Ladies, iki kinyejana turimo, abantu bayobowe ( entrainés) n' iterambere ( modernité/ mondialisation). Ijambo umugore (abenshi bitiranya n' ijambo gender) risigaye ryumvikana nabi, rigera aho abantu baryumva nko *kwigomeka, kwigaranzura* n' ibindi nkibyo. Kuba amakimbirane yariyongereye mu bashakanye, ni ikibazo cyo kudashobora kugendana mu myumvire (umugore n'umugabo) kugirango impinduka (impact) zijyanye n'igihe bazumve kimwe bityo barebe mu kerekezo kimwe kiganisha umuryango aheza. Bref, uburinganire ntibuzashoboka ahubwo ubwuzuzanye nibwo bushoboka mu gihe umugore n' umugabo bareba mu kerekezo kimwe. Mu gihe umugabo acyumva ko kwita ku bana ari inshingano z' umugore gusa, cg se gusigara mu rugo yita ku bana mu gihe nta kazi afite akumva ko ari igisebo cg société izamwita inganzwa, iterambere ry' umuryango riracyari kure!
Ahubwo ikintu cyantangaje nuk o mutigeze muvuga kumugore igihe akazi ke gahagaze uko byagenda. Cyangwa nuko iyo team yanyu mwese murabakozi? Ariko hari nuwahagarara nubwo ntawubibifuriza, ariko harigihe byabaho.
Mwibinyibutsa akokantu ko kubyikira kuri match wowe utetse, urubu cleaninge, uri buhahe, uri bukoreshe devoirs, and it is okey rwose ukabona ntakibazo aho ndavuga hanze ukuntu abagabo bacu babanya africa bameze
Ndabakunda cyane,gusa ikibazo umugore ukora aravunika kuko ibintu byose biba bireba umugore,umugabo we niyo asigaye murugo ntacyo yakora ahubwo nukuryana ntabwo biba byoroshye.
Gusavayivinga,independenti, porovayidi....mube professional...ikinyarwanda cg igifaransa,icyongereza. .
Umugore uri independent wigenga ....udakeneye ubufasha....bisaba kwihangana....
Coucou les filles , I am your big fan❤
Whouwhou, debate nziza cyane, gusa next time iyi pannel izabemo umugabo umwe nawe azunganire mu bitekerezo, kuko muri kuvuga nkumva nakwiha ijambo.
Christelle that was impressive
Ijambo ngo umugore ntakora sibyo ahubwo Ibyo akora byo murugo nibyinshi Kandi bigafata igihe bikwiye guhabwa agaciro kanini
Nanjye ndi pour Christelle
Umukobwa yahagurutse kwigira kubera abagabo benshi ba takingaga advantage yogucinyiza umugore. Naho umugabo murikigihe bariho barava muri responsabilité nkumugabo so birabatesha agaciro
Iyo bavuze umugore mba numva ijambo bariha abantu batatu mu Rwanda : moi 😅, Christelle et Miss Shanel 🎉🎉
Communication is better than other things in family
Turabakunda cyane Ladies ❤️❤️❤️❤️❤️❤️
christella afite IQ iri hejuru!
Twikomereze Ibya Mama Raisa
Ngo hot topic ishyushye cyane.@ Cyuzuzo 😅
Olalala... Kuriyo issue mwaganiriyeho, ntabwo mwayunvikanyeho, mukwiye gushaka umuntu ubihugukiweho ababwire icyakorwa in case akazi k'umuabo gahagaze mwese mwa providingaga.. inshingano zo gutunga urugo ariko biterwa byose nimyunvire yanyu mwese. Kuko umugabo yateka yahindura pumper yumwana yakoresha home work abana.
Umuntu Cyiza kubera mamawe yasiganyaga Papawe guhahira urugo umugabo we aramutse ahagaze akazi urugo rwakwicwa ninzara.🤦
Aba mama igihe cyose bangira akazi kenshi ukobyajyenda kose kdi nibyo murungo niwe bireba systle
Umugore nawe ukorera amafaranga sikibazo ahubwo kubura kuganira ngo umugore numugabo barebere hamwe uburyo bafanya bijyanye nibihe turimo. Imyunvire niyo ifite guhinduka
❤❤❤❤❤
Nkandira kuriyo foto uraba ukoze
sha birakaze
Aissa❤❤❤
Mubivuze neza.
Ladies, iki kinyejana turimo, abantu bayobowe ( entrainés) n' iterambere ( modernité/ mondialisation).
Ijambo umugore (abenshi bitiranya n' ijambo gender) risigaye ryumvikana nabi, rigera aho abantu baryumva nko *kwigomeka, kwigaranzura* n' ibindi nkibyo.
Kuba amakimbirane yariyongereye mu bashakanye, ni ikibazo cyo kudashobora kugendana mu myumvire (umugore n'umugabo) kugirango impinduka (impact) zijyanye n'igihe bazumve kimwe bityo barebe mu kerekezo kimwe kiganisha umuryango aheza.
Bref, uburinganire ntibuzashoboka ahubwo ubwuzuzanye nibwo bushoboka mu gihe umugore n' umugabo bareba mu kerekezo kimwe. Mu gihe umugabo acyumva ko kwita ku bana ari inshingano z' umugore gusa, cg se gusigara mu rugo yita ku bana mu gihe nta kazi afite akumva ko ari igisebo cg société izamwita inganzwa, iterambere ry' umuryango riracyari kure!
Ahubwo ikintu cyantangaje nuk o mutigeze muvuga kumugore igihe akazi ke gahagaze uko byagenda. Cyangwa nuko iyo team yanyu mwese murabakozi? Ariko hari nuwahagarara nubwo ntawubibifuriza, ariko harigihe byabaho.
Mwibinyibutsa akokantu ko kubyikira kuri match wowe utetse, urubu cleaninge, uri buhahe, uri bukoreshe devoirs, and it is okey rwose ukabona ntakibazo aho ndavuga hanze ukuntu abagabo bacu babanya africa bameze
Sha si hanze gusa
Barabimenya rata na mudugudu akabimenya😂
Points za Aissa na Michelle ndazumva kdi a 80 pr cents Niko kuri . Cyereka iyo realite uyibayemo nibwo wabona uko bigoye gutungwa numugore ataruko udashoboye aruko akazi kicyigihe kabona umwe kakabura undi
22:52 ariko shahu muribeza,muzubwenge ubu kuki ishya ntayimenye kera wee???😅
ese igikorwa cyurugo ubu mugikora bizima cg nukubyara gusaaaa hhhhh
Sha njye nukubyara gusa
Ikiganiro kiza