Polisi yerekanye batatu bakekwaho gukora inyandiko mpimbano

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 2 жов 2024
  • Bafatanywe kashe (stamps) z'ibigo bitandukanye harimo ibya Leta n'ibyigenga zigera kuri 47. Batatu bafashwe umwe muri bo ni we wari ufite kashe (Stamps) 47, udutabo twa sheke (Cheque) ndetse yakoraga n'impushya zo gutwara ibinyabiziga. Bagenzi be babiri ni abafatanyacyaha kuko umwe yafashwe yohoreza uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw'uruhimbano hanze y'igihugu undi nawe afatwa arimo kuvana uruhushya aho rwakorewe arujyanye ku warukoresheje.

КОМЕНТАРІ • 2

  • @historychangetv
    @historychangetv 3 роки тому +1

    umva mwaba nyamakurumwe , nubwo ndagano na kalisa baguye mumutego , kubintu batari bazi, ariko njye ndumuhamya ko batabikora kuko , nubwo mumategeko byitwa ko ari abafatanya cyaha. ariko rwose nabere kuko nibamwe mubadashigikira ibyo bintu byubutubuzi. irene nawe cg se banyamakuru muri aho , ndagano ni umunyakuri ntajya agendera muri byo bintu, ariko imana niyo nkuru ndabizi neza imana iraza kumurenganura. ndetse na kalisa ismael , God is in control of everything .