NAHAWE AMAFARANGA MENSHI NGO NGAMBANIRE APOTRE Dr.PAUL GITWAZA NDAYANGA|PST ISAAC|AMABANGA YOSE..
Вставка
- Опубліковано 30 гру 2021
- Dore byose Pst Isaac abishyize hanze/ kuva 2013-2015|uburyo yabaye umwe mubagambaniraga Dr. Paul Gitwaza/ yahawe amafaranga menshi ngo afashe bamwe mubashakaga guhirika Dr. Paul GITWAZA arabyanga/ #ubuhamya#iyobokamana# BOBO 0784147742#ISAAC 0783457791#
Apostle Dr Paul Gitwaza
Ni impano ikomeye yahawe Urwanda kumurwanya kwari ukurwana niya muhamagaye imutuma Murwanda
Kugeza uyumunsi akomeje gugarurira Imitima byinshi kwizera yesu no gukomereza imbaga nyamwinshi mugakiza kubera ijambo ry'Imana ritangaje Imana yamushizemo.
Baho baho baho baho Papa Apostle
Imana iguhe kurama imyaka myinshi
Ijambo uvuga namazi amara inyota.
O
Apotre Gitwaza nibamureke. N'agati gaterestwe n' Imana .
Reka nicare ndebe iki kiganiro. Yemwe munzanire amazi yo kunywa ndebe ikiganiro 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 Mbonyi yararirimbye ati Mana nkukundira ko utameze nk'abantu🙌🙌🙌🙌🙌🙌😭😭😭😭😭😭😭 Apostle Paul Gitwaza urambe rwose Kandi urambe cyane
Daddy wacyu ntacyo bazamutwara ahagarariwe nintare ya Yuda ntabwo bazamushobora kuko ashigikiwe n'lmana Ayo mashyari azababuza ijuru biyita ngo nabakozi b'lmana ariko abo sibo niyamasega yihishya murunsengero Apotre iyamuhamagaye izamurinda kugeza kw'iherezo rye
Gitwaza turamukunda, turamwemera, ntakintu nakimwe bazokora kizotuma tumwanka. Kandi ninde yogwanya uwatoranijwe n'Imana?
Arambe rwose umukozi wa Ndiho
Ndakwemeye mukozi w Imana.Kabisa iyo mitima y imikara tuyibonye nukuyiyegereza kugeza yere.
Umuhungu wa Andereya Kajabika
Ntimuzamushobora
Ni mukomeza kumwizirika ho
Imana izabakybita inkoni
Umukozi w’Imana ntakinishwa
Mujye mugenza gake
Mu magambo menshi y'ubugingo meza uwo mukozi w'Imana aba yavuze kuki abo bafarisayo bashimishwa no kumutegera kwijambo rimwe! Imana izabahana
Ko umukozi w'Imana abantu bamwibasiye ra...
Kubaho kwisi nuguhora muntambara ntago amahoro azahora Imana Ige Iduha Imbaraga nokwihangana
Uyu munyamakuru , ntugace mwijambo umutumirwa wawe agifite ijambo !! Uzikosore
Isaac, urumunyabwenge kbs !! Imana ikwagure
Pastor Isaac Imana iguhe umugisha abagambanira abandi bazabona ishyano. Uwiteka akongerere impano y'ubushishozi ndetse n'iyubwenge
Pastor Isaac Urinfura Kweli
Urumunyakuri Ndakwemeye Kbs
Apotre muzamuzira pe,Abarundi mumuturekere turamwubaha nk'umubyeyi wacu dukunda caaane ni ntumwa ya christo yageze ikirenge mucye kumusebya kwanyu ntakintu bidukoraho n'ubundi umuntu ntakundwa nabose ,abanyagwanda mwibagigwa vuba pe,Imana ibababarire n,ubwo mwiga muca mubikomeye ikibabajye ntimufata,ntimwari mukwiye guhoza mukanwa kangu musebya apotre n'amasegesho yasengeye ugwanda pe.Gusa harabagiye kumuzira pe
Ukuri kuratinda ariko amaherezo kuherayo. Thank you MUKOZI W' IMANA
Ndemeye ijambo ry imana riravuga riti ibyago ntibizabura. Ariko havumwe uyazana.
Imana itubereye maso pee.
Njyewe abansebya nabanyanga barushwa nubusa. Guhera ubu nuzuye urukundo rwokubakunda . Kandi ndabashimiye kuko baradukuza bakadusunikira kumana. .
Ubaye intwari papa! Kumenya ukuri birabatura #Apostle wacu turagukunda
Ntiwarwanya umukozi wimana ngubishobore abasebeje apostle Paul Gitwaza bakoze mumboni yijisho ryimana izabereka be blessed pastor Isaac ubaye itwari
Urakoze kuba utarabaye umugabo windarikwa uvuga ibinyoma nuvusha amaraso yutariho urubanza
Kweri Gitwaza nukozi W'IMANA YASIZWE AMAVUTA
Isaac nukuri Imana iguhezagire n'umu journaliste mwakoze iki kiganiro Uhoraho abahe umugisha. Ikinyoma ntikizigera gitsinda ukuri
Nihahandi yanyu azagera kure rwose hashoboka
Thank you Isaak, be blessed uri umugabo w ukuri kwinshi!
Hejuru y'imbaraga z'abaturwanya Hari Imbaraga z'Imana iturwanirira 🙌🙌🙌🙌🙌 aka kantu ni sawa
Umugabo w Imana mubyisi ni engenier afite company ngo ashaka akazi ese ko tutemera ko nabasenga habamo nabakomeye mubuzima busanzwe .
komera Imana ukorera izaguhemba
Bakozi b Imana rwose mwakwitonze mugaceveka koko
Ahhh narumiwe kbs niwowe uvuga
Imana iguhe umugisha cyane
IMANA iguhe umugisha mukozi w'lmana wuzuye ubgenge rwose
Uri umugabo w’umuhanga kbs🙏
Amen uyumutam arimwimbutoyimanapeeee
Vugukuri pastor guca muziko ntigushya
Urukundo ruganze pe
Uri imfura Isaac
Thank you 🙏🙏🙏👍👍
Arakoze Paster kuvuga ukuri, Gitwaza baramurwanya ariko yarahamagawe
Gitwaza numwana w'lmana kdi mukundwa
Ibyo bamwifuriza bibi bizabagaruka muzabibona
Ikiza cye aribyo byago byabo ntashobora kubitura îyo nabi bazahora bahangahitse
Simwese natwe abanyarwanda turamuku nda ababi babahose kandi nabeza babahose
Ukuri kuzakomeza kugaragare
Mudufashije mwaduha numéro za lsaac.merci bcp
Ukuri kuratinda ariko kuragaragara urakoze uvugishije ukuri
Uwizeye Isaac, uraho muduhe number
Nukurikwimana iyontazakuba narasenze barikuva muba christon nibigoryi bibi kuruta abarigeze kuyimenya, ijambo ryimana ryatubwiyengo ntihakagire uwotwita data nukuvugango data numuntu tubatwashizeho ibyiringiro yuko ariwe twasibuje ikibanza cimana nkakuriya kwa papa aba babakatotika ubundi papa ubikurikiranye bisobanura uhagararite imana kwisi rero kuko imana ibona ibizaza yavugaga kuri papa, nukurikwimana ntangiyejwenerako turikure yimana nibayompamvu yesu yatangariye intimwaze ubwo nazo zitatahuraga ibyimana azitegeka kuja gusenga kugirango zihabwe umwuka wera
Komera
Uwari sawuli amaze kuba pawulo yatangiye kwigisha ibyagakiza, abacuruzaga Imana zibiti namabumba bashatse kumwica kuko yabiciye business, Inda nini iciye ibintu.
None ni iki kiratubwira ko utayahawe mu bundi buryo ,?Mureke Imana yirwanirire .
none kwatari Burundi murwanda nimwijuru ntabapfa?
Uzi ukuri kd uri umugabo
Abandi bayoborwa ninda
Nda gukunzee
Nyamara uyu mugabo ibyavuga bishobora kuba ari ukuri,Nabaye muri Zion Temple mu ntara ariko -----
Satani ashyizeho umwete kwangaja abantu ku murimo wo gusebya kandi akoresha abapagani bo murusengero. Ba kayini buzuye ishyari. Bazatsindwa
Arabeshya
Ukuri kuzagaragara urumunyekuru.
inzara yakuriye urimo usha ibiceri
Uyumuntu arasetsa pe
Imana ikubababarire kuko nawe siwowe,gusa utihanye uzabibazwa
Umva mbese
ua-cam.com/video/_VcKC5l1aJU/v-deo.html
Inzoka ya Amibe irakira ngibyo by Nehemiya Mushinzimana
Hhhhh!! Ariko ye Dr Apostle Paul Gitwaza akiri hasi Imana itaramuzamura ntawamuvugaga nabi ariko babonye Imana imushyize hejuru bataye umutwe byarabacanze!! Abanyeshyari nimukomeze mwigaragaze buracyeye baba bone yee!! Muza murwanya ariko muzafata ubusa!!! Ese nkamwe mushidikanya kuba musebya mwebwe ko baba vuga nabi kdi ntacyo mugira!!; Namwe ubwanyu baba vuga nabi mutaramenyekana ubwo ntacyo mwumva Koko!!
Bazapha nukurikwimana mugiye kwumva iphu kuba psteur bamwebamwe
Ibyo uyu mu pastor avuga bishobora kuba ari ukuri; urebye ukuntu social media yibasira Gitwaza usanga harimwo izindi mbaraga zihishe inyuma.
Ngo nta cyahishwe kitazahishurwa...Ahubwo n'abandi baze bamwaze Sekibi.
Urasaba ko Gitwaza areka ubukiristu ngo ajye kuburana n'umugore wambuwe, ntuzongere gusaba ko umuntu areka gukurikira christu
Ariko nanibyo yasabye
Isaac amakuru y iminsi ko wabuze ?gubwa neza ndagukumbuye ,//KANDA KW IFOTO UBONE UBUTUMWA BWIZA BUHINDUR UBUZIMA IBUKA SUBSCRIBE
ua-cam.com/video/wBnZEPJzXTs/v-deo.html
Ese gushima Imana ningobwa??
Umvukukuntu inzira z'Imana zitangaje, ukuntu Manudi yagiye iburayi atazi gusoma nukuri peeee🤭🙆♂️🙌❤️
ua-cam.com/video/lTDEj7-mH_Q/v-deo.html
Ese wavuga abagutumye? Nabo bakabyemeza. Mujye muvuga ayo mwasubiramo. Kuko RIB YABIKUBAZA.
Mwitonde kuvuga ubujajwa. Niba warabyanze ceceka wisubiramo amatiku.
Ndumva ntashingiro.
He says he’s 33 and he was baptized in 95? 🤭
Ushobora kubatizwa ufite 2 years sigitangaza
Ntamategeko uzi
𝑨𝒉𝒖𝒃𝒘𝒐 𝒖𝒇𝒊𝒕𝒖𝒎𝒖𝒈𝒂𝒎𝒃𝒊 𝒎𝒖𝒃𝒊𝒔𝒉𝒂 𝒚𝒆𝒔𝒖 𝒂𝒈𝒖𝒕𝒔𝒊𝒏𝒅𝒆.
Arashaka akazi kwa Gitwaza
Nibyo umutima wawe ukubwira
AP Gitwaza, numuvugabutumwa sumukuru wa company ngo aratanga akazi, binyuze murubu buryo,reka ukuri kujy ahabona.
Nsengiyumva jean Pierre gabanya ishyari ryawe ntaho rizakugeza kukixe wimvako ashaka akazi Kwa Gitwaza?? Ukuri kukuriye mu matwi none urasaze!! Ngaho iyahure disi
Abanzi bamahoro ntimuzabura
Umva kandi ukuri kuza gakeya ariko kugatsinda ikinyoma ,iki se mugume hamwe mureke kwituratura ahubwo musabe imbabazi Gitwaza numuntu w'Imana azababarira