ICURABURINDI Mwifuhe ryinshi EV.NYAGASANARIBUKA loti agarukanye ubundi butumwaBANYARWANDA mubemaso.
Вставка
- Опубліковано 10 вер 2024
- #Claude_0783619721
#ABARAGWA_FAMILY
#Click_Subscribe
@ABARAGWA FAMILY TV
Yesu ashimwe!Iyi ni ABARAGWA FAMILY TV(Ishakiro ry'ubutumwa bwiza),uru rubuga runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa yesu kristo,binyuze mu buryo butandukanye.Muramutse mushaka kugira inama mutugira habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza mwaduhamagara cg se mukatwandikira kuri Whatsapp numero +250783619821,+250722619721,E-mail:Sindikubwabojclaude48@gmail.com
Uramutse ushatse kudutera inkunga kugira ngo ivugabutumwa dukora rirusheho kugenda neza wakoresha
KCB ACCOUNT:4490270399(SINDIKUBWABO Jean Claude)
Mobile money:0783619721(SINDIKUBWABO Jean Claude)
Murakoze!
Uko n'ukuri kw'Imana, Uwiteka aguhe umugisha cyane, Ariko ndasaba cyane ngo Izampe iherezo ry'iza
Wa mugabo we sinkuzi ariko komeza uvuge ubutumwa bukiza ubugingo kuko turi kumugoroba wisi kandi ntuteze kuzakundwa nabantu ndetse no kwemerwa mwisi ahubwo Imana Igushoboze kwemerwa na Yo nahubundi abo wavugiye ibyaha baraje bagutuke batanakureba ariko ntacyo ubutumwa bwatambutse👍
Iyera igukomereze amaboko kd ntiwite kubataryoherwa nizi nyigisho iyera izaguhemba amen
Imana iguhe umugisha Mukozi w'Imana, nkamwe ni mwe mukwiye icyacumi naho abandi bakiburana bo ntacyo nzabihera barishuka
Imana ikongerere amavuta urigisha neza rwose
Mugire Amahoro bavandimwe Umwami w'Abami Yesu kristo Ashimwe mbifurije kwemerwa n'Imana buri wese yita kw'iherezo rye, Yobu:28:28 Maze Ibwira Umuntu Iti Dore kubaha Uwiteka ni bwo Bwenge Kandi kuva mu byaha niko kujijuka, Imigani:8:13 Kubaha Uwiteka ni ukwanga ibibi ubwibone n'agasuzuguro n'inzira y'ibibi n'akanwa k'ubugoryi ni byo nanga, Mariko:1:15 Igihe kirasohoye Ubwami bw'Imana buri hafi nuko Mwihane mwemere Ubutumwa Bwiza.
Icyampa Imana ikazagufasha ugasoza udahinduwe n'ibihe Mwene Data
Imana iguhe umugisha roti weee Kandi idushoboze gukora ibitunganye ndetse tujye dukura ibishimwa mubigawa uwiteka ugukomereze amaboko. Amen
Mbegubutumwa bwiza dushoboze mwami Yesu ndumva nkeneye Umuriro wa Mpwemu murijew kukondunvako haribikunsubiza Inyuma
Twemera ko uri umukozi wi Mana Imana igukomereze amaboko
Gumamo Yesu aguhe umugisha
Imana iguhe umugisha kdi izaguhe uherezo ryiza❤❤❤
Umukozi w'imana yesu aguhe umugisha 🙏
Amen, Imbara z’Imana no kuyoborwa n’umwaka Wera biganze mumitima yacu. Gwiza Imbaraga
Njyewe nkunda abigisha nkaba bavuga ubwami bwImana kd bavuga inzira tunyuramo iko imeze Nuko hariho bake cyane
A❤❤😅❤😅❤
Imana Igukomereze amavuta
Ndabakuzep muravuga uko Imana
Ishaka. jarike wokuri Ayaroni tv
Niwe nyoboye kuri ururwuri rwiza
Amen Amen Amen Imana Ishimirwe Ijambo Ryayo 🙏🙏🙏
❤❤❤ruth uwiteka aguhe amavuta nimbaraga natwe idukomereze munzira
Yesu aguhe imigisha myinshi cyane
Amen
Komera komera ihangane ukore Imana imbere hari amakamba
Yesu aguhe imigisha myinshi yo mugakiza ke .Amen
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana 🙏
Ntukabure ,Umwuka Wera mukozi w,Imana ,kdi nkunze Imana kwikirikumwe nawe nanubu komerezaho nubwo harabatabyumva neza ariko hari beshi bifasha bakagira nabo bibakura naho zibageza. Umuriro rwose uze ugire Ibintu udutwikire ,kdi udukwi ,n,agafu n,udukwi twacu tube turikumwe ndagukunda habwa umugisha w,Imana .
Amen Muhabwe Umugisha n'Uwiteka
Imana iguhe umugisha
Uravuga ibicyenewe rwose
Uvuga ukuri
Abobantu utereka yesu wbabazi ukabereka uwimirimo uzababazwa kuko muri abantu mubwiriza kureka kamere namwe muyitunze
Imana iguhe umugisha muvandimwe
Ndagukunda Papa Loti uramfasha.
Amen 🙏 YESu aguhumugisha mukozi Wimana 🇧🇮
Roti ndagukunda nawe urabizi. duturanye i Huye i Kiravumba. Ariko se wiyunze numugore wawe... ubu mubanye neza... ubuse imvugo imucyurira warayitse... Roti nyamara wabanza nawe ukirebaho mbere yo kureba abandi.... kuko twese turi kurugamba rutanoroshye habe nabusa.
Nonese uzanye ibyurugo rwe hano biratureba?icyangombwa nuko atambutsa ibyo Imana yamutumye kwitorero nawe nadacunga izamu rye azagirana urubanza nImana ariko ntimukazane ibibazo sociales hano ngo mupfobye ubutumwa bwiza.murakoze
Ufite ukuri kwinshi kdi murikigihe kurakenewe
Ndagukunze weeee
Gumamoneza rwose
Urigisha nkafashwa pe. 🎉
Ndagukurikira nkagira icyo nsigarana nukuri umwami aguhaz’uburame
Rutebukaumuvuzigakondo
Amennnnnnnn❤❤❤❤ God bless❤❤❤🎉❤❤❤❤❤❤❤
Amena
Yesu chinwe mujakazi
Ducyizwe tujyemwijuru.
Oyogedde bulungi
Udusabire imbaraga
Imana iguhe imigisha ❤🙏
Gumamo
Turakumva cyane
❤❤❤❤❤❤❤
Ameeen
yesu akomeze akwagure
Amen ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
🎉🎉 très bien
Ndafashijwe peeee
Ngukundira ko nta butumwa.bwa bajeyi ugira kbs
Ngwino irubavu natwe duhembuke weeee
uvugisha ukuri kose
Muraho neza nitwa Amose Niyonteze from nyamasheke ngufata nka rolemoder wange kuko najye ndi kubwiriza
Mumpe Numero za ev Nyagasanaribuka
Roti ntucabkuruhande
Wowe ntabwo uri umwigisha uri umubwiriza
Ibyakozwe 8::13
Isezerano ryashaje
Kweri Irisha nimbabazi nigitambo
Umeze nkabayuda winshishabibiriya baramufashe bati mumutere amabuye Niko ivuga yesuwe ATI mumurekure nkunda imbabazi kuruta ibitambo nawe nturita pahuro yisanze kubyokwirinda umubiri waramutsinze yishingiriza yesu wenyine
Ubwo waje wariye abandi bareke .bagende uko imbaraga zabo zingana
Ibyo muzabivuga muruhe
Reka mbabaze
Isi irimo iki?
Nonese nimba irimo umwijima mukirirwa muririmba umwijima
Bizamara iki
Kuki utatanga umucyo abari mumwijima bagasohoka?
Mt 5:16
[16]Abe ari ko umucyo wanyu ubonekera imbere y'abantu, kugira ngo babone imirimo yanyu myiza, bahereko bahimbaze So wo mu ijuru.
Yesu yadutumye gutanga umucyo
Sinzi impamvu mwirirwa muvuga umwijima aho gutanga umucyo
Ibaze umurwayi yaje agusanga ukirirwa umutukagura ngo ararwaye harya ibyo birakiza?
Nae rero ucyeneye kubwirizwa pee. Ninde wakubwiyeko umuntu yatanga umucyo?
Waruvuze unashyizemo ijambo naryo ryiza ariko wirengagije icyintu cyimwe"Imana yonyine niyo itanga umucyo kubantu bayo ". Umubwirizawe avuga ibyo Imana yamutumye cyaneko habwirwa benshi akumva beneyo. Nuko rero senga wezwe ibindi ubireke bikorwa na Yesu
@@samuelworship7256 kuki Paul yavuze atya?
Ntabwo yatumwe n'abantu bivugamgo hari abantu mwirirwa mukomera amashyi munashimagiza nyamara batatumwe na Kristo kabone naho bamwitwikiriza
Gal 1:10-12
[10]Mbese noneho ni ishimwe ry'abantu nshaka, cyangwa ni iry'Imana? Cyangwa se ni abantu nshaka kunezeza? Iyaba nkinezeza abantu simba ndi imbata ya Kristo.
For do I now persuade men, or God? or do I seek to please men? for if I yet pleased men, I should not be the servant of Christ.
[11]Bene Data, ndabamenyesha yuko ubutumwa bwiza navuze atari ubw'abantu
But I certify you, brethren, that the gospel which was preached of me is not after man.
[12]kuko nanjye ntabuhawe n'umuntu, kandi sinabwigishijwe n'umuntu, ahubwo ni Yesu Kristo wabumpishuriye.
For I neither received it of man, neither was I taught it, but by the revelation of Jesus Christ.
Ahubwo bazababwira bageze ryari nonex Koko sumwijima kdi muzi gupinga kdi bagushyize imbere ibyo avuga ntiwabivuga.ubuze icyo umutuka.
Intege nke zabakobwa?iyaba abahungu batazigiraga cg mwebwe abagabo.urambabaje gusa .uwavuga ibyinzuki ubuki ntibwanyobwa.kandi ndabona nawe ufite ibikabyo
Ikibazo nikimwe nuko nawe utarumukiranutsi ubutumwabwubwami subwo Kandi nawe uwambaye Reba uko umuntu Akira mubyanditswe ubwobutumwa ntambabazi ziburimo
Isezerano usoma ryasazoye mubyakozwe nintumwa
tél.zawe
Amen
Amen