Arabyara itarimo x, ntubona ko ari imitwe. Ahubwo ashaka ko bayimuterera hariya. Murabizi ko akunda dev , ikindi mama dev ya shakaga umwana. Niyo turufu ashaka gucamo
Ppa Natacha nawe ati wava mu gakiza ukajya hehe Koko?I jambo ryiza cyane nkiryo petero yambwiye yesu ati twakuvaho tukajya hehe ? Ko Ari wowe ufite amagambo meza yubugingo.
Abantu mutegereje umunsi Kasha azamenya ko Yannick akiriho murihe Naho se abantu mutegereje umunsi Willy azamenya ko Kelly atwitiye Chris ! Abategereje umunsi Bella azabyarw!? None se mwe mutegereje amaherezo y'ikibyoma cya Nana na Bobo Ubukwe bwa Yannick na Nyambo... Like ndebe ko mukurikira akantu ku kandi
Namuhe ibinini Chris yibonere ibimenyetso,abifuza ko Chris atakwinjiza kasha mubya Kelly mumpe like ❤❤❤❤❤
Nukuri aha Chris agiye guhubuka
Ese Natasha yaheze Dubai?
🎉
Oya nibyizako Chris Azana kasha mubya Kelly wasanga Ari naho Yannick azahurira na kasha
❤❤❤
Nange ngerageje kuza mu bambere ni munkandire ku gafoto kanjye kbs❤❤❤❤
Abashidikanya kuruyu mwanzuro wa Chris mumpe like kuko ndahangayitse pe❤
Rwanda comedian on another level 🎉❤❤❤❤❤
Ucuruza inkweto
Chris reka gukora ibyo kasha atamwica ukabura umwana wawe Chris Chris wikora ibyo ababibona nkanjye mumpe like
Ahubwo ashobora gutuma inda ivamo kuko kasha aramutwara nabi
nishake ivemo wenda twabon amahoro pe kuko kiris atera umujinya ureb ukunu ahubuka. Kandi urebye neza nimuma flm yose p uko abyibushye niko atekereza
😂😂😂@@sylviemukabunane944
Ahee ndarakaye😢 Chris nareke ubumayibobo bwo gushimuta
@@sylviemukabunane944😂😂😂 umve ndakurakariye ariko woweho urakabije my😂
Abumva amezi 9 ya Bella yohera akavyara twagiye❤️
Kwitanaboneka se?
Arabyara itarimo x, ntubona ko ari imitwe. Ahubwo ashaka ko bayimuterera hariya. Murabizi ko akunda dev , ikindi mama dev ya shakaga umwana. Niyo turufu ashaka gucamo
Mukore cane team my heart mwese mwubahe na daddy ukomeze uhezagirwa❤❤❤🎉🎉🎉🇪🇬🇪🇬🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Daddy igihe kirageze ngo wiyereke kasha nukuri biracyeneweeeee❤❤❤kandi Turagukunda Imana y'Amahoro Iguhaze umugisha Mubyukora byose
Amwiyereka?huuum ahubwo bakomeje kumuha abo ashimuta.ahubwo rwose jyewe ndabona batitaye no kubitekerezo byacu.
@@ClementineNiyubahwe sibyo
sinababwiy ngo mutegerez muri 2027 nibwo bazabasubiza
Mbaye ngiye pee😂@@sylviemukabunane944
@@ClementineNiyubahwenonese utanga abo ashimuta ni Yanick cg ni Chris kdi Chris ntaziko kasha ariwe wahemukiye Yannick yarabibahishe
Ndabakunda cyane. Mwampaye like nkumva nange ❤❤❤❤❤
Rwose dukumbuye agatwiko ka Kash na Niyori ndavuga Niyonshuti, nibahatwike hashye.
Rwema niwe wange ubundi urumujyanama mwiza Suzi gumamugakiza nyabu umutego utagushibukana peee
Inda ya Bella ntikura ntitumenya nyirayo ibi bizarangira ryari bya Bella na Dave kasha na Yannick bazahura ryari izo épisode turazirambiwe
Abantu bifuza umubano wa Chris na Kelly
Mumpe like
Subu mwakoresheje kwivumbura kwasuzi mukabikora nkimpamvu yokuvamo kwinda kwanana bakarokoka icyinyoma cyabo
Wibukeko nana icyamfana na Suzi no mwuzukuru
nukonyine badasoma comment ariko byaribyopeee
Nukuri pe nibyo
Wapi kubeshya bibi
Ark amafrw yo muri film sha bayavuga nkaho ari impapuro
Disi kasha ni agasore keza.kdi azi gukina peeee.kasha scene urimo nyireba nongera nyisubiramo❤
Kasha ma suzi bakına neza cyane
Kondeba uburyohe bwaganutse basi mwatwongereye ibirungo😊
Ndahabaye cyane mubambere
I like the way nzayino acting today🌹
Thanks Dady wacu turagukunda cyane❤❤❤❤
Bazina wange ❤❤❤❤
Abifuza ko foromina yakwizera umugabo we akareka kwizera kasha ni bampe ❤❤
Ariko ntampamvu ukuri turakuzi
Chris chris Kabutindi uwo urabona atazaguhagama kweli!!!!
Hhhhh kasha ndamutinya uretse na film sitwakicaran
@@simp_gxcha7020 Byihorere njye umenya duhuriye nkahantu ntabona abandi banu navuza induru
Bigmind ❤🎉🎉🎉🎉 KILLAMAN
Ngaho nanjye ni mumpe like 😂 nubwo ntazi icyo zi maze but I love you 💗💗😊
❤❤❤❤ good ibyishimo byanjye ni My heart amahirwe masa
Nanjye nahageze turi kumwe❤❤❤
❤ numéro un
Ibazeko Chris yakoze umuti rwose 😂😂😂 Kelly nibabe bamukwitiraho naka bebe ❤❤❤
I love you daddy urakoze cyane
Oyaaaa Chris Ibintu uri gupanga njye ndabona ataribyo kuko kugira ngo ugarure Kelly ntago bisaba kumushimuta kuko nubundi nubwo yaza birashobak ark namenya ko wabigizem uruhari ahubwo azakwanga cyn nge numva washak ubund buryo Thx Mwese Mbemera sana 👍❤️
Abandi nimumbwire ibyo mvuze sibyo ra
@@NIYITANGAZacharie.Nibyo cyane Kell namenyako chriss ariwe watumye kasha amushimuta bizamukiraho ikibazo
@@ConfusedIcedSoda-uc8ep Yeg Rata nawe si uko ubibona mn
Abakumbuye nyina wa nyambo mumpe akantu
Uwo yabaye expired kbs
Ababonako foromina ariwe mama yanick tumenyane❤❤❤
Waoooooo mbakundacyane🎉🎉🎉🎉
Yannick yahinduye byishikurinjye niba nawe Ma like Dukomeze gahunda yibyiza
Number one
Nahageze nanjye sha killaman namusabye kumpa amahirwe murifim aranga ngo akinisha abazi indimi zose kd impano ndayifite pe
Yakwihereye se ko numva aba nabo ntabyo bazi
nuko atashakaga kukaguha
Yakwihereye se ko numva aba nabo ntabyo bazi
nuko atashakaga kukaguha
Ndabakunda cyane ❤❤❤❤.mpume like
Courage daddy wange
Bakunzi ba my Heart nanje ndahar ibibint vya kash ntibizoroh turindir turab❤❤❤❤❤❤❤❤
Kash ko numva bamugereye ahamurya ra😂😂😂 bolingo ❤❤
Ibintu kasha abwiye foromina birankomerekej cn kubura uruvyaro kok biragatsindwa😭😭😭😭😭
Number one p
Kabaye movie yaryoshye ndakurahiye❤❤❤❤❤❤
yeweeeega mbaye uwa1 noneho nange abo ntanze muterekeho twa tuntu
Nabera mbaye uwamere
Abakundaga Chris muraguma kumukunda?njye sinigeze mukunda Ariyemera
Turamukunda
Ndetse cyane
Daddy ibi biganiro byo kwa Dave byisubiramo Nushak uzanjy uduh 30min mugihe ibyo kwa Dave bitarahinduk wp peee 😏😏😏😏😏😏
Byararambiranye my heart yatangiye iryoshye irikumurongoneza nahubu iravangavanze ibyobaduha babisubiramo nogukina bimwe ibyakabanje bigaheruka
@@Mohammed-sh2wx cyane cyane ibya Dave bitey imijinya daddy ashak kutwangisha Dave knd azi gukina namukureho ka Bella kaba kavug ubusa
Ahubwo banjye baduha20 kuko Nge niyo ndeba ngenda simbuka haribyo ntashobora kubona p
Wagirango uwandikaga flm ntabwo ariwe ukiyandika wagirango nibiganiro gusa😂😂
@@NiyonsabaLea hhhhhh 😂 😂 😂 Ubund Dave baramuhemukiy peee cyane ko Bella atazi no gukina puuuu
Burya ibere ry phormina rir kur hit wallah 🤣🤣🤣💞
Hoya baranarotinya kurusha isasu ntubona casha ko agiye
@@drocelleurayeneza1757 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🙆🏻♀️
Kasha ukinnye nabi usesereje foromina kd atarabyizaniye😢😢😢😢😢😢 26:48 26:48
Umva dad niyiyereke kasha bataramuha nakariya kazi amuhobye ariya mafaranga abure najojo nibwo azababara byanyabyo kbs
Kasha aba ari hejuru cyane
Chris urirohamishije Pe! Urarangiye kasha yarabaziye
Njyewe rwose nsigaye mbona my heart itakiryoha ubu koko kasha aje mubya chris gute kuki ahubwo adahura na Yannick ngo ibi tubyimukeho
Byarivanze noneho wabonye ngo Bobo gutera inda akabanza akabibwira buri mutu wese bikamara nka 2 weeks ariyo story 🤨🤨🤨🤨🤨🤨🤨🤨🤨🤨
Yewe iyi film yarabishye bikabij
Ubundi mwakuye Bera muzima bwa Devu Koko
Ewan Chris mbon nukora umupango wogushimuta Kelly biraza kuryohera Kuko willy naw nzoca ndakubona mwishura yintare Kand shaka Kubon willy atarimw kugendera mukigare birigwa bamubesha ibeshe seee tukwereke abafan ba Willy tumurinyum kelly bwiza ukur Willy azokubabarir anameny ko kwizera incuti cane atarivy
Number one kbx iji cyenewe like ❤❤❤❤❤❤❤
Njyewe rero willy na Kelly nibo ndakwikundira ntababeshye ndumva nabwira chris ngo toka
😂😂😂😂😂😂😂😂
Nubundi Chris nibamuhuze na NATASHA kuko yabuze uwobakundana😅
@@ConfusedIcedSoda-uc8epyego weeee bose barashobewe Koko ibaze ngo agiye gushimuta Kelly nukuri
Ndabakundasana❤ my heart nikumutima ex Natasha kataboneka ndamukumbuye murabambere cyaneee🎉❤❤❤
Mumpere like sha ndabatanze
Congratulations family we really love you💞
Ppa Natacha nawe ati wava mu gakiza ukajya hehe Koko?I jambo ryiza cyane nkiryo petero yambwiye yesu ati twakuvaho tukajya hehe ? Ko Ari wowe ufite amagambo meza yubugingo.
I will mis you team killaman every time
Ubundi mubantu bishimye murukundo ni cloudia na nsabi abandi Bose bafite ibibazo pe niyo couple inezerewe ababibona nkanjye mumpe like😊
Umuntu uri kubona ko chriss azabana na Kelly nampe aka like
Nukur nange nsigaye nihutisha kd mbere narayirebaga yose mwisubireho iyi movie irikubiha kbx
Yarabishye kbx
Isigaye irimo akajagari nibakina ibintu ngo birangire
Daddy chris yijya mubyo gushimuta.
mumpe like ❤❤
Ni
Ah Chris ushaka kunenguha nagukundaga
Daddy chris yabwije ukuri willy aho gushimuta .cg kelly inda ikavamo.
Kasha nave mubyakeri kuk simaw
willy areke kelly azabe uwa chriss
Cyane rata kuko iriya couple irajyanye
Subukoko daddy waruhuye devu ko bella adatwite 😢
Abantu mutegereje umunsi Kasha azamenya ko Yannick akiriho murihe
Naho se abantu mutegereje umunsi Willy azamenya ko Kelly atwitiye Chris !
Abategereje umunsi Bella azabyarw!?
None se mwe mutegereje amaherezo y'ikibyoma cya Nana na Bobo
Ubukwe bwa Yannick na Nyambo...
Like ndebe ko mukurikira akantu ku kandi
Ndabakunda muranyigisha mwazanjyanye muri flm ndabikunda cyane
iyi film yarabishye yataye umurongo Ibazeko njyewe nyireba nihutisha mwikosore nukuri niyo movie isigaye ibishye mwihutishe ibintu kuko ibintabyo
Sha narinziko arinjye wabibonye njyenyine
Sha nanjye nuko pee
Kirise natubabarire yere kuvajyira Keri na sheriwep kuk ari kutubabazap😂l🤔🤔
Kwisi iyonama niyotoo❤
Mbega suzi agakiza ngiyekubangashyize kuruhande nubwo narimaze guhinduka😂😂😂😂😂😂suzi ahinduka nkikirerepe😂😂😂
Kumunota wa2; nahageze
Nyambo na Nana ko ibyabo busubiye inyuma ababibona nkange mumpe like turebe
♥️💐💐💐
Nneho mpageze nduwa mbere mumpe like
Inyigisho zirakomeje dukomeje kwiga rwose ❤❤❤❤
Number one ❤❤❤❤🎉🎉🎉
😂😂😂❤❤❤Thank you so much for making our day
Suzie ndakwinginz garukir yanick ,n abob kuberak wakijijw hinduk hinduk hinduk ndagusabye gus turabakunda cyan.
Number 1
First one
Ndahabaye cyane
Kera rwose nashoboraga no kuburara nkigira kureba my heart none iteyubute pe
Daddy turagukunda cyane ♥️♥️♥️ udufata neza
Imbere cyane
My heart misigaye mukanya gushyiramo ibiganiro mukabisubiramo kenshi iminota ikarangiriramo nawe se nyambo aganije ikibazo Jojo,arongeye akibwiye Claudia,arongeye Yannick, Kandi ubwo na Suzi nibyo ariko ibyosennibiki
Umvugiye ibintu nukubiganiraho buriwese abivugana nundi ubu nejo bazabivuga
Hhhh nukuri bisubireho kuk barimo kutubihiriza cynee 😢😢😢
😂😂😂😂 nonese wagizengo Nina na yve nabo sikiganiro bazakora😢mbaye nigendeye kbx
Bibera mubujajwa gusa
Iyi film ya none ntakirimo p, rwose my heart muduhe ibikenewe
Suziii n'a Kashaaa muri number one! Kubaraba gusa muntera nubwoba
Ngewe nkunda uyosuzi yaraye umutwe😊😊
Willy azarikora akantu ariko cirss👹👹👹👹👹👹👹👹👹👹
Number 1❤❤❤
Ndabaye cyane
Ibiganiro byo Kwa dev birarambiranye,nibibazo bya nana ntibishirayo
Philomene weee,nkubitira kasha iryobere umujugunye mukabande
Urutwe gwa kasha urumva ukuntu abwira filomino