NTUCIKWE: Aborozi b'inkoko n'andi matungo ibi biryo ntibisanzwe/ Uko bikoreshwa n'umusaruro bitanga
Вставка
- Опубліковано 14 жов 2024
- Aborozi b'amatungo yose kimwe mu bibazo bafite harimo ibiryo by'amatungo yabo, Dr Emmanuel Asobanura ko igihe kigeze ko izo mbogamizi ziva mu nzira aborozi bagakoresha ibitabahenze.
Ubwo twamusuraga, yatweretse uburyo ibi biryo yikorera abivanga n'ibisanzwe bikoresha bigafasha mu kuzamura intungamubiri zikenewe ndetse n'ubushobozi bw'amafaranga bukagabanuka
Niba nawe wifuza ko tugusura tukagera ku bikorwa ukora waduhamagara kuri 0788685090 cyangwa se0737079035 tugakomeza guteza imbere twese hamwe ubuhinzi n'ubworozi bubyara umusaruro.
TWIWIBAGIRWE GUKORA SUBSCRIBE unakande ku kazogera kugira ngo amakuru mashya ajye akugeraho ako kanya.
Jya utangananimero zawe abagukeneyebakubone muvandi
Murakoze
Hi nashakaga contact za Emanuel nazibona gute?
Duhe numéro ze !
Dr. Dukeneye nimero ya Tel. ye
Ese ko nshaka nomero ya muganga?
Iyo mutaduhaye Numero ze za phone ngo aduhe imbuto, iki kiganiro twe tureba ibiganiro byawe ntacyo uba utumariye mubyukuri.
mukomere cyane agroco tv, muduhe addresse z'uwo Docteur kuko azatugirira akamaro twese abanyarwanda. Thanks
AGROCO TV KUKI MUTADUHA ADERESI Y'UWO MUGABO, TELEPHONE YE
Akorera he
argue wazigurira he?
Mujye mutwakira Numero murakoze
Dufashe
Mfite inkoko 10 gusa ese wangurisha arge kurangahe
Mwaramutse muduhe nimero zuwo mworozi dushaka kumusura twamwigiraho byishi
Naziduhe izonimero
Nkeneye contacts zawe Dr.
Kuko ndashaka kugusura tukaganira.
Número yanjye ni 0788504919.
Thanks.
Turashaka inkoko