Nibyo umurezi dufite Ni satani weeeeee ariko yaratsizwe amaraso ya Yesu yaraducunguye weeeeeee ntituzarimbuka yaba twamenyaga ko twacunguwe bidasubirwaho
Ariko Uzadusobanurire kubera ko hari abakoresha ibimenyetso bitandukanye bashaka kugaragaza ubundi bwami none ko hari video wabwirije wambaye impeta ebyiri ese ni umurimbo cg ese ko hari ushobora kukwibazaho ubivugaho iki?
Urakoze cyane pastor, abacuruza Yesu amaherezo bazahomba
Urumukozi wimana pe be bless in the name of Jesus
Imana imuhezagire can gos yesu akomez kukongera amavuta yokwigisha intama zayesu
Urufatiro rwimana ruracyariho rwanditseho ngo uwiteka azi abe murabo nawe senga urimo.uri umugisha kubagenzi bajya mwijuru
Ndongeye kwumva nkunze gukizwa kubwa Pst Senga!! Babiri nkawe ntibakibaho 🙏🙏🙏
Nsenga+ Rutayisire ndabafana 👌 Aho mbabonye nkandaho.
@@asheyyykaali6091 Aba bagabo bavuga Imana neza! Bigisha iby'Ubwami bw'Imana rwose badaca ku ruhande.
@@asheyyykaali6091 + pst Désire
+ Hortense mazimpaka
Uransubijemwo umwuka pasteur Imana ikurinde impande zose
Amn uvuga ukuri gusa ❤jyuvuga,kuko uvugishwa n'umwuka w'lmana kbs
Imana ishimwe nukuri mfashijwe nokumva ubutumwa bwiza🙏🙏🙏🙏 pastor Imana iguhe umugisha cyanee
Pastor ndagukunda uvuga Yesu Imana iguhe umugisha
Yesu aguhe umugisha ni ukuri Pastor 🙏unyibukije rwose tuva muri Giti n'amaguru ,ndashima Imana yaturinze twari tuguye muri Muhazi ,tugahinguka I Nyagasambu ,Data yari aziko muzaba mukimuvugira nubu ,Yesu akomeze kukwagura muri byose ,amavuta y'Imana akomeze kukubaho .Amen
yallah Imana yarabarinze nukuri 🥺🙏🙏🙏 Mwari muvuye za Rwamiko cg Bukure🥺
Preach papa.ibihe byanyuma bidusohoreyeho
Numva uyumugabo kumushimira bidahagije niwe ufite itara rya data avuga nkudafitanye Isano nibyisi Imana ntijya yiburira isigaza abayo yesu akomeze kukubera itabaza 🙏
Pastor Senga Yesu aguhe umugisha kubw'ijambo ry'Imana nkunze ukuntu uvuze kubintu byo kugurisha impano y'Imana .
Hari nabagurisha amazi ngo nayumugisha bakayagurisha abakristo agacupa gato ngo ibihumbi 10000 ngo nakuraho umuvumo ninyatsi. Imana iguhe umugisha kuko uvuze ku abanyabinyo ma bitumiriza ngo Imana iravuze kandi bayibeshyera.
Nukuri pe,, Imana iguhumugisha uvuga ukuri
Pasta lmana iguhe umugisha kuko ubwirizaneza turafashijwe
Imana iguhe umugisha
Amen Amen Amen 🙏🙏🙏❤ uko nukuri hezagigwa mushumba.
Urasobanutse Past. Imana ikomeze kukwagura
Alleluyaaaaa,mbeg'inkuru kuri Yosefu,ndafashijwe caaane!!Imana ikwongere umugisha mwinshiii MWUNGERE.Amen Imana yacu ihimbazwe
Need to go home
Amen uhabwe umugisha Imana itabare itorero
Yitubeshyeshya ibihamya weeeeeeeeeeeeeeee Amen Ameeeeen
Ukonukuri pastar mwaherehubuntu mutangirubundi Amenaaaaa
Amen imana igukomeze
Imanabahezangire. Muravugutumwankahezangigwa
Imana ikomeze kugusiga amavuta,🙏🙏
God bless you and your family
Imana isubire ikwuzuze caane. Ndakunda ingene wigisha pe
Imana iguhaze uburame uvuge ukuri
Imana iguhumugisha
Ni wewe mushumba ubundi❤️❤️
Pastor rwose uvuga ukuri koseeeee kandi ubundi ibitangaza nibyo bigezweho.
Yezu aguhe umugisha Pastor
Amen, Imana ishimwe cyane
imana ishimwe ,imana yagutanze ikakuduha, kugirango uduhwiture,twe kwirara,habwa umuuuuuugisha
Ukonukuri🙌🙌
brother senga ndamukunda kbc
Yoooo urakoze cyane
Amen be blessed
Amen Amen 🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Hezagirwa pastor
Ooooh! you're right 100% ariko ibintu biriho biteye ubwoba😭 agakiza kabaye business ya dange ariko Mana we! yooooo🤦
Jew narumiw nukur pasta imana iguhezagir
Hallelujah
Rwose Imana ikora gitwari ibwira abo yahaye bagatanga
Rwose abakora umurimo nimukore mutiganda Nubwo uwo wasengeye atagira icyo aguha bikorane urukundo Imana ukorera ntiyakuvaniramo aho ifite inzira nyinshi kandi izana ibifatika ibikuye mu zindi nzira kandi nibyo by' umugisha
Haleluya
Amen nukuri 🙏
Yesu aguhumugisha kko uvugukuri kuzima
Amen 🙏
Yego nukuri Papa imana ige ikonger amavuta ntamuntu ufasha nkawe mbanuv nuzuy umwuk
Amen amen 🙏
Ndafashijwe
Yesu yesu
amen
Amena🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Ibimenyetso= ibinyoma👌
Yego amen amen🙏
Ndagandutse rwose
Alleluyaaaa
Pster bireze bireze ! Abaciye bugufi ntituzasengerwa! Batabona igitambo koko? Gusa Ibyiringiro mfite nuko yesu atarobanura
Musengera hehe ko twifuza kuzaterana namwe
Aamen
Past barikiwa, naomber number yake
Nsubizwe ikibazo nahoraga nibaza
Ndi uwambereppppp
Umucyo wa Kristu ukomeze ukumurikire kuko uramfasha peee!unyibutsa urukundo rwImana nkahimduka!
Amenaaaa!
Ameen 🙏🙏🙏
🙌🙌❤️
Moral nsubiramo ibibwira byawe , uziko uvuga Yesu nkajya nkaho nicaye aho muri... Uvuga Yesu neza peeeee, ubuntu peeee, urabusobanura nkumva koko , hataye ubuntu nukuntu nirirwa nihana nkongera ngatsindwa , yewe nubuntu peee
Bamwe bati izi mpano twarazivunikiye! yesu atabare izi business zimwitirirwa
Niko bimeze byabaye business. Abahanuzi= abajura 🤮
😂😂😂😂😂😂ahubwo wakomeza kumwinginga akagutuka cg ukohereza amafranga agusaba ntanaze !!!
Amavuta
Nonese YESU twamuha iki kandi afite byose?
Uwiteka aravugango aho babiri cg batatu bateraniye mba ndi hagati yabo. Bivuzeko tugomba kubaka aho duteranira ariko twibukeko , imibiri yacu ari insengero z'Uwiteka.
Numva ko tudaha Imana, ahubwo dusangira nabababaye badafite ibyo dufite.
Kubera ko sinzi kuntu naha Pastor amafaranga, abana be bakiga muri Green Hills Academy, ngewe abange batari no kurya ngo bahage.
Ni inyunganizi yange, ntigire uwo mputaza.
Ubutumwa bwiza !Impano byahinduwe ibicuruzwa
Yeeee,, ba yuda nu kumucuruza nyene reka bakomeze ba mucuruze azobereka rindira
Umva , imyaka yose nyibaye muri Adpr , kandi rwose twarejwe neza mumwuka peee, ariko n ubwambere numvise ijambo ryiza ryoheye amatwi yange, nkumv umutima wange uranezere we , nkumva mbaye free mugakiza... sinjya mpaga ibibwirizwa
Umwuka W’ibitangaza = intumwa zibinyoma wuzuye mu ba pasteur bo mu Rwanda kubera amaco y’inda, banyarwanda ni mukanguke mushishoze .
Ariko sindakubona muntambara zo kuri you tube yewe ntusanzwe pee
Nibyo umurezi dufite Ni satani weeeeee ariko yaratsizwe amaraso ya Yesu yaraducunguye weeeeeee ntituzarimbuka yaba twamenyaga ko twacunguwe bidasubirwaho
Kurihisha amafranga kumuntu arwaye ngo mukubasengera nibarihe ? Birabaje
Ariko Uzadusobanurire kubera ko hari abakoresha ibimenyetso bitandukanye bashaka kugaragaza ubundi bwami none ko hari video wabwirije wambaye impeta ebyiri ese ni umurimbo cg ese ko hari ushobora kukwibazaho ubivugaho iki?
Ceceka batazaguhitana mukozi wimana turagukunda ,umupasiteri yansabye 30k ngwansengere nkire diabetes ceceka twarumiwe
Mwizina rya Yesu ntacyo bazamugira 🙏🙏🙏🙏
Ndagagaye ati ikibyimba mu bwonko aragikima akongera akanigikuraho.
kBiri naje
Amen 🙏
Twagize inkoreragahato nta kiguzi tuzacungurwa nta kiguzi
Numva uyumugabo kumushimira bidahagije niwe ufite itara rya data avuga nkudafitanye Isano nibyisi Imana ntijya yiburira isigaza abayo yesu akomeze kukubera itabaza 🙏
Amen
Amen amen
Amen amen🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Umva , imyaka yose nyibaye muri Adpr , kandi rwose twarejwe neza mumwuka peee, ariko n ubwambere numvise ijambo ryiza ryoheye amatwi yange, nkumv umutima wange uranezere we , nkumva mbaye free mugakiza... sinjya mpaga ibibwirizwa
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen Amen Amen
amen amen 🙏
Allellua praise jusus
Amen 🙏🏿
Amen amen 🙏