Pole muvandimwe,shakana Yesu umwete wawe wowe ukizwe neza ariko winjiremo ushaka Imana n'umutima wawe wowe ,izakubohora utangare.hari abadayimoni bakurwaho no kwiyiriza no gusenga ku bantu bakijijwe neza Yesu Niko yavuze.kandi ntugire ubwoba nta musozi Yesu atakwitsa.
Uzakorera Imana mu izina rya Yesu . Ntabwo yari kubigukuraho ngo bikunde buriya sogokuru wawe ni we wagushyizeho Papa wawe icyo akora ni ukukwinjiza mu idini rya byo gusa iyo abyanga aba yarahise apfa kera.
Grace 0729 174 498
@@rwemembabazi Muraho neza .
Mumpe nimero zanyu
Reba kucyiganiro
Komera mamaaa
@@MukantagandaFaustine mbega usaba nabi
Uzajye gusengera muri Elayono pentecost blessing church kibagabaga munsi y'urwibutso kugipangu cya 3 k'urusengero rw'umweru
sekibi zakuboshye ndazirimbuye mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu , nziroshye mu nyenga y'irimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu.
Wowe usenge witaturiireho ibyiza
Kandi ntuzongere kunva ko ufite icyangiro ujye watuza akanwa kawr ko ufite igikundiro ubundi ukomeze usenge Imana irihejuru yibyobyose
Pole muvandimwe,shakana Yesu umwete wawe wowe ukizwe neza ariko winjiremo ushaka Imana n'umutima wawe wowe ,izakubohora utangare.hari abadayimoni bakurwaho no kwiyiriza no gusenga ku bantu bakijijwe neza Yesu Niko yavuze.kandi ntugire ubwoba nta musozi Yesu atakwitsa.
Urababaye disi ariko yesu ashoboye byose nukuri uwomutwaro awukuruhure❤
GANA muri Grace Room ubohoke
Nugusenga cyane igicaniro cyaso kitazakomeza kukurondora sha!
Nva ngiye kugusengera mpaka ukoze ubukwe ndakubwiza ukuri YESU arahari komera tata wanjye komera mwene data 🙏🙏
Amahoro y'Imana Grâce. Urabaze ahoba hari umupatiri w'umu exorciste. Niwamuronka, uzomuganirire ivyo vyose. Azogusengera, akugirire imihango ya délivrance, imyuka n'imiryirwa umuvyeyi wawe yagukozeko bizosendwa mw'izina rya Yezu. Nkwipfurije imigisha n'ukubohoka
Harimbaraga zirutizindi izonizayesu humura gumakukarago usengimana yomwijuru izakomora
Mbabazi ndagukunda wowe urihariye ntagumeze nkabamwe my anyamakuru bagira amatiku nagiye bakwigiraho koko Imana izakumpere Ijuru Kandi izaguhe kuramba nomusaza bwawe usakomeze kugira ikakama nitoto ❤❤❤❤❤
😂😂😂😂😂😂😂,ntukansetse showbizzy se ntuziko aramatiku koko yewe na RIB irabizi niwomurongo bahisemo,mbabazi rero yahisemo kwinshira mumiryango nubuhamya,ahubwo ababagore baramenye ntibakazanywe nogutera ubushagarira mbabazi kandi ntakibande kubagore gusa n'abagabo ajye akunda kubazana,atazapfa nkurwa sabin azana ibigore gusa arabitumira bikarangira bamuteye ubushagarira.ntimubona ibyamubaye.
Mukobwa mwiza rwose senga uzarongorwa Kandi ushake abagusengera Kandi wizere Yesu kuko ashobora byose
Mbaye uwa 6😅😅😅 mumpe twatuntu
Shaka abanyamasengesho bagusengere bagukureho iyo myuka mibi. Shaka Pasteur Zigirinshuti agusengere
Rweme ndakwinginze fasha uwo muntu umurangire icyumba cy'ubuntu(Grace room) kwa pasteur Julienne Kabanda azaze kuwa 2 cg kuwa 4 cg kucyumweru,azataha abohotse.bakorera nyarutarama
Icyintu cyonyine nugusenga gusa ukiha IMANA byaba nangombwa akava naho iwanyu kuko IMANA niyo irihejuru yabyose izaguhindurira amateke uzabyara uheke wororoke uri muri YESU ibyo byose IMANA irabiruta Kandi yatsinze urupfu nasatani ubwe arabiziko yatsizwe🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Thank you Gerald for hour educative program.
Uzakorera Imana mu izina rya Yesu . Ntabwo yari kubigukuraho ngo bikunde buriya sogokuru wawe ni we wagushyizeho Papa wawe icyo akora ni ukukwinjiza mu idini rya byo gusa iyo abyanga aba yarahise apfa kera.
Pole chr ibyo ndabyumva cyane ariko humura Imana imurusha amaboko kd komera
Mbega akaga!Hjmura ariko senga cyane usenye ibyo bicaniro ,urimwiza rwose ntukwiriye kuba igikingi cy'abadayimoni bo mu muryango ukomokamo
Akira Kristo nk'umwami n'umukiza. va mu nzu ya so ujye aho Imana izakwereka maze urebe ukuntu akurwanira urugamba
Ukuntu ugira umutima mwiza disi nokuganira 😢😢 none nibyo bagukoze sangaa Yesu usenge uce iyo migozi ikuboshye izacika mwizina rya Yesu
Ujye ugerageza gusenga cyane !!!
Senga, kd wakire Kristo Yesu nk'Umwami n'umukiza wawe kd Imana iri hejuru yizo mbaraga zose, komera Yesu agukomeze 🙏
Gerard ndagukunda cyane ❣️🌹
Nimfura cyane
Genda usenge IMANA ifite imbaraga zikomeye kuruta izo papa wawe akoresha.jya murusengero imana irakora.
Umva sha egera Yesu akubere Umwami numukiza wubugingo bwawe,uzajye gusengera kwa Paster Julienne Kabanda uzabohoka mwizina rya Yesu Kristo
Rweme ibi biibbaho cyane abasaza bacyera barabikoraga cyane. Nanjye mfite umwana w,umuhungu sekuru wabitongereye, kwiga byaranze,gushaka byaranze, nokuba akiriho nuko munjyana gusenga
Nuwo mwana w,umukobwa nasenge cyane bizarangira. Imana igutabare mukobwa mwiza 🥰
Grace ngomba kumurongora pee i' m ready pls
Uravugisha ukuri se?
ukwiye kwemera Yesu umaramaje. Ugasenya igicaniro cyo kwa Papa wawe, ukubaka igicaniro cy'Imana, ukitandukanya nabo, ukabarizwa mu muryango w'Imana. Shaka Imana wese wese
Grace ndagukomeje,ariko ibyo bintu papa wawe yagukoreye bibaho,ariko usibye Imana ishobora byose igakora ibitangaza kubikira ntibyoroshye.
Ushake abakozi b’Imana bagusengere ukeneye amasengesho menshi I can recommend you muri grace room
Ugira ibiganiro byubaka imitima my brother good times Gerald
Ukeneye Drevlance namasengesho yo kwiyiriza ubusa cyane
Drevlance niki?
Rekareka ni papa we wenyine wamukura Aho yamusize ntakindi
@@kalisainnocent3yesu yahamukura ,ahubwo yirinde abahanuzi n abapasiteri bagiye kumuhamagara ashishoze
Bene uwo mudayimoni akurwaho no gusenga no kwiyiriza ubusa
@@kalisainnocent3asenze birashira
Mbega disi Grace ndagukunze cyane Kandi humura mukobwa mwiza lmana iri muruhande rwawe.
Nukuntu mbona uri mwiza sha we😢 ndababaye ariko humura uzakira mu izina rya yesu Christ
aba Big energy duhebe sabin,chita,Irene,twiyizire kwa Gerard
Turikumwe 😂😂😂
Uyu nimfura cyane
Nimumuheba se araba iki?
Sinkibyo byose c😢 amatiku gusa mubure gushaka ikibateza imbere muhore mu matiku naho abandi bari gutera imbere😅 ngaho uzigeze Aho Sabin ,Chita bigejeje ubarushe turebe😮 @@user-ys7nj8jk7e
Mubaheba SE muri NYAGASANI??😂😂
Mwijuru hari Mana ukomere cane izobikemura❤❤❤
Ndakwingize uzaze muri Grace room i cyumba cyubuntu imana izagukuraho karandi
Kurikirana kanguka bizarangira
Big energy mumpe twa
Tuntu🎉❤
Yoooooo humura imana inzabikora imana ingukomeze ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Wavutse habi pe senga cyane Imana iratabara
😅😅😅😅unva ariko rweme ngo oya uri namwiza cyane 😂😂😂😂 uratsekeje nukuri uri umwiza tata wangye so beautiful 😍
Nugusenga humura Imana izagukuraho iyo karande,icyo gicaniro uzajye gusengera kibagabaga kuri Elayono pentecost blessing church profete Ernest agusengere
Ndakuzi rwose naho uvuka ndahazi,ntabwo urimo kubeshya rwose lmana ikugirire neza ni ukuri,gusa naguherukaga cyera twariganye
Gerard, ndakwemera cyane, utuzanira abatumirwa beza. Komereza aho
Uzajye murusengero wakire Yesu nk'umwami numukiza w'ubugingo bwawe byose Imana niyo yica karande
Rweme komeza urambe❤️
Wow usenge izo karande zizakuvaho mwizina ryayezu uzajye kwayezu Nyirimpuhwe Muruhango
Shaka aba gangahuzi bakugangahure ibyo bizashira
Ukeneye Deliverance kd Imana ibigufashemo peeh🤝
Aho yagiye naho yavuye hose nikimwe ntacyo yahunze,azajye mubusanza ashake ikipe yimpuhwe izamufasha bazamusengera Bamukureho Yezu azamukuraho ibihango sekibi yamukoreyeho cyangwa ijye muruhango ashake ikipe y'impuhwe
Ushaka gukira indwara irayirata. Grace nugusenga cyane isengesho rirabohora
Ivyonogufasha mama uraja usengera muri KANGUKA nukuri IMANA izogutaba GRACE we
Wavutse bwa kabili kubwa maraso ya yesu kristo. Uri umwana w'Imana urumuragwa ntasano ufitanye nabyo
Ariko disi urahungabanye chane
Ihangane cherie
Imana iratabara
Ukomeze wirinjire Yesu azakujirirra neza
Ese nabanyarwanda barapfumura narinziko ari abagande gusa oooooh bagande narinziko aribo bafite ibyo binu 😢 MANA yanjye pole sana
Hungira muri Yesu Kristo akubohore azakwihere ubugingo naho ubundi nta kinanira Imana.
Akira Yesu Kirisitu nk'umwami n'umukiza wawe ;akubohore ibyo byose bizashiraho!
Sha urimwiza nge nakurongora kandi nkatsindibyo byaso sha IMANA niyonkuru
Sha nyamara ibibintu byaramuhungabanyije pe,ihangane mwiza komera rwose, nukujya usenga wibohora kurayo masezerano bagukoreyeho ,Imana ikakubohora
Sanga Yesu akweze ibyo byo papa wawe ntukabyizere .
Iyo myuka mibi uzayikizwa no kwiringira Imana ushikamye ,ugasenga uyifitiye icyizere ko irusha ububasha satani.
Ugahungira icyaha kure kandi icyaha ni ukugomera amategeko y'Imana.
Kuba ubishize hanze honyene uvyikuyeho lmana igutabare mukobwa
Mbabazi wakoze guhumuriza uyu mu sisiter
Ukuntu umubwiye ngorimwiza chane disi nibyo pe nimwiza sha
Imana iguhumugisha
Pole pole nukuri senga senga Imana igufashe 😢😢😢
Humura mama urimwiza Cyne ujye unsenga uca kalande witandukanya na so umuvuga amazina igicaniro gihore cyaka
Ukomezu senge canee imanizagufasha
Ni dange
Uzasenge Imana uzashaka kuko Izagukuraho iyo mikoshi yose.
Yesu Christ ashobora byose
Ndagukunda cyane gerard. Ni francoise.
Ubuvuzi bubaho bazarangire uwo mukobwa mwiza rwose
Ukuntu ugira umutima mwiza ndakuzi nukuri Imana nikugirire neza
Imbaraga zabapfumu abakozi basekibi zirakora ark ntizirihejuru yImana yaremye ijuru nisi
Karibu muri grace room Imana izakubohora urongorwe
Uzajye kwa Julienne (Grace room).
Yooo nukuri Imana nigutabare urababaje
Grace humura Imana irakuzi
Grace we komera komera duherukana kera mama ubwo mbonye namba yawe ndakuvugisha
Wahuye nibibabaje byinshi Ariko humura Imana izakomora
Ukuntu Grace arumukobwa mwiza kandi yirinjira Imana
Ukeneye kubohoka ku ngoyi za sekibi ,ujye ukurikira Urumuri rumurikira isi TV,uzamenya icyo ugomba gukora
Ngwino muri grace room ibyo biroroshye kuri pastor julienne
Ndumva watuza ukiyakira, kuko bose siko bahirwa no gushaka, uzibere aho uzabyare undi mwana niba umwifuza, naho gushaka si impano yawe. Abo bazimu barwanya umugabo wese wakujyana. Urumva rero tuza wizere Imana
Ntakitarangira ariko asenze byavaho
Ngo gushaka simpano ye??bifite abo byagenewe c???Imana yo mu ijuru ishobora byose yamutandukanya niyo myuka ya se ikamuha urugo kdi rwiza
Isi yusuyemo ibibazo biruta amazi n,imisozi biyiriho wallah😳😳😳
Life is spiritual
Uzaze nkurongore Sha
Pole sana mukobwa mwiza ihorere 😢😢😢😢😢😢🎉
mpore mwiza sha lmana ninziza kandi yezu aragukunda; uzondondere ndaguhe igisabisho camalaso yezu azokoza neza uzisanga urimunyishu ; yezu ntananigwa
Gusa ihangane, igisubizo ni ugusenga Imana ikabigenza neza.
Uzegerimana ishoborabyose,
Karibu muri grace room ibyo bicaniro byo mu muryango igicaniro cyimana kibirimbure mu izina rya yesu
Gerard uzambabarire utazisanga muri Ziriya saga zaba Sabin na Ba Yago!Ndagukunda simbikwifuzaho
Ubuse uwo Mukobwa arakor'iki,yatanga Tel.ze ko hari ubatagira imiziro bamurongora,afite se,imyaka ingahe?yihangane rero atange phone ze,imiti itagurwa yaboneka.
Uzajye mu Ruhango bagutege amatwi kwa Yezu nyirimpuhwe bagufashe kurimbura izo sekibi mu izina rya Yezu
Uzajye gusengera muri Grace room
Umbwo yakugize umugirwa?
Ibyo uyu mugore uvuga ni ukuri. Abakurambere baratugurishije. Imana niyo nkuru
Uzabyiyambure ukoresheje ijambo ryawe muvandi bivaho