Rwose pe TK uravuga ukuri cyane Aba bantu barubaka rwose rugakomera gusa nibo bake hanze aha ingero z'abubatse zigakomera zirahari ariko hari benshi zananiye pe
Sabin wumvishe ibyo ushaka ariko Dada yagize ati "uwavuye ku muhanda akajya kubaka atabufatanyije arubaka rugakomera kuko n'igihe yari ku muhanda atabifatanyije no kubaka" rero muri 50 bari ku muhanda bakabivamo bakomeje 20 muri bashobora kubaka rugakomera kandi rukaba ubuhamya bwiza ku bandi. Thanks Dada and Sabin it was good conversation to youth.
Abantu Twemeranyako TK arimwiza , Mumpe twatuntu 🙏❤❤❤🎉🎉🎉
Ppp
Ppp
Nimwiza cane mur vyose m'umutwe no k'umubiri😊❤
@mariettegoretti728😂❤🎉die ❤❤😂❤❤❤😂😂❤❤❤❤❤😂8
Abantu mukunda interview za TK mumpe like❤impanuro ze ni saw cyane❤❤❤❤
Cyane
I love her 💓💓
Aba Jo twins shoooooooo muri hano muze twige shaa
Aba Jyo Twins shooooo 🎉🎉❤❤
Ngo uncle Sabin yaravuzengo aba Jo twins ntago tuba Hano ngaho nimuze tumwereke ko duhari ❤❤❤❤let's go 😅
Urimwiza mubyeyi kandi ufite mumutwe pe ngukunda bikaze❤
Tijd uri mwiza kandi uruunyabwenge ufite n'ukuri kubaka be blessed ❤
TK hejuru, you’re so smart ❤, ubundi umugore wese aba agomba gukora cyane nkaho nta umugabo uhari niyo yaba amukunda amuha byose , ibyo bizatuma bombi bakora bikaruhura umugabo urugo rugatera imbere naho ubundi mwa abagore mwe nimukomeza gukoresha abagabo mutabafasha ibihe byarahindutse stress izabanatwara. Byiza mukore mwese ! 🙏🙏🙏💐😘
Wabwiye nabagabo ko mbona baregeje kuturusha ko arukwihiringa ukamurerana nabana mubyaye
Nkunda Dada Kabendera ibiganiro bye biratwubaka Imana ijyekomeze imwagure muri byose ndamukunda cyane ❤❤❤
Tik nimwiza imbere n’inyuma très intelligente
Nimwiza hose ndagukunda cyane najye numubyeyi sana❤❤❤❤
Mbwirira ibyo bishwi Dada wacu❤❤❤❤❤❤❤
TK ubwiza bw, numugore n, umutima ❤, suburanga Gusa. Kandi byose urabyujuje 👍
Sabin sinanze igitekerezo cyawe ariko uraburana amafutipeeeee!!ntitukavume iritararenga,uzabagore barihanohanze bamaze gusenya kubera irari ryibyo batabonye kuko aribwobakibibona bikabasenyera?ariko wawundi wabibonye abicamo niba koko yarabihaze arubakaa hahandi niyo waba uri Isafari amenya urugo arimo cyane kurusha igihe wowe uba urimurugo,apfakuba ingeso yaraziko yabagamo yaraziretse,nkubwije ukuri uwomukobwa ntapfa gusenya,ahubwo banyiramwiza bava mugikari nibobambere basenya kurusha wawundi uvuye kumuhanda ariko azicyo ashaka.
Uri mwiza mama
Rekambabwire tuziga byinshi muzatugira inama nyinshi kdi nibyiza kumva izo inama zijyanye no kubaka mdetse no kwiga byinshi kubijyanye no kubaka urugo.Ariko urugo rwose rutazi Imana rurajegajega
Kabix
Exactly
Rwos
👏👏👏👏Well Said
My role model ❤❤❤
Ooooo!Urasa neza Aunty mwiza ❤❤❤❤
Uri mwiza cyane KT kdi ufite mu mutwe hazima.Uri umukozi,courage!Imana irahore mu byawe no mu bawe.
Uri mwiza sweet 🎉
Tijhara urimwiza cyane Kandi nomumutwe uri smart
Sha Tk Ari mukuri mwenenkabo iyobabivuyemo bagafata umwanzuro wokubaba barubaka kbsa👌
Uri mwiza cyn mubyeyi kandi inama zawe ziratwubaka cyane
Urimwiza chr cyaneee kd ufite nu ubwenge pee ndagukunda ❤❤❤❤❤
She is beautiful in and out
We love you our mum
Uwa 11 ni jewe ❤ isimbi hejuru🎉
Uravuga ukuri cyane ntampamvu yo gutegeteza ibyumuhungu ugomba gushaka ibyavuye mumaboko yawe❤❤
Mama Africa ndagukunda cyane ariko akabaye icwende ntikoga pee.
Tk na sabin mbakunda byinshiiii... much respect❤❤❤❤❤❤❤❤
Nimwiza pe❤
Urumugore wumunyabwenge cyane❤
Tk u are so beautiful and intelligent
Urimwiza Mami ndakwikundira sana nukuri urimwizape❤❤❤❤🎉🎉
Indaba zirubaka na cyane, abivamo abivuyemo
TK urimwiza kumutima no kumubiri niwe wajye ubundi ndagukunda cyane inama zawa nziza ❤❤❤❤
Sabin kuri Camera uba uri umwana mwiza arko mugikari ugushaka ngo umugire inama umubwira nabi uzabikosore pe
Oh TK rekana na Sabin barahinduka cyane kbsa ingero zirahari,nkuko utarabinyuzemo abijyamo ninako uwabinyuzemo abireka
Ikiganiro kiza cyane TK Imana ijye iguha umugisha ufite impano yo guhugura abantu kd uyikoresha neza 🤝nkuzi kera kuri Radio ndumwana nagiraga amatsiko yo kukubona nkumva uvuga nkabapapa 😂 ark urumama mwiza cyane na phisical 😍
She is beautiful in and out
Ndagukunze Mama uvuzukuri
Dada yuko right kabisa 👍🏾👍🏾❤️Barubaka pe! 🫶🏽
Sha TK uri mwiza cyane kdi rwose wambara neza ufite mu mutwe mbe I love all of you Dada🥰🥰 keep forward darling 💋
Tk urimwuza cyane ndanagukunda p
Nkukunda kubi mubyeyi mwiza❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndagukunda wamubyeyi we nubwo utanzi ariko ntabitekerezo byawe bincika dore ko tungana mumyaka, uravuga nkuko mpra mpanura abana bajye👌
Nkunda ko ugira ukuri kwinshi ❤
Umubyeyi wIrwanda God bless you Ilove you❤❤❤
mamy ndagukunda cyaneee nukuri inama zawe!kandi koko nasanze kurya amafaranga wakoreye biba biryoshye cyaneee kuko umunya nuko uyakoresha neza!kandi urinamwiza mama
Ni mwiza cyane
You are so beautiful mama I love you so much ❤
Tk ni number 1😘 so beautiful❤❤❤
Ndagukunda canee
Tk uri mwiza Cher.
Uyu mubyeyi afite ibitekerezo bizima ureke babandi njya mbona.
Rwose pe TK uravuga ukuri cyane Aba bantu barubaka rwose rugakomera gusa nibo bake hanze aha ingero z'abubatse zigakomera zirahari ariko hari benshi zananiye pe
ikindi urugo ruravuna niyo waba ukorera ibya mirenge uri umwe umugabo cg umugore ntibihaza. buri umwe akenera umwunganira. muvane amaboko mu mifuka. si abakobwa gusa mureke kubibasira hari n'abasore badashaka gukora.
Ngukunda cane mama ❤️🔥
Tk nimwiza Cyane rwose👌👌
Tk urimwiza ndagukunda kuvacyera ndi umwana❤❤❤
You so beautiful mama wacu
Ibibintu nahoze mbitekereza none muvuzeho murakoze cyane
Nimwiza cyane TK tumwigiraho byinshi
Murakoze cyane kutwigisha twebwe abakiri bato lmana ibahe umugisha mbakunda cyane
mbaye uwa 1
😂
SAb ndada mukinyamurenge ni dada cangwa ni papa mundimi zomugice twese abantu bahereremwo❤
Very wise. Uri mwiza
TK uri mwiza pe❤❤❤❤❤
Tk hejuru Cyane mama
Urimwiza cyaneeeee nukuri ndakunzi irusizi
Ndahari Sabin Claire, ndamukunda cyane
Kabendera ni mwiza cyane
Murakoze cyane
Tk, nkunda KO ufise mu mutwe hazima, hahuje rero n'inyuma hawe. Nturi muri bamwe baza ngaho bavuga uburofa.
Tk urimwiza pee❤❤
Kbs ibintu Tk avuga nibyo nage nari umwe murabo kd ndubatse neza cyane iyo bivuyemo uba wabihaze kuko wabigumamo
Ndamuziho kbs kko narimenye akorera RBA👌👌 umubyeyi TK ndamukunda cyaneeee 😘💕💕💕💕
Tk uri mwiza uri mwiza cn ❤❤❤❤❤❤
Birashira Saben Tk arimo kuvugisha ukuri iyo ufashe umwanzuro ukavuga Yuko ujyiye kubaka ibindi byose nacyo biba bivuze kk Uba warabiciyemo
Ni Mwiza Cyane kbx
Tk ❤ muganira neza jrs.
Sabin wumvishe ibyo ushaka ariko Dada yagize ati "uwavuye ku muhanda akajya kubaka atabufatanyije arubaka rugakomera kuko n'igihe yari ku muhanda atabifatanyije no kubaka" rero muri 50 bari ku muhanda bakabivamo bakomeje 20 muri bashobora kubaka rugakomera kandi rukaba ubuhamya bwiza ku bandi. Thanks Dada and Sabin it was good conversation to youth.
“Umugore mwiza ku sura ariko w’idebe mu mutwe.” TK wubahwe.
Love TK
Ubundi Tidjala niwe wanjye💕
Kabendera Ndagukunda cyan♥️♥️♥️♥️❤️
Ohhh barahari benshi kd bubatse neza ntarari bagifite kk barabihaze p
Urakoze kutwungura ubwenge pe nanjye narabibonye🙏
Sab ugira amagambo meza utangiza ibiganiro yarankomeje cyane asubiza icyizere cyokubaho🙏🙏
Tk ni mwiza ndamukunda cyane
I love her so much
Sabe Ibintu ubaza abatumirwa aba aribyiza cyanee
Urimwiza cyane❤❤
Uyumumama ndagukunda cyane imana imuhe umugisha
TK ni mwiza cyane.Byagera ku bitekerezo bye byo bikaba akarusho.
Sambe ndagukunda cyane nyagasani akomeze kubarinda
Mama wubahwe pe ukwo nukuri uvuze👍🏽👍🏽👍🏽
Ndaje kare
Urimwiza T.K ❤
Mama TK❤❤❤
Urimwiza Cyane Kandi Urumuhanga❤❤❤
Umuvana mucyaro akagusirimukana bikaakurenga mwabantu mwe uretseko nuwo wabihaze harigihe abikumbura so icyiza Imana niyo yubaka bavandimwe urugo si amashuri cg uburanga
TK ni mwiza❤❤❤ndanamwikundira cyn