Ahaa!!Imana niyo mu menyi wa byose,iyaba namwe ibwanyu mudahangana ngo munavugurizanye nk,abasheikh ,... Ese mwe basheikh ko tutanabona mu cyaro .........?
Uyu Nyakwubahwa ALI PEPE NTIMWIBWIREKO MUMUFITE IGIHE KININI JAMAIS AHUBWO TUMUSANE I DARASA ZE AZAZISHYIRE MUBITABO ABAZARAMBA KWISI BAZAZIFASHISHE 🎉🎉
Asalam alykum ,,,,umumenyi uri kuri sunnat ntabwo ya vuga amakosa yabayobozibe(abahagararizibe ) kukarubanda kuko ibyo binyuranye na manhaji ya sunnat!!!
@@subikaabdoullatif8980 mbivuzeho kuko mbabajwe nidini ya Allah. Kuba ndi Murtad, ntibivuze ko ntagira icyo mvuga, bipfa kuba byaje kuriyimihanda duhuriraho twese
BIDIA (IBIHIMBANO) UKO WABISIGI IRANGI KOSE UKO WABISIGASIRA KOSE IGUMA ALI BIDIA SO KULIKIRA CYANE SHEHE WO ALLAHU S W T YAHAYE IMPANO SO KUZISOBAMURA NOKUZIRWANYA AKILI MUBUZIMA ABA BASHE NTIBARAMA KWISI BAPFA IMBURAGIHE
Mana we babagabo koko baracyakomeje kurwanya suna bakabishyira kumugaragaro koko mana tabara idini yawe murwanda turugarijwe aho basigaye bimika ikibi bakarwanya suna
@@BURYOHETVRWANDA,wamugabo we ko wazunguzaga ibiryo ubu ntiwahisemo Kwa mamaza ubusambanyi kubera iyisi cyakoze turashima Allah we wakuye idini mumutima wawe ,kuko ukuntu wisebya uri umugabo ushitse byari kuba bisebetse iyo ubikora ucyambaye umwambaro yubuislam
Ally wy uko mjinga sana je unasema maulidi na tasauf hayo ni mambo yameongolewa na kibarul ulamaa kitambo makarne na makarne.wy mtoto wa jana umeisha juwa nini ? wallahi ally ww siyo msomi tena na apa wallahi hujasoma ispokuwa nakuonaka kama muropokwaji.utavuga abantu bari mu deal wowe se nturi mu deal se? Tangu siku gani nyinyi wahabi ni ahlu sunna tangu siku gani nyinyi watu wa jana .
Niba ufiteho kubumenyi bucye kuri Islam ukwiye kuyisobanukirwa ,jye ni inama nakugira nkuko nayigira umuvandimwe wanjye ,ntabwo Allah asengerwa mumadini yose. Kdi kugaruka kumurongo uziko Ari muzima ntagisebo kirimo ,biruta gutsimbarara kubuyobe busozwa n'umuriro utazima Allah aguhe kuzava Ku isi uri mubagaragu be beza
Wy wahabi sunna gani unajuwa wy kuwaita watu wengine ni watu bidaa sasa wy na ujinga wako mpaka hicho kikao kikubalike kama ni kikao kya dini mpaka kuwe cheikh aliesoma saudia?ama saudia tu ndo wanasoma dini pengine hawasome dini? Nakuuliza niambiya jamiaa ya madina inafanya miaka mingapi?kwa nini chuki hivi?nyinyi mawahabi mnamatatizo sanaaa
MashaAllah Allah anjye akurinda sheikh wacu dukunda cyane
Allah yorohereze idini ya Islam mu Rwanda no kwisi hose🙏
Masha Allah Allah akwishimire sheikh Ally pepe turagukunda kubera Allah
Nti mumukunda muramwanga mu bintu bimwangiza nukumufana akibonamo ko afite ubumenyi kuruta abandi Bose no kubabeshya .anapenda sifa sana
Upinze ibya Allah wese akubitwa akanyafu na Allah, muvuga tabreeg uko utari uzabanze usobanukirwe neza ibyayo wowe urayibeshyera cyane
Uratangaje nonese ucyekako abivuga atarasomye nawe byanze usome usobanukirwe akogatsiko uzakiheho Pakistan niho nibera Soma mbereyokugirango uvuze
Assalamu alaykum warahmatullah wabarakatuh Mbateze amatwi cyane, Tabligh ikomeje gukwirakwiza iki gihimbano, mukomeze mugikubitire ahakubuye
Allah aturinde ibibi byabo🤲
Amiina sheikh Allah anjye aguma kumutiza ubuzima buzima nukuri sheikh avuga ukuri pee
Wallah
Niba cheikh ally arwanya tabligh arashaka Nawe gukwirakwiza Ubu wahabi kandi Ari mu kazi barabihemberwa
Abamenyi bacu ni Batinye ALLAH kd bashake ibyo bakora bashake Rizqi mubundi buryo naho nibaguma gushakira Imibereho mw’Idini mukuri bazakomeza bandavure. Erega ba MAMUMA natwe tuba tubona ibyo murimo nubwo akenshi tuba twicecekeye ariko Ingero murazibona iyo muhagurutse mugiye Kwigisha rwose bihita byigaragaza ko ba MAMUMA batakwizeye kuko ntibaba bashaka kukumva
Umushekh yigeze kumbwira ati: nudafata ideni rya Bank uzapfa uri umukene! Ari mu biyita ko bakomeye.
Allah akorohereze aho uri ya akhi
Ahaa!!Imana niyo mu menyi wa byose,iyaba namwe ibwanyu mudahangana ngo munavugurizanye nk,abasheikh ,...
Ese mwe basheikh ko tutanabona mu cyaro .........?
Mushaka Dukurikire abahindi kubera ibahasha hari intumwa yavuye mu buhindi
Dawa yawe yokuri murandasi koko shiraho namba yawe tukubaze!!KONTARUMVA UVUGA KURI MUHADHARA IKORESHWA BIBIRIA NA QORANI
ejo bundi basigaje no kuzirura inzoga ningurube, nihari igihe batubwiye ko Music nta kibazo
wari ubizi ko saudia arabia ifite indirimbo y' igihugu? ese ubundi muri qoran ni hehe babujije kuririmba? uciye mukuririmba niho twamenyeye amateka y' urwanda. kuririmba hatangwamo message. indirimbo zihamagarira amahoro. indirimbo zifashishwa mukurwanya ikibi. kwigisha urukundo. ikuntu kiba haram bitewe n' uko kigira ingaruka mbi kubantu. kuririmba bifite ikihe kibazo?
njye sinemera abakoresha indirimbo mugusenga. cg ko indirimbo tuzikoresha nk' uburyo bw ama waidha. ariko mubuzima busanzwe ikibazo kiri he.
Ahubwo ndabyumvishe neza haramakimbirane ari hagati yawe nabayobozi bidini
شيخنا بارك الله فيك، نسأل الله أن يحفظك
Bu bushra wanje
Uyu Nyakwubahwa ALI PEPE NTIMWIBWIREKO MUMUFITE IGIHE KININI JAMAIS AHUBWO TUMUSANE I DARASA ZE AZAZISHYIRE MUBITABO ABAZARAMBA KWISI BAZAZIFASHISHE 🎉🎉
Assalam alaikum wallahmaturllah wabarkatuh wlcm sheikh
❤
Asalam alykum ,,,,umumenyi uri kuri sunnat ntabwo ya vuga amakosa yabayobozibe(abahagararizibe ) kukarubanda kuko ibyo binyuranye na manhaji ya sunnat!!!
Nkunda ukuntu iyo wigisha utanga ningero zifatika
Wamenya ingero atanga ko Ari izukuri utejyeze wiga?
ABANTU BAZATI UBUBI BWABA BATABLIG NUKO BATARABABAMO NANJYE MBERE NKIRI MU RWANDA NABABONAGA BAJE KUMUSIGITI NASARIRAGAHO NKAGIRA NGO NABANTU BEZA GUSA NKIMARA KUBABAMO NIBWO NABONYE UBUBI BWABWO MASKIN UMUNTU URI MU RWANDA NTABWO YAMENYA IBYABA BATABLIG.
Tuzakurikira uhamagarira abantu kugana Allah akabwiriza ibyiza akabuza ibibi uwo niwe ugomba gukurikirwa na naho ushaka kumvisa abantu ibyo yumva nibyo yemera ahangana uwo tumwirinde kuk yatuyobya umuntu avuga amakosa yabantu yoseee ntakizima bakora mwibaze basilam ngewe ikintu cyose nzakora kikanyegereza Allah nzagikora ntakabuza
Ndabona mwagize Agahinda ko kwigisha kuli Jamat Tabligh twe tumaze kumenya inkomoko yabo nuwabihimbye twarazibikiliye rwose kulikira neza i darasa sa Sheh uzamubaze nibibazo byinshi amaherezo uzamenya ukuli
We ubuwahabi yigisha asilamu no gushaka Kubu imposa ese yarabigishije ko bwatangijwe nande?na hehe?
Saa ine ntago ari Shuura ahubwo ni Tarrimu wa Tarrumu
Wababonye babaha amafaranga ubu ufite gihamya bakikubajije wacyerekana cyangwa uri gucuruza kuri UA-cam
Cyakora Ally pepe, niba uri kurwanya Djamat Tabrigh ntanubwo wemera LasuruLlah Muhammad Sw. A. W
Nkawe kweri ko wabaye murutadi, ibi biba bikurebaho iki😥??? Gs Allah abayobore woe numuryango wae🙏
@@subikaabdoullatif8980 mbivuzeho kuko mbabajwe nidini ya Allah.
Kuba ndi Murtad, ntibivuze ko ntagira icyo mvuga,
bipfa kuba byaje kuriyimihanda duhuriraho twese
Wowe utazi no kuvuga Rasulullah niwowe uvuga ko sheikh yayobye? 😅 abanyabihimbano muhame hamwe ibyanyu bijye ahagaragara.
Buryohe Tv, ushaka wagaruka kumurongo w'ukuri haracyari amahirwe yo kwicuza ukiri muzima.
Kdi Ikigararaga uracyafite ibisigisigi by'ubuislam basi wakoresheje ubwenge ukaruka Ku idini ryawe ry'ukuri.
Allah aduhe gutunganya twese
@@khdahh1086 Uko navuye muri Islamu nkajya muba kristo,
Ninako nagaruka mubusilamu
Mperuka bavugako DAWA TV RWANDA. Ngonyirayo ari gusha views iyo tv bazanye bo baje indagara cg ni dodo?
فلا تزكوانفسكم هو أعلم من تقى.
Muramenye ntimuzigere mwigamba ko roho zanyu zejejwe Imana niyo izi abayitinya byanyakuri.
Assalamualaikum w ibisibyo ayisilam nimukihe isi Allah atubwira kwihishira
BIDIA (IBIHIMBANO) UKO WABISIGI IRANGI KOSE UKO WABISIGASIRA KOSE IGUMA ALI BIDIA SO KULIKIRA CYANE SHEHE WO ALLAHU S W T YAHAYE IMPANO SO KUZISOBAMURA NOKUZIRWANYA AKILI MUBUZIMA ABA BASHE NTIBARAMA KWISI BAPFA IMBURAGIHE
Mugende mubwire ashraf ko tutakuriye ya tv yanyu maze adukurikirane tuzaguma kuri DAWA RWANDA TV Niyo tuzi kuza.
Nikibazooo
Mana we babagabo koko baracyakomeje kurwanya suna bakabishyira kumugaragaro koko mana tabara idini yawe murwanda turugarijwe aho basigaye bimika ikibi bakarwanya suna
Asalam alaikum warhamaturullah wabarakatu ,mukomeze mukinire mwidini yAllah,nonese nka Ally ibyakorabyo nibyora? ubwo nibwo busilam cg muba muri kuduteza Abakafiri naba nafiki, ntacyo tubashima mwese , muba muhaze amaturo yacu mwaramgiza mikadu hagiraho Ariko murabeshya ,ntakitagira iherezo Allah azabibaryoza ,murabeshya
Ubwose woe ukoseye iki
Cyakora ubuslamu bwaragurishijwe tabrighi nagatsiko kabarwa nka kabakafiri
Shrk pepe gabanya ubufana
Bariya batabih ntago bigisha basoma ivanjiri ntabubwo basoma😂 ishapure
Mureke gushyira Abaslam murujijo kubera gushaka kwishyira heju ntawe nturintugane nukavanga vange ibintu
Iyaba wari Uzi ibyo uvuga ntabwo wakavuguruje ibyo umumenyi avuze.
Ukeneye kwiga idini ukavuga ibyo uzi.
Jama'at tabligh ni itsinda ritari kumurongo w'ukuri.
Mubirinde kugira murinde idini ryanyu
@@khdahh1086 nkawe ubikurahe ko itsinda rya Tabligh ritari kumurongo koko
Kubwa rasuul ryabayeho ryavuzwe hehe kugihe kintumwa y allah
Ntagihimbano na kimwe tableeg ikora ahubwo wowe uri virus mubasiramu mwiyita ibyo mutaribyo
🎉
Hahaaaaa uti: abamenyi nabasigasira idini ya Allah?
Ubwose wowe wakwishyira mubayisigasira uhorana amatiku kuri Camera???
Ahubwo Tabrigh niyo isigasira idini ya Allah ibihe byose
Ariko ubu haricyo mutabona kubafite ubwenge,
Murebe ayomafoto bashyizeho.
Uko mubizi, ayomasura murikubona harubwo Avuga rumwe na Ally pepe??
Rero igisubizo nuko ibyicaro byose barimo,
Ally Pepe ntashobora kubivuga neza
Nibyo kk ukiri umuislam wabarizwaga muri iyi jamat tablighi ,ark wowe byakuviriyemo kutagira ubumenyi bwidini bikuviramo guta idini weruye
Umumenyi nubabazwa nidini ya Allah,
Uburyo yagera kure ikamenya benshi.
Knd ibyo bikora Djamat Tabrigh
Wowe idini yose yarakwanze uyishingukamo urerura ubu urumukristu ,Ibyabayislmu birekere ababyize ,gs Allah aguhe hidaya
@@yunusutuyisenge8698 ndabyemeye ko yanyanze.
Hanyuma mwe iyo mukoresha Imihazara muba mushakiki kubakristo???
Allah akuyobore gusa wibuke ko umunsi w’imperuka twese tuzazuka maze tubazwe ibyo twakoze tuzasanga ubuzima twabayeho bwari nki second.ibaze kuva mudini kubera isi agahinda gakomeye.no kuba uza muri comment icyonzi nuko naroho igushinja.
@@nizeyimanasharif6500 ariko kuki mwumva ko iyo umuntu abaye Murtad aba akurikiye isi????
@@BURYOHETVRWANDA,wamugabo we ko wazunguzaga ibiryo ubu ntiwahisemo Kwa mamaza ubusambanyi kubera iyisi cyakoze turashima Allah we wakuye idini mumutima wawe ,kuko ukuntu wisebya uri umugabo ushitse byari kuba bisebetse iyo ubikora ucyambaye umwambaro yubuislam
Nkund ukuntu Sheikh Pepe ashize amanga kabisa
Allah yamuhaye iyo NEMA 😊
Arasobanutse wallah Allah agume amuhe ubuzima buzima sheikh wang
Joseeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeer😂😂😂😂😂
Sifa sita zaranze abasangirangendo!!!nkinjira idini,iyi dawa narayikoze karahava !!!!!
Nawe wari Umutabligh muyobo
Ally wy uko mjinga sana je unasema maulidi na tasauf hayo ni mambo yameongolewa na kibarul ulamaa kitambo makarne na makarne.wy mtoto wa jana umeisha juwa nini ? wallahi ally ww siyo msomi tena na apa wallahi hujasoma ispokuwa nakuonaka kama muropokwaji.utavuga abantu bari mu deal wowe se nturi mu deal se? Tangu siku gani nyinyi wahabi ni ahlu sunna tangu siku gani nyinyi watu wa jana .
Koko ntanisoni ngo Inyigisho za Tabrigh ni Batwir???
Wowe ahubwo bagucunguze neza wayobya benshi
N batwir nyine woe urumusheikh uvuguruza ibyo avuga izi dawa ntaho ziva
Bayislamu uyumuntu ni murtadi weruye sinzi uburyo arikwiyandikisha aha nkumuislmu
Aba yaje kuko roho iramurya kuva kunzira y’ukuri wamugani,gusa mwibuke ko ntituzava ku isi Allah atabanje kutugaragaza hano ku isi mbere yo gupfa tegereza ino comment ntizavaho izagumaho uzagaruke usome! Fata akanya uzatekereze kubyo wakoze uba murthad umuntu wakoze hijah kweli ufite izina ryiza kweli .ark wambaza yesu mwene maria😅😅
@@nizeyimanasharif6500 ninde ukubwiye ko nsenga Yesu??
Njye nsenga Imana yaremye isi nijuru ikareme na Yesu urikuvuga.
Ikindi Allah nasengaga niwe nkisenga nuko nahinduye imisengere irimo imihango
Kuba uli Umusilamu ntushakishe Ubumenyi bw Idini yawe bwukuli cyangwa ukanakulikira Idarasa Nyazo zitangwa zishingiye kuli Qurane na Suna ahubwo Ukagendera mu Kigare cya Fanatizime Uba uli mugihombo gikomeye CYAAAANE
Ahubwo njye uko mbibona, nuko uriguha ikaze Djamat Tabrigh atavuga rumwe na Ally pepe.
Knd burya iyo utiyumvamo umuntu, nibyo yavuga urabipinga
Muryohe 😂😂😂😂nawe x uje Kuvuga kubyidin knd 🤣🤣
@@thebestchannel3967 yego Birandeba
Niba ufiteho kubumenyi bucye kuri Islam ukwiye kuyisobanukirwa ,jye ni inama nakugira nkuko nayigira umuvandimwe wanjye ,ntabwo Allah asengerwa mumadini yose.
Kdi kugaruka kumurongo uziko Ari muzima ntagisebo kirimo ,biruta gutsimbarara kubuyobe busozwa n'umuriro utazima
Allah aguhe kuzava Ku isi uri mubagaragu be beza
@@khdahh1086 inzira ndimo nziko ndimunzira yimana yukuri.
Nanze kubatwa nidini
Ndabaza nti ese umugore yimyaka umugabo ryari?,byagenze bite
Hhhhhhhh
Wy wahabi sunna gani unajuwa wy kuwaita watu wengine ni watu bidaa sasa wy na ujinga wako mpaka hicho kikao kikubalike kama ni kikao kya dini mpaka kuwe cheikh aliesoma saudia?ama saudia tu ndo wanasoma dini pengine hawasome dini? Nakuuliza niambiya jamiaa ya madina inafanya miaka mingapi?kwa nini chuki hivi?nyinyi mawahabi mnamatatizo sanaaa
Assalamualaikum warahmatulilah wabarakatuh
Sheikh kugeza ubu sindumvu bidah Abo batabligi bakora
Kuko jye narindiyo
Kd
Ninyigisho batangaga zarinziza
Ntabwo wamenya bida (ibihimbano) bakora utari umumenyi abamenyi nibo babimenya niyompamvu ugomba gutega amatwi ukamenya ibihimbano Baba bakora abo ba tabligh
Ubundi siku tatu nasiku arabayine abwozo sibida
Yego
Burigihe umenya ikintu nyuma uzamenya ko aribida nyuma ntusobanukirwa 😢
Ugomba gusobanuza abamenyi kuko wowe ntiwabasha kubyisobanurira utari umumenyi
N'ababashyigikira bitwa abamenyi bazi ukuri kw'ibihimbano byabo
Pepe pepe tinya Allah wikoresha amaranga mutima !! Kuki wumva ariwowe utunganye gusa ?? Ubu uremezako bariya bashekh ubarusha kumenya !!?? Bida tabrighi ikora niyihe !? Kubera ubunebwe nubwirasi mufite ntibyatuma mukora dawa ya Rasuri saw!!? Saudia mwizeyo ubumenyi ariko ntaaa......
Ntawe ukunda itiku pe
Banza umenye kuvuga Rasul mbere yo kuvuga ku idini.
Upinze ibya Allah wese akubitwa akanyafu na Allah, muvuga tabreeg uko utari uzabanze usobanukirwe neza ibyayo wowe urayibeshyera cyane