Mwiriwe, kuri number 2 uvuze ko ari byiza kubivuga hakiri kare ariko nanone hari abakobwa bafunga umutwe bahita bagukatira ngo uri kwihutisha ibinu. Sinzi niba wambwira igihe kiza cyo kubwira umukobwa ko umukunda na tips wakoresha. thanks Natacha twari tugukumbuye.
Muraho neza? Rwose urakoze teacher Mwiza izinama zawe ziranyubaka.
Wawo amakuru yes good video 🙏🙏🙏🙏🙏
Murakoze cyane kurizo nama muduhaye
Mwiriwe, kuri number 2 uvuze ko ari byiza kubivuga hakiri kare ariko nanone hari abakobwa bafunga umutwe bahita bagukatira ngo uri kwihutisha ibinu. Sinzi niba wambwira igihe kiza cyo kubwira umukobwa ko umukunda na tips wakoresha. thanks Natacha twari tugukumbuye.
Wouah nukuri rwose impanuro zawe ni nziza
Thank you Natasha twarigukumbuye nibyiza ko umeze neza
I really follow u thx for ur advice
Thank you so much.
@@natashakiza3488 muraho neza nshuti nukuri dukunda ibiganiro byawe gusa ngewe byumwihariko hari ikibazo numva nakubaza number yange ni 0784953899 nkuhamagaye tukavugana nakikubwira maze nange nkarebako najyankunda nkabandi
Nonex kompura numukobwa nkunda nkagira ubwoba nukuberiki
Nuko utarabimubwira uko umwiyumvamo.Nutinyuka ubwoba buzahita bushira
Wooowiu kbx Natasha uri uwambere
Good job ,better courage ,nice Advice
Thanks
Twari tugukumbuye kandi can
Ibyo nukuri nyako ubwoba butuma tutaganiriza abo dukunda
What do I do for my workmate who openly told me that she has a boyfriend but I don’t want to leave Sans elle?
💕💕😘😍
Pol san Natasha kumez neza nisaw
Urakoze cyane James🙏🙏🙏❤
Twar tugukumbuy cn
South Africa turagukwirikirana 5/5
Byiza cyane ndagukunda South Africa😍
Turagukunda twese
Thanks
ndafis akabazo
ko harabavuga ngo umukobwa umubwij ukuri ngo nigak akwemera vyoba arivyo?