuzima nanje Niko nakuze
Nanje Mana ndacategereje kugirirwa neza nawe.Muri beza.
Mana nukuri uwiteka azabahe kubona ijuru knd mujye mukomeza mukunda imana,,👏 chita simfite icyo nguha ark ngusabiye imigisha ivuye mwijuru Ryera, ❤❤❤❤❤
Uzabagarure barikumwe na Mpinga na Ngwino rwose turagusabye
Cute interview Chita with cute twins
Muri beza ❤❤
ndibuka tugeze senior 1 umwe yize A undi yiga B ariko ntawicaraga atarajya kureba undi hagira ikibazo undi akabyumva disi ubasuhuze ni Betty
Eee uribuka wubahwe kbs
Chita najye uzampe ikiganiro nimva Oman gusa ndagukunda kdi ndagukurikirana nukuri buriya nakinu kibabaza nkogukura uri imfubyi nabo wejyere umuntu ngo nuwo muri family Ariko akagukoshona😢 mbega agahi😢😢😢 abandi bana iyo bari kuvuga ababyeyi babo uba wumva ubabaye Cyn 😢gusa imfubyi nimukihebe ikinu cyose kiba kubera impamvu 😢 icyo na bwira imfubyi nukwirinda kwiyandarika Imana iba iturebw kdi nukujya twihagana
Izi mpanga zirashimishije zizagaruke nazikunze