Ubunafiki(uburyarya)bukura umuntu mubuislam uko yaba ari kose uwo yaba ariwe wese irinde muvandimwe.
Вставка
- Опубліковано 15 вер 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV
MAsha Allah djazakallah khayira n
O Allah, send prayers upon our master Muhammad, the opener of what was closed, and the seal of what had preceded, the helper of the truth by the Truth, and the guide to Your straight path. May Allah send prayers upon his Family according to his greatness and magnificent rank.
جزاك الله خيرا
Ma Sha Allah
Alla akwishimire
Allah aturinde kuba mu banafiq
Aslm alkum Walhallamatullah wabarakatuh al hadj plz uzamugarure atuganirize kumateka yintumwa zose muburyo burambuye in sha allah
استغرقنا في المجاملة فغلُب علينا النفاق وتمادينا في الصراحة فتألمَ الناسُ من الإساءة
Aaww jye icyo mbaza ese murwanda tuziga idini gs naterambere
Ibyo wabibaza abahagarariye islam mu Rwanda
@@User-sdt424 none c iyo cano wigishirizaho niyawee hari ijambo rivugango allah niyahindura i irimumitima yacu muhihe twe tudashaka guhinduka so ibyo wigisha nibyopee gs urabibwira bande ko icyizere cyashize cyo kwizera abamenyi bo murwanda
@@niyonkurumouhamed4835
Wowe niba udashaka kubyizera bireke pe
Impamvu ntaterambere dufite nuko nta imaan yanyayo turagira mumitima yacu
Iterambere ntabwo riza mbere ya imaan
Imaan irabanza hagakurikiraho iterambere
Nusoma neza amateka yabaswahaba uzasanga nyuma yo kuba yo kuba Abemeramana nyabo baratanze ibyabo byose munzira ya Allah kugirango iri dini ritere imbere imber ndetse bakora nibikorwa byo kwagura islam bakoresheje imitungo yabo
Rero niba ushaka iterambere banza wumve uyu musheikh ibyo yigisha in shaa Allah uko ilmu yiyongera Abantu bagasobanukorwa ibyo Allah akunda ndetse bakanamenyako iterambere ryumuyislam ritagerwaho imaan yanyayo itaragerwaho
Kandi iyo Aya uvuze niwowe ibwira sinjye
Nukuvuga ngo impamvu Allah adahindura hali yacu ngo islam yo murwanda ibonekemo iterambere nuko tutarahindura ibiri mumitima yacu
Ngo dutinye Allah byanyabyo maze ubundi Allah aduhe iterambere
Impamvu nitwe tugomba kuyishyiraho
Sinzi niba warize idini ariko menyako ikitwa iterambere muri Islam ataricyo wowe uteganya ngo kuko wabishatse
Ibyo uyu musheikh wacu ari gukora nibyo nakomerezeho atwungure wenda in sha Allah hari benshi byahindura
Allah amuhe imigisha myinshi