Gutahana perimi no gukora amasaha y'ijoro birashoboka || Umwihariko w'ikigo gishya

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 21 вер 2024

КОМЕНТАРІ • 52

  • @JeanPierreNTIRENGANYA-gm4ms
    @JeanPierreNTIRENGANYA-gm4ms 5 місяців тому +4

    Nyakubahwa ,muvugizi wa Police, ishami ryo mu Muhanda,
    Mbanje kubashimira Imbaraga ubwitange mushyira muri gahunda zo guha umuturage service Nziza.
    Gusa kuri iyi gahunda nshya mwashyizeho yo gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hifashishwa ikoranabuhanga, nibyiza cyane pe!!! ndabishimye cyane ,ariko igihe hari ahantu nahato Niyo Yaba 1/100
    Umupolice azahura nukora ikizamini, akarengane karacyahari 100/100.
    Ni ya marangamutima agikomeje.
    kuko ugufite mu nshingano ntiyakuburaho inenge.
    Byiza cyane nuko ako kantu ka Circulation, mushake buryo ki kazajya karanirira mu kibuga,
    Ariko igihe cyose umu police akihererana ukora ikizamini , ntakizavamo.

  • @eustachentigura1726
    @eustachentigura1726 5 місяців тому +1

    Gukorera ikizamini muriiki kibuga biroroshye cyane rwose!!! iyo wize neza gutwara ugakorera hariya biroroha cyaaane. ikizamini uragisoma ukacyumva ugakurikiza amabwiriza agenga ikizamini. ikindi demaraje yahariya iroroha cyane. Courage kuri RNP. u rwanda ruri kurushaho gutengamara.

  • @BG-wp4nx
    @BG-wp4nx 5 місяців тому +3

    This is Good !!! Igihugu mbamo , niko natwe bigenda !! Komeza utere imbere Rwanda ! Gusa hano eye test tuyikora mbere !! Iyo amaso yawe atari mazima neza , ntiwirirwa wiga

  • @diogenensengimana7009
    @diogenensengimana7009 4 місяці тому +1

    Aka ni akantu keza cyane. Uwagatekereje ni umuntu w'umugabo cyane.

  • @seleman-MW
    @seleman-MW 6 місяців тому +3

    Ibintu biri kuba uburyohe kbsa💯💯👏🏾

  • @ibazeonlinemedia
    @ibazeonlinemedia 5 місяців тому +5

    Kumbe muri circulation umukandida azajya ajyana n'umupolisi ? None se, ni umupolisi uzakubwira niba utsinze cg utsinzwe ? Yewe ni ah'Imana.

  • @bimenyimanaephrem8758
    @bimenyimanaephrem8758 6 місяців тому +6

    Hy,
    Ngewe ikibazo mfite Niki.
    Baraduhamagaye ngo badukorereho test turiyandikisha turishyira amafaranga yose tugezeyo turatsindwa Hafi yatwese ibazeko mubantu nka 30 hatsinda nka 4 mutubarize niba nakongera bakadiha Amahirwe tukongeta tugakora kuko ayacu yarahagendeye kuko twarituri mwisuzuma ry'ikizami tutamenyereye batugirire ikigongwe bongere baduhe ahirwe rwose.
    Murakoze

    • @nsengiyumvaabdallaziz1131
      @nsengiyumvaabdallaziz1131 6 місяців тому

      Mwihangane, bishyura angahex brother

    • @nsabumukunzireverien8888
      @nsabumukunzireverien8888 6 місяців тому

      Pole dear ,ese ibizamini imodoka,moto ni angahe??

    • @_trust9994
      @_trust9994 5 місяців тому

      @@nsengiyumvaabdallaziz1131 Keretse wabyutse neza naho ntamuntu numwe nzi wabonye permit akoze bwambere.

    • @angelo_Rwanda
      @angelo_Rwanda 5 місяців тому

      ​@@_trust9994ni bake

  • @tuyisingizeabel5822
    @tuyisingizeabel5822 5 місяців тому +1

    Babikoze neza nko mu bushinwa 5/5, mbakuriye ingofero ntako bisa nukuri

  • @JeanPierreNTIRENGANYA-gm4ms
    @JeanPierreNTIRENGANYA-gm4ms 5 місяців тому +1

    Impamvu mvuga ko amarangamutima atazabura, gewe ndi umushoferi , kugira ngo nkorere permit (cat C)inshuro 4 nahuye n'amananiza kuburyo ntabonera ubusobanuro, Wakibaza ukuntu umuntu akora ikizamini cya circulation Hafi 10kms mubyerekezo by'umuhanda bitandukanye mubyukuri ari ikizamini akiri gukora, utarabona niba ukora azi ibyo akora or atabizi ?, (icyo bita gushaka impamvu)
    So , nubundi mwaravunitse bihagije, mwigore mushyireho 2kms hariya kukibuga cya busanza ariko ikizamini kirangirire imbere mukibuga ,nibwo muzaba mucuemuye impaka 100/100.
    Ok murakoze.

  • @tuyisengeisaac6247
    @tuyisengeisaac6247 5 місяців тому +1

    None se ko ibizamini Ari byinshi kdi bikaba bitandukanye mwaretse umuntu akazajya akora ibizamini byose noneho ibyo yatsinze ubutaha ntiyongere kubikora.munsobanurire itandukaniro riri hagati yo kwiga mu ishuri ry'imodoka n'ishuri risanzwe kuberiki ubusanzwe iyo wakoze ibizamini 7 mumashuri asanzwe ugatsindwa 3 baguha amanota y'ibyo watsinze ndetse nibyo watsinzwe bakareba niba uzimuka ukimuka cyangwa niba uzasubiramo ibyo watsinzwe.Ministeri y'uburezi muzicare mujye inama havamo igisubizo kibereye twese.

  • @ErnestTURIKUMWE
    @ErnestTURIKUMWE 5 місяців тому +1

    Amahoro! Nibyiza kutugenera ikigo nkiki kuko biraca akarengane kaberaga hirya no hino habera exams ark nkibaza ese kwihugura mu Busanza bizajyabikorwa? Ikindi 20K batwakaga kukibuga nnho bizajya byishyurwa gute? Murakoze. Kuri Exams za Moto?

  • @frankyessheisnumberoneshe440
    @frankyessheisnumberoneshe440 5 місяців тому +1

    ark muri mukinyarwanda muvuge mukinyarwanda kandi murimo mubwira abanyarwanda ////?? nibyo mukora nikunyungu zabo murakoze njye ntakibazo mfite cyindimi ndavuga general

  • @MajyambereSilas-se3mh
    @MajyambereSilas-se3mh 3 місяці тому +1

    kobigoye.ubuse.umuporisiko.yashyiramo.imiyaga.

  • @bernardmbonigaba3460
    @bernardmbonigaba3460 5 місяців тому +1

    nukuri ni byiza ,none se umuntu najya atsindwa azajya ahera kukizamina yaragezeho

  • @isaackeic_official
    @isaackeic_official 6 місяців тому +4

    none se ko igihugu cyuzuye imodoka za automatic ibizami bya manuel nibyiki ikindi code zizongera kuboneka ryari??ese gukora kuri automatic birahari?

  • @TwizeyimanaEtienne-pr3wq
    @TwizeyimanaEtienne-pr3wq 6 місяців тому +7

    Amafaranga yo gukoresha moto nimodoka nangahe?

  • @remymurimawimana
    @remymurimawimana 5 місяців тому +1

    Kumuntu Atari umunyarwanda nawe yobona permis yibonyabiziga? Asabwa iki? merci

  • @kigalirwanda3159
    @kigalirwanda3159 6 місяців тому +1

    Afande uziko ijwi rye avuga nka super manager, gusa nakunze iri koranabuhanga

  • @barutierikkaganza2748
    @barutierikkaganza2748 6 місяців тому +1

    Jyewe mfite igitekerezo ese ntimwashyiraho modoka afite double pedale za feri ikindi automatic nizo zigezweho kandi ubu nizo nyinshi Manuel ntazigisohoka.

  • @niyitangaisaiah548
    @niyitangaisaiah548 6 місяців тому +2

    Ikibazo yange cyiragira giti mfite code 2 zumunsi umwe categori imwe A ese nzemererwa kukora bwa 2 mugihe iyambereye nzaba natsinzwe?
    Murakoze.

  • @eliebahufite3863
    @eliebahufite3863 6 місяців тому +1

    Mutubarize igihe ikibuga gishya kizatangira gukorerwamo ,tugifitiye amatsiko

  • @munyanezaignas7936
    @munyanezaignas7936 6 місяців тому +4

    Ikibazo cyange kiragira kiti, imodoka ikora ibizame twayikodeshaga ibihombi 50000 mwebwe azaba Ari angahe?

  • @isaackeic_official
    @isaackeic_official 6 місяців тому +3

    munatubarize impamvu za auto aecole ziturya amafaranga yo kwiga umuntu bamuha igihe kingana gute mu kwiga ku isaaha?

  • @hakizimanajeandedieu8461
    @hakizimanajeandedieu8461 6 місяців тому +1

    Mwiriwe neza ndi Hakizimana ese mubazajya bakoresha kiriya kibuga bashakoresha izihe mbodoka ni emmanuela cg ni otomatike

  • @MukangarambeCloudine
    @MukangarambeCloudine 4 місяці тому

    Icyibazo mfi ibihumbi 50 twatangaga byimodoka tuzaza tubitangahe

  • @ishimweisaac5013
    @ishimweisaac5013 5 місяців тому +1

    Ubu buryo ni sawa nashakaga kubaza igisabwa ngo ukorere I kizamini I busanza

  • @SafariGerard-q7x
    @SafariGerard-q7x 4 місяці тому

    Nabarebaga kumazuru baramwaye .

  • @TwizeyimanaEtienne-pr3wq
    @TwizeyimanaEtienne-pr3wq 6 місяців тому +3

    None se bazatangira kuhakorera ryari?

  • @ibazeonlinemedia
    @ibazeonlinemedia 5 місяців тому +1

    Bibaye byiza no muri ka gatabo kerekana amabwiriza mwajya mwerekana ikosa n'amanota yaryo kuko batubwira ko umuntu akurwaho amanota gusa ariko ntitumenye ngo ni angahe ?

  • @dusengesafina9113
    @dusengesafina9113 5 місяців тому

    Turashimira Leta yacu ni nziza ihora idushakira uburyo bunoze bwo gukoreramo. Ibi biraza gukuraho ruswa yabaga irimo hagati y'abapolisi n'abigisha.
    Bazadufashe bashake na système izagabanya cga igakuraho ruswa iba mu butaka. Kugirango wemererwe kubaka nubwo waba wujuje ibisabwa byose ugomba kugira uko ubigenza kdi bikorwa mu buryo bitapfa kuvumburwa. Bitabaye ibyo ntacyo ukoze dossier yawe iraryama ikibagirana cga bakayirega n'ibidakenewe. Leta yacu ijye itubera maso .

  • @TheonesteHakizayezu-xx2ik
    @TheonesteHakizayezu-xx2ik 6 місяців тому +1

    Nonesenibasanga umuntarwayamaso bizagendagute?

  • @TheonesteHakizayezu-xx2ik
    @TheonesteHakizayezu-xx2ik 6 місяців тому +1

    Arikirikiminsiyavuba niryari?

  • @Muuri
    @Muuri 6 місяців тому +1

    www.youtube.com/@Muuri

  • @HakizimanaPatric-h2q
    @HakizimanaPatric-h2q 6 місяців тому +1

    Mwiriwe neza aliko c kobahora bavuga ngonivuba vubaya polici twarayirambiwe

  • @FungaButu
    @FungaButu 5 місяців тому +1

    Ariko mbabaze abantu bari hano provisal irangira mugihe kingana gute nu mwaka cg ni myaka 2 ?

    • @queendelly
      @queendelly 5 місяців тому

      imyaka 2

    • @queendelly
      @queendelly 5 місяців тому

      ark ubu baracyari muri promotion ya Covid abafite provisoir zo kuva 2018 barakora

    • @FungaButu
      @FungaButu 5 місяців тому

      @@queendelly thx

    • @FungaButu
      @FungaButu 5 місяців тому +1

      @@queendelly ese merci pe

    • @FungaButu
      @FungaButu 5 місяців тому

      @@queendelly ese merci pe

  • @TwizeyimanaEtienne-pr3wq
    @TwizeyimanaEtienne-pr3wq 6 місяців тому +1

    Musanze arwaye amaso bigenda gute c

  • @samuel-go7cz
    @samuel-go7cz 6 місяців тому +1

    Ko ibiciro byibizamini se Arya iminwa

  • @jeandedieuhakizimana6119
    @jeandedieuhakizimana6119 6 місяців тому +1

    Ese kugabanya ariya mafranga bigezehe mutubwire

  • @HabaruremaPat-fy8tn
    @HabaruremaPat-fy8tn 5 місяців тому +1

    Ibyo binubyarata ngiye cyangwa birimubikorwa