Yaa Allah 😢 mu byukuri mworoshye imitima birababaje kandi biteye nagahinda byari bikwiye ko mwajya mwegerana mukagirana inama mugakosora ibitagenze neza mu biganiro bitabanje kuza ku karubanda Allah abayobore abereke ibikwiye ibi ntibyari bikwiye kabisa Allah akomeze abane namwe turabakunda
You guys need to get your acts together. Smearing one another won't help it, because wisdom can't be confused with arrogance whatsoever. Put God and his messengers first or you'll be amongst those who denied God's guidance and perished!
السلم عليكم ورحمه لله وبركة Yemwe amahoro y’Imana abane namwe ibi bintu ntakuntu mwakora Mjadala hagati yanyu muri babiri hari nitangaza makuru mukava muribi byogusubizanya mugakora Mjadala imbona nkubone tukamenya ufite Elimu iri hejuru yundi akamwubaha according kubumenyi kuko ibi ntabwo biri kubaka aba islam ☪️ ibi biri gucamwo abaislam udukundi za Team A&P mukore Mjadala ibintu bisobanuk Shukran🤝 Allah akomez abane namwe mwese😇
Ikiza Nuko Allah yaduhaye ubushobozi bwo gushishoza rero ntawatuyobya as long as we know #La ilaha illa llahu Muhamad rasurullah# ibind ni amatiku avanze namashyari, gusa Allah aduhe kuyoboka kd ukuyoboka kwiza
Yaa Allah,, ibi Niki Koko, Ibi bintu ntabwo Ari byiza kuba abamenyi b'idini yacu batavuga rumwe,,,Ndabagira inama yo gutinya Allah n'intumwa yayo ibyo mudahuza(mutumvikanaho) mu garuke muri qor'an na Hadith
Naam shaikh Assalamu alykumu wa rahmatullahi wa barakatuhu uyu mu sheikh allah amuyobore niba yarananiwe gukora dawa yegere abatirage agashaka kukusebya allah aturinde ishyarirye
Ahubwo se sheikh reka nkwibarize ko nakurikiye inyigisho ye kuswala yitegeko ngo gusaba idua mukinyarwanda uri kuri sujudu ngo biremewe?kd twigishijweko bitemewe uyisaba iyo ari swala ya sunnah. Sheikh dusobanurire uduhe na dalili kko ngewe nkunda inyigisho zawe ko uduha dalili
Amwe mu mayeri ya Shitaani nuko iyo ikuburiye hamwe, igutegera ahandi. Shitani ishobora kumvisha umuntu ko ari we mumumenyi cg se umuhanga kurenza abandi, akigira igitangaza, bigatuma agira Kiburi( ubwibone) kdi nta mu nya kiburi uzinjira mu ijuru. Ingero za Allah zidufasha iki bavandi? zitumarira iki koko? Ntabwo Intumwa y'Imana Muussa yagiye kwiga ku muntu utari intumwa? Ariwe Khidhri( umuntu Imana yari yarigishije , ikanamuha ubuhanga na Fahamu (gusobanukirwa) bidasanzwe. Muussa ntiyize kugeza ubwo abura ubumenyi kubera kubura ukwihangana?
Kera twiga, iyo wasozaga umwaka ufite amanota meza kuri Bulletin yawe, ariko kuri conduite (imyitwarire) ufite echec ( udafite amanota meza, byibuze 50%). Barakwirukanaga burundu. Hari n'abandi bamiraga amasomo nkabamira ubugali bunguli , bakagira amanota meza ariko batumva ayo masomo neza mu buzima busanzwe bikazabagiraho ingaruka bagiye kuri terraien( field) gukoresha ibyo bize. Hari nabigaga ducye bakadufata neza bakadusobanukirwa bagera no kuri terraien ( ku field) bikabagendekera neza mu kazi kabo.
Yaa Allah 😢 mu byukuri mworoshye imitima birababaje kandi biteye nagahinda byari bikwiye ko mwajya mwegerana mukagirana inama mugakosora ibitagenze neza mu biganiro bitabanje kuza ku karubanda Allah abayobore abereke ibikwiye ibi ntibyari bikwiye kabisa Allah akomeze abane namwe turabakunda
Shk ni byo hari gatanya nyinshi cyane mu miryango iyo utumiye umugore kuriya agatanga ubuhamya by ubuzima byubakira benshi cyane
Sheikh wangu!! Wowe na sheikh faraji na Aly pepe !! Allah yabagabiye impano yokuvuga nogusobanura!! Mbakurikira cyanee!! Allah ababe hafi peeeee!! Pepe wee abishyiramo amahane bikazamba peee !! Wallah mutinye Allah mwumvikanee kuko murabasheikh bakiribato !! Mutekereze ejo wallah
Yaallah tworohereze sheikh mwakagombye gushira nkabanu bize idini mukaganira nahubundi gusubizanyahano nacyobitwongera kbs 😭😭😭😭
Akose ko ibyanyu byose biba byumvikana ko aribyo kuki mudahuza Kandi mwarize bimwe twebwe turagendera kubyande
Allah akongerere ibyiza akurinde nikibi cyose mumpande zose cheikh.
Sheikh ashraf insha Allah ihangane ukotrole umujinya wawe Allah aborohereze mwese muri abashehe bacu Kandi turabubaha cyane Kandi tubungukaho ubumenyi bwinshi
Shekh ni muge mukosorana neza knd Allah atworohereze kuri juhudi yanyu ibi niyo diini idini n'ukugirana inama.
You guys need to get your acts together. Smearing one another won't help it, because wisdom can't be confused with arrogance whatsoever. Put God and his messengers first or you'll be amongst those who denied God's guidance and perished!
Noeho abasheihk mwabaye iki koko muziko namwe twaridusigaranye murikuduhinduka mwisubireho kuo ntibikwiye guhora musebanya kand mwese muba muvuga ukuri sinzi imamvu mutunganirana mwitekerezeho
Subhanallah,cheikh pole
Mukomeze kwihangana tugerageze gutinya Allah
Sheikh Ibyo bireke Komeza ukore Ibyo twagukundiye, kdi Mwirinde ibyatuma Islam isuzugurika nkandi madini turimo kubona.
السلم عليكم ورحمه لله وبركة
Yemwe amahoro y’Imana abane namwe ibi bintu ntakuntu mwakora Mjadala hagati yanyu muri babiri hari nitangaza makuru mukava muribi byogusubizanya mugakora Mjadala imbona nkubone tukamenya ufite Elimu iri hejuru yundi akamwubaha according kubumenyi kuko ibi ntabwo biri kubaka aba islam ☪️ ibi biri gucamwo abaislam udukundi za Team A&P mukore Mjadala ibintu bisobanuk Shukran🤝 Allah akomez abane namwe mwese😇
Sheikh Ariko ibyiza kurusha ibindi nugukora sitra hagati yacu ,tujye twegerana Aho bishobora,cg tubikore in box ,nka bamenyi bino bigaragara nabi yakhee, Allah atworohereze twese
Assalam alaykum warahmatullah wabarakatuh ya Sheikh!
Nyuma yo kumva impande zombi nabasaba kwihangana kandi munibuke ko Intumwa y'Imana Muhammad (s,a,w) yaravuze iti : " Umunyambaraga muri mwe n'uzi kugenzura umujinya we". anyway jazakallah khäyr
Cyakoze Allah abarinde gukomeza kugira ibyo mutumvikanaho, ahubwo Allah abatere inkunga mubashe gushira hamwe kuko ndumva muhuriye kuri byinshi, muraziranye cyane no kuba mwarize hamwe nicyo mwakabaye muha agaciro
Amiin yarabi
Ashrafu ibyo avuga nuko yabibonye kdi natwe hari ibyo tubona b
Ikiza Nuko Allah yaduhaye ubushobozi bwo gushishoza rero ntawatuyobya as long as we know #La ilaha illa llahu Muhamad rasurullah# ibind ni amatiku avanze namashyari, gusa Allah aduhe kuyoboka kd ukuyoboka kwiza
Ntabwo ndumusiramu ariko bagufitiye ishyari ariko ndagukurikirana cyane
Allah abahe kuzuzanya no kubahana🤲 kuko mwese idini irabakeneye kuko ibi bikomeje hari byinshi abaslamu batakomeza kubungukaho nkuko bikwiye kndi mukuri twishimira umusanzu wanyu mukutuganisha mukumvira Allah mwembi sheikh ashraf ndeste na sheikh Ally mukuri turabakeneye mwembi kndi tubakeneye mwumvikana munubahana niba hari uwarengereye nkumuntu mugakosorana muri hikma sinangombwa ko twe tubimenya kndi nsaba Allah ko mwembi yabishishimira akanabagira impuhwe akazana bahuza kumunsi wimperuka mwese abishimiye knd namwe mumwishimiye kndi namwe ubwanyu mwishimiranye
Baislam mushyire hamwe murangwe n'urukundo nk'uko tubyigishwa n'intumwa yacu Muhammad swalallahi alayhi wa aalihi wa Salaam
Mwatubwiye Aho sheikh Faradji dusengimana ari kugeza ubu? Umuvuzeho uramudukumbuza.
Asalamu alayikumu wa rahmatullahi wa barakatuh
Ese ko numva mwese byitwa ngo murigukosorana aruwabanje aratukanye nurigukosora uwatukanye nawe agatukana??
ikiriho nuko mbona mwe Allah yatije gusobanukirwa idini mukwiriye gufasha twe tubakurikira mugusobanukirwa idini kuruta kwirirwa muterana amagambo
Mukomeze mudushyirireho inyigisho zidufasha gusobanukirwa idini muve muribyo kuko ntacyo bidufasha
Murakoze
Nukuri Muzumvikane pe kuko turabakunda Mwese pe Njyewe Ibi birambabaza iyo Mwisubiranamo
Shekh Allah agumye ababungabunge gusa mushakane muganire mureke gusebanya kd mugire Hikma mubyo mutubwira
Yaba wowe ndetse na Shekh ndabishoboye muhamagara muganire kd mureke gupingana
Kd Allah ababibafashemo
La illaha ilallah . Allah ajye atubabarira kubyo dukora tubikuye kubiyitirirako arabamenyi kdi azabibabaze kumunsi wimperuka Shukuran ya Ashiraf Allah Akongerere ubumenyi bityo natwe ukoneze kubutugezaho
ALLAH aborohereze mwese peuh
Yaa Allah,, ibi Niki Koko,
Ibi bintu ntabwo Ari byiza kuba abamenyi b'idini yacu batavuga rumwe,,,Ndabagira inama yo gutinya Allah n'intumwa yayo ibyo mudahuza(mutumvikanaho) mu garuke muri qor'an na Hadith
Ishyari ubwo yaritewe niki?? Allah aborohereze mugeze ahatari heza
Assalamu waalayikumu warah matullahi wabarakaatuhu naam shekh turabasaba kumvikana mukanjya mukorera hamwe mubwumvikane kuko muratubabaza nkatwe abayisilamu babakurikira tubura uwodukurikira nuwotuteka mbese twabuze amahitamo
Ndibaza abavuga ko waga kwiye guceceka ntago nemeranya nabo kuko ikibazo ndimo mbona urimo ugaragaza namakosa yo gukosorwa kugira abantu babone ubutumwa bumeze neza ndizera aramutse ari wowe avuga gusa ntago warikuza kubivuga hano ariko arakuvuga akazanamo nabandi so mwidini ntago amakosa akosorwa no guceceka so numva ahubwo yakurikiranwa mubuyobozi ntagimye gutanga ibintu bitameze neza
I like this man your are very clever and honesty
Ikigendanye Na Qor'aani Abasheikhe bazi Gusoma Qor'aani neza Harimo Amategeko ni bacye Abenshi basoma igikhurudu
ndumiwe cyakoza Ahaaa ubuse dukuricyire inde tureke inde??? byagoranye kbx y'Allah tuyobore inzara igororotse
Allah aborohereze mwese turabakunda icyo dushaka ni ubumenyi iby'amakimbirane mujye mubijyana muri majilis naho hano nukwiteza mamuma
Naam sheikh ibi mbona bitabura muri rubanda iyo musangiye ubumenyi cg idini cg akazi habaho gusebanya gusa biragusaba kugira subira ntacyo byangiza kubagukurikira Icyo twitayeho nubumenyi Allah agume agutere inkunga kndi yoroshye
Mwakoresheje imbaraga nkizi mukoresheje kubera followers mudusobanurira ibibazo biri mumisigiti inyuranye iyafunzwe iyasenywe iyo baririye amafaranga ya expropriation ko aribyo dukeneye kumenya amaherezo yabyo cyane???
Allah mwese aborohereze abahe kugaruka kumurongo.
Allah yoroshye imitima yanyu 🤲🏾akomeze abayobere inzira iboneye Allahuma Aamiina 🤲🏾
ni ukuri tumira n abandi benshi cyane tumenye byinshi
Allah aborohereze abashoboze mubashe kumvikana nukuri 😢😢 guhangana ku mbuga nkoranyambaga nta kintu bimaze barimu bacu 😢😢 guhangana byo oyaaaa
Mutahirize umugozi umwe ubundi mwigishe ibyo mwize in Shaa Allah
Allah aborohereze bwese,ntimwari mukwiye kubishyira mwitangazamakuru.#Muzicare mwembi muganire.
Allah ajye akorohereze kbs ❤❤❤
Sheikh ubu nibwo bunyanga mugayo mushaka ko tubigiraho, ndagirango mbanwirengo ibi ni intangiriro kd bizarangira na pepe agisubije, ubundi byinjire muritwe abanyeshuri tubakurikira, usange bitugizeho ingaruka, gusa ibi ntakubahana kurimo kwatakana gutya bizarangira ryari koko? aba yislam bo murwanda tuzahorana ibi bibazo, ahaaa biratubabaza
Bimwe mubintu byerekana ko umuntu arigukora akazi neza ndetse akaba anakunzwe nabantu nuko atangira kugirirwa ishyari😅
Akokantu imijugujugu subhannallah nyagasani aturinde amashyari.
Shekh Ashraf, nukuri rwose, mugerageze mwumvikane nukuri 😢😢😢, kuko kubera ntabwumvikane WALLAHI biratubabaza peeeeeeee, kuko mwese mufite UBUMENYI Ahubwo mwebwe muba mukwiye kumvikana peeeeeeee bityo mugahuriza hamwe Ubumenyi bwanyu 😢
Fasubr ya habibina shekh mubyukuri hasad ibaho cyane bareke ALLAH ALAM RABBAN ghufrana dhunubanah 😢😢
Allah mwese abishimire, kdi abayobore byumwihariko abahembere ibyiza mukora, abagirire impuhwe ni imbabazi aho mutandukira nkabantu.
Satani akomeje kwinjirira aba sheikh buhorobuhoro kd nimutabikumira vuba bizagorana pe Allah aborohereze🙏😢
Allah agukomeze turagukunda cyanee
Baarak’Allah fiika, Wa Jazak’Allah khayran Yaa Sheikh Ash’raf
Shekh, mubyukuri ngewe icyo navuga, N'uko mwakwicarana mwese, hanyuma Ahari ikibazo mukakiganiraho, ( Kugirango mwumvikane) Kuko bitaribyo Twebwe nk'abantu bakunda kumviriza inyigisho zanyu, mwebwe muba muri kuducanga mutuvanga...
Humura sheikh dufite ubwenge uwubwira uwumva ntavunika kd we love you❤
Ntimukarakaze Sheikh wacu ariko😢
Sheikh urakoze cyane turasobanukiwe gusa njye ngize ubwoba pe ndifuzako watugira Inama y'uko dukwiye kwitwara kuko abaduha inyigisho tugumya gukurikirana tugasanga harimo ibibazo dukore iki koko?
Ariko ibibintu nkabantu babamenyi nimukwiye kujya kukarubanda kuvuruzanya pe ahubwo mubamukwiye kwegerana mukaganira ibyomutumvikanyeho nonese ibibimaze iki kubona umwanya wo guharabirakana biteye isoni pe
Mwese muri abamenyi mushyire hamwe kuko turabakurikira. Allah aborohereze mwese. 30:26
Asalaam Alaykum warahmatulullah wabarakatuh
Bavandimwe duhaguruke dusabirane ibyiza kuko aho tugana ni habi pe😢Allah atworohereze
Allah aborohereze kuko nimwe mutwigisha ariko aho aba sheikh benching mugeze ntibyoroshye
Mbega agahinda kweri Allah aborohereze abahe kumvukana nicyogicyenewe kurusha
Allah aborohereze kko niwe mumenyi kubyo tutazi.
Naam shaikh Assalamu alykumu wa rahmatullahi wa barakatuhu uyu mu sheikh allah amuyobore niba yarananiwe gukora dawa yegere abatirage agashaka kukusebya allah aturinde ishyarirye
👏🏽👏🏽👏🏽nibyiza ko utacecetse
Sub’haanallah!
Allah akurinde abanyeshyari ijyihe bakujyiriye ishyari
Allahu mustaân kweli, ibi ntabishyashya kuko nabaswahaba nabo ntibumvikanye, famabalu anaa
Baraka Allahu fiika❤
SubhanaAllah 😢
Gusa shekh turagushimira peee
Gusa jye we mbona bite rwa nishyari ariko Allah abagarure kumurongo wallah ntabwo aribyiza😢
Aslam aleikum warahmatullah wabarakatuh.
Ndabona bikomeje kugorana ibyaba shykh bacu😢
Allah akomeze arinde idini yacu kuko ibyo sibyanone gusa allah abyoroshye kdi instinzi iri kwa Allah sheh ikomreze ibyawe rekana nabena adamu
Cheikh rero rwose komeza utwigishe rwose inyigisho zawe ziratwubaka
@cheikh ashraf, mukorane inama , mujye mwigisha idini , gushwana mubireke kuko kubona abamenyi baterana amagambo ni ugusebya idini. Gusuzugurana mubireke no gusubizanya mubikore mubugenge
Sheikh iringire Allah abntu ntibanyurwa
ALLAH Akbar
Ewana Allah aborohereze kbss
Ahubwo se sheikh reka nkwibarize ko nakurikiye inyigisho ye kuswala yitegeko ngo gusaba idua mukinyarwanda uri kuri sujudu ngo biremewe?kd twigishijweko bitemewe uyisaba iyo ari swala ya sunnah. Sheikh dusobanurire uduhe na dalili kko ngewe nkunda inyigisho zawe ko uduha dalili
Allah akongerere
Asalam alaikum walahmaturahi wabarakatuh ntacyaha wakoze kuganira na bayisiramukaza ahubwo ni shyari agufitiye komeza ibihembo ni bya Allah
Papa wacu twikundira acana na Wana wivu baba twihera ibyiza ubareke pp
Assalamu aalayikum warah'matullahi wabarakaatuhu
Abanyeshyari ntibaguce intege nkunda ibiganiro byawe cyane uziko nakumenyeye kuri isimbi tv Kandi Hari byinshi nungutse byo ntarinzi
Sheikh wagiye urecordingavayo masomo ya Tafsir tukayakurikirana?
Yagombye kuba yaraguhamagaye mukabiganiraho atabishyize kiri UA-cam
Asalam aleykum sh ashraf mashallaah
Ark mwagiye mushyirahamwe nkuko Quran ibitwigisha
Gusa mugerageze Mwiyunge Kuko Mwese Muri Abasheikhe Dukunda Pe
Twamaze kurambirwa naba sheikh batanga Dawa basakuza ukagirango nibyo bituma twumva ubutumwa
الله المستعان
We yariyemeraga agaragaza ko ari umumenyi uhambaye,utavuguruzwa kdi utavuguruzwa ni Allah wenyine,
Gusa Allah agukomeze ,akurinde amashyari🙏
Shukuran
Gusa Allah aborohereze
Amwe mu mayeri ya Shitaani nuko iyo ikuburiye hamwe, igutegera ahandi.
Shitani ishobora kumvisha umuntu ko ari we mumumenyi cg se umuhanga kurenza abandi, akigira igitangaza, bigatuma agira Kiburi( ubwibone) kdi nta mu nya kiburi uzinjira mu ijuru. Ingero za Allah zidufasha iki bavandi? zitumarira iki koko? Ntabwo Intumwa y'Imana Muussa yagiye kwiga ku muntu utari intumwa? Ariwe Khidhri( umuntu Imana yari yarigishije , ikanamuha ubuhanga na Fahamu (gusobanukirwa) bidasanzwe. Muussa ntiyize kugeza ubwo abura ubumenyi kubera kubura ukwihangana?
Rwose mureke guhangana mukore icyo Allah abasaba
Mukore dawat mureke amagambo mumenyeko ibiturimo bigitigihe bigashira
Umva turikwimeninda woe kijana kora akazi kawe abavuga barekenubwowatukwa gingana bite maamuma bazihitiramo .
Ayo magambo uvuze rwose niyo uriya muntu yikosore pe , umujinya umuvugisha amafuti.
Allah abyoroshye
Twese turabizi ko ishyari ariryo ryatumye satan amanurwa mu ijuru ubwo urifite kwisi bizagenda gute😢