Twe twacuruje inzoga basegeraga inzoga mubu hugigiro aba nya masisi cyangwa Abanyamulerge bagagira ngo turi bene kivuruga ki vuruga icyansi kimwe abanya masisi nabo ba segera bati nkuzaniye aya mata unkundire uyakire 😂❤❤🥂😊🙏🙏
Nyumvira nkiyi mitekerereze pee!None se ko njya mbona mwandika ngo akarengane Kacu tukabwire abantu Bose Kuma social media kuki tutakigumanira ngo bibe ibyacu ! Kuba umunyamakuru utari umunyamurenge yovuga akarengane cg commentaire urumva Ari igitangaza?
AMEN urakoze kumpanuro
barikiwa bishop,ibyuvuze nibyo bikenewe kurubyiruko,ahubwo mwokagiye mutegura ibiganiro bihuza ubwoko byibuze mukwezi 1
Amen mukozi WIMANA
Twe twacuruje inzoga basegeraga inzoga mubu hugigiro aba nya masisi cyangwa Abanyamulerge bagagira ngo turi bene kivuruga ki vuruga icyansi kimwe abanya masisi nabo ba segera bati nkuzaniye aya mata unkundire uyakire 😂❤❤🥂😊🙏🙏
Tuguteze amatwi ,mukanwa kawe karavamo amagambo y'imana iguhe umugisha
Urakoze mushumba
Tabara Naho urakoze ntikenew
Uyumu Revêtant pasteur avuze ukuri ntabwo tuzaba mugihugu twenyine tuzakibanamo na bandi bose
Uncle isaac murakozecane kwijamboryiza uganiriye
tubwire ukuri mzee abantu bave mu kwiyemera umutwe umwe uzawibwira gusara
❤
Umusaza mwiza ibyo avuga ni ukuri. Bwira abo basore banyu birirwa basimbuka ngo barasirimba, biterera mubirere. Ngayo
Kbsa
Waranebwe
Nukuntu murabarozi ibikecuru byanyu biroga kubi
Nnese izinyigisho zihuriyehe niyifoto yuyumunyamakuru eseharya ngoniho mubona views?
Mumbarize
Ikibazo nfite nukuntu mwafashe ikiganiro cigisha umuco wa ikinyamurenge maze mukamamaza umunyamakuru utarumunyamurenge
Nyumvira nkiyi mitekerereze pee!None se ko njya mbona mwandika ngo akarengane Kacu tukabwire abantu Bose Kuma social media kuki tutakigumanira ngo bibe ibyacu ! Kuba umunyamakuru utari umunyamurenge yovuga akarengane cg commentaire urumva Ari igitangaza?
@@mukiza.aimable100 muriki kiganiro harico yavuzemo?
@@mukiza.aimable100 ikiganiro cari icabanyamurenge umunyamakuru ntiyari umutumirwa ntanico yavuzemo niyihe mpanvu womumanika kukibambazi?
Nibimwe usanga ahantu hari icyapa cya restaurant wakinjiramo ugasanga n'icyayi kirimo gusa
Umugabo w' umuhanga kabisa